Korali Shalom igiye gukorera igitaramo gikomeye muri Kgali Convention Center
Tariki 12 Kanama 2018, muri Kigali Convetion Center , Korali Shalom n’abahanzi batandukanye bazataramira abakunzi babo mu igitaramo cyo gushyira k’umugaragaro Album y’amashusho (DVD) ya Korali Shalom,mu gitaramo cyiswe imbere ni heza. Mu kiganiro n’abanyamakuru, Korali Shalom ya ADEPR Nyarugenge mu Gakinjiro , Umutoza w’indirimbo muri Korali Shalom ,Samuel yabwiye itangazamakuru ko bari gutegura igitaramo […]
Umuraperi Jay Polly afuzwe azira gukubita umugore we akamukura amenyo
Umuhanzi Nyarwanda wubatse izina mu njyana ya Hip Hop, Joshua Tuyishimire uzwi nka Jay Polly, kuri ubu ari mu maboko y’ubugenzacyaha akurikiranweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umugore we RIB ivuga ko nyuma yo gutabazwa kuri uyu wa Gatandatu yasanze amaze kumukura amenyo abiri. Amakuru agera kuri Bwiza.com dukesha abantu bari kuri Brigade ya Remera […]
RDC: Abakuru b’ibihugu 3 mu kugerageza gushakira Moise Katumbi inzira imusubiza mu gihugu cye
Nyuma y’aho umunyapolitiki Moise Katumbi kuri uyu wa Gatanu yangiwe kwinjira mu gihugu agahera muri Zambia, biravugwa ko abakuru b’ibihugu bitatu mu karere bari mu mishyikirano hagati ye na Leta ya Congo ngo yemererwe kwinjira mu gihugu azabone uko ahatana mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe kuwa 23 Ukuboza. Biravugwa ko kuri uyu wa gatanu Moise […]
Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw’umudugudu
Mu Karere ka Rwamagana urubyiruko rwishimiye uburyo abatuarage bizihije  bizihije  umunsi mukuru w’umuganura ku rwego rw’umudugudu  ndetse bagasobanurirwa akamaro k’umuganura bagaragaza ko basobanukiwe n’uburyo hakorwaga umuganura kera Urubyiruko rwishimiye kubona uburyo umuganura ukorwa ndetse banagaragaza ko basobanukiwe akamaro ko kwizihiza umuganura. Uwineza Diane ni umwe mu rubyiruko wavuze ko yumvaga bavuga umuganura ntasobanukirwe akamaro kawo ariko ubwo yitabiraga […]
Ibya Angelina Jolie n'umunyamategeko we byajemo kidobya
Mu gihe umukinnyi wa Filimi Angelina Jolie ahanganye n’umugabo we Brad Pitt yaka gatanya, umuhagarariye mu mategeko ari we Laura Wasser agiye kuva muri iki kirego bitewe n’uburyo Angelina Jolie akomeje kwinangira ku ngingo zimwe na zimwe. Inkuru dukesha TMZ ivuga ko inshuti za hafi za Angelina Jolie zivuga ko iyi gatanya yayihaye indi sura […]
Gambia: Yahya Jammeh wapfushije umubyeyi ntazabasha kumushyingura
Guverinoma ya Gambia yemeje umurambo wa nyina w’uwahoze ari perezida w’iki gihugu, Yahya Jammeh, uzagarurwa mu gihugu akaba ari ho ushyingurwa, ariko Jammeh akaba atazaherekeza uyu murambo ngo ajye kuwushyingura. Hajia Asombi Bojang, nyina wa Yahya Jammeh, yitabye Imana kuwa Gatandatu, itariki 28 Nyakanga apfiriye muri Guinea Equatorial mu buhungiro aho umuhungu we yahungiye kuva […]
Ruhango: Hafatiwe inzoga z’inkorano zitemewe abaturage basabwa kuzirinda
Mu ntangiriro z’uku kwezi, mu murenge wa Mwendo wo mu karere ka Ruhango, ku bufatanye bw’inzego z’ibanze na Polisi y’u Rwanda ihakorera, habereye igikorwa cyo gufata inzoga zitemewe n’amategeko zifatwa nk’ibiyobyabwenge. Muri iki gikorwa hafatiwemo litiro 200 z’inzoga z’inkorano zizwi ku izina rya Muriture na litiro 2,5 za kanyanga. Hafashwe uwakoraga izo nzoga witwa Mukasangwa […]
Uganda: Urwego rushinzwe umutekano imbere mu gihugu mu mazi abira kubera Gen Kayihura
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yategetse ko hakorwa irindi perereza ku kuba haba harimo guhimbwa ibimenyetso byo gucisha igihanga uwahoze ari umukuru w’igipolisi, Gen Kale Kayihura. Ibi bikaba bije nyuma y’iperereza rihuriweho ryagaragaje ko amagambo yavugiwe kuri telephone Urwego rushinzwe Umutekano Imbere mu Gihugu (ISO) rushaka kwifashisha kugirango Gen Kayihura ashinjwe uruhare mu rupfu rwa […]
Zari yakiriwe bikomeye ubwo yageraga Arua muri Uganda -Amafoto
Zari Hassan wiyise The BossLady, akaba n’umushoramari w’umugande wibera mu gihugu cy’afuria yepfo ndetse ukunzwe cyane ku mbuga nkoranya mbaga ahanini bitewe n’amafoto asangiza abamukurikira kumunsi wejo tariki 03 Kanama 2018 nibwo yageze Arua muri Uganda yakirwa n’isinzi ryabafana be ndetse na Bryan white. Ni nyuma yuko aba yaraje mu minsi ishize indege ikaza kumusiga […]