Rwamagana/Kigabiro: Barataka gusenyerwa n’amazi ya ruhurura

Abaturage batuye mu Murenge wa Kigabiro bavuga ko babangamiwe n’amazi aturuka muri ruhurura yacukuwe ariko ntitunganywe, ntibahabwe ingurane z’ibyabo yangiza kugeza ubwo bavuga ko bari mu buzima bubagoye. Uwamahoro Chantal , utuye mu mudugudu wa Kabuye mu Kagari ka Cyanya mu murenge avuga ko basenyewe n’amazi yaturutse muri Ruhurura yacukuwe ariko ntikorwe. Aganira Bwiza.com yatangiye […]

Ibihumbi by’Abanya-Centrafrica bakomeje guhungira mu bihugu by’abaturanyi

Abaturage bo muri Repubulika ya Centrafrica bakomeje guhungira mu bihugu by’abaturanyi kuva mbere y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye tariki ya 27 Ukuboza 2020. Impamvu ituma bahunga nk’uko Umuryango Mpuzamahanga wita ku mpunzi (HCR) ubivuga ni ibibazo by’umutekano muke uterwa n’imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi, ikomeje kugaba ibitero mu bice bitandukanye by’igihugu. Radio Okapi ikorera muri Repubulika […]

Ubushumba, umushinga ubyara inyungu bwite kuri bene wo

Abantu bakuru cyangwa abantu babaye ahantu hari ubworozi bazi neza abashumba abo ari bo. Umushumba asobanurwa nk’umuyobozi cyangwa uragiye umukumbi cyangwa se ubushyo ariko muri iyi nyandiko ntitugiye kuvuga ku bashumba b’amatungo ahubwo turavuga ku bitwa abashumba bayobora abantu mu nzira y’iyobokamana (pastors, Bishops, abapadiri n’abandi….) Tubanje kwifashisha urugero rw’ubushumba bw’amatungo twabonye haruguru, reka turebere […]

Abagabo ntitukabite imbwa kuko zirabaruta- Umugore yandika kuri Twitter

lady-11.jpg

Umugore utamenyekanye amazina ye ya nyayo ariko ukoresha konti ya @mariiamariiee kuri Twitter yakuruye impaka ubwo yavugaga ko abagabo badakwiriye kwitwa imbwa kuko ari nziza kubarusha. Uyu wumvikanishaga ko gutuka abagabo ko ari imbwa ahubwo kwaba ari ukubaha icyubahiro, yagize ati ” Dukeneye kureka kuvuga ko abagabo ari imbwa. Icyo ni igitutsi ku mbwa. Imbwa […]

Mashami Vincent yarahiriye kwataka Togo ku kabi n’akeza

Umutoza w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Mashami Vincent, yarahiriye kwataka Togo mu mukino wa nyuma wo mu tsinda C izahuriramo n’Amavubi ku munsi w’ejo. Amavubi ari ku mwanya wa gatatu mu tsinda n’amanota abiri, arasabwa gutsinda Togo iyarusha inota rimwe ku kabi n’akeza kugira ngo agire amanota atanu azahita ayahesha itike ya 1/4 cy’irangiza. Amavubi ntiyashoboye kwinjiza […]

Bidasubirwaho Frank Lampard yirukanwe na Chelsea

Ikipe ya Chelsea yemeje ko yamaze kwirukana Umwongereza Frank Lampard wari umutoza wayo mukuru, kubera umusaruro mubi. Chelsea ku rubuga rwayo yavuze ko gufata icyemezo cyo kwirukana Lampard atari ibintu byoroshye, gusa igaragaza ko umusaruro yagezeho iri mu biganza we atari wo yari yiteze. Umuherwe wa Chelsea Roman Abramovic yavuze ko “Iki ni icyemezo cyakomereye […]

Urutonde rwa shampiyona 10 zikomeye muri Afurika

bongofive_1420979532316225518678295946497795218415941n.jpg

Ikigo cyitwa International Football Federation History and Statistics (IFFHS) yashyize hanze urutonde rwa shampiyona nziza muri Afurika mu mupira w’amaguru aho iza hafi mu karere u Rwanda rurimo ari iya Tanzania iri ku mwanya wa munani n’ uwa 71 ku Isi. Dore uko izi shampiyona zikurikirana ku mugabane wa Afurika: IFFHS ikurikirana ikanabika amateka n’ibikorwa […]

Ubwuzu ku maso ya Diamond wongeye kubonana n’umwana yabyaranye na Tannasha (Amafoto)

diamondplatnumz_1611573092890140.jpg

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz, yagaragaje ubwuzu nyuma yo kongera kubonana na Naseeb Abdul Juma yabyaranye n’Umunyakenyakazi, Tanasha Donna. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo Tanasha n’umwana we babonanye n’umuhanzi Diamond, nyuma y’igihe kigera ku mwaka batandukanye. Diamond na Tannasha batandukanye muri Gashyantare umwaka ushize, bitewe n’uko uriya mugore yashinjaga uwahoze […]

Minisitiri Ilunga yabanje gusanga Kabila i Lubumbashi mbere yo kwegura

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Sylvestre Ilunga Ilunkamba, kuri uyu wa 24 Mutarama 2021 yasanze Joseph Kabila mu mujyi wa Lubumbashi mbere y’uko yegura kuri izi nshingano. Ni amakuru Ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa RDC byemeje yakurikiye itora ry’abagize Inteko Ishinga Amategeko ryabonetsemo ubwiganze bw’amajwi asaba kwegura Ilunga usanzwe ari umuyoboke w’ihuriro […]

CHAN: Abakinnyi 12 ba RDC bamaze kwandura Covid-19, isigaranye umuzamu umwe

Ikipe y’umupira w’amaguru ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yitabiriye irushanwa rya CHAN 2020, ikomeje kugaragaramo abakinnyi bandura icyorezo cya Covid-19, aho ubu isigaranye umuzamu umwe muri batatu yaserukanye. Aya makuru yamejwe kuri uyu wa 24 Mutarama 2021, avuga ko abarimo umuzamu Nathan Mabruki Tshumu, Rick Tulenge na William Likuta banduye iki cyorezo; igiteranyo cy’abamaze […]

Umupolisi wari ucungiye Ndayishimiye umutekano yuzuye umwuka, asaba abantu kwitegura Yesu

Umupolisi w’u Burundi wari ucunze umutekano ahari Perezida Evariste Ndayishimiye, yuzuye umwuka atangira kwigisha abantu abasaba kwihana ibyaha byabo, kugira ngo bazabashe kwakira ‘Yesu uri hafi kugaruka’. Ejo ku Cyumweru Perezida Ndayishimiye yari mu mujyi wa Gitega, aho yari yitabiriye umuhango wo kwimika uwari kumusimbura ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka CNDD-FDD. Réverien Ndikuriyo wahoze ari […]

Abahitanwa na COVID-19 ‘bazagabanyuka mu cyumweru gitaha’

favij4671f.jpg

Minisitiri w’ubuzima Dr. Daniel Ngamije avuga ko hari icyizere ko guhera muri iki cyumweru gitangiye kuri uyu wa Mbere umubare w’indembe n’uw’abahitanwa na COVID19 ushobora gutangira kugabanyuka bitewe n’ikoreshwa rya Favipiravir mu kubitaho. Muganga Ngamije mu kiganiro na RBA ati ” (…) Muri iki cyumweru gitangiyeturaza kubona uko imibare ihagaze muri rusange cyane igabanyuka ry’abari […]

Urukiko rwategetse abasirikare n’abapolisi kuva mu rugo rwa Bobi Wine

Urukiko Rukuru muri Uganda rwategetse abasirikare n’abapolisi bamaze iminsi bagose urugo rw’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) kuruvamo. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi w’ishyaka NUP (National Unity Platform) Bobi Wine abereye umuyobozi, Joel Ssenyonyi kuri uyu wa 25 Mutarama 2021. Ssenyonyi ku rubuga rwa Twitter ati: “Amakuru mashya; Urukiko Rukuru rwatanze itegeko risaba Polisi n’abasirikare kuva mu […]

Centrafrica: Ingabo z’u Rwanda zirifashisha ‘drones’ mu guhiga inyeshyamba

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrica zirifashisha utudege duto tuzwi nka ‘drones’ mu guhiga imitwe yitwaje intwaro ikomeje guhungabanya umutekano w’abaturage. Nk’uko bizwi, utu tudege dusanzwe twifashishwa mu bikorwa bitandukanye birimo gushakisha amakuru mu buryo bw’amafoto n’amashusho, tukaba twoherezwa aho umuntu yagera bigoranye cyangwa se ntabe yanabasha kuhagera. Amakuru avuga […]

Gicumbi se ko wagira ngo urugomo n’ ubujura biremewe-Umuturage

Umuturage witwa Ingabire Eugenie yandikiye BWIZA avuga ko ibijyanye n’urugomo n’ubujura mu Karere ka Gicumbi bikabije ku buryo bisa nk’aho ibi bikorwa byemewe. BWIZA iherutse kubagezaho inkuru ko hari amazina abiri; Kanyundo na Nzamurambaho bo mu Murenge wa Manyagiro, yakuye imitima abahatuye kugeza no kubayobozi. Wasoma: https://bwiza.com/?Gicumbi-Manyagiro-Kuvuga-uwitwa-Kanyundo-na-Nzamurambaho-abaturage-bahita Mu gitekerezo kuri Facebook, Ingabire yagize ati ” […]

Perezida Trump yavuze ibinyoma 30,573 mu gihe yamaze ku butegetsi

Donald Trump mu gihe cy’imyaka ine nka Perezida wa 45 wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, yavuze ibinyoma 30,573 nk’uko byashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru The Washington Post. Iki gitangazamakuru kiri mu bikomeye ku Isi cyavuze ko ibinyoma bya Trump byatangiye kugaragara ku munsi we wa mbere muri White House, bigenda byiyongera umunsi ku wundi ku buryo […]

Nabibonye ku mbuga nkoranyambaga- Cleophas Barore avuga kuri Tidjara Kabendera

maxresdefault_1_-3.jpg

Umunyamakuru wa RBA, pasiteri Cleophas Barore avuga ko iby’uko mugenzi we Tidjara Kabendera yasezeye mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Itangazamakuru yabibonye ku mbuga nkoranyambaga. Mu kiganiro The Choice ku Isibo TV, Barore avuga ko gusezera kwa Tidjara na we byamutunguye. Ati ” Nabibonye ku mbuga nkoranyambaga gusa byarantunguye. Nta byinshi nabivugaho kuko ni icyemezo cye gusa […]

Ibihe bidasanzwe muri Centrafrica, Gen. Kazura na Nzabamwita muri RDC mu nkuru zaranze icyumweru gishize

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 18 Mutarama 2021 cyaranzwe n’amakuru yihariye ku buzima, bijyanye n’icyorezo cya Covid19, aya politiki, umutekano ndetse n’ububanyi n’amahanga; akaba ari yo twahurije hamwe mu y’ingenzi yakiranze. Ni aya akurikira: Ibihe bidasanzwe muri Centrafrica Repubulika ya Centrafrica ku wa 22 Mutarama 2021 yashyizeho ibihe bidasanzwe by’iminsi 15 bitewe n’ibitero imitwe yitwaje […]