Abanduye Covid-19 biyongereyeho 131 barimo abavuye mu mahanga

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 13 Ukuboza 2020 yatangaje ko abanduye icyorezo cya Covid-19 ari 131 mu bipimo 2444 byafashwe. Aba barimo 84 babonetse i Kigali mu bapimwe mu bagenzi bava mu mahanga ndetse no mu biteguraga kwitabira ubukwe. Barimo kandi 20 babonetse i Musanze, 11 babonetse i Rubavu, 4 babonetse muri Nyabihu, […]
Rusizi: Imyaka ibaye 4 bambuwe imbangukiragutabara, none barategereje baraheba

Abaturage bivuriza ku kigo nderabuzima cya Rwinzuki, mu murenge wa Nzahaha, mu karere ka Rusizi nâabajyanama bâubuzima bakorana na cyo, bavuga ko bafite akababaro kenshi ko kuba ikigo cyâigihugu gishinzwe imicungire yâimbangukiragutabara (SAMU) cyaragiye kikabatwarira imbangukiragutabara bari barahawe nâabagiraneza, kibizeza kubajyanira vuba indi ikwiranye nâimihanda yaho barategereza baraheba, imyaka ibaye 4. Mu kiganiro na Bwiza.com, […]
Letitia wâimyaka 23 asobanura ko kotesha igitsina ku kazuba ari ingenzi
Umukobwa wâimyaka 23 yâamavuko ukomoka muri Brazil, Letitia Martins wamamaye nka Lunna Leblanc tariki ya 30 Ugushyingo 2020 yabwiye bagenzi be ko kotesha igitsina ku kazuba ari ingenzi, yifashishije urubuga rwa Instagram. Yasobanuriye abamukurikira ko gukora iki gikorwa amasaha abiri buri munsi ari byiza ngi âkuko bituma umukobwa agira imbaragaâ kandi âakagira nâubushake bwinshi bwo […]
Leta ikeneye kugaruza amafaranga miliyari 3 azava mu manza 280 yatsinze
Minisitiri wâUbutabera, Busingye Johnston yamenyesheje Abahesha bâInkiko bâUmwuga ko hari amafaranga yâu Rwanda (rwf) 3,010,711,593 bagomba kugaruza, aya akaba agomba kuva mu manza 280 Leta yatsinze. Minisitiri Busingye yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâaba Bahesha bâInkiko uko ari 37, kigamije kurebera hamwe uburyo buri wese ubereyemo leta umwenda leta yakwishyuzwe. Nk’uko Minisiteri y’Ubutabera yabitangarije kuri Twitter, […]
Afurika yâEpfo: Perezida wâUrukiko rwâIkirenga yagereranyije urukingo rwa Covid-19 nâumubare 666
Perezida wâUrukiko rwâIkirenga muri Afurika yâEpfo, kuri uyu wa Gatanu yahagaze ashikamye ku isengesho yasenze yamagana inkingo za Covid-19 avuga ko zifitanye isano nâumugambi wa Satani wo gutuma abantu bose baterwa umubare wa 666, aho kuri ubu akomeje kotswa igitutu nâabatavuga rumwe nâigitekerezo cye. Mogoeng Thomas Reetsang Mogoeng, akaba ari umukirisitu, yanenzwe bikomeye ku mbuga […]
Perezida Trump ni umuhombyi wâumwaka_Der Spiegel
Igitangazamakuru gikomeye mu Budage no ku mugabane wâUburayi, Der Spiegel tariki ya 11 Ukuboza 2020 cyise Perezida wa Leta Zunze Ubumwe zâAmerika, Donald Trump umuhombyi wâumwaka wâ2020. Abanditsi babiri bahuriye kuri iyi nkuru bise Perezida Trump umuhombyi wâumwaka (Der Verlierer des Jahres), bashingiye ku kuba yaranze kwemera ko yatsinzwe na Joe Biden mu matora yâUmukuru […]
Kigali: Wa musore wafunzwe azira urukundo yarekuwe ashimira umukunzi we

Nyuma yâinkuru yâumusore, Niyigena Jean dâAmour, ukundana nâumukobwa, witwa Irakoze Jeannette, bikaviramo umusore gufungwa. Kuri ubu uyu musore aridegembya kuko amakuru y’ifungwa rye akimara kujya hanze kuwa Kane bwacyeye ku wa Gatanu tariki ya 11 Ukuboza 2020, afungurwa by’agateganyo mu gihe iperereza rigikomeje nkuko inyandiko imufungura ibigaragaza Mu kiganiro bwiza.com yagiranye na Irakoze mu nkuru […]
Akana kâimyaka 7 gafite â6 packâ nkâiyâabasore bâibigango_Amafoto

Arat Hosseini ni umwana wavukiye muri Iran tariki ya 13 Nzeri 2013, ugaragara mu buryo butamenyerewe bitewe nâuko yubatse umubiri, akaba afite âSix Pack’ nkâiyâabasore bâibigango. Se wâuyu mwana, Mohammed Hosseini yasobanuye ko yatangiye gukoresha uyu mwana imyitozo ngororamubiri ubwo yari yujuje amezi 9 yâamavuko, icyo gihe akaba yaratangiye kujya amwuriza ahantu hegutse. Aha yafotowe […]
U Rwanda mu bihugu 96 bizabona inkingo za Covid-19 mbere
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu 96 ku Isi bizabona inkingo za Moderna na AstraZeneca Umuryango Mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) witezweho kwemeza ko zatangira gukingira abantu icyorezo cya Covid-19. Yabitangarije mu kiganiro yagiriye ku bitangazamakuru by’igihugu cyatambutse no kuri bimwe mu bitangazamakuru byigenga, kuri uyu wa 13 Ukuboza […]
Umunyamerikakazi agiye gushyingiranwa nâUmunyanijeriya akubye kabiri imyaka

Umunyamerikakazi wâimyaka 46, Janine Sanchez Reimann, yabonye urukundo rwâubuzima bwe muri Leta ya Kano, muri Nigeria, aho yafashe indege akerekeza agiye gushyingirana na Suleiman Isah akubye kabiri imyaka kuko uyu afite imyaka 23 yâamavuko. Nkâuko bigaragara ku butumire urubuga HowAfrica dukesha iyi nkuru rwabashije kubonaho, ubukwe buteganyijwe kuri iki Cyumweru, itariki 13 Ukuboza, bukabera mu […]
Hari abacuruzi banduye Covid-19 bakoresha ibyangombwa byâuko batanduye_Minisitiri Ngamije
Minisitiri wâUbuzima, Dr. Ngamije Daniel kuri uyu wa 13 Ukuboza 2020 yahishuye ko hari abacuruzi bambukiranya imipaka, bakoresha ibyangombwa bigaragaza ko batanduye icyorezo cya Covid-19, kandi baranduye. Yabitangarije kuri RBA mu kiganiro cyarimo abayobozi batandukanye barimo Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Minisitiri wâUbucuruzi nâUmuvugizi wa Polisi yâu Rwanda. Minisitiri Ngamije yagaragaje ko iyi myitwarire yâabacuruzi ari imwe […]
Maj. Gen. (Rtd) Mugisha Muntu yahawe umusaraba uzamuyobora ku ntsinzi

Maj. Gen. (Rtd) Mugisha Muntu, kuri uyu wa Gatandatu yagaragaye aturuka muri kiliziya yitiriwe Mutagatifu Yohani yâItorero rya Uganda (St. John church of Uganda), aho abamushyigikiye bamuhaye umusaraba âuzamuyobora ku ntsinziâ mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe mu ntangiriro zâumwaka utaha. Nkâuko bigaragara ku rubuga rwa twitter rwâikinyamakuru Daily Monitor, Gen Muntu perezida wâishyaka âAlliance for […]
Katumbi arabyinira ku rukoma, abona Kabila nâabe bigizwayo

Umunyapolitiki MoĂŻse Katumbi akomeje kugaragaza ibyishimo aterwa no kuba Perezida FĂ©lix Tshisekedi yaritandukanyije na Joseph Kabila ndetse no kuba abo bakoranaga bya hafi bakomeje kwigizwayo. Katumbi ni umuntu wabaye inshuti ya Kabila, nyuma baza gushwana, yegura ku mwanya wâubuyobozi, ubwo yari Guverineri wâIntara ya Katanga, ajya mu buhungiro mu Bubiligi kuko yirinda gufungwa nyuma yo […]
Umuririmbyikazi Khadja Nin yasabye Leta yâu Burundi kurekura byihuse Germain Rukuki
Umuririmbyikazi wâicyamamare wâUmurundi, Khadja Nin, yasabye Guverinoma yâu Burundi kurekura byihuse nta yandi mananiza impirimbanyi yâuburenganzira bwa muntu, Germain Rukuki, mu rwego rwâubukangurambaga bwatangijwe na Amnesty International. Germain Rukuki ni impirimbanyi yâUmurundi wahariye ubuzima bwe guharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu, watawe muri yombi nta mpapuro zo kumuta muri yombi zatanzwe ku itariki 13 Nyakanga 2017. Khadja nin […]
Uganda: Umwana wâimyaka 16 yishe babyara be 2 abitewe na filimi amaze igihe areba
Igipolisi cya Kassanda mu gihugu cya Uganda, cyataye muri yombi umwana w’umuhungu wâimyaka 16 ashinjwa kwica babyara be babiri. Umuvugizi wâigipolisi mu karere ka Wamala, Rachel Kawala, aravuga ko abapfuye ari Julius Sebugenyi wâimyaka 15 na Moses Sebuuma wâimyaka 13, bose baba mu Mudugudu wa Kamuli. Biravugwa ko ukekwa, amazina ye yagizwe ibanga kubera ko […]
Abantu barenga 1,600,000 bamaze kwicwa na Covid-19

Urubuga rwa World Ometers rutanga amakuru agezweho ku cyorezo cya Covid-19 yaraye saa tatu nâiminota 8 zâiki gitondo rwerekanye ko abantu 1,611,863 bamaze kwicwa nâicyorezo cya Covid-19 ku Isi yose. Muri aba bose, Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zibasiwe cyane, zimaze gupfiramo abarenga 305,082, Brazil igarukiriraho nâabapfuye barenga 181,143, u Buhinde bukagira 143,055, Mexique, […]
Imyaka 17 irashize Saddam Hussein avumbuwe mu mwobo; iby’ingenzi ku ifatwa rye
Mu bikorwa bitazibagirana ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakoze, harimo Operasiyo (Operation) Red Dawn yarangiye zivumbuye mu mwobo Saddam Hussein wabaye Perezida wa Iraq kuva mu 1979 kugeza mu 2003. Operasiyo yabereye mu mujyi wa ad-Dawr muri Iraq, mu majyepfo yâumujyi wa Tikrit yavukiyemo, tariki ya 13 Ukuboza 2003, ikozwe nâitsinda kabuhariwe, Task […]
Perezida Kenyatta yahaye Abanyarwanda 1300 ubwenegihugu
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, kuri uyu wa 12 Ukuboza 2020 ubwo igihugu cyizihizaga umunsi wâubwigenge (Jamhuri Day), yahaye Abanyarwanda 1300 ubwenegihugu. Aba Banyarwanda ni abakomoka ku miryango yabo yavuye mu Rwanda mu myaka yâ1950 nkâuko tubikesha televiziyo ya NTV, bose bakaba baravukiye muri Kenya. Si bo gusa bahawe ubwenegihugu kandi, kuko hari abandi 1670 […]