Rwamagana: Barifuza ko ingengo y’imari igenerwa abafite ubumuga ko yakongerwa

img-20220228-wa0012.jpg

Urubyiruko rufite ubumuga ndetse n’umuryango w’abanyeshuri biga muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Rwamagana witwa Juru Initiative, barasaba ko abana bafite ubumuga bagenerwa ingengo y’imari ihagije kugira ngo bafashwe kuvuzwa no kubasha kugera ku ntego zabo. Mu karere ka Rwamagana mu cyumweru gishize cyari cyahariwe ubukangurambaga ku burenganzira bw’abana bafite ubumuga bwari bufite intego igira […]

Ukraine yigambye kuba imaze kwica abasirikare 5,300 b’u Burusiya

Igisirikare cya Ukraine kuri uyu wa Mbere cyatangaje ko kimaze kwivugana ingabo z’u Burusiya 5,300; nyuma y’iminsi itanu ibihugu byombi byisanze mu ntambara. Ku wa Kane w’icyumweru gishize ni bwo Ingabo za z’u Burusiya zatangije ibitero muri Ukraine ku itegeko rya Perezida Vladimir Putin. Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko nyuma y’iminsi itanu imirwano itangiye kimaze […]

Ni iki cyaba cyihishe inyuma y’iyirukanwa rya Camarade na Rashid muri Etoile de l’Est?

Ikipe ya Etoile de l’Est yatangaje ko yamaze gutandukana n’abatoza bayo babiri bayifashije kwitwara neza mu cyiciro cya kabiri mu mwaka ushize bakayihesha itike yo gukina icyiciro cya mbere. Abo ni Banamwana Camarade wari umutoza wa mbere wungirije na Bakundakabo Rachid wari uwa kabiri wungirije basheshe amasezerano bari bafitanye na yo ku bwumvikane. Ubwo Etoile […]

Le diocĂšse de Byumba obtient un nouvel Ă©vĂȘque alors que Nzakamwita prend sa retraite

Le pape François a nommĂ© lundi Papias Musengamana comme nouvel Ă©vĂȘque du diocĂšse de Byumba, en remplacement de Mgr Servilien Nzakamwita qui part Ă  la retraite. Nzakamwita a dirigĂ© le diocĂšse de Byumba depuis 1996 jusqu’Ă  ce qu’il ait rĂ©cemment demandĂ© sa retraite au pape. L’homme de 55 ans, qui a Ă©tĂ© Ă©levĂ© au rang […]

Karongi: Hari Ikigo Nderabuzima cyanga kuvura bamwe mu bakigana

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Kabuga mu Murenge wa Rugabano, bivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Bubazi cyiri mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, bavuga ko iyo bagiye kuhivuriza batakirwa bitewe n’uko imyirondoro yo kuri icyo kigo iba itandukanye n’iy’ikigo cy’igihugu gishinzwe irangamuntu. Abo baturage bahitamo kujya kwivuriza ku kigo nderabuzima cya […]

Gen Muhoozi agiye kugaruka i Kigali kubonana na Perezida Kagame

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yemeranyije na Perezida Paul Kagame ko agomba kugaruka i Kigali bagakemura ibibazo byasigaye by’u Rwanda na Uganda. Gen Muhoozi yemeje aya makuru abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter. Yagize ati: “Nyuma y’ikiganiro kirekire na data wacu, Perezida Kagame, muri gitondo twemeranyije ko […]

His Holiness Pope Francis names new bishop for Byumba Diocese

Head of the Catholic Church, His Holiness Pope Francis, has appointed Bishop Musengamana Papias, Bishop of Byumba Diocese. He replaces Bishop Servilien Nzakamwita who went into retirement, the statement from Conference Episcopale du Rwanda said on Monday, 28 February Mgr Nzakamwita was the bishop for Byumba Diocese in northern Rwanda in last 27 years. Musengamana […]

Project Finance Officer at Cordaid

Job Description Cordaid Job Title: Project Finance Officer Organizational Unit :Rwanda Country Office Job’s aim: Responsible for the financial control of projects and for the compliance with contractual agreements Aim of the Organizational Unit :Is responsible for realization of Country Office targets Supervisor: Rwanda Country Manager Supervises: none Results Areas Description Project budgets Develops project […]

Musenyeri Nzakamwita wari umaze imyaka ikabakaba 27 ayobora Diyosezi ya Byumba yasimbuwe

20210712_190752.jpg

Musenyeri Servilien Nzakamwita umaze imyaka ikabakaba 27 ayobora Diyosezi Gatolika ya Byumba mu Ntara y’Amajyaruguru, kuri uyu wa 28 Gashyantare 2022 yasimbuwe na Musenyeri Papias Musengamana muri ubu butumwa. Ni nyuma y’aho Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yemeye ubwegure bwe ku bushake, kubera izabukuru. Musenyeri Musengamana wamusimbuye yari asanzwe ari umuyobozi […]

An-225 Mriya yari indege ya mbere nini ku Isi yasenyewe mu ntambara y’u Burusiya kuri Ukraine

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, avuga ko indege nini cyane ku Isi, Antonov 225 Mriya, yasenyewe mu gitero cy’u Burusiya. Kuri iki Cyumweru gishize, Kuleba yanditse ku rubuga rwa twitter ati: “U Burusiya bushobora kuba bwasenye ‘Mriya’ yacu. Ariko ntibazigera basenya inzozi zacu z’igihugu cy’u Burayi gikomeye, cyisanzuye kandi kigendera kuri demokarasi.” Yakomeje […]

Ukraine: Umuhinzi yagaragaye yirukankana igifaru bivugwa ko ari icy’u Burusiya

Olexander Scherba wabaye Ambasaderi wa Ukraine muri Autriche kuva mu 2014 kugeza mu 2021, yashyize ahagaragara amashusho agaragaza umuhinzi wirukankana igifaru bivugwa ko ari icy’ingabo z’u Burusiya zikomeje kugaba ibitero muri iki gihugu. Aya mashusho areshya n’amasegonda arindwi (7) agaragaza uyu muhinzi yirukankana iki gifaru, yakiziritse ku mashini ye ihinga izwi nka ‘tracteur’. Kuri aya […]

Imitwe ya Mai-Mai na Red Tabara iravugwaho kugaba ibitero ku mpunzi z’Abanyamulenge

Umutwe wa Mai Mai uravugwaho kwihuza na RED Tabara y’Abarundi bikagaba ibitero ku mpunzi z’Abanyamulenge zahungiye mu duce twa Bwegera na Mutalure muri Teritwariya Fizi nk’uko amakuru aturuka muri muri Kivu y’Amajyepfo avuga. Sosiyete Sivili yo muri Kivu y’Amajyepfo yemeje iby’aya makuru ivuga ko iki gitero cyabaye kuri iki Cyumweru itariki 27 Gashyantare 2022 nk’uko […]

Gen Muhoozi Kainerugaba yahishuye aho ADF ikura ubufasha

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yashyize mu majwi ubutumwa bwa MONUSCO avuga ko hari bamwe mu baburimo bakorana n’umutwe wa ADF. Gen Muhoozi yabitangaje mu cyumweru gishize mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru Arnaitwe Rugyendo. Ni ikiganiro cyabaye nyuma y’iminsi 100 Ingabo za Uganda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo […]

Impunzi z’Abarundi zitandukanyije na Ciza wifuza gukuraho ubutegetsi bwa Ndayishimiye

sharangabo.png

Impunzi z’Abarundi zitandukanyije na mugenzi wazo Ciza Alexandre uherutse gutangaza ko we n’abandi bafite umugambi wo gukuraho ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi n’ishyaka CNDD-FDD muri rusange, bifashishije intwaro. Mu kiganiro aherutse kugirira kuri Primo Media Rwanda, Ciza uba mu mujyi wa Kigali yasobanuye ko impamvu we na bagenzi be bafite uyu mugambi ari […]

U Bushinwa bwatereranye u Burusiya imbere y’Akanama ka Loni

Igihugu cy’u Bushinwa kuwa Gatanu ushize bwanze gushyigikira u Burusiya imbere y’Akanama k’Umutekano ka Loni, buhitamo kwifata ku ngingo Amerika yamuritse yamagana ibitero burikaga muri Ukraine. Uretse u Bushinwa busanzwe ari inshuti magara y’u Burusiya, Usibye ko “muri politiki hataba inshuti haba inyungu”, bwirinze kwemeza cyangwa ngo buhakane kuri iyo ngingo. Ambasaderi Zhang Jun, uhagarariye […]

General Terras yahishuye ko Putin yarakariye ingabo ze zitatsinze iza Ukraine byihuse

Umudepite mu nteko ishinga amategeko y’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi Umugaba Mukuru w’ingabo za Estonia, General (Rtd) Riho Terras yahishuye ko Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yarakajwe n’uko ingabo ze zananiwe gutsinda iza Ukraine mu buryo bwihuse, iminsi ikaba irenze itatu urugamba rucyambikanye. Uyu mudepite mu butumwa yatambukije kuri Twitter, yavuze ko aya makuru yayakuye mu rwego […]

Blasts rock Ukraine capital Kyiv, second city Kharkiv

Aljazeera Kyiv and Moscow prepare for talks as Ukraine’s army says Russian forces are ‘continuing shelling in almost all directions’. Talks between Ukraine and Russia are due to begin on Monday morning near the Belarus border, reports TASS news agency. Ukraine’s President Volodymyr Zelenskyy tells British Prime Minister Boris Johnson the next 24 hours are […]

Rubavu: Family want bailiff involved in case of US based Rwandan arrested

whatsapp_image_2021-12-21_at_3.24.55_pm_1_-2.jpg

Family members of the US based Rwandan woman, Kanyabutembo Virginie, have requested the authorities concerned to arrest, one Me Anselme Uwayezu, a bailiff involved in their case and his partners, accusing him of forgery and perjury in Rubavu Court. They allege ” This could not be the first time Uwayezu commit these two crimes for […]

Mangwende na Manzi babonye amanota 3 nyuma y’imikino 5, Kagere na Simba batsindirwa muri Maroc

Ikipe ya AS FAR ikinamo ba myugariro b’Abanyarwanda, Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ na Manzi Thierry, yongeye kubona amanota atatu nyuma y’imikino itanu yikurikiranya yari imaze idatsinda. Iyi kipe y’Ingabo z’ubwami bwa Maroc yongeye kubona amanota atatu nyuma yo gutsinda Difaa El Jadida ibitego 3-1, mu mukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona. Ibitego bibiri bya Ismael Khafi […]

Nyamasheke: Abahinzi b’umuceri barasaba Meya kubegera akumva agahinda kabo

img-20220227-wa0027.jpg

Abahinzi b’umuceri barenga 800 bibumbiye muri koperative Dufatanye Kagano, bawuhinga mu gishanga cya Kamiranzovu mu murenge wa Kagano mu karere ka Nyamasheke, baravuga ko barambiwe gukomeza kugaraguzwa agati n’abayobozi babo babakenesha aho kubateza imbere, imisanzu ya hato na hato bakwa ntibamenye aho ijya, abana babo bakifuza umuceri kandi bawuhinga kuko batemererwa kuwuryaho, n’ibindi,bakifuza kwibonanira imbonankubone […]

Hari Abanyarwanda bamaze guhungira intambara ya Ukraine n’u Burusiya muri Pologne

Bamwe mu Banyarwanda babaga muri Ukraine biganjemo abanyeshuri babashije guhunga intambara y’iki gihugu n’u Burusiya. Mupenzi Fred uyoboye aba Banyarwanda yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Radio Ijwi rya Amerika, aho yemeza ko ubu bari muri Warsaw, umurwa mukuru wa Pologne. Mupenzi yagize ati: “Kugira ngo dufate icyemezo cyo guhunga ni uko mu ijoro ryo ku […]

U Rwanda n’u Burundi ku bakoze ‘coup’, RDF na UPDF kuri FDLR-ADF, Amb. Rugwabiza muri MINUSCA ; inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 21 Gashyantare 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirebana na politiki, ubutabera, umutekano n’ubuzima. Harimo: Urupfu rwa Dr Farmer na Joe Ritchie wayoboye RDB Dr Paul Farmer washinze umuryango mpuzamahanga PIH (Partners in Health) wafashaga abatishoboye mu Karere ka Burera, akaba n’umwe mu bashinze Kaminuza ya Butaro, UGHE, yapfuye tariki ya 21 […]