Haribazwa impamvu Selena Gomez arebana ayâingwe na Demi Lovato
Abantu bakurikiranira hafi ibyâimyidagaduro bakomeje kwibaza impamvu umubano hagati yâumuhanzi Selena Gomez na Demi Lovato ukomeje kuzamba kandi bombi ari nshuti kuva mu bwana bwa bo. Mu minsi ishize, Selena Gomez yahagaritse gukurikira (unfollow)  Demi Lovato kuri Instagram. Kuri uyu wa 16 Ugshyingo, Demi Lovato na we yahisemo kuhagarika gukurikira Selena Gomez. Umwe mu bakurikiranira […]
Umwami mu kotsa inyama  yahuruje Pogba na Mess i Dubai
Umugabo benshi bazi nkâumwami  mu kotsa inyama yatumye abakinnyi ba ruhago Lionel Messi wa Barelona na Pogba wa Manchester United bahurira mu Mujyi wa Dubai muri Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu. Uyu mugabo witwa Nusret Gà ¶kà §e ndetse hari nâabamwita âSalt Baeâ ugenekereje mu Kinyarwanda bivuga  âumukunzi wâumunyuâ Messi na Pogba bamusabye ko yabategurira ibyo kurya ndetse […]
Tugiye gushyiraho uburyo bushoboka bwose kugirango umukandida wacu azatsinde – Katumbi
â Tugiye gukomeza, tugiye gushyiraho uburyo bushoboka bwose kugirango umukandida wacu azabashe gutsinda â, ibi ni ibyatangajwe nâumunyapolitiki, Moise Katumbi mu izina rya bagenzi be batavuga rumwe nâubutegetsi bashyigikiye umukandida Martin Fayulu bahisemo ngo azabahagararire mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe kuwa 23 Ukuboza muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Moise Katumbi kimwe na Adolphe Muzito, […]
Perezida Kagame yihanganishije  Tanzaniya na Malawi
 Perezida wâu Rwanda akaba nâUmuyobozi wâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) yihanganishije Tanzaniya na Malawi ku bwo kubura abasirikare bayo mu butumwa bwâamahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo . Perezida Kagame ubwo yari mu nama ya kabiri idasanzwe  ya AU Addis Abbeba muri Ethiopia  yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu mirwano yasankiranyije inyeshyamba za ADF […]
Kamonyi: Hakomeje gutoragurwa imirambo hatazwi aho iva
Bamwe mu baturage mu batuye Akarere ka Kamonyi baravuga ko bahangayikishijwe nâikibazo cyâimirambo itoragurwa muri bimwe mu bice byâAkarere kuko batazi iyo ituruka, bakifuza ko ubuyobozi bwabaha amakuru arambuye kuri icyo kibazo, cyane ko iyo barebye basanga ari ihajugunywa batazi iyo iturutse, kuko usanga atari Abanyakamonyi. Ubuyobozi bwâAkarere ka Kamonyi buvuga ko iki kibazo bakizi […]
Burundi:Â Mu ruzi hatowe umurambo wâImbonerakure bikekwa ko yishwe na mugenzi wayo
Umwe mu rubyiruko rwâishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi witwa Boniface Nizigiyimana kuri uyu wa Gatatu ushize, yasanzwe mu ruzi rwa Maragarazi ruri mu burasirazuba bwâigihugu ku mupaka wâu Burundi na Tanzania yishwe. Amakuru aturuka aha aravuga ko Nizigiyimana aheruka kugaragara ari kuri moto yari itwawe nâuwitwa Eric Ndayizeye nawe wâImbonerakure ku Cyumweru gishize. […]
Minisitiri Ecweru yageraranyije u Rwanda nâigikombe cyâigikoma mu gusobanura ikibazo cyâimpunzi zâAbanyarwanda
Uwahoze ari Minisitiri ufite Ibiza nâimpunzi mu nshingano ze, Musa Francis Ecweru atangaza ko impunzi zâAbanyarwanda zidakwiye gutinya gutaha kuko hari amahoro ariko akavuga ko u Rwanda rwaba rumeze nk’bindi bihugu byinshi byo muri Afurika bimeze nkâigikombe cyâigikoma aho hejuru kiba gihoze ariko kigashyuha uko umuntu agana hasi. Ibi uyu umunyapoliriki yabitangarije mu nama nâabagize […]
Hakomeje kwibazwa aho ADF iri gukura ingufu zo gusebya Monusco na FARDC ku rugamba
Igisirikare cya Uganda kiravuga ko kigiye gukomeza kuryamira amajanja gikomeza nâubwirinzi bwacyo ari nako gitekereza kugaba ibitero nyuma yibibazo byâumutekano bikomeje guterwa nâumutwe wa ADF ukomeje kugaragaza ingufu hataramenyekana aho izivana nkâuko byatangajwe nâabayobozi batandukanye ba gisirikare ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu. Ibi bije nyuma yâaho izi nyeshyamba za ADF zigabiweho igitero nâingabo […]
USA: CNN yatsinze Perezida Trump igitego cyâumutwe
Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetswe nâurukiko gusubiza umunyamakuru wa televiziyo CNN, Jim Acosta, impapuro ze zimwemerera gukora akazi ke nta nkomyi. Acosta yari yambuwe uburenganzira bwo kwinjira muri perezidansi nyuma yâuko abajije ibibazo Perezida Donald Trump, mu kiganiro kigenewe abanyamakuru. Umucamanza wâurukiko rwa Amerika mu mujyi wa Washington DC, Timothy Kelly, kuri […]
Gasabo: Yafatanywe ibihumbi byâAmayero nâAmadorali yâamiganano
Ku uru wa kane tariki 15 Ugushyingo nibwo Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Gasabo mu murenge wa Rusororo yafashe umugabo witwa Mukeshimana Anastase bakunze kwita Ibrahim, uyu akaba yarafatanywe amayero agera ku 3,450 nâamadorali 3,000. Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kayigi yavuze ko uwafashwe yari kumwe […]