Perezida wa Eritrea agendereye Ethiopia nyuma y’imyaka 20 badacana uwaka
Ku nshuro ya Mbere kuva mu 1998, Perezida wa Eritrea, Isaias Afwerki yagiriye uruzinduko muri Ethiopia, ni uruzinduko rugamije kuzura umubano w’ibi bihugu byombi wari umaze imyaka isaga 20 warazambye. Nk’uko VOA ibitangaza, bitegekanijwe ko muri urwo ruzinduko ruzamara imisi itatu, Isaias Afwerki azafungura  ambassade ya Eritrea muri Etiyopiya, yari imaze imyaka 20 ifunze. Mu […]
U Rwanda n’u Burundi bikwiye gufatira urugero kuri Ethiopia na Eritrea
Umuryango uharanira kurwanya ruswa n’ikoreshwa nabi ry’umutungo w’igihugu (OLUCOME/ Burundi) uvuga ko u Rwanda n’u Burundi bikwiye kwigira kuri Ethiopia na Eritrea , nabyo bikiyunga. Uyu muryango watangaje ibi ku wa 11 Nyakanga 2018, nyuma yaho ibihugu Ethiopia na Eritrea bisinyiye amasezerano y’amahoro nyuma y’imyaka 25 byari bimaze birebana ay’ingwe. Ukaba usaba na Leta y’u […]
Barack Obama agiye gukorera uruzinduko muri Afurika bwa mbere kuva avuye ku butegetsi
Barack Obama, wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Gatanu, abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook yatangaje ko ateganya kugirira uruzinduko muri Afurika, bwa mbere, kuva yava ku butegetsi ubu hashize umwaka urenga. Mu ruzinduko rwe muri Afurika, biteganyijwe ko azafata ijambo mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 100 ya […]
Abakinnyi ba USM Alger bagomba gukina na Rayon Sports bageze i Kigali- Amafoto
Mu gitondo cyo kuri uyu wagatandatu Tariki 14 Nyakanga 2018 nibwo ikipe igomba guhura na Rayon Sports mu marushanwa ya Caf confederation cup USM Alger yasesekaye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe. Ni mu mukino uteganyijwe kuri uyu wagatatu aho izi kipe zombi zigomba gukina dore ko imikino ikiri mu matsinda nyuma yuyu mukino […]
Radiyo Nshya ‘African Radio’ yatangiye kumvikana mu Rwanda
Kuva ku wa kane tariki ya 5 Nyakanga 2018, nibwo radiyo nshya ‘African Radio’ yatangiye kumvikana kuri internet, ikaba igiye gufasha Abanyarwanda gusobanukirwa byimbitse ku buzima bwa politiki mu Rwanda. Umuyobozi w’iyi radiyo, Kayiranga Merchiore, akaba asanzwe ari n’umuyobozi w’ikinyamakuru Bwiza.com, avuga ko ibiganiro by’iyi Radiyo byatangiye ku wa Mbere tariki ya 9 Nyakanga 2018, […]
Uganda: Abasirikare ba Sudani y’Epfo binjiye muri Uganda baranarasana
Abasirikare babiri ba Sudani y’Epfo bajyanywe mu bitaro bya Kitgum mu Karere ka Kitgum mu gihugu cya Uganda nyuma yo kurasana baninjiye mu kindi gihugu binyuranyije n’amategeko bagiye gushaka icyo kunywa. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa Gatatu ushize byabereye mu giturage cya Otwila, mu karere ka Lamwo. Inzego z’umutekano ziravuga ko aba basirikare babiri […]
Uburasirazuba: Ibyiciro by’ubudehe bikomeje guteza impaka hagati y’abayobozi n’abaturage
Kwitana ba mwana hagati y’abayobozi mu nzego z’ibanze ndetse n’abaturage ku makosa akorwa mu ishyirwa mu byiciro by’ubudehe birakomeje. Bamwe mu baturage bo mu Ntara y ’Uburasirazuba bavuga ko aya makosa atuma badahabwa serivisi z’ubuvuzi uko bikwiye cyangwa rimwe na rimwe ntibazihabwe kubera ibi byiciro aribyo byifashishwa mu gutanga mutuel. Inzego z’ubuyobozi zo zivuga ko […]
RDC: Ishyaka MLC ryagennye Jean-Pierre Bemba nk’umukandida waryo mu matora ya perezida
Umunyapolitiki, Jean-Pierre Bemba yamaze gutoronywa n’ishyaka rye, MLC, ngo azarihagararire mu matora y’umukuru w’igihugu ategerejwe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu mpera z’uyu mwaka nk’uko byemejwe kuri uyu wa Gatanu, itariki 13 Nyakanga I Kinshasa, ubwo hasozwaga kongere y’iri shyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi. Abarwanashyaka b’iri shyaka bakaba banafashe icyemezo cyo gusubiza Bemba ku buyobozi […]
Perezida Donald Trump yabonanye n’Umwamikazi Elisabeth II amukorera udushya
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri uyu wa Gatanu yabonanye n’Umwamikazi w’u Bwongereza, Elisabeth II mu ngoro ye izwi nka Windsor Castle, aho bivugwa ko yaba yakoreye amahano. Mbere y’uko yakirwa n’Umwamikazi Elisabeth, perezida Trump yari yabanje kugirana ibiganiro na Minisitiri w’Intebe, Theresa May. Ku ngoro y’Umwamikazi w’u Bwongereza perezida Donald […]
Reba amafoto 60 y’umuhango Perezida Kagame yambikiyemo amapeti abofisiye bato 180
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Nyakanga 2018, nibwo umugaba w’ikirenga, Perezida Kagame Paul yayoboye umuhango wo guha amapeti abofisiye bato 180 bo mu Ngabo z’u Rwanda bari basoje amasomo yabo i Gako, mu Karere Ka Bugesera. Perezida Kagame yabashimiye umuhate bagaragaje bakaba basoje amasomo yabo ndetse anabasaba kuzasoza neza inshingano zibategereje. Yashimiye kandi […]