Ibitero ku banyamahanga: Nigeria na Zambia batangiye kwihimura kuri Afurika y'Epfo

Mu gihe Abanya-Afurika y’Epfo bagaba ibitero ku banyamahanga baba mu gihugu cyabo, Abanya-Nigeria na Zambia batangiye kwihorera. Abanya-Afurika y’Epfo batangije ibikorwa by’urugomo byibasira ibikorwa by’abanyamahanga harimo ubucuruzi, ndetse abandi bagahohoterwa, babakubitwaa, bakanangiririzwa umutungo urimo amazu n’imodoka. Abo muri Nigeria na Zambia bari barahiriye kwihorera bituma amwe  mu maduka muri ibi bihugu afunga. Muri ibi bihugu […]

Muri Afurika niho abanyagaturika bari kwiyongera kurusha ahandi ku Isi

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Nzeri 2019, nibwo Papa Francis aratangira uruzinduko mu bihugu bitatu bya Afurika, ruraba ari uruzinduko rwe rwa kane kuva yagirwa umushumba wa kiliziya gatolika ku isi mu 2013. Uwo yasimbuye, Benedict XVI, yasuye Afurika kabiri. Akamaro uyu mugabane ufitiye kiliziya Gatorika kahinirwa mu ijambo rimwe – kwiyongera. Afurika […]

Uretse no kunkubita, no kumvuna baramvunnye- Umunyarwanda wari ufungiye muri Uganda

Umunyarwanda witwa Uwambazimana Prince w’imyaka 22, avuga ko yari amaze imyaka ibiri afungiye muri Uganda, akorerwa iyicarubozo, ubu akaba yarekuwe ataha mu Rwanda,  avuga ko hamwe na bagenzi be bahohoterwaga babwirwa ko banakwicwa. Prince avuga ko yagiye muri Uganda agiye gusura umuvandimwe we wari urwaye, yatawe muri yombi ashinjwa kuba intasi y’u Rwanda, nyuma akatirwa […]

Umusifuzi yatanze iminota 42 y’inyongera ku mukino w’umupira w’amaguru

Umusifuzi muri Shampiyona y’Umupira w’Amaguru muri Gaza yatanze iminota 42 y’inyongera ku mukino w’amakipe abiri yari ahanganye bitewe n’uko umuriro wabuze ku kibuga,bityo umukino guhagarara. Ibi byabayee kuri uyu wa 3 Nzeri,uyu mwaka ku mukino wahuzaga amakipe abiri; Shabab Khanyounis na Ittihad Khanyounis. Ikibazo cy’ibura ry’urumuri cyaturutse ku matara abonesha mu kibuga atari ameze neza […]

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe ko rutitabiriye inama yabereye muri Afurika y’Epfo

Umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe atangaza ko amakuru avuga ko u Rwanda rutitabiriye inama ya ‘World Economic Forum’ iri kubera muri Afurika y’Epfo. Amakuru yatangajwe na zimwe muri televiziyo zo mu bihugu byo mu majyepfo ya Afurika, yavugaga ko u Rwanda, Malawi na Repubulika […]

Abasirikare b’u Burundi batangiye ibikorwa byo kwitegura kuva muri Somalia

Abasirikare b’u Burundi bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia( AMISOM ), mu rwego rwo kwitegura gutaha, zashyikirije ingabo za Somalia ibirindiro bya Warshik. Ibi byakozwe hagamijwe gushira mu bikorwa gahunda yo gushyira mu biganza ingabo za Somalia ibikorwa byose birebana n’umutekano, izi ngabo zikabona gutaha. Nk’uko BBC ibitangaza, ibi byabaye hari umuyobozi wungirije […]

Icyamunara cy'inka 157 zafatiwe mu kigo cya Gabiro kigiye gushyirwa mu bikorwa

Nyuma y’aho urukiko rwahagaritse icyamunara cy’inka 157 zafashwe zavogereye ikigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Gabiro, zongeye gushyirwa ku isoko. Nk’uko bigaragara mu itangazo rya cyamunara, izi nka zizatangira kugurishwa ku wa 11 Nzeri guhera saa tanu z’amanywa. Ku bw’ubusabe bw’abafatiwe inka, urukiko rwahagaritse uyu mwanzuro w’akarere ka Kayonza mu ntango za Kanama 2019, na ko […]

Rwamagana Circuit, isiganwa ridasanzwe ry’amagare

Ku wa 17 Nzeri 2019, nibwo amarushanwa ya Rwanda Cycling Cup 2019 azakomeza hakinwa isiganwa rya Rwamagana Circuit, rizazenguruka umujyi w’aka Karere. Abakinnyi bazazenguruka intera y’ibilometero 3 ariko basiganwe mu gihe cy’isaha imwe mu gihe byari bimenyerewe ko bazenguruka inshuro runaka bitewe n’uko abategura irushanwa babiteguye. Ubwo isaha izaba ishize, aho abakinnyi bazaba bageze niho […]

Min. Sezibera nta byinshi yatangaje ku bivugwa ko yari arwaye uburozi yaherewe mu Bwongereza

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr. Richard Sezibera, yagize icyo avuga ku makuru yavuzwe ko yarwaye nyuma akaza gupfa azize uburozi yaherewe mu Bwongereza. Ni ubwa mbere mu gihe kigera hafi ku mezi abiri, agize icyavuga kuri aya makuru kuko ubusanzwe yamaganwaga n’Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri ayoboye, Amb. Olivier Nduhungirehe. Ubutumwa bwa Nduhungirehe […]

Hagize umuntu naba narateye inda yanyegera— Platini (Dream Boys)

Umwe mu bahanzi bagize itsinda rya Dream Boys, Nemeye Platini, yigaramye umukobwa ukomoka i Burundi uherutse gukwirakwiza amakuru avuga ko yamuteye inda,ngo akaba yaramutereranye.   Mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV yavuze ko uretse no gutera uwo mukobwa inda, atanaherukayo kuko aheruka i Burundi muri 2014. Yagize ati” M u Burundi simperukayo kuko mperukayo 2014, […]

Ubwoba ni bwose nyuma ya bombe yaturikiye mu Mujyi wa Kampala

Abaturage bo mu Gace ka Lithuli, Bugolobi muri Nakawa mu Mujyi wa Kampala bakutse umutima nyuma yo kumva iturika rya gerenade muri ako gace. Iri turika ryabaye ku manwa yo kuwa 3 Nzeri uyu mwaka ni rya generande y’akanyamasyo yari irurikijwe na Polisi ubwayo nk’uko ibinyamakuru byo muri Uganda byabitangaje. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi […]

Iminsi irabarirwa ku ntoki ku bifuza gutangira kwiga muri Kaminuza ya CHUR mu 2019

Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) buratangazako kwiyandikisha bikomeje ku bifuza gutangira kwiga umwaka w’amashuri 2019 mu mashami yose y’iyi kaminuza. Kwiyandikisha muri iyi kaminuza birakomeje muri uku kwezi kwa Nzeri 2019 mu mashami yayo arimo: Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (Information and Technology) , Ubuhinzi n’iterambere ry’Icyaro ( Agriculture and Rural Development Business, Ubucuruzi […]

Umugabo wanjye namufashe arunguruka umugore w'umuturanyi wogaga muri dushi- Nkore iki?

Mu gitondo cyo ku wa Mbere w’iki cyumweru, n’ubwo nari ndi mu bitotsi numvise umuturanyi w’umugore tubana mu gipangu kimwe afunguye urugi, numva asutse amazi, muri ako kanya umugabo wanjye aba arabyutse. Yagiye hanze atindayo, kubera ko dushe dukoresha ari imwe bintera amakenga bitewe n’uburyo umugabo wanjye yabadutse nk’ufite ibyo agiyemo. Nasohotse bucece, nari ngamije […]

Min. Shyaka yagize icyo avuga ku nkubiri y'iyegura ry'abayobozi mu turere

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase avuga ko nta gikuba cyacitse, mu gihe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Nzeri 2019, hiriwe inkuru z’iyegura n’iyeguzwa rya bamwe mu bayobozi ba tumwe mu turere. Abicishije ku rukutwa rwe rwa Twitter, Min. Shyaka yasobanuye ko aba bayobozi ubwabo aribo bashyikiriza Njyanama z’uturere ubwegure bwabo cyangwa se […]

Gisakura: Ubuke bw'abasoromyi b'icyayi buracyari imbogamizi ku musaruro wacyo

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke n’ubw’uruganda rw’icyayi rwa Gisakura buvuga ko  ubuke bw’abasoromyi b’icyayi cyaho kubera n’aho giteye ugereranije n’aho batuye bukiri imbogamizi ku musaruro wacyo, hakaba hakorwa ibishoboka byose ngo iki kibazo gikemuke,gukemuka kwacyo bikazagira ingaruka nziza ku bwinshi n’ubwiza bw’icyayi   rutunganya. Ni bimwe mu byagaragajwe n’abahinzi b’icyayi n’abasoromyi bacyo binagarukwaho cyane n’aba bayobozi […]

RDC: Inyeshyamba zisaga 1000 zishyize mu maboko ya FARDC

Umuyobozi w’ingabo mu karere ka 33 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, GĂ©nĂ©ral-major Akili Muhindo, yavuze ko mu mwaka umwe, inyeshyamba zisaga 1000 zashyiz intwaro hasi zishyira mu maboko y’igisirikare(FARDC). Avuga ko izi nyeshyamba zagiye zishyikiriza igisirikare nyuma y’aho gitangiriye kuzigabaho ibitero bitandukanye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo ndetse n’ubukangurambaga bwagiye bukorwa. Yagize ati “Nakoresheje […]

Gen. Kabarebe byavuzwe ko afunzwe yongeye kugaragara mu ruhame

Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Repubulika mu bya Gisirikare n’Umutekano, Gen. James Kabarebe yongeye kugaragara mu ruhame. Hari amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga ko Gen. Kabarebe afunzwe azira kugira imitungo ye ibanga. Iyi ngo ni imitungo iri mu bihugu bitandukanye ku mugabane wa Afurika ndetse no muri Canada, aho umuryango we utuye. Aya makuru yamaganwe […]

Kuki Buyoya yakoreye Coup d’Etat mubyara we? Ese yagejeje iki ku Burundi?

Hari ku wa 3 Nzeri 1987, nibwo Majoro Petero Buyoya yahiritse ku butegetsi mubyara we, Col Jean-Baptiste Bagaza, wari umaze imyaka 11 ari ku butegetsi. Nubwo Col Bagaza yabukuweho nabi, na we yabufashe nabi akoreye coup d’Etat Michel Micombero, amushinja ubwicanyi bwabaye mu gihugu cyane cyane mu 1972. Izi Coup d’Etat zagiye ziba hatamenwe amaraso […]

N’ubwo Sergeant Kabayiza yafunguwe aracyifuza kuburana

Nyuma yo gufungurwa kwa Sergeant Franà§ois Kabayiza wari ufunganye na Rtd Gen Farn Rusagara na Colonel Tom Byabagamba, Kabayiza ntiyanyuzwe no gufungurwa arangije igihano cye, ahubwo we aracyifuza kuburana.   Impamvu itera Sergeant Kabayiza gushaka gukomeza kuburana, ni ukuba yari yarakatiwe imyaka itanu ashinjwa guhisha intwaro za gisirikare, icyaha atigeze yemera na rimwe, akanakijuririra ashaka […]