Abakandida depite ba FPR Inkotanyi basabwe kuzahora batekereza ku ngaruka z'imikorere yabo

ā€œ Tugomba guhora dutekereza ku ngaruka z’imikorere yacu. iyo ibaye mibi, bigira ingaruka ku baturage ndetse no kuri twebwe ubwacu. Gutekereza kubyo dukora bituma tunoza imikorere ā€, ubu ni bumwe mu butumwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageneye abakandida ba FPR mu matora y’abadepite ateganyijwe muri Nzeri mu ijambo yavugiye mu nama ya Biropolitiki y’Umuryango […]

Perezida Salva Kiir yemeye gusubiza Dr Riek Machar mu mwanya we wa visi perezida

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni na mugenzi we wa Sudani, Omar Al Bashir kuri uyu wa Gatandatu , itariki 07 Nyakanga 2018, nyuma y’imishyikirano y’igihe kirekire babashije kumvisha abamaranira ubutegetsi muri Sudani ā€˜Epfo kubusangira mu mahoro. Imiterere mishya y’ubutegetsi yemeranyirijwe I Entebbe ku ngoro ya perezida Museveni ikaba igiye gushyiraho Perezida uzaba wungirijwe na ba […]

Dore imodoka z’intambara zisekeje zakoreshejwe mu ntambara ya 1 y’Isi

Intambara ya mbereĀ  y’Isi ni intambara yasize yangije byinshi ku isi ndetse isiga n’amateka menshi atandukanye haba kuri buri mugabane ugize isi. Aha turarebera hamwe zimwe mu mosoka zifashishjwe muri iriya ntambara ahanini zari zijyanye n’ubushobozi ndetse n’ikoranabuhanga ryariho. 1. Armored Quadricycle, 1898 Iyi ni imodoka iza ku mwanya wa mbere mu modoka zitangaje zakoreshejwe […]

Umuraperi Drake yaciye agahigo na album ye nshya imaze kumvwa n’abasaga miliyari mu cyumweru

Album nshya y’umuraperi Drake wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yise ā€˜ Scorpion ’ yaciye agahigo ko kuba album yumviswe cyane mu gihe gito, aho mu cyumweru kimwe isohotse yumviswe n’abantu basaga miliyari ku Isi yose nk’uko bitangazwa na raporo ya Billboard. Album yaherukaga kumvwa n’abantu benshi mu gihe gito isohotse yari ‘ Beerbongs&Bentley’ […]

Igisirikare cy'u Rwanda cyasabye abatuye uturere twegereye Congo kuba maso

Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda mu karere ka Rubavu burasaba abaturage kwitandukanya n’abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda. Buravuga ko uzabahishira cyangwa akabacumbikira na we azafatwa nk’umwanzi ndetse abasaba kuba maso. Mu nama z’umutekano inzego za gisirikare n’iza gisivile zikomeje kugirana n’abaturage bo mu mirenge y’akarere ka Rubavu ihana imbibi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo; abaturage […]

Gen Kale Kayihura yakuwe aho yari afungiwe mu kigo cya gisirikare asubira iwe i Muyenga

Igisirikare cya Uganda cyavanye Gen Kale Kayihura mu Kigo cya gisirikare cya Makindye, aho yari afungiye, kimusubiza iwe mu rugo mu nkengero za Kampala aho agiye kuba afungishijwe ijisho kugeza ubwo azashyikirizwa urukiko. Amakuru aturuka mu gisirikareĀ  agera ku rubuga Spyreports aravuga ko kuri ubu Gen Kale Kayihura afungishijwe ijisho iwe mu rugo I Muyenga, […]

Ibitaro bya Polisi byagabiye inka abagizwe incike na Jenoside

Abaganga n’abakozi b’Ibitaro bya Kacyiru mu Mujyi wa Kigali basuye ababyeyi bagizwe incike na Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Huye baboroza inka za kijyambere zizabafasha kubona amata n’ifumbire bagakomeza kubaho neza. Abagabiwe inka za kijyambere ni ababyeyi 10 batuye mu mu Kagari ka Bukomeye mu Murenge wa Mukura. Umuyobozi w’Ibitaro bya Kacyiru, CP Dr […]

Urwego rushinzwe umutekano imbere mu gihugu rwasatse bikomeye ububiko bwa MTN-Uganda

Urwego rushinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu muri Uganda (ISO) rwasatse ububiko bw’ikigo cy’itumanaho cya MTN rushakisha ibimenyetso bihuha bimaze iminsi biyishinja gukwepa imisoro. MTN Uganda kandi ngo yaba inakekwaho gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu. Nk’uko byagaragaye ku mashusho ya video y’iki gikorwa, abakozi ba ISO bagaragara binjira kuri MTN muri Data Center saa 10:20 z;ijoro kuri […]