Nyamasheke: Abakozi bâumurenge bagenda ibilometero bine bagiye gucapisha raporo
Abaturage n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Mahembe uri mu karere ka Nyamasheke, Intara y’Iburengerazuba, bavuga ko babangamiwe cyane n’ikibazo cyo kuba uyu murenge udafite umuriro w’amashanyarazi. Umurenge wa Mahembe ni umwe muri 15 igize akarere ka Nyamasheke utuwe nâabaturage barenga ibihumbi 20 ibiro byâuyu murenge ntibigira umuriro wâamashanyarazi. Mu gukemura ibibazo byâabaturage nâibindi byangombwa byâirangamimerere, Umukozi ushinzwe […]
Umujenerali mu gisirikare cya Amerika yakomerekeye muri Afghanistani
Umuryango wa OTAN watangaje ko umwe mu basilikali bawo yishwe muri Afghanistani. Abandi babili bakomeretse. Nkâuko itangazo ryawo ribivuga, amakuru ya mbere bafite ni uko aba âbasilikali barashwe na mugenzi wabo wo mu ngabo zâAfuganistani.â Byabereye mu ntara ya Herat, mu burasirazuba bwâigihugu. Hagati aho, igisilikali cya Amerika cyatangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya […]
Itangazo ryo guhindura izina
Wema Sepetu yatawe muri yombi
Amakuru ataremezwa neza arimo gucicikana mu gihugu cya Tanzaniya ni uko umukinnyi wâicyamamare mu gukina filimi muri Tanzaniya, Wema Sepetu nâumukunzi we mushya batawe muri yombi  muri weekend ishize bashinjwa gukorera uburiganya umugabo utatangajwe amazina. Amakuru afitwe nâigipolisi nâumuryango wa Wema Sepetu biravugwa ko ari bo bakomeje kwibikaho amakuru arambuye kuri iki gikorwa cyâuburiganya  bwo […]
Burundi: Umudepite ushinjwa gucura umugambi wo kwica Nkurunziza yagize icyo abivugaho
Mu gihe Hon Ndikumana Pierre Celestin ashinjwa nâinzego zâumutekano mu Burundi kuba umwe mu bategura umugambi wo kwivugana perezida Pierre Nkurunziza nâabandi bayobozi bakuru bâigihugu, yavuze ko ari agakino yateguriwe ko kumuvana mu ruhando rwa politiki. Mu mpera zâicyumweru gishize nibwo inzego zâumutekano zerekanye abasore babatu, bivugwa ko aribo Hon Ndikumana Pierre Celestin wo mu […]
Perezida wa FC Barcelona yateye utwatsi abibwira ko ishobora kwisubiza Neymar
Perezida wâikipe ya FC Barcelona, Josep Maria Bartomeu avuga ko kugaruka kwa Neymar muri iyi kipe bitari mu mishanga bafite. Atangaje ibi mu gihe hari amakuru yari amaze iminsi avuga ko uyu musore wavuye muri iyi kipe umwaka ushize akerekeza muri Paris Saint Germain (PSG) ashobora kuyigarukamo, ku mafaranga arenga ayo yaguzwe. Kuri uyu wa […]
Uganda: Se wa Muhammad Kirumira yakuye icyasha ku gipolisi no kuri Gen Kale Kayihura
Umubyeyi wa nyakwigendera Muhammad Kirumira wigeze kuyobora Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Buyende yakuye icyasha ku Gipolisi cya Uganda na Gen Kale kayihura avuga ko nta ruhare bagize mu iyicwa ryâumuhungu we. Hajji Kawooya Abubaker yatangaje ibi kuri iki Cyumweru mu giturage cya Mpambire mu Karere ka Mpigi ahari hateraniye amagana yâabantu bari bitabiriye […]
Gukorera hamwe nibyo byonyine bizafasha Afurika kugira ijwi ryumvikana- Perezida Kagame
Perezida wâu Rwanda Paul Kagame akaba nâumuyobozi wâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) avuga ko gukorera hamwe ariyo nzira nziza yafasha Afurika kugira ijwi mu ruhando mpuzamahanga. Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama ya mbere y’Inteko Nyafurika ya Gatanu, irimo kubera i Kigali kuva kuri uyu wa Mbere Tariki ya 22 Ukwakira 2018, nibwo Perezida […]
Jay-z yiswe inkende, Chris Brown azurirwa akaboze
Umusore wâimyaka 20 yâamavuko, Kelvin Pena uzwi nka ‘brother nature’ yibasiye umuraperi Jay-Z avuga ko asa nâinkende, anibutsa abantu uburyo Chris Brown yakubise Rihanna. Uyu musore wamenyekanye cyane mu 2016 bitewe nâuburyo yegerana nâinyamaswa, mu mpera zâicyumweru yavanye ku karubanda urukuta rwe rwa twitter nyuma yaho abakunzi be bagaruye ibyo yajyaga yandikakuri twitter mu myaka […]
Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba
Mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi hari umuryango wâabantu batatu wibera mu ishyamba ku gasozi kuko nta bushobozi ufite bwo kwiyubakira inzu yo kubamo. Nyiranambajimana Marie Louise na Nyiranzabonimana Sandrine bavuga ko bamaze imyaka itatu babana mu ishyamba na nyina ubabyara Nakure Theresa kuri ubu bivugwako afite uburwayi bwo mu mutwe. Uyu muryango […]
Noble Marara wabaye mu barinda Perezida Kagame yirukanwe mu ishyaka yashinze
Inama yâabayobozi bakuru bâishyaka RRM rirwanya ubutegetsi bwâu Rwanda rikorera hanze yâigihugu kuri iki Cyumweru, itariki 21 Ukwakira 2018 yafashe icyemezo cyo gusezerera mu ishyaka abayoboke batatu ari bo; Noble Marara, Camille Nkurunziza na Andrew Kazigaba. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara nâiri shyaka Bwiza.com yabashije kubona, riravuga ko iki cyemezo cyo gusezerera aba banyamuryango bari […]
Burundi: Urubyiruko hafi ya rwose rwitabiriye imyigaragambyo mu 2015 rurwaye mu mutwe â Min. Ndikumana
â Urubyiruko hafi ya rwose rwagize uruhare mu myigaragambyo yo mu 2015 rwabaye abarwayi bo mu mutwe â, ibi ni ibyatangajwe na minisitiri wâubuzima wâu Burundi, Dr Thaddeus Ndikumana. Minisitiri wâubuzima wâu Burundi kuri uyu wa Gatandatu ushize akaba yarahamagariye urubyiruko kwirinda kugwa mu mutego wâabarukoresha bita mu Kirundi âBansesankuyozeâ avuga ko basunikira urubyiruko mu […]
Uganda: Yaciye igitsina cyâumugabo we amuziza kumuca inyuma
Igipolisi cya Uganda muri Mukono cyataye muri yombi umugore ukurikiranweho gukata igitsina cyâumugabo we akoresheje icyuma amuziza ko yamuciye inyuma. Rehema Kabayana wâimyaka 24, yabwiye igipolisi ko yategereje kugeza ubwo umugabo we, Anthony Sekawa wâimyaka 28, yafataga igitotsi yarangiza akamukata igitsina akoresheje icyuma gifite centimeter 10. Igipolisi kikavuga ko Sekawa yarwanyije ngo atabare ubuzima bwe […]
RDC/Beni: Abantu12 bishwe nâinyeshyamba za ADF
Abantu 12 bishwe nâinyeshyamba mu ijoro ryo ku wa 20 Ukwakira 2018, i Beni mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Raporo yashyizwe hanze na Burugumesitiri wa Komini Rwenzori ndetse na sosiyeti Sivile, igaragaza ko nyuma yâubwo bwicanyi ikivunge cyâabantu bigaragambije mu mihanda bamagana ubwo bwicanyi bukomeje gukorerwa muri Beni. Nkâuko […]
Abayinga 70% byâabarangiza amashuri abanza mu Rwanda ntibazi gusoma
Imibare mishya ya raporo yitwa ‘World Development 2018’ yakozwe na Banki yâIsi igaragaza ko abasaga 70% byâabanyeshuri barangiza amashuri abanza mu Rwanda  baba batazi gusoma. Banki yâIsi ivuga ko ubushakashatsi yakoreye mu bihugu 10, bitandatu muri ibyo hari aho kimwe cya kabiri cyangwa se munsi yacyo cyâabanyeshuri usanga batabasha gusoma. Banki yâIsi ivuga ko kutamenya […]
Umugandekazi wâimyaka 40 yabyaye abana 44
Mariam Nabatanzi, ni umugore wâimyaka 40, ukomoka i Mukoono muri Uganda, yabyaye abana 44, akaba ari we mugore wa Mbere muri Afurika wabashije kwesa umuhigo wo kubyara abana banga uku. Mu gace akomokamo ka Kabimbiri, Mariam azwi ku izina rya âNalongo Muzaala Banaâ. Yabyaye inshuro esheshatu abyara abana babiri, abyara inshuro enye abyara batatu, inshuro […]
Rulindo: Babiri bajyaga biba amabuye y'agaciro batawe muri yombi
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Ukwakira 2018 Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo yafashe abagabo babiri bo mu murenge wa Murambi bacukuraga amabuye ya Gasegereti mu buryo bunyuranyije nâamategeko, bakangiza imirima nâamazu yâabaturage. Umuvugizi wa Police mu Ntara yâAmajyaruguru Chief Inspector of Police (CIP) Alex Rugigana yavuze ko Nsabimana Jean damascene wâimyaka 36 na […]