Les pays membres de la CAE enregistrent une croissance économique de 4,2% en 2021
La 25e réunion ordinaire du comité des affaires monétaires de la Communauté de l’Afrique de l’Est (EAC) a déclaré que la croissance dans la région s’était redressée en 2021 pour atteindre une moyenne de 4,2%, a indiqué l’EAC dans un communiqué vendredi soir. Le communiqué publié à l’issue de la réunion par le siège de […]
U Burusiya bwagize ibyo busaba Ukraine intambara igahita ihagarara
Umuvugizi wa Perezidansi y’u Burusiya, Kremlin, Dmitry Peskov, yatangaje ko u Burusiya busaba ko Ukraine ihagarika ibikorwa bya gisirikare, igahindura itegeko nshinga kugira ngo ireke kubogama, kwemera ko Crimea ari intara y’u Burusiya kandi ikemera ko repubulika za Donetsk na Lugansk ari intara zigenga. Peskov kuri uyu wa Mbere yatangarije Reuters ko u Burusiya bwabwiye […]
Ubukungu bw’akarere bwongeye kuzanzahuka – EAC
Inama ya 25 isanzwe ya komite ishinzwe ifaranga y’Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yavuze ko iterambere ry’akarere ryazanzahutse mu 2021 kugera ku kigereranyo cya 4.2%, nk’uko EAC yabitangaje mu itangazo ryasohowe ku wa Gatanu ushize. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nyuma y’inama n’icyicaro gikuru cya EAC mu Mujyi wa Arusha uherereye mu majyaruguru ya Tanzania, ryerekanye ko […]
Akari ku mutima wa Gen Muhoozi ubwo Abanyarwanda ba mbere bambukaga umupaka bajya muri Uganda
Umugaba w’Ingabo za Uganda (UPDF) zirwanira ku Butaka, Lt Gen Muhoozi Kainrugaba, avuga ko u Rwanda na Uganda ari igihugu kimwe, ko kurwanya iyo mvugo kwaba ari ugushaka guhanganisha abaturage b’ibihugu byombi. Ayo ni amagambo ya Gen Muhoozi ubwo yagarukaga ku kuba bisi ya mbere itwaye Abanyarwanda yari ihagurutse yerekeza muri Uganda, iza guca ku […]
Perezida Kagame na mugenzi we Embalo mu biganiro byo mu muhezo
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, bari mu biganiro biri kubera mu muhezo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 7 Werurwe 2022. RBA yatangaje ko nyuma y’ibiganiro by’aba bakuru b’ibihugu, harasinywa amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi mu bijyanye n’ubukungu n’ubucuruzi, uburezi, ubukerarugendo n’ibindi. Perezida Umaro Sissoco Embaló yatangiye […]
Guinea-Bissau President in Rwanda
President Paul Kagame is expected to host his Guinea-Bissau counterpart Umaro Sissoco Embalo, who arrived in Rwanda Monday morning for a three-day state visit. President Embalo together with his delegation was received by the Minister of Foreign Affairs Vincent Biruta, at the Kigali International Airport. The visit is part of the efforts to further strengthen […]
Musanze: Umusore utaramenyekana yasanzwe mu mugezi wa Mukungwa yapfuye
Umurambo w’umusore utamenyekanye watoraguwe mu mugezi wa Mukungwa mu karere ka Musanze kuri uyu wa Mbere. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 07 Werurwe ni bwo uyu murambo watoraguwe mu mugezi wa Mukungwa, murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uyu murenge, NSENGIMANA Aimable, yabwiye BWIZA ko imyirondoro y’uyu musore itaramenyekana. […]
U Burundi ntiburabufungura imipaka yabwo n’u Rwanda

Guverinoma y’u Burundi ntabwo irafungura imipaka iki gihugu gihuriyeho n’u Rwanda, n’ubwo rwo rwayifunguriye bose guhera kuri uyu wa 7 Werurwe 2022. Kudafungurwa kw’iyi mipaka byagaragariye ku mipaka y’Akanyaru, aho bigaragara ko nta bantu bahambuka, ndetse no ku wa Ruhwa, aho bamwe mu Barundi bo mu Ntara ya Cibitoke bashakaga kujya gucururiza mu Karere ka […]
Jado Castar arafungurwa nyuma y’amezi abiri
Umunyamakuru Bagirishya Jean de Dieu (Jado Castar) wabaye Visi Perezida wa kabiri w’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball, arafungurwa nyuma y’amezi abiri. Icyemezo cyo kumufungura kizashingira ku cyasomwe n’urukiko rw’ubujurire kuri uyu wa 7 Werurwe 2022, cyo kumugabanyiriza igihano, kigera ku mezi umunani y’igifungo. Castar yatawe muri yombi tariki ya 20 Nzeri 2021, akurikiranweho icyaha cyo guhimba […]
Ukraine: Abasirikare babiri bari ku rugamba bashyingiwe

Abasirikare babiri bo muri Ukraine bari ku rugamba igihugu cyabo gihanganyemo n’u Burusiya, bashyingiwe, bakorerwa ibirori byihariye na bagenzi babo barufatanyije. Muri ibi birori, bagenzi babo bari bambaye impuzankano y’igisirikare, babataramiye ndetse banabatunganyiriza ibyo kurya, nko mu bukwe busanzwe. Hagaragaye abasirikare babiri bafashe inshingano y’ubupadiri, basezeranya aba bakunzi, bifashishije amagambo akoreshwa muri Kiliziya Gatolika, banakora […]
Perezida Embalò uheruka gusimbuka Coup d’Etat ari mu Rwanda
Perezida Umaro Sissoco Embaló wa Guinée-Bissau yageze i Kigali hano mu Rwanda, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 07 Werurwe ni bwo Perezida Embalò yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, yakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta. Perezida wa Guinée-Bissau byitezwe ko asura ibikorwa […]
Guverinoma iratanga icyizere ko igiciro cy’amavuta yo gutekesha gishobora kugabanyuka
Guverinoma y’u Rwanda yatanze icyizere ko igiciro cy’amavuta yo gutekesha gikomeje gututumba, gishobora kugabanyuka mu gihe kiri imbere. Byatangajwe na Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Béata Habyarimana, mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo y’igihugu, cyarebanaga n’izamuka ry’ibiciro ku bicuruzwa bitandukanye rikomeje kugaragara mu Rwanda. Inkuru bifitanye isano https://www.bwiza.com/?Guverinoma-yateguje-ko-ibiciro-birakomeza-kuzamuka Minisitiri Habyarimana yemeje ko hari aho ibiciro byazamutse muri rusange […]
Procurement Officer at APEFE
OB ADVERTISEMENT-APEFE The Association for the Promotion of Education and Training Abroad (APEFE) is a Belgian organization that mobilizes its resources and expertise to serve the countries of the South for strengthening their capacities to implement their Development policy in the sectors of education, agriculture and environment, health, governance, and the private sector. In Rwanda, […]
Ukraine ivuga ko u Burusiya buri gutegura igitero simusiga kuri Kyiv
Abategetsi ba gisirikare ba Ukraine baburiye ko Uburusiya buri gutegura igitero kinini cyane ku murwa mukuru Kyiv. Ibiro bikuru by’ingabo za Ukraine bivuga ko ingabo z’Uburusiya ziri hafi ya Kyiv ziri guhabwa ibikoresho nkenerwa nk’ibiribwa n’ibitoro biciye muri Belarus. Abo bategetsi bavuga ko ingabo z’Uburusiya ziri kwibanda ku kugota imijyi y’iburasirazuba ya Kharkiv, Chernihiv, Sumy […]
Harry Maguire yibasiwe bikomeye n’abafana ba Manchester United nyuma yo kunyagirwa na Man City
Kapiteni w’ikipe ya Manchester United, Harry Maguire, yibasiwe bikomeye n’abafana b’ikipe y’iki kipe nyuma y’umukino wa Shampiyona y’Abongereza yanyagiwemo na Manchester City ibitego 4-1. Manchester United yari yasuye Manchester City mu mukino wa 186 wa Derby y’i Manchester. Umunota wa gatanu w’umukino wari uhagije ngo City y’umutoza Pep Guardiola ifungure amazamu ibifashijwemo na Kevin De […]
Mama yavukiye mu Rwanda_Umuririmbyi Rose Muhando
Umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana wo muri Tanzania, Rose Muhando, kuri uyu wa 6 Werurwe 2022 yatangaje ko umubyeyi we yavukiye mu Rwanda. Muhando wamamaye cyane kuva mu karere ka Afurika y’iburasirazuba mu myaka irenga 15 amaze kuri uyu murimo, yabitangarije mu gitaramo Rwanda Gospel Stars Live cyaraye kibereye i Rebero, kuri Canal Olympia. Uyu muririmbyi […]
Nyabihu: Umusore arakekwaho gutera inda umukobwa w’imyaka 17 agatorokera i Rubavu
Umukobwa (amazina ye yagizwe ibanga) wo mu Mudugudu wa Murama, Akagari ka Rurembo mu Murenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu, avuga ko umuhungu witwa Mugiraneza Gasore yamuteye inda afite imyaka 17, ubu akaba yidegembya ku Gisenyi mu Karere ka Rubavu. Uyu mukobwa afashe umwana mu ntoki, bigaragara ko atabayeho mu buzima bwiza, ati “ […]
Misile z’u Burusiya zasenye ikibuga cy’indege cya gisivili – Perezida Zelensky
Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko misile nyinshi z’u Burusiya zasenye ikibuga cy’indege cya gisivili i Vinnytsia rwagati muri Ukraine. Imijyi myinshi hamwe n’ibirindiro byo mu kirere muri Ukraine byatewe ibisasu, birasa cyangwa byibasirwa na misile ballistique ziva mu Burusiya ku munsi wa 11 w’ibitero byabwo. Ariko Vinnytsia iri mu burengerazuba […]
Min. Habyarimana on why sugar, soap and cooking oil prices soar
Béata Uwamaliza Habyarimana, Minister of Trade and Industry said that they carried out an inspection on three commodities namely sugar, cooking oil and soap in order to understand their price increases – indicating that soap price is partly attributed to the fact that making requires cooking oil ingredients. The Minister was on Sunday, March 6, […]
Rubavu: Hafashwe uwageragezaga guha umupolisi ruswa ya 2000 Frw
Kuwa Gatandatu tariki ya 05 Werurwe, Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda mu Karere ka Rubavu ryafashe umushoferi witwa Habumugisha Jean Marie Vianney ahaye ruswa y’ibihumbi 2000 Umupolisi kugira ngo atamuhanira amakosa yo kutagira icyangombwa cy’ubuziranenge cy’imodoka ye, Ibi byabereye mu Murenge wa Rugerero, mu Kagali ka Gisa, Umudugudu wa Gisa. Umuvugizi wa Polisi […]
Ifungurwa ry’imipaka, Abanyarwanda 71 bahunze Ukraine, u Rwanda rwamagana ibitero by’u Burusiya mu nkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 28 Gashyantare 2022, cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirebana n’ubuzima, ubukungu, umutekano n’ubutabera. Zirimo: Inama y’abaminisitiri yakuyeho amasaha yo gutaha, imipaka yo ku butaka ifungurwa Inama y’abaminisitiri yateranye tariki ya 4 Werurwe yafashe ibyemezo byo gukuraho amasaha yo kuba abaturarwanda batashye azwi nka ‘carfew’, inemeza ko imipaka yo ku butaka ifungurwa guhera […]