Ushobora kuva mu muhamagaro wâ Imana wibwira ko uri kuwinjiramo – Rev. Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki.Soma Jeremiya 1:5 Mu minsi yashize nagize imirimo mwinshi ijyanye nâ umuhamagaro wanjye. Ubwo numvise muri njye […]
Maze imyaka itatu mvoma mu gishanga cya Nyabugogo-umuturage wo mu Gatsata
Abaturage bo mu Mudugudu wâAmarembo, Akagari ka Nyamugari mu Murenge wa Gatsata batangaza ko bamaze amezi atatu batabona amazi meza bitewe nâivomero ryangiritse bityo bakaba bavoma mu gishanga cyâumugezi wa Nyabugogo. Umwe muri bo, Uwayezu Jean Marie Vianney kuri mikoro za Radiyo Flash FM yavuze ko amaze imyaka itatu akoresha amazi yâibishanga bitewe kuko ivomero […]
Burundi: Imbonerakure yishwe nâinkoni
Umwe mu rubyiruko rwâImbonerakure rubarizwa mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, yishwe nâibikomere yatewe nâinkoni yakubiswe nâabayoboke bâishyaka CNL rya Agathon Rwasa. Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru sosmedia/Burundi, ngo iyi Mbonerakure yapfiriye mu bitaro (HĂŽpital Kira de Bujumbura), ku wa Mbere w’iki cyumweru, abandi bane ngo bakaba bagifite ibikomere. Iki kinyamakuru gitangaza ko urupfu rwâiyi […]
Huddah Monroe yitabiriye ibirori  byo guha ikaze umwana wa Diamond yambaye ikariso
Umunyamideli akaba nâumuherwe muri Kenya, Huddah Monroe, yagaragaye mu birori byo guha ikaze umwana wa Diamond Platnumz na Tanasha yambaye ikariso. Ku wa 22 Kanama 2019 nibwo Diamond Platnumz yakoreye umukunzi we Tanasha Donna ibi birori byo guha ikaze umwana wabo (Baby shower), byanitabiriwe nâibyamamare bitandukanye harimo nuyu munyamideli Huddah Monroe. Huddah Monroe wemeza ko […]
Rwamagana: Abayobora ishyirahamwe ryâabasaza barashinjwa kubatoteza no kunyereza umutungo
Bamwe mu banyamuryango bâishyirahamwe âUrumuriâ ryâabasaza bâabayoboke bâidini ya Isilamu,  ribarizwa mu kagari ka Cyanya, mu Karere ka Rwamagana,  barashinja abayobozi baryo kwikubira umutungo waryo no kubuza uburenganzira abanyamuryango. Bavuga ko abayobozi bâiri shyirahamwe âUrumuriâ bakoresha umutungo wabo mu nyungu zabo kandi bakabuzwa uburenganzira nâubwisanzure bityo ngo nâiguririro ryâinyama ryari mu maboko yâishyirahamwe ryikubiwe nâabayobozi. Masumbuko Hashimu, […]
Biravugwa ko Louis Baziga yaba yarivuganwe nâabarwanya Leta y'u Rwanda
Amakuru akomeje gucicikana ko urupfu rwâUwayoboraga Diaspora Nyarwanda muri Mozambique, Louis Baziga, rufite aho ruhuriye nâabatavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda. Louis Baziga yishwe nâabantu bataramenyekana ahitwa Matola mu Mujyi wa Maputo ubwo yari mu modoka. Amakuru afitwe na KT Press avuga ko uyu mugabo yaba yari atakirebwa neza nâabarwanya ubutegetsi bwâu Rwanda bitewe nâuko yari […]
Libya: Abimukira 5 bapfuye abandi baburirwa irengero nyuma yo kurohama bagerageza kujya mu Burayi
Mu Nyanja ya Mediterane hongeye kubera insanganya ubwo kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Kanama, abimukira batanu bagwaga mu mpanuka yâubwato hafi yâigihugu cya Libya abandi bagera kuri 20 bakaba baburiwe irengero. Igisirikare cyo mu mazi cya Libya cyatangaje ko ubwato bwarohamiye mu birometero 120 uvuye I Tripoli, aho mirambo itanu yarohowe hafi yâinkombe za […]
Kigali: Umugabo w'imyaka 42 arimo gushakishwa ashinjwa gusambanya mugenzi we mu kibuno
Umugabo witwa Semivumbi wâimyaka 42 yâamavuko, arashakishwa nyuma y’aho bimenyekaniye ko yasambanije mugenzi we amaze kumusinziriza. Bitangazwa ko Semivumbi yasambanije Emmanuel wâimyaka 22, ubwo yari amaze kumusinziriza ashyize imiti mu nzoga yanywaga agahita asinzira, undi akamusambanya mu kibuno. Ni ibyabareye mu Mudugudu wâUmunyinya, Akagari ka Gasharu, Umurenge wa Kicukiro, mu Karere ka Kicukiro. Emmanuel ngo […]
Papa Francis ntakozwa ibyo kuzacumbikirwa muri Hoteli ihenze y'i Maputo/ Mozambique
Papa Francis yanze gucumbikirwa muri hoteli ihenze ubwo azaba ari mu rugendo rw’iminsi itatu muri Mozambique mu kwezi gutaha kwa cyenda. Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Domingo cyo muri iki gihugu, Musenyeri AntĂ Âłnio Sandramo, yavuze ko Papa Francis yashakaga icumbi riciriritse cyane, nuko yanga hoteli ya mbere yagejejweho yari yatoranyijwe n’itsinda ritegura urugendo rwe. Amakuru avuga ko […]
U Rwanda nta kibazo cyâibyo kurya rufite â Christine Mukantwari
Kuba imibare yâIkigero gifatwa nk’icyakwihanganirwa mu mirire mibi mu bana mu Rwanda iri hejuru cyane (38%) ngo ntisobanura ko igihugu gifite ikibazo cy’ibiribwa bikeya nkâuko byemezwa na Christine Mukantwari ukuriye inzobere mu by’imirire mu Rwanda. Imirire mibi yibasiye abana benshi batarageza ku myaka itanu mu bihugu byose by’Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara, nk’uko bivugwa […]
Abanyarwanda bane birukanwe ku butaka bwa Uganda barataka inkoni
Abagabo bane bâAnyarwanda ;Â Felicien Uwizeye , Jimmy Habimana, Emmanuel Twizerimana na Jacob Ndayambaje baravuga ko bafungiwe muri Uganda umwaka wose ari nako bakubitwa hafi buri munsi. Felicien Uwizeye wâimyaka 71 avuga ko ibyo bakorewe ubwo bari bafunzwe ari ibya mfura mbi. Avuga ko bakubitwaga buri gihe ari nako bakoreshwa imirimo ivunanye, bavuga ko ari […]
Umukino wa Rayon Sports na Mukura VS uzakinwa hibukwa Padiri Fraipont Ndagijimana
Amakipe abiri akomeye mu kiciro cya Mbere cyâumupira wâamaguru, Rayon Sports na Mukura VS nizo kipe zatoranyijwe gukina umukino ugamije kwibuka padiri Fraipont Ndagijimana, umuze imyaka 37 atabarutse. Aya makipe ari mu yakunzwe mu Rwanda anafite amateka kuri uyu mu padiri, ibi birori  byateguwe nâikigo cya HVP Gatagara mu kwizihiza isabukuru yâimyaka 100 Padiri Fraipont Ndagijimana […]
Rusizi:Â Prof. Kalisa Mbanda yanenze abakandida Senateri biyamamaza bavuga ibyâaho bavukiye
Perezida wa komisiyo yâigihugu yâamatora (NEC), Prof.Kalisa Mbanda yakebuye bamwe mu bakandida sena bari batangiye gutana mu mvugo, bavuga ibyo yise ko bitari ngombwa, birimo ibyâaho bavukiye, aho bakuriye nâaho basabye abageni n’ibindi avuga ko bidakwiye gushyirwa imbere kuruta icyo bazamarira abaturage. Yabakeburiye mu Ntara y’Iburengerazuba aho abakandida 15 bazatorwamo abasenateri 3 bazahagararira iyi Ntara […]
 Sinahakana ko hari imungu muri twe zikora iyicarubozo â Col Kaka Bagyenda
â Sinahakana ko hari imungu muri twe zikora iyicarubozo ariko icyo nahoze nigishamo imbere nuko abakozi ba ISO bakoresha uburyo bworoheje ,â uyu ni Col. Kaka Bagyenda, Umuyobozi wâUrwego rushinzwe Umutekano wâImbere mu gihugu rwa Uganda (ISO), ubwo yahakanaga ko uru rwego rukora iyicarubozo ndetse rugafunga abantu nta muntu ubageraho mu kiganiro nâitangazamakuru. Umuyobozi Mukuru […]
Kaminuza ya CHUR yagiranye amasezerano na BDF
Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) yagiranye amasezerano nâIkigega gifasha imishinga mito nâiciriritse (BDF) mu gutangiza ikigo giteza imbere ubuhinzi nâubworozi. Aya masezerano yashyizweho umukono mu cyumweru gishize hagati ya  Perezida wa CHUR, Prof. Pierre Damien Habumuremyi nâUmuyobozi Mukuru wa BDF, Innocent Bulindi. Prof. Pierre Damien Habumuremyi atangaza ko ubu bufatanye mu byo kunoza […]
Mfite igitsina gito, umugore wanjye ngo aho gukomeza kuryamana nanjye yakwikinisha- Nkore iki?
Ndaramukije bantu ba nyagasani, nitwa Thomas nkaba ntuye mu ntara yâIburengerazuba. Umugore wanjye ni umwarimukazi, njyewe nkaba ndi umucuruzi. Ndabagisha inama ku birebana no kubaka urugo kuko ndabona bitoroshye. Ntabwo mvuga byinshi, ariko ndasumbirijwe, sinari nzi ko umugore wawe yagufata nkâimbwa imbere ye, akagusuzugura kugeza nâaho abikweretse. Mu byâukuri umugore wanjye tumaze kubyarana kabiri, mu […]
Bugesera: Umugabo yafashwe acuruza imiti ya magendu irimo igabanya ubukana bwa Sida
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera tariki ya 25 Kanama 2019, yafashe uwitwa Nkezabera Pascal wakoraga ubucuruzi bwâimiti ivura abantu, ubucuruzi yakoraga mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Ubwo yafatwaga yasanganwe udukarito turimo ibinini bya Paracetamol, Amoxicillin ndetse nâimiti igabanya ubukana bwâagakoko gatera SIDA. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) […]
Guverinoma ya Ilunkamba ni igitutsi ku baturage ba Congo â Martin Fayulu
â Guverinoma ya Ilunkamba ni igitutsi ku baturage ba Congo ,â ibi ni ibyemezwa nâumunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi, Martin Fayulu, kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Kanama ubwo hatangazwaga ku mugaragaro ihuriro rishya ryâabatavuga rumwe nâubutegetsi ryiswe mu Gifaransa, â Dynamique pour la vĂ©ritĂ© des urnes (DVU) .â Kuri we, ngo rubanda ntirukeneye iyo guverinoma […]
Ikibazo cy'ubushomeri mu rubyiruko gikomeza kwiyongera- Min.wâIntebe, Dr Ngirente
Minisitiri w’intebe, Dr Edouard Ngirente, avuga ko ikibazo cy’ubushomeri mu rubyiruko ku mugabane wa Afurika gikomeje kwiyongera, bityo agarasaba ibihugu bya Afurika ndetse n’inzego z’abikorera gushora imari mu bijyanye no guteza imbere imyuga n’ubumenyingiro hagamijwe kubugabanya. Abitabiriye inama mpuzamahanga yâishyirahamwe ryâamashuri makuru na za Kaminuza zigisha imyuga nâubumenyingiro, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 […]
Ntaho twajya, nibabanze bahagarike ubwicanyi bukorwa na Leta ya Nkurunziza- Impunzi z'Abarundi
Mu gihe Leta ya Tanzania ivuga ko nta mpunzi z’Abarundi igikeneye mu gihugu cyayo, zo zishimangira ko badashobora gutaha bitewe n’uko ngo icyo bahunze kitarakemuka. Bashimangira ko Leta y’u Burundi iyobowe na Perezida Nkurunziza ikora ubwicanyi. Minisitiri w’Imbere mu Gihugu muri Tanzania, Kangi Lugola avuga ko icyo izi mpunzi zahunze ubu cyakemutse, ibi ntabwo abivugaho […]