Mu Rwanda COVID-19 nta muntu yishe, abayikize ni 540

Nyuma y’igihe icyorezo cya COVID-19 kica abatari bake mu Rwanda, kuri uyu wa Gatandatu iki cyorezo nta muntu kishe nk’uko bigaragara mu mibare ya Minisiteri y’Ubuzima. Imibare y’abandura iki cyorezo na yo yagabanutse kuko abacyanduye ari 67, mu gihe abagikize ari 540, gusa abarembejwe na cyo baracyari benshi kuko hakiri 14. Muri rusange COVID-19 mu […]

Uko Afurika yabereye Gerard PiquĂ© na Shakira imbarutso y’urukundo rwabo

Myugariro Gerard PiquĂ© ukinira FC Barcelona y’iwabo muri Espagne n’umunya-Colombiakazi Shakira Isabel Mebarak Ripoll uzwi mu muziki nka Shakira, ni bamwe mu byamamare bifite Couple zikomeye ku Isi. Aba bombi bamaze imyaka ikabakaba 10 babana nk’umugabo n’umugore, by’umwihariko bakaba bafitanye abana babiri b’abahungu, Milan w’imyaka irindwi na Sasha ufite itanu. Shakira w’imyaka 44 y’amavuko na […]

AS Kigali yanyagiriwe muri Tunisia na CS Sfaxien

Ikipe ya AS Kigali inyagiriwe muri Tunisia ibitego 4-1, mu mukino ubanza w’ijonjora rya nyuma rya CAF Confederation Cup wayihuzaga na Club Sportif Sfaxien. Ni umukino waberaga kuri Stade TaĂŻeb Mhiri iherereye mu mujyi wa Sfax, mu majyepfo ashyira Uburasirazuba bw’umurwa mukuru wa Tunisia, Tunis. Igice cya mbere cy’umukino cyarangiye AS Kigali itsinzwe igitego 1-0. […]

Amata: Kigali aranywa umugabo agasiba undi, Gicumbi bakayaha ingurube

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango uharanira uburenganzira bw’abaguzi mu Rwanda, ADECOR, Ndizeye Damien avuga ko mu Mujyi wa Kigali amata yabaye make nyamara aborozi mu byaro babuze isoko. BWIZA yabagejejeho inkuru ko mu Karere ka Gicumbi, amata yabuze isoko ku buryo banga kuyabogora, bakaya ingurube ku bwo kubura isoko. WASOMA: https://bwiza.com/?Ingurube-z-i-Gicumbi-zisigaye-zihabwa-amat Ibura ry’amata mu Mujyi wa Kigali […]

Njyewe nafatiwe mu nzira ntaha, ntawamfashe ndi kunywa inzoga – Miss Viviane

Uwizeye Vivine uzwi nka Miss Viviane aranyomoza amakuru yavugaga ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu yatawe muri yombi asanzwe mu Murenge wa Jali, ari kumwe n’abandi bantu mu rugo barugize akabari. Ku murongo wa telephone avugana na Bwiza.com, Miss Vivine yavuze ko atigeze afatwa arimo kunywa inzoga ahubwo yafatiwe mu nzira ataha. Ati: […]

Abakuru b’inzego z’umutekano mu Rwanda na RDC bateraniye i Kigali mu biganiro

eug9flqxcaqup1g.jpg

Abayobozi b’inzego z’umutekano mu Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagiranye ibiganiro bigamije gushimangira ubufatanye hagati y’impande zombi mu nama yateraniye i Kigali kuri uyu wa Gatandatu. Nta byinshi biratangazwa byaganiriwe muri iyi nama, gusa kuva ari ibiganiro hagati y’abakuru b’inzego z’umutekano bishobora kuba bifitanye isano n’ibibazo by’umutekano bikunze mu burasirazuba bwa Congo, biterwa […]

Umuhanda Kigali-Karongi ntukiri nyabagendwa kugeza mu cyumweru gitaha

Umuhanda uva mu Mujyi wa Kigali ugana mu Karere ka Karongi nturi nyabagendwa bitewe n’inkangu yacitse, igafunga ahitwa kuri Dawe uri mu ijuru mu Kagari ka Ngoma, Akagari ka Gishyita mu Karere ka Karongi mu Ntara y’Iburengerazuba ukaba uzongera kuba nyabagendwa kuwa 15 gashyantare 2021. RBA ivuga ko RTDA yatangaje ko uzaba nyabagendwa nibura ku […]

Rubavu: Abaturage bavuga ko gitifu yakubise umuturage nk’igitambambuga akajya mu bitaro

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyanzarwe mu karere ka Rubavu, Kazendebe Heritier arashinjwa gukubita umuturage witwa Twizerimana Anastase nk’igitambambuga, akajya mu bitaro amuziza kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Uyu munyamabanga Nshingwabikorwa we yabihakanye, avuga ko uyu muturage ahubwo yari yasinze, agasagarira ubuyobozi n’inzego z’umutekano. Ahagana saa moya z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya […]

Umusaza w’imyaka isaga 60 arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’imyaka ine

Umusaza w’imyaka isaga 60 yafashe ku ngufu agakobwa k’imyaka ine y’amavuko mu gace ka Kamako, mu birometero 150 ugana mu majyepfo ya Tshipaka, umurwa mukuru w’Intara ya Kasai, ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu musaza ushinjwa gufata ku ngufu yabikoze mu ijoro ryo kuwa kane, itariki 11 Gashyantare 2021 nk’uko byatangajwe na Padiri […]

Umwongereza Karim Khan wakoze muri TPIR yagizwe Umushinjacyaha mushya wa ICC

Umwongereza Karim Khan kuri uyu wa Gatanu, itariki 12 Gashyantare 2021, yatorewe kuba umushinjacyaha w’urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC)muri manda y’imyaka 9 asimbuye Umunyagambiyakazi, Fatou Bensouda. Ibihugu 123 by’ibinyamuryango bya ICC byamutoye kuri uyu wa Gatanu mu nama yabyo ngarukamwaka yateraniye I New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu mushinjacyaha wa gatatu w’uru rukiko […]

Rusizi: Abitwaje intwaro bateye abaturage barasamo umwe

Abajura bitwaje intwaro bari bambaye imyenda ya gisirikare, bategeye abaturage mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi, babambura amafaranga banasiga barashemo umwe. Byabaye mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira ku wa Gatanu tariki 12 Gashyantare 2021. Abo bajura bitwaje intwaro bagiye mu Kagari ka Kabahinda mu Murenge wa Mururu batangira gukusanya abaturage babambura […]

Rusesabagina: Busingye yashinje inteko y’Uburayi kwivanga mu butabera bw’u Rwanda

Minisitiri w’Ubutabera, Busingye Johnson, yavuze ko ibiheruka kubera mu nteko y’Ubumwe bw’u Burayi ari ukwivanga mu nzira y’ubutabera ikomeje mu Rwanda, nyamara u Rwanda ari igihugu gifite ubusugire bwacyo n’inkiko zigenga bigomba kurekwa bigakora akazi kabyo. Busingye usanzwe ari n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, yatangaje ibi nyuma y’uko ku wa Kane Inteko Ishinga amategeko […]

Icukumbura: Ibimenyetso bikomeje kugaragaza uko Ev. Igihozo Josiane yatwaye umugabo w’abandi – Video

Nyuma y’inkuru zimaze iminsi zivugwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, aho umugore witwa Mukandahiro Violette, ashinja umugore mugenzi we w’umuvugabutumwa uzwi witwa Ev. Igihozo Josianne, kuba amaze imyaka ibiri n’igice yaramutwariye umugabo witwa Uwizeye Ernest, ibintu uvugwa atemera, Bwiza Tv yabaviriye imuzi n’imuzingo uko iki kibazo giteye mu kiganiro kirambuye yagiranye n’impande zombi ndetse […]

Abantu 15 batawe muri yombi ku buriganya mu ishyingurwa rya Mandela

Abantu 15 bo muri Afurika y’epfo barezwe ibyaha byo gukora uburiganya bijyanye n’umuhango wo gushyingura uwahoze ari Perezida Nelson Mandela, mu mwaka wa 2013. Barimo abayoboke bakomeye b’ishyaka riri ku butegetsi rya African National Congress (ANC) bo mu ntara ya Eastern Cape. Nta cyo bavuze ku byo baregwa. Abashinjacyaha babashinja ruswa n’uburiganya bifite agaciro kagera […]

Uganda: Umusore w’umunyamakuru wakoreraga Hunter Radio yishwe n’umukunzi we

ugandan-radio-presenter-allan-mandela-allegedly-stabbed-to-death-by-his-girlfriend-tsbnews.com2_.jpg

Umusore w’umunyamakuru witwa Allan Mandela, uzwi cyane mu Karere ka Bushenyi, mu burengerazuba bwa Uganda, kuri uyu wa Gatanu yishwe n’umukobwa w’umukunzi we amutemaguye. Uyu musore w’imyaka 26 wakoraga inkuru z’imikino bakundaga guhimba Sports King Mateeka, yakoreraga Hunter Radio ikorera mu mujyi wa Rwentuha, muri Igara y’Iburasirazuba, mu Karere ka Bushenyi. Iyi nkuru dukesha Chimpreports […]

Ibibazo by’amahoro n’umutekano bigomba kubonerwa umuti- Nsanzabaganwa

Umunyarwandakazi Monique Nsanzabaganwa uherutse gutorerwa kuba Visi Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’Afrika, aravuga ko ikibazo cy’umutekano n’amahoro kiri ku murongo wa mbere w’ibigomba kubonerwa umuti. Avuga ko ” Muri Komisiyo ya AU bifuza gukora nk’ikipe ibibazo by’umutekano bakabishakira umuti.” Aganira n’Ijwi ry’Amerika, Nsazabaganawa ubaye umutegarugoli wa mbere ku mwanya wa visi-prezida wa UA yamubwiye […]

Kaminuza 10 za mbere muri Afurika ziri ku rwego mpuzamahanga muri 2021

the-university-of-cape-town.jpg

Izi kaminuza zashyizwe ku rutonde hashingiwe ku myanya yazo ku rutonde rusange rwa kaminuza nziza ku Isi. Buri kigo cyasuzumwe hashingiwe ku mikorere y’ubushakashatsi n’ibipimo byakozwe n’abashinzwe amasomo hirya no hino ku Isi ndetse no mu karere. Izi nizo kaminuza za mbere muri Afurika ku rwego rw’Isi nk’uko tubikesha Usanews.com 1. Kaminuza ya Cape Town […]

Inteko Ishinga amategeko y’u Rwanda yamaganye ‘ibinyoma’ by’iya EU kuri Rusesabagina

Inteko ishingamategeko y’u Rwanda, yamaganye icyemezo cy’inteko ishingamategeko y’Ubumwe bw’Uburayi, kijyanye na Paul Rusesabagina ivuga ko “cyuzuyemo ibinyoma no kwirengagiza nkana ukuri”. Mu nama yabaye ku wa Gatanu hifashishijwe ikoranabuhanga, abadepite b’u Rwanda bavuze ko ibyemejwe n’abadepite b’inteko y’u Burayi birimo “kwinjira mu budahangarwa bw’igihugu no mu nzego z’ubutegetsi bwa Leta y’u Rwanda no guhakana […]