USA: Umuhanzi Sedy Djano yafashije abantu barenga 50 baba ku mihanda
Sedrick Djano uzwi mu muziki nka Sedy ni umunyarwanda uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Mississipi, gusa ku bw’impamvu z’akazi akunze kuba muri Leta ya Texas. Sedy yakoze igikorwa cy’urukundo afasha abantu barenga 50 batagira aho kuba muri Amerika. Iki gikorwa cy’urukundo Sedy yagikoze abinyujije mu muryango ‘Give kindness’. Mu muziki Sedy aherutse […]
Burundi: Amase y’Imvubu niyo yakoreshejwe mu kwanduza ibiro by’ishyaka rya Agathon Rwasa
Ku cyumweru tariki ya 19 Gicurasi 2019, nibwo ishyaka CNL ritavuga rumwe na Leta y’u Burundi rya Hon Rwasa Agathon ryafunguye ibiro byaryo mu mujyi wa Bujumbura, uyu mudepite unaribereye umuyobozi mukuru, yitabira ibyo birori anahatangariza ko akomeje urugamba rwa politiki n’ubwo rutoroshye. Ku wa Gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2019, ngo nibwo Meya w’Umujyi […]
Umugaba mukuru w’ingabo, Gen Muhoozi, aravuga ko Uganda icyifuza kubana neza n’abaturanyi
Gen David Muhoozi, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yatangaje ko Uganda icyifuza kubana n’abaturanyi bayo neza. Ibi yabitangarije kuri uyu wa Mbere impuguke mu bya gisirikare zikora muri za ambasade (Defence Attachés ) n’abajyanama muri ambasade zitandukanye I Kampala ubwo bari ku cyicaro gikuru cya UPDF ahitwa Mbuya. Ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi nkuru kiravuga ko […]
Kigali: Bamwe mu baturage ntibavuga rumwe na leta ku mpamvu itera igwingira mu bana
Bamwe mu baturage na leta ntibavuga rumwe ku mpamvu itera igwingira ry’abana, aho abaturage bavuga ko biterwa n’ubukene mu gihe leta ivuga ko ukutamenya gutegura ibyo kurya bafite. Umuforomokazi wo ku kigo nderabuzima i Kigali avuga ko mu cyumweru bashobora kwakira abana 40 bagwingiye. Ni mu gihe Leta y’u Rwanda yashyizeho ikigo kihariye cyo kwita […]
Moà¯se Katumbi yagize icyo asaba Perezida Tshisekedi
Umunyapolitiki w’umuherwe, Moà¯se Katumbi ubwo yageraga muri Congo nyuma y’imyaka itatu yari ishize atahakandagiza ikirenge, yasabye Perezida mushya, Felix Tshisekedi kugaragaza impinduka mu gihugu cyabo. Katumbi yasesekaye i Lubumbashi ku wa Mbere tariki ya 20 Gicurasi 2019, yakirwa n’imbaga y’abaturage bishimira gusubira kwe mu gihugu cy’amavuko, yari yarahunze nyuma yo gushwana na Perezida Kabila wakiyoboraga. […]
Umunyarwanda yarasiwe muri Amerika ahita apfa
Umunyarwanda Mpirwa Dieuveut uri mu kigero cy’imyaka 20 y’amavuko yarashwe ku wa Gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2019, mu gace ka South Parkwood Lane, ko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ahita yitaba Imana. Mpirwa yishwe n’isasu ngo yarashwe na mugenzi we Noah Kanyizere ufite imyaka 24 y’amavuko. Polisi yo mu mujyi wa Wichita muri […]
Umusore uvuga ko Diamond yamutwaye umugore yateje impagarara
Umusore utatangajwe amazina yagarutse mu matwi ya benshi nyuma yo kuvuga ko umukunzi wa Diamond, Tanasha Donna yari uwe ariko bakamumutwara. Tanasha na Diamond bagaragaje ko bakundana mu mpera z’umwaka wa 2018. Ntibyari bizwi ko uyu mukobwa yaba afite undi musore bakundana. Agira icyo avuga kuri ibi, Diamond yavuze ko ntacyo abiziho. Ubwo yasubizaga umunyamakuru […]
Shyira ibyiringiro byawe ku ikintu wifuza ko imana yagukorera
Soma Itangiriro 15:5 “ Aramusohora aramubwira ati ” Rarama urebe mu ijuru, ubare inyenyeri niba wabasha kuzibara.” Arongera ati “ Urubyaro rwawe niko ruzangana.” Ni iki wiringiye ko Imana igomba kugukorera? Ni iki uri gusengera uyu munsi kandi ukaba wiringiye ko Imana izakiguha? Ni irihe sezerano Imana yagusezeranije? Birashoboka ko ari uguhindura umuryango wawe, Umuryango […]
Musanze: Polisi yatangiye guhiga ukekwaho kwica umugore we wari umuyobozi w’ishuri ryisumbuye
Igipolisi mu Karere ka Musanze kiri mu iperereza ku rupfu rw’umugore w’imyaka 43, wari umuyobozi w’Ishuri ryisumbuye, bikekwa ko yishwe n’umugabo we waburiwe irengero. Ibi byabereye kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Gicurasi ahagana saa mbiri z’ijoro, mu rugo rw’uyu muryango utuye mu MUrenge wa Kimonyi, mu Karere ka Musanze, ho mu Ntara y’Amajyaruguru. Uyu […]
Amerika ntacyo yatwara Iran, abanzi bacu bazima tubareba- Min. Zaif
Minisitiri w’Ubanyi n’Amahanga wa Iran, Mohammed Javad Zaif atangaza ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ntacyo zakora ku gihugu cye kuko gihagaze cyemye kuva mu myaka ibihumbi kandi abanzi bacyo bayoyoka kireba. Amerika na Iran bararebana ay’ingwe bapfa ibihano by’ubucuruzi byafatiwe Iran ku bwo gutunganya ingufu za nikereyeri ndetse no gukumira ubucuruzi bwa Peteroli. Abinyujije […]
Ambasade y’u Rwanda i Kampala yaba iri mu nzira zo gufunga imiryango?
Guverinoma ya Uganda ngo ishobora gufunga Ambasade y’u Rwanda I Kampala ivuga ko ari indiri y’ibikorwa bibangamiye ubusugire bwa Uganda. aya makuru ariko u Rwanda ruravuga ko ntacyo ruyaziho nk’uko byemejwe na Ambasaderi Olivier Nduhungirehe mu butumwa yahaye Bwiza.com. Ikinyamakuru Regionweek dukesha iyi nkuru kiravuga ko hari ikinyamakuru cyo muri Uganda cyemeje ko u Rwanda […]
Abanyamakuru 12 mu Burusiya beguye ku mirimo yabo mu rwego rwo kwifatanya na bagenzi babo
Abanyamakuru 12 bandika inkuru za politike mu kinyamakuru Kommersant cyo mu Burusiya beguye ku mirimo yabo mu rwego rwo kwifatanya na bagenzi babo birukanywe kubera inkuru banditse kuri Sena y’u Burusiya ku mpinduka zishobora kuyibamo. Umuyamakuru Gleb Cherkasov wandikiraga icyo kinyamakuru, abiyujije ku rukuta rwe rwa facebook yavuze ko we na bagenzi be 10 beguye […]