Moussa Faki yashimiye u Rwanda ku bwo kohereza ingabo muri Mozambique

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, yashimiye u Rwanda ku bwo kohereza muri Mozambique abasirikare n’abapolisi bo kugarura amahoro muri kiriya gihugu. Ni mu butumwa uyu mugabo wahoze ari Minisiteri w’Intebe wa Tchad yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter. Ati: “Ndashimira Repubulika y’u Rwanda yohereje abasirikare ba RDF n’abapolisi ba […]

Afurika y’Epfo: Ibintu byahinduye isura kubera ifungwa rya Jacob Zuma

Imyigaragambyo ikomeye y’abashyigikiye Jacob Zuma yadutse mu ntara ya KwaZulu-Natal, nyuma y’ifungwa ry’uriya mukamwe wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo. Abigaragambya bakomeje gusaba ko Zuma arekurwa vuba na bwangu. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo Jacob Zuma yinjijwe muri gereza, nyuma yo gukatirwa igifungo cy’amezi 15 n’Urukiko rushinzwe kurinda itegekonshinga rwamuhamije icyaha cyo kurusuzugura. Impamvu […]

Rugwiro Hervé ntakiri umukinnyi wa Rayon Sports

Myugariro Rugwiro HervĂ© Amadeus wari Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, yamaze gutandukana na yo yerekeza muri AS Kigali. HervĂ© Rugwiro yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri AS Kigali, nyuma yo kurangiza areshya kuriya yari afite muri Rayon Sports nyuma yo kuyigeramo mu myaka ibiri ishize avuye muri APR FC. AS Kigali yasinyishije HervĂ© mu rwego rwo […]

IrenĂ©e Murindahabi yiyunze n’umubyeyi wa Vestine & Dorcas

Umunyamakuru IrenĂ©e Murindahabi, yamaze kwiyunga na Uzamukunda Elisabeth, umubyeyi w’abahanzi Vestine na Dorcas ndetse impande zombi birangira zisubiranye. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo Murindahabi yari yasohoye itangazo rivuga ko yasezereye abahanzi Vestine na Dorcas yafashirizaga mu nzu ifasha abahanzi ye yitwa M. Irene Entertainment[MIE]. Ati: “Nyuma yo gusesengura imikoranire ya MIE na Vestine […]

Myugariro wigaragaje cyane muri AS Kigali arajya gusimbura Ange muri APR FC

Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatandatu byitezwe ko isinyisha myugariro Karera Hassan wakiniraga AS Kigali, nk’umusimbura wa Mutsinzi Ange ugomba kwerekeza hanze y’igihugu. Nta gihindutse Karera arasinya amasezerano y’imyaka ibiri muri iriya kipe yo ku Kimihurura. Karera Hassan wari intizanyo ya Kiyovu Sports muri AS Kigali, ni umwe mu bari bayoboye ubwugarizi bw’ikipe […]

Huye: Hari gukoreshwa ikoranabuhanga ridasanzwe mu kuvoma amazi

img-20210710-wa0000.jpg

Abatuye mu murenge wa Kigoma mu karere ka Huye, barishimira umuyoboro w’amazi bagejejweho n’ikoranabuhanga ridasanzwe bakoresha mu kuyavoma. Iryo koranabuhanga ryatangiriye mu Kagari ka Kabatwa mu Mudugudu wa Sekero, aho abatangiye kurikoresha bishimira ko buri wese abasha kuvoma amazi meza akoresheje ikarita akoza ku mashini ihari. Reba videwo hano Mukamuvara Bertirda uri mu batuye muri […]

Natsinze amatora n’amajwi 62.11%, Tshisekedi ashyirwaho na Kabila_Martin Fayulu

Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repububulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye gutangaza ko ari we watsinze amatora y’Umukuru yo muri 2018 gusa birangira intsinzi ye ihawe FĂ©lix Tshisekedi. Martin Fayulu yabitangaje mu ijoro ryakeye ubwo yaganiraga na Radiyo Top Congo FM yo muri RDC. Ubwo Repubulika Iharanira Demokarasi ya yabagamo amatora y’Umukuru w’igihugu […]

Muzabe abanyamwuga cyane_DIGP Namuhoranye ahanura Abapolisi berekeje muri Mozambique

Umuyobozi wa Polisi w’Igihugu wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP/OPs FĂ©lix Namuhoranye, yahaye impanuro abapolisi b’u Rwanda berekeje muri Mozambique, abasaba kuzarangwa n’ubunyamwuga nk’uko basanzwe babigenza. Mu gitondo cy’ejo ku wa Gatanu tariki ya 09 Nyakanga nibwo DIGP Namuhoranye yahaye impanuro Abapolisi barenga 300 bagiye mu butumwa bw’akazi mu gihugu cya Mozambique, mu gikorwa cyabereye mu kigo […]

Urukiko rwateye utwatsi ubujurire bwa Dr Kayumba

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bwa Dr Kayumba Christopher wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, rutegeka ko icyemezo cy’urw’Ibanze rwa Kicukiro mu rubanza rwaciwe muri Nyakanga 2020 kigumaho. Dr Kayumba yari yajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwamuhamije icyaha cyo guteza umutekano muke ku kibuga cy’indege, mbere yo kumukatira igihano cy’igifungo cy’umwaka […]