Abanduye Covid-19 biyongereyeho 131 barimo abavuye mu mahanga

epjopefw4aozpwn.png

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 13 Ukuboza 2020 yatangaje ko abanduye icyorezo cya Covid-19 ari 131 mu bipimo 2444 byafashwe. Aba barimo 84 babonetse i Kigali mu bapimwe mu bagenzi bava mu mahanga ndetse no mu biteguraga kwitabira ubukwe. Barimo kandi 20 babonetse i Musanze, 11 babonetse i Rubavu, 4 babonetse muri Nyabihu, […]

Rusizi: Imyaka ibaye 4 bambuwe imbangukiragutabara, none barategereje baraheba

Bavuga ko hashize imyaka 4 bayibatwaye bategereje iyo babashumbushwa baraheba

Abaturage bivuriza ku kigo nderabuzima cya Rwinzuki, mu murenge wa Nzahaha, mu karere ka Rusizi n’abajyanama b’ubuzima bakorana na cyo, bavuga ko bafite akababaro kenshi ko kuba ikigo cy’igihugu gishinzwe imicungire y’imbangukiragutabara (SAMU) cyaragiye kikabatwarira imbangukiragutabara bari barahawe n’abagiraneza, kibizeza kubajyanira vuba indi ikwiranye n’imihanda yaho barategereza baraheba, imyaka ibaye 4. Mu kiganiro na Bwiza.com, […]

Letitia w’imyaka 23 asobanura ko kotesha igitsina ku kazuba ari ingenzi

Umukobwa w’imyaka 23 y’amavuko ukomoka muri Brazil, Letitia Martins wamamaye nka Lunna Leblanc tariki ya 30 Ugushyingo 2020 yabwiye bagenzi be ko kotesha igitsina ku kazuba ari ingenzi, yifashishije urubuga rwa Instagram. Yasobanuriye abamukurikira ko gukora iki gikorwa amasaha abiri buri munsi ari byiza ngi “kuko bituma umukobwa agira imbaraga” kandi “akagira n’ubushake bwinshi bwo […]

Leta ikeneye kugaruza amafaranga miliyari 3 azava mu manza 280 yatsinze

Minisitiri w’Ubutabera, Busingye Johnston yamenyesheje Abahesha b’Inkiko b’Umwuga ko hari amafaranga y’u Rwanda (rwf) 3,010,711,593 bagomba kugaruza, aya akaba agomba kuva mu manza 280 Leta yatsinze. Minisitiri Busingye yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’aba Bahesha b’Inkiko uko ari 37, kigamije kurebera hamwe uburyo buri wese ubereyemo leta umwenda leta yakwishyuzwe. Nk’uko Minisiteri y’Ubutabera yabitangarije kuri Twitter, […]

Afurika y’Epfo: Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yagereranyije urukingo rwa Covid-19 n’umubare 666

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga muri Afurika y’Epfo, kuri uyu wa Gatanu yahagaze ashikamye ku isengesho yasenze yamagana inkingo za Covid-19 avuga ko zifitanye isano n’umugambi wa Satani wo gutuma abantu bose baterwa umubare wa 666, aho kuri ubu akomeje kotswa igitutu n’abatavuga rumwe n’igitekerezo cye. Mogoeng Thomas Reetsang Mogoeng, akaba ari umukirisitu, yanenzwe bikomeye ku mbuga […]

Perezida Trump ni umuhombyi w’umwaka_Der Spiegel

Igitangazamakuru gikomeye mu Budage no ku mugabane w’Uburayi, Der Spiegel tariki ya 11 Ukuboza 2020 cyise Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump umuhombyi w’umwaka w’2020. Abanditsi babiri bahuriye kuri iyi nkuru bise Perezida Trump umuhombyi w’umwaka (Der Verlierer des Jahres), bashingiye ku kuba yaranze kwemera ko yatsinzwe na Joe Biden mu matora y’Umukuru […]

Kigali: Wa musore wafunzwe azira urukundo yarekuwe ashimira umukunzi we

Urupapuro rufungura Niyigena by'agateganyo

Nyuma y’inkuru y’umusore, Niyigena Jean d’Amour, ukundana n’umukobwa, witwa Irakoze Jeannette, bikaviramo umusore gufungwa. Kuri ubu uyu musore aridegembya kuko amakuru y’ifungwa rye akimara kujya hanze kuwa Kane bwacyeye ku wa Gatanu tariki ya 11 Ukuboza 2020, afungurwa by’agateganyo mu gihe iperereza rigikomeje nkuko inyandiko imufungura ibigaragaza Mu kiganiro bwiza.com yagiranye na Irakoze mu nkuru […]

Akana k’imyaka 7 gafite ‘6 pack’ nk’iy’abasore b’ibigango_Amafoto

nino-tarzan.jpg

Arat Hosseini ni umwana wavukiye muri Iran tariki ya 13 Nzeri 2013, ugaragara mu buryo butamenyerewe bitewe n’uko yubatse umubiri, akaba afite ‘Six Pack’ nk’iy’abasore b’ibigango. Se w’uyu mwana, Mohammed Hosseini yasobanuye ko yatangiye gukoresha uyu mwana imyitozo ngororamubiri ubwo yari yujuje amezi 9 y’amavuko, icyo gihe akaba yaratangiye kujya amwuriza ahantu hegutse. Aha yafotowe […]

U Rwanda mu bihugu 96 bizabona inkingo za Covid-19 mbere

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu 96 ku Isi bizabona inkingo za Moderna na AstraZeneca Umuryango Mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) witezweho kwemeza ko zatangira gukingira abantu icyorezo cya Covid-19. Yabitangarije mu kiganiro yagiriye ku bitangazamakuru by’igihugu cyatambutse no kuri bimwe mu bitangazamakuru byigenga, kuri uyu wa 13 Ukuboza […]

Umunyamerikakazi agiye gushyingiranwa n’Umunyanijeriya akubye kabiri imyaka

129780555_10157736781682703_5426834683999947815_n.jpg

Umunyamerikakazi w’imyaka 46, Janine Sanchez Reimann, yabonye urukundo rw’ubuzima bwe muri Leta ya Kano, muri Nigeria, aho yafashe indege akerekeza agiye gushyingirana na Suleiman Isah akubye kabiri imyaka kuko uyu afite imyaka 23 y’amavuko. Nk’uko bigaragara ku butumire urubuga HowAfrica dukesha iyi nkuru rwabashije kubonaho, ubukwe buteganyijwe kuri iki Cyumweru, itariki 13 Ukuboza, bukabera mu […]

Hari abacuruzi banduye Covid-19 bakoresha ibyangombwa by’uko batanduye_Minisitiri Ngamije

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Ngamije Daniel kuri uyu wa 13 Ukuboza 2020 yahishuye ko hari abacuruzi bambukiranya imipaka, bakoresha ibyangombwa bigaragaza ko batanduye icyorezo cya Covid-19, kandi baranduye. Yabitangarije kuri RBA mu kiganiro cyarimo abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Minisitiri w’Ubucuruzi n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda. Minisitiri Ngamije yagaragaje ko iyi myitwarire y’abacuruzi ari imwe […]

Maj. Gen. (Rtd) Mugisha Muntu yahawe umusaraba uzamuyobora ku ntsinzi

capture-3.jpg

Maj. Gen. (Rtd) Mugisha Muntu, kuri uyu wa Gatandatu yagaragaye aturuka muri kiliziya yitiriwe Mutagatifu Yohani y’Itorero rya Uganda (St. John church of Uganda), aho abamushyigikiye bamuhaye umusaraba “uzamuyobora ku ntsinzi” mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu ntangiriro z’umwaka utaha. Nk’uko bigaragara ku rubuga rwa twitter rw’ikinyamakuru Daily Monitor, Gen Muntu perezida w’ishyaka “Alliance for […]

Katumbi arabyinira ku rukoma, abona Kabila n’abe bigizwayo

moise-vs-jkk.jpg

Umunyapolitiki MoĂŻse Katumbi akomeje kugaragaza ibyishimo aterwa no kuba Perezida FĂ©lix Tshisekedi yaritandukanyije na Joseph Kabila ndetse no kuba abo bakoranaga bya hafi bakomeje kwigizwayo. Katumbi ni umuntu wabaye inshuti ya Kabila, nyuma baza gushwana, yegura ku mwanya w’ubuyobozi, ubwo yari Guverineri w’Intara ya Katanga, ajya mu buhungiro mu Bubiligi kuko yirinda gufungwa nyuma yo […]

Umuririmbyikazi Khadja Nin yasabye Leta y’u Burundi kurekura byihuse Germain Rukuki

Umuririmbyikazi w’icyamamare w’Umurundi, Khadja Nin, yasabye Guverinoma y’u Burundi kurekura byihuse nta yandi mananiza impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Germain Rukuki, mu rwego rw’ubukangurambaga bwatangijwe na Amnesty International. Germain Rukuki ni impirimbanyi y’Umurundi wahariye ubuzima bwe guharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu, watawe muri yombi nta mpapuro zo kumuta muri yombi zatanzwe ku itariki 13 Nyakanga 2017. Khadja nin […]

Uganda: Umwana w’imyaka 16 yishe babyara be 2 abitewe na filimi amaze igihe areba

Igipolisi cya Kassanda mu gihugu cya Uganda, cyataye muri yombi umwana w’umuhungu w’imyaka 16 ashinjwa kwica babyara be babiri. Umuvugizi w’igipolisi mu karere ka Wamala, Rachel Kawala, aravuga ko abapfuye ari Julius Sebugenyi w’imyaka 15 na Moses Sebuuma w’imyaka 13, bose baba mu Mudugudu wa Kamuli. Biravugwa ko ukekwa, amazina ye yagizwe ibanga kubera ko […]

Abantu barenga 1,600,000 bamaze kwicwa na Covid-19

image_1607844201.jpg

Urubuga rwa World Ometers rutanga amakuru agezweho ku cyorezo cya Covid-19 yaraye saa tatu n’iminota 8 z’iki gitondo rwerekanye ko abantu 1,611,863 bamaze kwicwa n’icyorezo cya Covid-19 ku Isi yose. Muri aba bose, Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zibasiwe cyane, zimaze gupfiramo abarenga 305,082, Brazil igarukiriraho n’abapfuye barenga 181,143, u Buhinde bukagira 143,055, Mexique, […]

Imyaka 17 irashize Saddam Hussein avumbuwe mu mwobo; iby’ingenzi ku ifatwa rye

Mu bikorwa bitazibagirana ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakoze, harimo Operasiyo (Operation) Red Dawn yarangiye zivumbuye mu mwobo Saddam Hussein wabaye Perezida wa Iraq kuva mu 1979 kugeza mu 2003. Operasiyo yabereye mu mujyi wa ad-Dawr muri Iraq, mu majyepfo y’umujyi wa Tikrit yavukiyemo, tariki ya 13 Ukuboza 2003, ikozwe n’itsinda kabuhariwe, Task […]

Perezida Kenyatta yahaye Abanyarwanda 1300 ubwenegihugu

uhuru-gives-citizenship-papers-to-20-members-of-shona-rwandese-communities-youtube-thumbnail.jpg

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, kuri uyu wa 12 Ukuboza 2020 ubwo igihugu cyizihizaga umunsi w’ubwigenge (Jamhuri Day), yahaye Abanyarwanda 1300 ubwenegihugu. Aba Banyarwanda ni abakomoka ku miryango yabo yavuye mu Rwanda mu myaka y’1950 nk’uko tubikesha televiziyo ya NTV, bose bakaba baravukiye muri Kenya. Si bo gusa bahawe ubwenegihugu kandi, kuko hari abandi 1670 […]