Rugenera Marc , Col.Serubuga na Twagiramungu bafashije Inkotanyi kubohora igihugu?
Nk’ umusomyi nagiye nsoma inyandiko zitandukanye zikubiyemo ibitekerezo by’ abahoze mu kazu k’ubutegetsi n’ abandi ari inkoramutima za Habyarimana bagiye bashyira mu majwi Twagiramungu, Rugenera Marc, Col.Serubuga ndetse n’abandi gufasha Inkotanyi mu guca intege ingabo za FAR n’ Interahamwe zakoze jenoside mu Rwanda mu 1994. Mbagejejeho iyi nyandiko nyuma y’ ibiganiro mpaka nagiye numva bihora […]
Tiken Jah Fakoli ntiyumva ukuntu abaperezida b’Afurika batunze amafaranga menshi kurusha ab’iburayi
Mu gihe abaturage bo mu bihugu bikennye bakomeje guhangayikishwa n’ ibibazo by’ ingutu birimo n’ inzara , umuhanzi Tiken Jah Fakoly, asanga abaperezida bo mu bihugu by’Afurika babayeho mu buzima bwiza (bwa gikire) kurusha bagenzi babo bo mu bihugu biteye imbere. Mu kiganiro na France 24 ku gicamunsi cyo kuwa 23 Nzeli 2018, I Paris […]
Rwanda: Urutonde rw’ abayobozi bamaze igihe kinini mu butegetsi
Mu Rwanda abantu binjira mu nzego z’ ubutegetsi mu buryo butandukanye harimo amatora cyangwa batowe n’ iteka rya Perezida wa Repubulika, bamwe bagatinda muri iyo myanya ariko hari n’abatamaramo kabiri. Usibye abagera ku butegetsi babikesheje amatora kuko baba bazi neza manda ikubiyemo ibihe bazamara abandi bo biragorana kumenya igihe bashobora kumara ku butegetsi. Hari nabandi […]
Impamvu Abanyarwanda basigaye baramba kurusha Abanyakenya
Abanyarwanda ngo baba baramba kurusha Abanyakenya nyuma yo kuvumbura icyo inzobere zita amabanga y’imibereho myiza. Muri Kenya icyizere cy’ubuzima ni imyaka 63, mu gihe muri Uganda na Tanzania ari imyaka 62, naho mu Rwanda icyizere cy’ubuzima kigeze ku myaka 65. Mu murongo ngenderwaho w’ahazaza h’ubuzima muri Afurika watangijwe I Nairobi kuri uyu wa Kane ushize, […]
RDC: Igitero cya ADF cyahitanye byibuze abagera kuri 18 barimo ingabo za leta
Abantu 18 bishwe abandi benshi benshi bakomeretswa n’amasasu mu gitero cyagabwe n’umutwe wa ADF mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu rishyira kuri iki Cyumweru, itariki 23 Nzeri muri Komini ya Rwenzori mu Mujyi wa Beni. Iyi mibare ngo iracyari iy’agateganyo nk’uko byemezwa na sosiyete sivile. Iyi sosiyete sivile ivuga ko hapfuye abasivili 14 n’abasirikare […]
Filimi ‘27 Guns’ igaragaza urugamba rwo kubohoza Uganda hari ibyo inengwa
Filimi yiswe Imbunda 27 cyangwa se ‘ 27 Guns ’ igaragaza urugamba rwo kubohora Uganda rwa Perezida Museveni ikomeje kwerekanwa mu nzu za cinema zitandukanye muri nka Cinema Magic na Metroplex Mall muri Kampala. Iyi filimi yagiye ahagaragara bwa mbere kuwa 08 Nzeri ishingiye ku rugamba rwa NRA rwo kubohoza Uganda nubwo hari bimwe irimo […]
Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta
Minisitiri w’ikoranabuhanga n’itumanaho n’imboni ya guverinoma kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Nzeri 2018 ubwo yasozaga umwiherero w’iminsi ibiri  w’abagize inama njyanama y’Akarere ka Rwamagana yibukije abayobozi n’izindi nzego zirimo abanyamadini ko bafite inshingano zo guhindura imyumvire y’abaturage kugirango Akarere ka Rwamagana gakomeze kwesa imihigo no gufasha abaturage kugira ubuzima bwiza Minisitiri Rurangirwa asanga […]
U Bushinwa bwahamagaje ambasaderi wa Amerika nyuma yo gufatirwa ibihano bishya by’ubukungu
Mu gihe ibihugu byombi bikomeje intambara y’ubucuruzi, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano umutwe wa gisirikare w’u Bushinwa kubera ko ngo waba waraguze indege z’intamaba mu Burusiya. U Bushinwa nabwo mu burakari bwinshi bwahise butumiza ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ngo bumumenyesh ko butishimye na gato. Abategetsi b’u Bushinwa bakaba batangaje ko […]