Bobi Wine yanenze abafana be bateye amacupa Bebe Cool

Mu magambo ye bwite, nibwo bwa mbere umunyapolitiki ndetse akaba n’umuhanzi,Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine yatangaje ko atishimiye abiyita abafana be bateye Bebe Cool amacupa. Ku itariki ya 31 Kanama 2018, Abafana ba Bobi Wine bateye urubyiniro ubwo Bebe Cool yaratangiye kuririmb bamutera amacupa. Byari mu gitaramo gikomeye cyabereye i Lugogo […]

Tanzania-Dar es Salaam: Ak’ abatinganyi kashobotse! barahigwa bukware

Mu gihe Leta ya Tanzania iyobowe na Joseph Pombe Magufuli ikomeje guhiga bukware abatinganyi, Amnest International ntibikozwa. Umuryango Amnesty International uratunga agatoki Guverinori wa Dar es Salaam , Paul Makonda nyuma yaho ahamagariye abaturage kwamaga abantinganyi kuwa 5 Ugushyingo 2018. Mu kiganiro na RFI, Umuyobozi wa Amnesty muri Afurika y’ u Burasirazuba ,Seif Magango yatangaje […]

Rwenzori : Ubufatanye hagati y’ u Bufaransa na Uganda buhatsi iki?

Nyuma yaho, politiki y’ u Bufaransa ikomeje gutsindwa muri Afurika, iki gihugu cy’ igihangange cyatangiye gushakisha uburyo cyagarura isura nshya ku bw’ inyungu z’ubukungu. Ubushakatsi bwakomeje kugaragaza ko petiroli y’ ubwoko bwiza ndetse n’ibiti by’ ishyamba biboneka mu gace ka Rwenzori ni bimwe mu bintu by’ingenzi u Bufaransa bukirikiranye muri Uganda bigatuma inemera gukorana na […]

Umunyamakuru yahuye n’uruva gusenya nyuma yo gufatirwa ku mugore w’abandi

Umunyamakuru wo muri Zimbabwe aherutse guhura n’uruva gusenya aseberezwa mu ruhame nyuma yo gufatwa asambana n’umugore ufite undi mugabo. Amafoto yafashwe n’abamusebyaga yagaragaje ikarita y’akazi ye bimenyekana ko ari uwitwa Clayton Masekesa ukorera ikinyamakuru Newsday. Amwe mu mashusho yafashwe agaragaza umugabo arimo guhatirwa kugenda akururuka mu cyondo, mu gihe abamuhataga bamusekaga bamukoba. Hari aho agera […]

Nyuma y’u Rwanda Perezida Trump yirukanye na Mauritania muri AGOA

Guhera kuwa 01 Mutarama mu mwaka utaha wa 2019 igihugu cya Mauritania ntikizongera kungukira mu gukorana ubucuruzi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze muri AGOA, nyuma y’aho Perezida Trump afatiye iki cyemezo ashinja iki gihugu kudatera intambwe mu bijyanye no kurwanya ubucakara. Amasezerano y’ubucuruzi hagati ya Afurika na Leta Zunze Ubumwe za Amerika azwi […]

Hari abarimo gutegura ngo bazatoba ayo matora tuzabashyira ku rusenge ducanire — Imbonerakure

Itsinda ry’urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi ryongeye kumvikana ririmba indirimbo iburira abantu bazagerageza kubangamira amatora yo mu 2020 rivuga ko abo bazatwikwa. Muri video yashyizwe ahagaragara ku mbuga nkoranyambaga, Imbonerakure za CNDD-FDD zitanga umuburo zivuga ko abazabangamira amatora yo mu 2020 bazabashyira ku rusenge maze bagananira munsi bagatwika, zikongera zikavuga […]

Yvan Buravan arishimira aho indirimbo ye 'Garagaza' igeze

Umuhanzi Yvan Buravan avuga ko kuba indirimbo “Garagaza” imaze kurebwa n’abagera kuri 1.000.000 abikesha ko ise umubyara ugaragara mu mashusho yayo yarayihaye umugisha nk’umubyeyi. Ibi Buravan yabitangaje mu kiganiro #Theturnup kuri TV10 ubwo yavugaga ku ndirimbo ye nshya yise “Si belle” n’igitaramo afite mu mpera z’uyu mwaka, anakomoza ku ndirimbo “Garagaza” ahamya ko gukundwa kwayo […]

Rusizi: Muri GS Nyabitimbo mudasobwa 22 zibwe n’abantu bataramenyekana

Abantu bataramenyekana , mu ijoro ryo ku wa gatanu rishyira kuri uyu wa gatandatu binjiye mu ishuri rya GS Nyabitimbo riri mu murenge wa Butare, mu karere ka Rusizi batwara mudasobwa 22 zifite agaciro ka 4.488.000 barabura, kugeza ubu bane mu bakekwa bakaba batawe muri yombi igihe hagikorwa iperereza. Amakuru bwiza.com ikesha umuyobozi w’iri shuri […]

Israel yahagaritse umugambi wo kwirukana abimukira

Isiraheli yahagaritse umugambi wayo wo gucyura ku ngufu abimukira nubwo abasaga ibihumbi 40 bakiri mu gihirahiro bibaza niba bazemererwa uburenganzira bunyuze mu mategeko bwo gutura muri icyo gihugu cyangwa se niba bazabwimwa. Umwe mu bimukira bakomoka muri Eritereya witwa Michael Afowerki, yahungiye muri Israheli nta kintu na kimwe afite. Yararaga mu ishyamba abantu basohokeramo, nyuma […]

Gatsibo: Polisi yafashe imifuka 17 y’inzoga zitemewe

Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 03 Ugushingo 2018, ku makuru yatanzwe n’abaturage Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiziguro mu kagari ka Ndatemwa yafatiye mu rugo rw’umuturage  imifuka 17 y’inzoga zitemewe zo mu bwoko bwa zebra warage. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba Chief Inspector of […]

Imitangire mibi ya serivisi ikigaragara mu Rwanda izakemurwa nande?

Ejobundi mu Ukwakira 2018, Ku nshuro ya gatanu urwego rushinzwe imiyoborere mu Rwanda (RGB), ruherutse kumurika raporo yerekana uko u Rwanda ruhagaze mu nzego zitandukanye z’imiyoborere, harimo n’imitangire ya service, u rwego rukunze kuba ruri inyuma n’amanota ari hasi ugereranije n’zindi nzego ziza mbere nk’ urw’ umutekano. Imitangire ya service bigaragara ko hakirimo icyuho gikomeye […]

Burundi:Abatavuga rumwe na Leta basanga hasigaye inzira y’ intambara

Mu gice cya gatanu ari nacyo cya nyuma mu biganiro byahuzaga impande zitavuga rumwe ku kibazo cya politiki y’ u Burundi, Benjamin Mukapa yatangaje ko nta mahirwe asigaye. Ibi Mukapa yabivuze nyuma yo kubona ko Guverinoma ya Perezida Pierre Nkurunziza idafite ubushake bwo kumvikana na opozisiyo. Umwe mu batavuga rumwe na Leta y’ u Burundi […]