Big Fizzo yasabye ‘abiyita’ abasigasira umuco gusubira kubana n’inyamaswa mu biti

Umuhanzi wo mu Burundi, Desire Mugani uzwi nka Big Fizzo yasabye abo avuga ko biyita ko bateza imbere umuco ko bava mu mazu y’abakoloni, bagasubira kubana n’inyamaswa mu biti. Ni igitekerezo Big Fizzo yatanze ku nkuru yatambutse ku rubuga rwa Yaga Burundi inenga bikomeye imikorere n’imyitwarire y’abahanzi bo muri iki gihe biganjemo urubyiruko, yiganjemo kwigana […]

Le lieutenant-général Jacques Musemakweli décÚde à 59 ans

L’inspecteur gĂ©nĂ©ral des Forces de dĂ©fense du Rwanda (RDF), le lieutenant-gĂ©nĂ©ral Jacques Musemakweli est dĂ©cĂ©dĂ©. Il avait 59 ans. Selon le porte-parole des RDF, le lieutenant-colonel Ronald Rwivanga, feu Musemakweli est dĂ©cĂ©dĂ© aux heures tardives du jeudi 11 fĂ©vrier 2020. “Il est vrai qu’il est dĂ©cĂ©dĂ© hier soir”, a dĂ©clarĂ© Rwivanga, ajoutant: “De plus amples […]

Perezida Kenyatta yasabye umwungirije kureka kurwanya Guverinoma, cyangwa akegura

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, kuri uyu wa 12 Gashyantare 2021 yasabye Visi Perezida William Ruto n’abadepite bamushyigikiye, kudakomeza kurwanya guverinoma, byabananira bakegura. Nk’uko igitangazamakuru Kenyans kibivuga, uyu Mukuru w’Igihugu yabitangaje ubwo yafunguraga ku mugaragaro ikigo nderabuzima cya Muthua giherereye mu gace ka Uthiru. Perezida Kenyatta yavuze ku buryo William Ruto bari mu ishyaka rimwe […]

Uganda: Abapolisi babiri n’abaturage babiri biciwe mu guhangana hagati yabo

Abapolisi babiri ba Uganda babarizwa ku cyicaro gikuru cya polisi muri Bukwo, mu burasirazuba bw’iki gihugu, kuri uyu wa Kane batemaguwe n’abaturage bariye karungu barabica mbere y’uko polisi yihorera nayo ikica abaturage babiri. Ibi byabaye ubwo itsinda ry’abapolisi ryari rigiye guta muri yombi umuntu ushinjwa gufata ku ngufu umwana, abaturage bagatangira kubarwanya bakihagera. Mu kubarwanya […]

RIB yataye muri yombi Padiri wahungaga akekwaho gusambanya umwana w’umuhungu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwaraye muri yombi umupadiri witwa Habimfura Jean Baptiste ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17 y’imyaka 17 y’amavuko. Uyu mupadiri wo muri Paruwasi ya Ntarabana muri Diyosezi ya Kabgayi mu karere ka Nyamabuye, afungiye kuri Sitasiyo ya Nyamabuye nk’uko umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabitangarije ikigo cy’Igihugu cy’Itangazanakuru […]

Abarimo Rayon Sports bihanganishije APR FC yabuze Gen Musemakweli

Abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda, bihanganishije ikipe ya APR FC nyuma y’urupfu rwa Lt Gen Jacques Musemakweli wahoze ari umuyobozi wayo. Mu ijoro ryakeye ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko Gen Musemakweli wari umugenzuzi Mukuru w’ingabo z’u Rwanda yitabye Imana. Minisiteri y’Ingabo ku rubuga rwayo, yavuze ko Gen Musemakweli yazize “uburwayi karemano”. Abanyarwanda mu byiciro bitandukanye […]

Guverinoma y’u Burundi ntizemera kugira abaturage bayo imbeba zo muri laboratwari – Minisitiri

Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko nta na rimwe izemera kugira abaturage bayo imbeba zo muri laboratwari nk’uko byemejwe na minisitiri w’ubuzima kuri uyu wa Gatatu ushize ubwo yagezaga ku bagize inteko ishinga amategeko impamvu igihugu kitigeze gitumiza inkingo za Covid-19. Minisitiri ThaddĂ©e Ndikumana, avuga ko guverinoma itegereje urukingo ruzemezwa na OMS. Minisitiri w’ubuzima w’u Burundi […]

Abadepite 22 ba EU barasaba u Rwanda kurekura Rusesabagina

Abadepite 22 bahagarariye ishyaka ‘Renew Group’ mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi, banditse barasaba u Rwanda kurekura Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba. Bigaragara mu nyandiko aba badepite bashyize ahagaragara kuri uyu wa 9 Gashyantare 2021, ifite umutwe ugira uti: “Motion for a resolution”. Aba badepite bavuga ko Rusesabagina yavanwe i Dubai muri Leta Zunze […]

Centrafrica: Igisirikare gifashijwe n’Abanyarwanda n’Abarusiya kigaruriye undi mujyi w’ingenzi

148673188_2977582435900707_880167125980506403_n.jpg

Igisirikare cya Centrafrica (FACA) nk’uko bisanzwe gifashijwe n’ingabo z’u Rwanda n’Abarusiya bari muri iki gihugu, kuri uyu wa Kane zisubije umujyi w’ingenzi uherereye ku mupaka w’uburengerazuba bw’igihugu witwa Beloko, nyuma y’iminsi mike zigaruriye Umujyi wa Bouar. Kongera kwigarurira Umujyi wa Beloko, uherereye ku mupaka na Cameroun birafungura umuhanda wari warafunzwe n’inyeshyamba kuva mu Ukuboza wagaburiraga […]

Amb. Karega yasubije Martin Fayulu wavuze ko Perezida Kagame ari we uyoboye RDC

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vincent Karega, yavuze ko u Rwanda “nta gihugu na kimwe ku Isi rucunga cyangwa rwakoronije”, asubiza umunya-Politiki Martin Fayulu urushinja gusa n’urukoroniza Congo Kinshasa. Amb. Karega yatangaje ariya magambo, asubiza umunya-Politiki Martin Fayulu watangaje ko Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari we uyoboye Repubulika Iharanira Demokarasi […]

Dr Kayumba arashyira hanze ikindi gice cy’ibaruwa yandikiye Perezida Kagame, hari abo yikomye

Umushakashatsi, umwarimu muri kaminuza, Dr Christopher Kayumba avuga ko kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Gashyantare 2021, aza gushyira hanze igice cya kabiri cy’ibaruwa ifunguye igenewe Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame. Kuwa 10 Gashyantare 2021, Dr Kayumba yari yashyize hanze ibaruwa ye ku ngingo zirimo ubutabera, ubukungu, politiki n’imibereho myiza y’abaturage. Harimo ibyo ashima […]

Rwamagana: Umuturage avuga ko yavunwe igufwa na DASSO, ubuyobozi ngo ” Yari yasinze”

Ntaganzwa Jean de Dieu utuye mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Kigabiro yashinje umukozi w’Urwego rwunganira Akarere mu gucunga umutekano, Dasso, kumukubita icyuma akamuvuna igufwa ry’umurundi amuziza kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Coronavirus. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 10 Gashyantare 2021 mu Kagari ka Nyagasenyi mu Murenge wa Kigabiro. […]

Ayo mafaranga muyaruke-Magufuli abwira abayobozi

Perezida wa Tanzania, Dr Joseph Pombe Magufuli avuga ko abayobozi ba Morogoro bagomba gutangira “kuruka” amafaranga bakiriye nka ruswa niba bakunda akazi kabo. Mu mbwirwaruhame yavuze ubwo yafunguraga isoko rikuru rya Morogoro, Magufuli yavuze ko Morogoro iri mu bice byica amategeko, cyane kunyuranya n’amategeko aba yatowe n’abadepite. Yavuze ko azi neza ko abayobozi muri Morogoro […]

Bayern Munich yatwaye Igikombe cy’Isi, Al Ahly itwara umwanya wa gatatu (Amafoto)

img_20210212_074059.jpg

Ikipe ya Bayern Munich yaraye yegukanye Igikombe cy’Isi cy’ama-Clubs cyari kimaze iminsi kibera muri Qatar, nyuma yo gutsinda ku mukino wa nyuma Tigre yo muri Mexique igitego 1-0. Iki gitego cyo ku munota wa 59 cya myugariro w’Umufaransa, Benjamin Pavard, cyari gihagije ngo Bayern Munich y’umutoza Hans Flick itware igikombe cya gatandatu mu mwaka umwe […]

Captain mu ngabo za Uganda wari mu ndege yakoze impanuka, yapfuye

kaj.jpg

Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko Capt. Caroline Busingye wari mu ndege yakoze impanuka kuri uyu wa 11 Gashyantare 2021, yapfuye. Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi w’Ingabo za Uganda, Brig. Gen. Flavia Byekwaso ku mugoroba w’uwo munsi, agira ati: “Tubabajwe no kubamenyesha iby’urupfu rwa Capt. Caroline Busingye wari mu ndege yakoreye impanuka muri Entebbe uyu munsi ikigoroba.” […]

Lt. Gen. Musemakweli wayoboye ingabo zirwanira ku butaka yapfuye

musemakweli.jpg

Lt. Gen. Jacques Musemakweli wabaye Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, yapfuye azize uburwayi. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Lt. Col. Ronald Rwivanga, wagize ati: “Ni byo yitabye Imana mu masaha ya nijoro.” Andi makuru agera kuri BWIZA avuga ko Gen. Musemakweli yapfuye mu masaa saba y’urukerera rw’uyu wa 12 Gashyantare 2021. Gen. Musemakweli wari […]