Rurageretse hagati ya Real Madrid na FC Barcelone kubera Haaland
Ikipe ya Real Madrid na FC Barcelone zatangiye igisa n’intambara zihanganira umunya-Norv猫ge Erling Haaland ukinira ikipe ya Borussia Dortmund. Ikinyamakuru SPORT cy’i Catalunya giheruka gutangaza ko Madrid yiteguye gutanga bwa nyuma igiciro cy’amafaranga yifuza kugura uyu rutahizamu ukiri muto kugira ngo ajye kuyobora ubusatirizi bwayo. Ni nyuma y’uko Carlo Anchelotti utoza iyi kipe ngo akomeje […]
RGB yaburijemo umugambi wa ba Bishop bashakaga kwirukana Ap么tre Gitwaza muri Zion Temple
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwaburijemo icyifuzo cya ba Bishop batandatu baherukaga kweguza Ap么tre Dr Gitwaza Paul ku buyobozi bw’itorero rya Zion Temple. Ba Bishop: Claude Djessa, Dieudonn茅 Vuningoma, Pierre Kaberuka, Richard Muya, Charles Mudakikwa na Paul Daniel Kukimunu baherukaga kweguza Ap么tre Gitwaza bamushinja imiyoborere mibi no gushaka kugira umuryango Auntenthic Word Ministries/Zion Temple Celebration Center […]
Perezida Recep Tayyip Erdogan ategerejwe muri RDC
Perezida Recep Tayyip Erdogan wa Turkiya ategerejwe i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho agomba gutangirira uruzinduko rw’iminsi ine agiye kugirira hano ku mugabane wa Afurika. Perezida Erdogan azagera muri Congo Kinshasa ejo ku Cyumweru Tariki ya 20 Gashyantare, ahave ku wa Mbere Tariki ya 21 Gashyantare nk’uko byatangajwe n’ibiro bya Perezida F茅lix […]
Gen Kainerugaba yahaye gasopo Kayumba Nyamwasa
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yihanangirije Kayumba Nyamwasa, uri mu barwanya ubutegetsi bw’ u Rwanda, amuha gasopo amubwira ko adahirahira atekereza gukoresha ubutaka bwa Uganda mu nyungu ze. Uyu mugabo usanzwe ari n’umujyanama wa Se, Perezida Museveni Yoweli Kaguta ku bijyanye na operasiyo zidasanzwe, avuga ko atazi ikibazo Kayumba […]
Pasiteri Ezra Mpyisi uzwiho kutaripfana yujuje imyaka 100 y’amavuko
Kuri uyu wa Gatandatu Tariki ya 19 Gashyantare 2022, Pasiteri Ezra Mpyisi uzwiho kutaripfana ndetse akaba umuvugabutumwa wuje igikundiro cyinshi yujuje imyaka 100 y’amavuko. Uyu mukambwe ari mu Banyarwanda babitse amateka ahambaye yo hambere ku Ngoma z鈥橝bami dore ko yabanye cyane n鈥檜muryango w鈥橴mwami Rudahigwa, akaba n鈥橴mujyanama wa Kigeli V Ndahindurwa watanze mu mpera za 2016. […]
Zabyaye amahari hagati ya Ap么tre Dr Paul Gitwaza n’abo bashinganye Zion Temple
Ap么tre Dr Paul Gitwaza wari Umuvugizi Mukuru w’Umuryango ‘Auntenthic Word Ministries/Zion Temple Celebration Center’, yegujwe kuri ziriya nshingano n’abo bafatanyije kuwushinga bamushinja imiyoborere mibi no gushaka kuwugira uwe. Ni ibikubiye mu ibaruwa abafatanyije na Ap么tle Gitwaza gushinga Zion Temple bamwandikiye ku wa 14 Gashyantare 2022. Iyi baruwa BWIZA ifitiye Kopi yashyizweho umukono n’abarimo Bishop Claude […]
Amb. Valentine Rugwabiza ashobora guhabwa undi mwanya ukomeye nyuma yo kuva i New York
Umunyarwandakazi Valentine Rugwabiza wahoze ari Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni i New York, ashobora gusimbura umunya-S茅n茅gal Mankeur Ndiaye ku mwanya w’umuyobozi w’ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MIMUSCA). Mu mpera z’ukwezi gushize ni bwo Rugwabiza wari umaze imyaka itanu ahagarariye u Rwanda muri Loni yasimbujwe Amb. Gatete Claver wahoze ari Minisitiri […]
Akinwumi Adesina yavuze umushinga ukomeye yaganiriyeho na ba Perezida Kagame na Samia
Perezida wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD), Akinwumi A. Adesina, yahishuye ko we na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda cyo kimwe na Samia Suluhu Hassan wa Tanzania baganiriye ku mushinga w’inzira za gari ya moshi zigomba guhuza akarere. Aba banyacyubahiro uko ari batatu baheruka guhurira i Bruxelles mu Bubiligi mu nama y’umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi […]
Past. Bugingo ari kubyinira ku rukoma ku bwa Mabirizi
Pasiteri Bugingo Aloysius washinze akanayobora Itorero House of Players Ministries International, kuri ubu ari kubyinira ku rukoma ku bw’ibibazo by’umunyamategeko, Male Kiwanuka Mabirizi arimo, aho kuri ubu ushobora kwerekezwa muri gereza ya Kitalya mu gihe cy’amezi 18. Bugingo ari mu byishimo kuko Mabirizi ari we wamureze mu nkiko, amushinja kurenga ku mabwiriza agenga ugushyingirwa muri […]
Umugore wa Perezida Macron yajyanye mu nkiko abagore bavuze ko yavukanye ubugabo
Madamu wa Perezida Emanuel Macron w’u Bufaransa, Brigitte Macron, yajyanye mu nkiko abagore babiri bamusebeje bavuga ko yavutse ari umuhungu nyuma akaza kwihinduza igitsina. Mu Ukuboza umwaka ushize ni bwo Brigitte Macron yibasiwe n鈥檃bakoresha imbuga nkoranyambaga bavuga ko yavukanye ubugabo. Byari nyuma y鈥檌nkuru yari yanditswe ku rubuga rw鈥檃banyapolitiki bagendera ku myumvire ya kera (extr锚me droite), […]