Bugesera: Abahinzi nâubuyobozi ntibavuga rumwe ku bihombo byagaragajwe nâigenzura
Abahinzi bâumuceri mu gishanga cya Rurambi mu karere ka Bugesera barataka igihombo gikabakaba miliyoni Magana abiri cyagaragajwe nâigenzura (audit)rimaze gukorwa incuro ebyiri. Ubuyobozi bwa koperative CORIMARU bwo buvuga ko audit yakozwe nabi, naho umugenzuzi akavuga ko iyo ikorwa nabi itaba yarakiriwe (reception) ngo nâuwayikoze abe yarishyuwe. Tariki ya 29 ukwakira nibwo bwiza.com yasuraga abahinzi muri […]
Imbonerakure eshanu zirashinjwa kwica umumotari zikamuca igitsina
Batanu mu rubyiruko rwâishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi âImbonerakureâ barashinjwa kwica umumotari, barangiza bakanamuca ubugabo na moto ye bakayiba. Abo bashinjwa kwica umumotari ni Dushime Eloge, Arakaza Gentil Elvis, Irakoze Pacifique , Nshimirimana Jean Marie Vainney, aba bane bakaba bahamijwe icyaha nâurukiko rukuru rwa Gitega kwica babigambiriye umumotari witwa Ntezicimpa vedaste. Ku […]
Perezida Kagame ashobora no kuguhamagara saa munani zâijoro akubaza ibyerekeye imibereho yâigihugu- Mushikiwabo
Uwahoze ari Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Mushikiwabo Louise avuga ko Perezida Kagame yitanga mu kazi ke ku buryo na nijoro aba akurikirana uko ubuzima bwâigihugu buhagaze. Ibi yabitangaje mu kiganiro kirambuye  yagiranye na The East African aho yasobanuraga byinshi bitandukanye ku myaka 10 yamaze muri Guverinoma yâu Rwanda. Yagize atiâ Nsanga ari umuyobozi udasanzwe […]
I Berlin: Perezida Kagame yagarutse ku kamaro ka Volkswagen itunganyiriza imodoka mu Rwanda
Perezida Kagame avuga ko kuba uruganda rwa Volkswagen rwaratangiye gukorera mu Rwanda ari ikimeyetso cyâibishoboka ndetse ko uburyo rukoramo bwatuye haza nâabandi bashoramari. Mu nama izwi nka âG20 Investment Summitâ Perezida Kagame yitabiriye i Berlin mu Budage, yahurije hamwe abashoramari bo mu Budage nâibihugu bya Afurika biri mu mikoranire nâibihugu 20 bikize ku Isi, muri […]
Rusizi: Umupadiri yashimiwe uruhare rwe mu kurokora Abatutsi muri jenoside
Ubwo yizihizaga Yubile yâimyaka 25 amaze ahawe ubusaseredoti, Padiri mukuru wa paruwasi ya Katedarali ya Cyangugu mu karere ka Rusizi, Kabera Ignace yashimiwe nâimbaga yâabakirisitu  ku byamuranze birimo kwitangira imbaga yâAbatutsi bari bahungiye muri paruwasi ya Mibilizi yakoreragamo mu 1994, ubwo bahigwaga ngo bicwe muri jenoside yakorewe Abatutsi. Muri ibi birori byari byitabiriwe na bamwe […]
Ku myaka 17, yakowe inka 500 nâimodoka za V8 eshatu
Umuherwe witwa Kok Alat, yatanze inkwano yâinka 500 ndetse nâimodoka eshatu za V8, ku mukobwa wâimyaka 17 yâamavuko witwa Nyalong, wo muri Sudani yâAmajyepfo. Nkâuko bitangazwa nâibinyamakuru byo muri iki gihugu, ngo Nyalong Jalang wâimyaka 17 yâamavuko akomoka mu gace ka Awerial akaba azwi ku izina rya Yirol, abagabo batanu bakaba aribo bahataniraga kwegukana uyu […]
Umusenateri abona  Amerika iri gucikamo ibice nkâU Rwanda mbere ya jenoside
Umusenateri  wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,  Bill Nelson, avuga ko ukutumvikana kwa politiki kuri mu gihugu cye kumwibutsa U Rwanda mbere ya jenoside. Aganira na CNN, Senateri Nelson avuga ko ibirimo kubera muri Amerika bisa neza nâibyabaye mu Rwanda mbere ya Jenoside kuko ngo hari ishyari rishobora kuvamo urwango maze abantu bagahitana abandi. […]
Umusore dufitanye ubukwe namufashe asambana nâumugore ukuze- NKORE IKI?
Nitwa Cynthia, mu rugo ni i Rwamagana, nkaba ndi umukobwa wâimyaka 28 yâamavuko, nkora mu burezi, nkaba nari ndi mu myiteguro yâubukwe bwari kuzaba mu kwezi kwa kabiri umwaka utaha none nahemukiwe n’umukunzi. Umukunzi wanjye tumaranye umwaka nâigice dukundana, yarize afite dipolome ya A2 yize ibijyanye nâubumenyamuntu (Sciences Humain) ariko ni umushoferi atwara coaster, atuye […]
Perezida Museveni agiye gushyira hanze alubumu y'indirimbo
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni agiye gushyira hanze alubumu  ye bwite  izaba  igizwe nâindirimbo ebyiri. Ibi byatangajwe nâumugabo uzwi cyane mu gutegura ibitaramo mu gihugu cya Uganda, Balaam Barugahare ubwo yaganiraga na Spark TV. Balaam yavuze ko Perezida Museveni azagaragara mu gitaramo ateganya muri iyi minsi azita âNon- Stopâ kandi ko amashushyo yâindirimbo za […]
Karongi: Uwabyariye rimwe abana batatu aratakambira ubuyobozi
Umubyeyi witwa Mujawabera Angelique utuye mu murenge wa Rugabano, akarere ka Karongi, aratakambira ubuyobozi ngo bugire icyo bumufasha nyuma yo kubyararira rimwe abana batatu basanga abandi batatu yari asanzwe afite. Ku wa 17 Nzeri 2018, nibwo  Mujawabera yibarutse abana batatu, mu bitaro byâicyitegererezo bya Kibuye, baje basanga abandi batatu yari asanzwe afite bose hamwe bakaba babaye […]
Ibikekwa ko bikubiye mu ibaruwa yâumweru Perezida Museveni yoherereje mugenzi we Kagame
Nyuma yaho Perezida Yoweri Museveni wa Uganda kuri uyu wa Kane, itariki 25 Ukwakira yoherereje ubutumwa bufatwa nkâubudasanzwe mugenzi we wâu Rwanda, Paul Kagame,abakurikiranira hafi umubano wâibi bihugu byombi bakomeje  gukeka ubutumwa bishoboka ko bwaba bukubiye muri iyi baruwa bivugwa ko yari iyâumweru. Umwe mu bakurikiranira hafi ibyâumubano wâibi bihugu byombi waganiriye na  The East […]
Itegeko Nshinga riherutse gutorwa mu Burundi riseswe- Opozisiyo
Abatavuga rumwe na Leta yâu Burundi barasaba ko Itegeko Nshinga riherutse gutorwa mu kwezi kwa Karindwi riseswa mbere yâuko amatora yo mu 2020 aba. Babitangaje ku wa Mbere tariki ya 29 Ukwakira 2018, ubwo hasozwaga ibiganiro bibahuza na Leta itigeze yitabira, i Arusha muri Tanzania. Abo banyapolitiki bashyikirije umuhuza mu biganiro, Benjamin Mkapa, icyegeranyo gikubiyemo […]