U Bufaransa bwababajwe n’u Butaliyani bubushinja kunyunyuza imitsi Afurika
U Bufaransa bwahamagaje igitaraganya uhagarariye u Butaliyani muri iki gihugu ngo atange ibisobanuro nyuma yaho Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Butaliyani ashinje u Bufaransa kunyunyuza imitsi Afurika no guteza ikibazo cy’abimukira. Ku cyumweru tariki ya 20 Mutarama 2019, Luigi di Maio yasabye Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi gufatira ibihano u Bufaransa kubera ingamba zabwo muri Afurika. Yavuze ko […]
Chris Brown afungiye i Paris ashinjwa gufata umugore ku ngufu
Icyamamare muri muzika, Chris Brown yafatiwe mu mujyi wa Paris mu Bufaransa ku cyaha ashinjwa cyo kufata umukobwa ku ngufu. Nk’uko byatangajwe na Polisi y’i Paris, ngo Chris n’abandi bagabo babiri bari muri kasho nyuma y’aho uyu muhanzi ashinjwe iki cyaha cyo gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 24 y’amavuko utatangajwe amazina. Ikinyamakuru standard gitangaza ko […]
Umunyarwanda ushinjwa ‘kumviriza amabanga ya Uganda igihe kirekire’ yirukanwe
Abashinzwe umutekano mu ijoro kuwa 21 Mutarama 2019 bigabye mu biro bya MTN muri Uganda bata muri yombi Umunyarwanda, Annie Tabura Bilenge n’Umufaransa, Olivier Prentout bashinjwa kubangamira umutekano w’igihugu no guha amabanga ibindi bihugu. Annie Tabura yari asanzwe ari Umuyobozi Mukuru wa MTN ushinzwe kugurisha no gukwirakwiza serivizi muri iki gihugu. Ashinjwa kumviriza amabanga y’igihugu […]
U Bushinwa n’u Burusiya byishimiye intsinzi ya Félix Tshisekedi
Ibihugu by’ibihangage ku Isi, u Bushinwa n’u Burusiya, byagaragaje ko byishimiye untsinzi ya Félix Tshisekedi, wahize abandi mu matora ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ikinyamakuru Financial Times  gitangaza ko u Burusiya bwakeje Félix Tshisekedi. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Sergeà ¯ Lavrov mu itangazo yashyize ahagaragara yagize ati “Aya matora twe tuyafata nk’ikorosi rikomeye mu […]
 Ngurisha igitsina cyanjye, cyatumye ndeka kugenda n’amaguru – Bad Black
Icyamamare Shanita Namuyimbwa uzwi nka Bad Black atangaza ko bidakwiriye kumvikana nk’ikintu gishya kuba akorera amafaranga yifashishije igitsina cye kuko gituma atagenda n’amaguru. Bad Black amenyereweho ibikorwa byinshi bitandukanye nko gufungwa bya hato na hato haba muri Uganda no hanze kubera gucuruza magendu, gutanga sheki zitazigamiwe n’ibindi. Mu mashusho agaragara kuri Ghafla, Bad Black yifashishije […]
Ange Kagame yikomye abaha umukunzi we imyirondoro itari yo
Ange Kagame yikomye abakomeje kwita umukunzi we izina rya Billy, kuvuga ko afite imyaka 25 y’amavuko ndetse no kuba yarize muri MIT ( Massachusetts Institute of Technology. N’ubwo anyomoza ibyo avuga ko benshi bahuriyeho mu nkuru bagiye bandika, Ange abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Mutarama 2019, nta […]
Uganda yatangiye kwakira ibimenyetso nk’ibya Kenya mbere y’igitero cyahitanye 21
Igipolis cya Uganda cyasabye abaturage ko badakwiye guha agaciro amakuri cyise atari yo avuga ko hagiye kugabwa ibitero by’iterabwoba muri iki gihugu. Igipolisi cy’iki gihugu, kuwa Mbere cyatangaje ko aya makuru ahanini ari gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga ari ibihuha. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, CP Fred Enanga mu kiganiro n’abanyamakuru mu Mujyi wa  Kampala yagize […]
RDC: Martin Fayulu yateguye imyigaragambo yitabirwa n’abantu mbarwa
Abashyigikiye Martin Fayulu utavuga rumwe na leta iriho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo babarirwa mu macumi ni bo bitabiriye imyigaragambyo yo ku wa mbere yari yahamagaje yo kwamagana icyemezo cy’urukiko rw’itegeko Nshinga. Urukiko rwanzuye ko Félix Tshisekedi ari we watsinze amatora ya Perezida yo ku itariki ya 30 Ukuboza 2018. BBC itangaza ko hari […]
Afurika y’Epfo: Amakorosi aberamye mu rubanza rw’abashinjwa kwica Karegeya Patrick
Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Mutarama 2019, ku iyicwa rya Patrick Karegeya wari koroneli mu gisirikare cy’u Rwanda ndetse wanakuriye ubutasi bw’u Rwanda, byagaragaye ko uru rubanza rukirimo imbogamizi nyinshi ngo abacyekwa babe bafatwa. Nk’uko BBC ibitangaza, kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Mutarama 2019, mu rukiko hasomwe ibaruwa […]
Ntimuzigera mukunda Museveni kundusha-Â Dr Besigye
Umwe mu batavugarumwe n’Ubutegetsi bwa Uganda, Rtd Col Dr Kiiza Besigye alias Kifefe yeruriye abaturage b’Akarere ka Kiruhura ababwira ko badashobora gukunda Perezida Museveni nk’uko we yabikoze. Dr Besigye ni umwe mu batangije urugamba rwo kubohora Uganda mu 1980. Yabaye muganga bwite wa Perezida Museveni gusa nyuma baza gushwana amushinja kunyuranya n’imirongo migari ya politiki […]
Muhanga: Abakoresha ikiraro cya Macyera bahangayikishijwe n’iyangirika ryacyo
Bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Macyera n’aka Kagitarama bahangayikishijwe n’ikiraro gihuza utu tugari twombi kiri mu gishanga gihingwamo ibigori kuko cyamaze kwangirika mu buryo bukabije kikaba kibangamiye abana n’abakuru kuko ibiti bigikoze byamaze gusaza, abantu bakaba hari ubwo bagwa mu mugezi bagerageza kucyambuka. Twagirimana Eugène utuye mu mudugudu wa Rwamugoroba, mu kagari ka […]
Congo: Miliyoni 432 z’amadolali y’amerika nizo zakoreshejwe mu matora ya 2018
Mu kwezi k’ukuboza, mu mwaka w’2018 urwego rw’igihugu rushinzwe amatora (CENI) mu gihugu cya repulika iharanira demokarasi ya Kongo rwatangaje ingengo y’imari yakoreshejwe mu gutegura amatora. Uru rwego rwatangaje ko hateganyijwe nibura amadolali y’amerika asaga miliyoni 432 mu myiteguro y’amatora y’umukuru w’igihugu, inzego z’ibanze n’abagize inteko ishinga amategeko. Umubare munini w’iyi ngengo y’imari wakoreshejwe mu […]
Ese birakwiye ko Miss Cogebanque yitwa Nyampinga w’u Rwanda ?
 Imyaka irakabakaba icumi, hatorwa abakobwa bitwa Miss Rwanda, ariko bigakorwa n’ibigo by’ubucuruzi, ariko uwatowe agafatwa nk’uhagarariye igihugu muri rusange. Arikose birakwiye ko igihugu cyitirirwa icyo kidafitemo uruhare na ruto mu igenwa ryacyo ? Ubwo igikorwa cyo gutora Miss cyatangiraga mu Rwanda mu mwaka wa 1993, nticyamenyekanye cyane, kuko cyari cyateguwe n’itsinda rito, kandi gikorwa mu […]
Amanyanga n’ubutiriganya bikomeje kwimakazwa muri MISS COGEBANQUE 2019
Kuva amarushanwa yo gutora uzaba Miss Cogebanque 2019 yatangira, hagiye havugwa byinshi bidakorwa mu mucyo, hagamijwe guhesha amahirwe bamwe no kuyaka abandi. Bamwe mu babikurikirana bakabyita gukabya gushingiye ku marangamutima y’abafana, mu gihe abandi bo babigaragazaga nk’ibifitiwe gihamya. Muratwihanganira kubwo gukoresha inyito MISS COGEBANQUE mu cyimbo cya MISS RWANDA mumenyereye. Kanda HANO , kugira ngo […]