Imbogo 400 zatwawe nâamazi abaryi bâinyama barasakirwa
Imbogo amajana zahungaga intare zatwawe n’uruzi ku rubibi rugabanya Botswana na Namibiya, bituma abaturage babona inyama zo kurya zâubuntu. Nkâuko byatangajwe nâubuyobozi muri Botswana, ngo ubwo izo mbogo zahungaga intare, zagiye zigwa mu mugezi ukazitwara, abaturage bakazirohora zimwe zapfuye bahita bazibaga. Abaturage baganiriye na BBC, batangaje ko izi mbogo zananiwe koga ngo zigere ku yindi […]
Gen. Mubarak arasaba abakobwa gutera ikirenge mu cyâabo bari kumwe ku rugamba
Umuyobozi wâIngabo mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara yâIburasirazuba, Gen. Maj. Mubarak Muganga, yahaye impanuro abanyeshuri bâabakobwa mu Karere ka Rwamagana, abashishikariza gutera ikirenge mu cyâintwari zâabakobwa babayeho mu Rwanda. Mu bukangurambaga bwaberega mu rwunge rw’amashuli rwitiriwe Mutagatifu Aloyizi rw’i Rwamagana, kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2018, bugamije gukangurira abana b’abakobwa kwigirira icyizere, Gen. […]
Umunyarwanda Buravan yatsindiye igihembo gitangwa na RFI
Burabyo Yvan uzwi ku izina rya Buravan wahataniraga igihembo gitangwa na Radiyo Mpuzamahanga yâAbafaransa âPrix Decouverte RFI 2018â gihabwa abahanzi bâabahanga bo ku mugabane wa Afurika n’ahandi, abaye umunyarwanda wa mbere ucyegukanye. âPrix Decouverteâ ni igihembo Buravan yatsindiye kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Ugushyingo 2018, akaba ari we muhanzi wa mbere ubashije kucyegukana […]
Tanzaniya:Â Abatinganyi 10 batawe muri yombi
Igipolisi cyo mu gihugu cya Tanzaniya gitangaza ko cyataye muri yombi abagabo 10 bo mu birwa bya Zanzibar  bakekwaho kubana bahuje ibitsina bizwi nkâubutinganyi. Umuyobozi wa Plisi mu gace kâamajyepfo ka Unguja, Suleiman Hassan yemeje ibyâaya makuru anatangaza ko kugeza ubu iki kibazo kigiye gukurikiranwa mu mategeko. Aba bagabo 10 batawe muri yombi nyuma yaho […]
Jose Mourinho avuga ko yatutswe nâabafana ba Juventus
Umutoza wâikipe ya Manchester United, Jose Mourinho atangaza ko yatutswe ubwo umukino wari urangiye wahuzaga iyi kipe atoza na Juventus yo mu Butaliyani. Ni umukino wabaye ku wa Gatatu tariki ya 7 Ugushyingo 2018, ubera ku kibuga cyâikipe ya Juventus. Ubwo umukino wari urangiye Mourinho yagaragaye afashe ku gutwi nkâugambiriye kumva ibyo abafana ba Juventus […]
California: Abantu 12 biciwe mu kabari abandi barakomereka
Abantu 12 barimo umupolisi bishwe barashwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu i California mu kabari kitwa Borderline Bar & Grill, aho bivugwa ko umuntu witwaje imbunda yinjiye ku ngufu agatangira kurasa nkâuko Sheriff Geoff Dean yabitangarije itangazamakuru. Uwarashe nawe yasanzwe aha hantu yapfuye mu gihe abandi bantu basaga 12 bakomeretse. Uyu mupolisi wiciwe […]
Abasore bambara poketi nâabakobwa bagaragaza ibice byâibanga basabiwe gukubitwa
Umuyobozi wâAkarere ka Makete mu ntara ya Njombe ho muri Tanzaniya, Kessy Veronika yasabye ko abasore bakenyerera ipantaro munsi yâikibuno nâabakobwa bambara imyenda igaragaza bimwe mu bice byâibanga bazajya bakubitirwa ku karubanda. Uyu muyobozi yabwiye abaturage ko bakwiriye kwambara imyenda ibabereye nk’uko sosiyete ibigena. Avuga ku myambarire yâabasore nâinkumi, Veronika yavuze ko abahungu nâabakobwa bambaye […]
Ali Kiba yanze kwitabira igitaramo Diamond yamutumiyemo
Umuhanzi Ali Kiba yatangarije mugenzi we Diamond badakunze gucana uwaka ko atazitabira ibitaramo yari yaramutumiyemo bitewe nâizindi gahunda yavuze ko azaba afite. Diamond ni umuyobozi mukuru wâinzu itunganya umuziki ya Wasafi record, akaba yari yatumiye Ali Kiba mu bitaramo serukiramuco (Wasafi Festival) bateguye, bikazabera muri Kenya mu mpera zâUkuboza 2018. Abicishije ku mbuga nkoranyambaga, Kiba […]
Uganda: Abaturage bibasiye minisitiri baramutuka benda no kumukubita
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâikoranabuhanga nâitumanaho muri Uganda, akaba ari nâumudepite uhagarariye Akarere ka Kayunga mu nteko , kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Ugushyingo yibasiwe nâabaturage bariye karungu baramutuka baramwandagaza habura gato ngo banamukubite. Madamu Idah Nantaba (uri ku ifoto) unahagarariye Kayunga mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, bivugwa ko yari mu rukiko […]
Ruhago: Urutonde rwâamakipe 10 akize kurusha ayandi ku Isi
Ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza, iyoboye urutonde rwâamakipe akize kurusha ayandi ku Isi muri ruhago mu mwaka wa 2018, ni urutonde rushyizwe hanze ku nshuro ya 14 nâikinyamakuru Forbes kizwiho gukora intonde. 1.Man.Utd : Iyi kipe yo mu Bwongereza imaze imyaka 140 ishinzwe, amazina yayo yose ni âManchester United Football Clubâ ikaba izwi […]
Suwede: Haravugwa guteranira inama yo guhungabanya umutekano wâU Rwanda
Hari amakuru avuga ko mu gihugu cya Suwede (Sweden) haherutse kubera inama yâAbarwanya Leta yâU Rwanda aho bigaga ku buryo bahundura umuvuno wâibikorwa byabo bya buri munsi. Aya makuru avuga ko iyi nama yabereye mu biro bya ambasade ya Uganda muri Suwede kandi ikitabirwa nâabatavuga rumwe nâU Rwanda barimo Rugema Kayumba akenshi abinyujije ku rukuta […]
RDC: Ese koko Katumbi na Dr Mukwege baba baherutse kurwanira I Buruseli?
Fondation Panzi ya Dr Denis Mukwege uherutse kwegukana igihembo cya Nobel cyâAmahoro, irahakana amakuru ivuga ko ari impuha aherutse gutangazwa avuga ko umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Congo, Moise Katumbi, yarwaniye na Dr Mukwege I Buruseli mu Bubiligi. Ni inkuru yakwirakwijwe kuwa Kabiri ushize, itariki 06 Ugushyingo 2018 yemezaga ko impuguke mu kuvura indwara zâabagore […]
Rwaza: Barasabwa kurandura burundu amakimbirane akigaragara mu miryango
Ibi abaturage bâUmurenge wa Rwaza babisabwe na Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney, ku gicamunsi cyo kuwa kabiri, itariki ya 6 Ugushyingo 2018, ubwo yabasuraga akanifatanya na bo mu Nteko yâAbaturage. Mu ijambo rye, nyuma yo kugeza kuri abo baturage intashyo ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ubashimira urukundo bamugaragarije bamusaba ko […]
Inkongi yâumuriro yahitanye Umubyeyi nâabana be batatu barimo uruhinja
Agahinda katashye abaturage bo mu giturage cya Nabutiti muri Makindye yâUburasirazuba muri Kampala mu gihugu cya Uganda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Ugushyingo, nyuma yâaho umugore nâabana be batatu barimo uruhinja rwâamezi 8 bapfiriye rimwe bazize inkongi yâumuriro yibasiye inzu yabo baryamye mu masaha ya nijoro. Igipolisi cya Kampala kivuga ko […]
Uvira: Biravugwa ko ingabo zâu Burundi zigaruriye ibirindiro bya RED-Tabara
Igisirikare cyâu Burundi kirimo kwigarurira ibirindiro byâumutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bwa perezida Nkurunziza biherereye muri Kivu yâAmajyepfo mu gihe iki gisirikare cya leta cyari giherutse guhakana ko cyinjiye muri Congo. Amakuru mashya ahari avuga ko imirwano yabereye kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Ugushyingo mu gace cya Kigoma, gaherereye muri Teritwari ya Uvira, muri […]
Umuntu ntakwiye kuzira kuvuga ibibazo biri mu gihugu- Ingabire Victoire
Umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire, umuyobozi wâishyaka FDU-Inkingi ritemewe nâamategeko mu Rwanda, yatangaje ko bidakwiriye ko umuntu azira kuba yavuze ibitagenda neza mu gihugu. Uyu munyapolitiki yabitangaje kuri uyu wa Gatatu kuwa 10 Ugushyingo 2018 ubwo yatangaga ibitekerezo bye ku gihano ubushinjacyaha bwasabiye Diane Rwigara,umunyapolitiki mugenzi we. Yagize atiâ Ntabwo mbona ko umuntu yazira kuba ari […]
Kirehe: Babiri bari batwaye urumogi mu majerekani bafashwe
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Kirehe ku bufatanye nâabaturage yafashe abantu babiri bari batwaye urumogi mu majerekani nkâamayeri kugira ngo abababona bagire ngo batwaye inzoga. Abafashwe ni Mugishawimana Pacific wâimyaka 29 yâamavuko wafatiwe mu murenge wa Nyamugali akagari ka Nyamugali afite ijerekani ya litiro 20 yâurumogi na Ndayisenga uzwi ku izina rya Hungu […]