Manzi Thierry yerekeje ku mugabane w’u Burayi (Amafoto)

img_20210709_185141.jpg

Myugariro Manzi Thierry wari Kapiteni wa APR FC, yafashe rutemikirere yerekeza muri Georgia mu ikipe ye nshya ya FC Dila Gori yo mu cyiciro cya mbere muri kiriya gihugu. Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa gatanu ni bwo Manzi yahagurutse i Kanombe aho yari aherekejwe n’inshuti n’umuryango we yerekeza i Burayi. Ni nyuma ya […]

Batanu bafungiwe kurema umutwe w’abagizi ba nabi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufunze abantu batanu: Nsengiyumva Alphonse, Niyonzima Paul, Micomyiza Flugence, Karibuhungu Benjamin na Mutijima Kadahwema William, bakurikiranweho ibyaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi. RIB ivuga ko aba bantu bagurishaga ibibanza n’amazu by’abandi, aho b”arebaga inzu cyangwa ubutaka bugurishwa, umwe akigira nyir’inzu, abandi bakigira abakomisiyoneri bashaka abaguzi, hakaba n’abandi bashinzwe gucura ibyangombwa […]

USA yashyize u Burundi mu bihugu bifite ubwandu buke bwa Covid-19

Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) gushinzwe gukumira no kurwanya indwara, CDC, tariki ya 6 Nyakanga 2021 cyashyize u Burundi mu bihugu bifite ubwandu buke bw’icyorezo cya Covid-19. Uru rutonde ruri mu ibara ry’umuhondo, rurimo rugizwe n’ibihugu 55 birimo ibindi byo muri Afurika nka: Nigeria, Benin, Burkina Faso, Chad, Comores, CĂ´te d’Ivoire, Eswatini, […]

Kisoro: Niyonsaba yabeshye ko yabyaranye na mushiki we, bigera mu rukiko

kis.jpg

Uwitwa Niyonsaba Robert utuye mu Mudugu wa Ndago, Nyarusiza mu Karere ka Kisoro muri Uganda, yigambye kubyarana n’umukobwa yise mushiki we, bigaragara ko yabeshye. Niyonsaba yari asanzwe akorera umugabo witwa Mbarusimana Charles muri Kisoro, amwita se umubyara. Yaje gutera inda uwo byagaragaye ko ari murumuna w’umugore wa Mbarushimana, barabyarana. Mbarushimana byaramubabaje, afata icyemezo cyo kwirukana […]

U Rwanda rurohereza muri Mozambique abasirikare n’abapolisi 1,000

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu tariki ya 09 Nyakanga, yohereza muri Mozambique abasirikare n’abapolisi babarirwa mu gihumbi, mu rwego rwo gufasha ingabo za kiriya gihugu kukigaruramo umutekano. Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko aba basirikare boherezwa mu ntara ya Cabo Delgado iherereye mu mujyaruguru ya Mozambique, nyuma y’ubusabe bwa […]

Ntabwo napfuye_Museveni wategetse ko abamubitse bahigishwa uruhindu

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse inzego zishinzwe umutekano gukora iperereza vuba na bwangu zigakurikirana abakwirakwiza ibihuha ku mbuga nkoranyambaga. Ni nyuma y’amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko uyu mukuru w’igihugu cya Uganda n’umuhungu we Gen Muhoozi baba barembeye mu mahanga, andi avuga ko Museveni yaba yapfuye. Perezida Museveni ubwo yarahizaga icyiciro cya […]

U Burundi burateganya gushinga ishuri ryigisha gukoresha intwaro ziremereye, indege n’amato

Guverinoma y’u Burundi yemeje itegurwa ry’umushinga wo gushinga ishuri rya gisirikare rizajya ryigisha amasomo arimo gukoresha intwaro ziremereye, indege n’amato. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama y’Abaminisitiri yateraniye i Gitega ku wa 7 Nyakanga 2021, iyobowe n’Umukuru w’Igihugu, Evariste Ndayishimiye. Leta y’u Burundi irashaka kugabanya amafaranga ikoresha mu gihe yohereza abasirikare bayo kwiga mu mahanga, aho […]

Melita yishe mukuru we wanze ko aryamana n’umugore we

Polisi mu Mujyi wa Arusha yafshe uwitwa Melita Ndaletyani utuye ahitwa Noondoto mu Karere ka Longido kubwo gukekwaho kwica mukuru we, Kiseri Ndaletyani bapfa umugore. Polisi ivuga ko yamukatishije ikintu gityaye ku ijosi nyuma y’aho Melita yashakaga gusambanya umugore wa mukuru we, undi akamubera ibamba. Komanda wa Polisi i Arusha, Justine Masejo, avuga ko ibi […]

Habimana w’imyaka 15 yiciwe i Londres mu Bwongereza

Tamim Ian Habimana ufite ababyeyi b’Abarundi ni umwe mu bana babiri bishwe batewe ibyuma ku wa mbere, amazina yabo ubu yatangajwe na polisi y’i Londres. Habimana w’imyaka 15, yasogoswe icyuma rimwe ku muhanda Woolwich New Road, mu karere ka Woolwich mu majyepfo ya London, ku wa mbere saa kumi n’imwe na 25 z’umugoroba (17h25). Abapolisi […]

Umuhanzi Mazimpaka Cadet yisunze Gahongayire mu ndirimbo nshya yise “Ndi amahoro”

aline_3.jpg

Umuhanzi uhimbaza Imana Mazimpaka Cadet yahuje imbaraga na Gahongayire Aline basohora indirimbo bise “Ndi amahoro” ihumuriza abantu baca mu bikomeye ko Uwiteka ari mu ruhande rwabo. Mazimpaka Cadet utuye mu Mujyi wa QuĂ©bec muri Canada, nyuma y’igihe yari amaze asa n’ucecetse mu muziki, Mazimpaka yafatanyije na Gahongayire mu ndirimbo nshya. Amwe mu magambo ayigize, aba […]

Abacu benshi barimo kuducika…Iyi ni kabutindi_Minisitiri Busingye

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston ashingiye bukana bwa Covid-19 iri muri iki gihugu n’ubuzima bw’abantu iri gutwara, arasaba Abaturarwanda gukurikiza amabwiriza yose y’ubwirinzi. Mu butumwa amaze gutambutsa ku rubuga rwa Twitter, Minisitiri Busingye yagize ati: “Nshuti, bavandimwe, Covid imeze nabi!!! Abacu benshi barimo kuducika!” Minisitiri Busingye yibukije Abaturarwanda ko […]

Covid-19: USA yashyize u Rwanda mu bihugu byibasiwe kurusha ibindi

Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) gishinzwe gukumira no kurwanya indwara, CDC, tariki ya 6 Nyakanga 2021 cyashyize u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bifite ubwandu buri hejuru cyane bw’icyorezo cya Covid-19. Uru rutonde rugizwe n’ibihugu 54, ruriho ibimaze igihe byibasiwe cyane n’iki cyorezo nk’u Buhinde, Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) na Afurika y’Epfo, […]

Rwatubyaye yafashije ikipe ye gutsinda umukino wa mbere muri UEFA Conference League

Myugariro w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Rwatubyaye Abdul, yafashije ikipe ye ya FC Shkupi kwitwara neza mu mukino wa mbere wa UEFA Conference League itsinda Llapi FC ibitego 2-0. Europa Conference League ni irushanwa rishya ryemejwe na UEFA, rikaba riri munsi ya Champions League na Europa League. Ikipe iryegukanye, izajya ibona itike ya Europa League mu mwaka […]

Abakomando b’abacancuro 28 ni bo bishe Perezida wa Haïti

Polisi ya HaĂŻti yatangaje ko abakomando bishe Umukuru w’Igihugu, Jovenel Moise ari abacancuro (mercenaries) 28 barimo 26 baturutse muri Colombia n’Abanyamerika babiri. Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’iki gihugu, LĂ©on Charles yamenyesheje itangazamakuru ko 17 muri aba bakomando bamaze gufatwa, bane barishwe, abandi ntibarafatwa. Charles yatangaje ko abishwe, barasiwe mu mirwano yabo n’abapolisi babahagaritse ubwo bari […]

Nta mpamvu yatuma mpunga igihugu cyanjye nkunda_Ingabire Victoire

Umunyapolitiki Ingabire Victoire Umuhoza utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda, yanyomoje amakuru yavugaga ko yahunze igihugu, ashimangira ko nta mpamvu yatuma ahunga ‘igihugu cye akunda’. Ni nyuma y’amakuru yiriwe acicikana ku mbuga nkoranyambaga kuva ejo ku wa Kane avuga ko uyu mugore uyobora Ishyaka Dalfa-Umurinzi yaba amaze iminsi ine atakigaragara iwe mu rugo, ku buryo n’abaturanyi […]