Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 45

elcgvbhwkamvp6o.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 28 Ukwakira 2020 yatangaje ko abantu banduye icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 45 mu bipimo 1619 byafashwe. Barimo 2 babonetse mu mujyi wa Kigali, uwabonetse i Huye, 2 babonetse i Nyagatare na 40 babonetse mu nkambi y’impunzi mu Karere ka Kirehe. Abamaze gukira iki cyorezo ni 4851, abakirwaye bo […]

Imodoka Idi Amin wayoboye Uganda yibye, yasubijwe nyirayo

Idi Amin Dada yayoboye Uganda kuva mu waka 1971 kugera 1979

Imodoka Perezida Idi Amin Dada wayoboye Uganda yari yaribye mu bwami bwa Buganda mu mwaka 1966 , Guverinoma ya Uganda yategetse ko isubizwa muri ubwo bwami nta yandi mananiza abayemo. Iyi modokoka yo mu bwoko bwa Rolls- Royce Phantom bivugwa ko yibwe na Idi Amin Dada mu mwaka w’1966 . Yibwa mu bwami bwa Buganda […]

Hamenyekanye amakipe azahurira n’Amavubi mato mu matsinda ya CECAFA

Kuri uyu wa 28 Ukwakira 2020, impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (CECAFA) yashyize hanze uko amakipe azahurira mu matsinda y’amarushanwa y’amakipe y’ibihugu, Amavubi yibona mu matsinda ya A. Amavubi y’abatarengeje imyaka 17 y’amavuko azahura na Tanzania, Somalia na Djibouti mu gihe ay’abatarengeje imyaka 20 y’amavuko azahura na Erithrea na Sudani y’Epfo. Uko […]

RDC: Abantu 8 barimo 6 bo mu muryango umwe bishwe n’abantu bataramenyekana

Abantu 8 barimo batandatu bo mu muryango umwe mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu, itariki 28 Ukwakira bishwe n’abantu bitwaje intwaro batamenyekanye , mu giturage cya Katoro, mu birometero nka 5 uvuye ahitwa Kiwanja, muri Teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. […]

RIB yataye muri yombi uwahoze ari Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko ruheruka gutata muri yombi Mutangana Jean Bosco wigeze kuba Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda ukurikiranweho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano. Muri 2004 nibwo Mutangana yagizwe Umushinjacyaha ku rwego rw’Igihugu, aho yagiye ahagararira Ubushinjacyaha mu manza zitandukanye yaba mu Rukiko Rukuru ndetse no mu Rukiko rw’Ikirenga. Itabwa muri yombi rye ryemejewe […]

Umuvunyi yakiriye ibirego 640 by’akarengane muri 2019/2020

Mu mwaka wa 2019-2020 Urwego rw’Umuvunyi ruvuga ko rwakiriye mu nyandiko ibibazo by’akarengane 640, birimo ibyazanywe n’abagabo 377 n’ibyazanywe n’abagore 261 n’ibibazo 2 byatanzwe n’ibigo. Mu mwaka wa 2019- 2020 kandi, Urwego rw’Umuvunyi rwasesenguye kandi rugenzura imitungo yamenyekanishijwe n’abantu 1,245 muri bo 12 ntibashoboye gusobanura neza inkomoko y’umutungo wabo bityo bakorwaho iperereza. Abantu 3 dosiye […]

Ukena ufite itungo rikakugoboka- Abaturage b’i Rusizi

Bamwe mu baturage b’umurenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi bavuga ko nk’agace k’ubuhinzi n’ubworozi kugira itungo mu rugo ari iby’ingenzi cyane, aho ngo iyo ugize icyo ukenera urifite rikugoboka rikagukura mu kuguzaguza amafaranga ya buri kanya, bakishimira gahunda yo korozwa igeza ku itungo n’utari kuribona kubera ubukene. Babivuze mu kiganiro na Bwiza.com nyuma yo […]

Un Rwandais accusé d’avoir participé au génocide arrêté aux Pays-Bas

Un Rwandais accusĂ© d’avoir participĂ© au gĂ©nocide de 1994 dans le pays a Ă©tĂ© arrĂŞtĂ© par les autoritĂ©s nĂ©erlandaises, a dĂ©clarĂ© mardi un responsable de la capitale, Kigali. Le porte-parole du parquet du Rwanda, Faustin Nkusi, a dĂ©clarĂ© que son gouvernement avait demandĂ© que Joseph Mugenzi, un ancien banquier, soit extradĂ© chez lui pour qu’il […]

Abagera kuri 80 bamaze kugaragaraho Covid-19 mu Nkambi ya Mahama

Mu byumweru bibiri bishize, Inkambi ya Mahama y’impunzi z’Abarundi mu karere ka Kirehe hafi y’umupaka w’u Rwanda na Tanzaniya imaze kugaragaramo abantu 14 bashya banduye COVID-19. Iyi nkambi icumbikiye impunzi zirenga 60.000 zihaba kuva mu 2015. Amakuru aturuka mu bayobozi b’inkambi ya Mahama yerekana ko kuva icyorezo cyatangira mu Rwanda hagati muri Werurwe, hamaze kugaragara […]

Gen. Muganga yasubije abashinje APR FC gusuzugura Amavubi

Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatatu, yamenyesheje Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ ko abakinnyi bayo 11 yahamagaye bazaboneka ku wa 2 Ugushyingo barangije kuzuza gahunda y’imyitozo, inyomoza abayishinje gusuzugura Amavubi. Tariki ya 7 Ukwakira ni bwo Mashami Vincent utoza ‘Amavubi’ na bagenzi be, bahamagaye abakinnyi 37 bagomba kwitegura imikino ibiri yo mu itsinda F Amavubi […]

Abagore basatswe mu myanya y’ibanga bagiye guhabwa ubutabera

Qatar yatangaje ko yatangije iperereza ryimbitse ku karengane gaherutse gukorerwa abagore ku kibuga cy’indege cyo mu murwa mukuru Doha, bagasakwa mu myanya y’ibanga bakekwaho guta umwana. Inkuru ya BBC ivuga ko abagore bari bakatishije amatiki mu ngendo 10 z’indege ku kibuga cya Hamad Interantional Airport, basatswe bambaye ubusa hagamije gutahurwa niba umwe muri bo yaba […]

Inkeragutabara yafashwe yaka umuturage amafaranga kugira ngo itamusenyera

Urwego rw’Umuvunyi ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), kuri uyu wa 27 Ukwakira 2020 zafatiye mu cyuho Inkeragutabara Ruzindana Samuel wasabaga umuturage amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 100 kugira ngo atamusenyera igikoni n’ubwiherero yubatse. Ruzindana yafatiwe mu Kagari ka Nyamugari, Umurenge wa Gatsata mu Karere ka Nyarugenge. Akurikiranweho icyaha cyo kwakira impano cyangwa indonke kugira ngo […]

Abarwanyi 2 ba Twirwaneho bafashwe na FARDC nyuma y’imirwano yaguyemo abantu 40

Abarwanyi babiri bo mu mutwe wa Twirwaneho, ugizwe n’Abanyekongo b’Abanyamulenge bafashwe n’ingabo za FARDC kuri uyu wa Mbere, itariki 26 Ukwakira, ahitwa Tingiangoma, mu majyepfo ya Minembwe, ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo gukomerekera mu mirwano yabahuzaga na Mai-Mai. Nk’uko bitangazwa na Capt. Dieudonne Kasereka, umuvugizi wa FARDC muri Kivu y’Amajyepfo, abo barwanyi […]

Bimwe mu byo wamenya ku rwego rushya rw’ingufu kirimbuzi

Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 27 Ukwakira 2020 yemeje iteka rya Perezida wa Repubulika rishyiraho Ikigo cy’ingufu z’ubumara mu Rwanda(Rwanda Atomic Energy Board). RAEB ni Urwego rushya ruzaba rushinzwe kugenzura, kubaka ibikorwaremezo no gukora ubushakashatsi ku ngufu za nukereyeri hagendewe ku masezerano mpuzamahanga y’ingufu kirimbuzi. Zimwe mu nsingano z’ururwego rushya mu Rwanda ni izi […]

Tanzania: Amatora yabaye hamaze kuraswa abantu barenga 10

Polisi ya Tanzania iravugwaho kurasa abantu icyenda, mu gihe muri iki gihugu havugwa umwuka mubi ushingiye ku matora y’Umukuru w’Igihugu yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu. Ni amatora abatavuga rumwe n’ubutegetsi bafite impungenge z’uko ashobora kurangwa n’uburiganya, nk’uko Ibiro Ntaramakuru Associated Press byabitangaje. Abantu 9 barashwe na Polisi biyongera ku bandi babiri Ishyaka […]

RDC: Nyuma yo kutanyurwa n’ibisubizo bye, Minisitiri Ruberwa yasabwe kwegura

Nyuma no kutanyurwa n’ibisobanuro minisitiri ushinzwe kwegereza abaturage ubuyobozi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Azarias Ruberwa, yahaye Abadepite ku kibazo cy’ishyirwaho rya Komini Minembwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Ukwakira, Depite Muhindo Nzangi arahamagarira uyu mu minisitiri kwegura ku mirimo ye ku bushake. Depite Muhindo Nzangi yakomeje gushimangira ko minisitiri Ruberwa ari we […]

Uganda: Abayobozi babujijwe kwambarira ingofero zitukura imbere y’itangazamakuru

Guverinoma ya Uganda yabujije abanyapolitiki kugaragara mu itangazamakuru bambaye ingofero zitukura cyangwa indi myambaro iriho ibirango bigaragara nk’ibyatera urujijo hagati y’abasivili n’inzego z’umutekano. Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda, Ofwono Opondo yabwiye Chimpreports ko uyu ari umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama y’abafite ibigo by’itangazamakuru n’inzego zinyuranye z’umutekano, hagamijwe kunoza imigendekere myiza y’amatora ateganijwe muri Mutarama […]

Umuryango wa Rusesabagina wareze u Rwanda muri EAC

Umuryango wa Paul Rusesabagina wifashishije abanyamategeko watoranyije, kuri uyu wa 27 Ukwakira 2020 wareze u Rwanda mu rukiko rw’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC), EAJC. Impamvu yatumye uyu muryango urega u Rwanda ni uko urushinja kumuta muri yombi mu buryo bunyuranyije n’amahame y’uburenganzira bw’ikiremuntu nk’uko BBC yabitangaje. Philippe Larochelle uri mu banyamategeko barindwi umuryango wa Rusesabagina watoranyije […]

Bartomeu yavuze ibya mfura mbi yakorewe byatumye yegura muri FC Barcelona

Josep Maria Bartomeu wari Perezida wa FC Barcelona, yatangaje ko we n’abo bari bafatanyije kuyobora iriya kipe bakorewe ibya mfura mbi, iba intandaro yo kugira ngo begure ku mirimo yabo. Mu ijoro ryakeye ni bwo Bartomeu n’abagize Inama y’Ubutegetsi bose ya FC Barcelona beguye ku mirimo yabo, nyuma y’igitutu bari bamaze igihe bashyirwaho kubera ibibazo […]