Amafaranga 20 akoreshwa muri Afurika afite agaciro kurusha ayandi

lib-50-front.png

Kugira ifaranga rikomeye bivuze ko biba bihendutse gutumiza ibicuruzwa. Ibi bivuze kandi ko rivunjwa ku rwego rwo hejuru kuruta mbere. Iyo uburyo bwo guhahirana bw’igihugu bukomeye, bigabanya ihindagurika ry’isoko ry’imbere. Dore amafaranga yari akomeye muri Afurika muri 2021 n’uko avunjwa mu Madolari ya Amerika 1. Dinar rya Libya (1 USD = 1,41 LYD) 2. Dinar […]

Ishyamba si ryeru hagati ya Youtube n’u Burusiya nyuma yo gufunga umuyoboro w’inteko

Abayobozi b’u Burusiya biyemeje gukomanyiriza urubuga rwa Youtube nyuma y’aho rufashe icyemezo cyo gufunga umuyoboro w’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu. YouTube yatangaje kuri uyu wa Gatandatu ko ihagaritse guhitisha ibiganiro by’umuyoboro wa Televiziyo Duma (y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya) kubera ko byarenze ku mabwiriza YouTube igenderaho. Kugeza ubu YouTube yokejwe igitutu n’abategetsi n’ikigo gishinzwe kugenzura […]

Impamvu 10 zishobora gusunikira amahanga mu Ntambara ya Gatatu y’Isi

slide_1.jpg

Umuryango w’Abibumbye washingiwe guhagarika no gukumira amakimbirane ayo ari yo yose ku Isi, nyamara ubwiyongere bw’iterabwoba riherutse kuba ryateje ibibazo mu bantu ku bijyanye n’Intambara ya Gatatu y’Isi yose. Uburezi n’ubufasha ntabwo ari cyo gisubizo kuko iterabwoba ntiriva mu bihugu bikennye gusa. Mu by’ukuri, abantu barenga 600 baturutse muri Amerika ya ruguru binjiye muri Islamic […]

U Burusiya bwaburiye ibihugu birimo USA bikomeje kohereza intwaro muri Ukraine

U Burusiya bwatangaje ko intwaro ibihugu bigize umuryango NATO bikomeje kohereza muri Ukraine zishobora kubushora mu ntambara yeruye hagati yayo na byo, by’umwihariko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bufata nk’umuyobozi wawo. Ibi bikubiye mu kiganiro Ambasaderi w’u Burusiya muri USA, Anatoly Ivanovich Antonov, yagiranye n’ikinyamakuru Newsweek kuri uyu wa 8 Mata 2022. Ambasaderi Antonov […]

Rutshuru: M23 yatangaje ko yavuye mu bice bishya yari yafashe

Umutwe witwaje intwaro wa ARC (Armée Révolutionaire Congolaise) uzwi nka M23 watangaje ko wongeye kuva mu bice wari wafatiye mu mirwano yari ihanganyemo n’ingabo za RDC muri Teritwari ya Rutshuru. Umuyobozi wa M23 ku rwego rwa politiki, Bertrand Bisimwa mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa 10 Mata 2022, yasobanuye ko impamvu abarwanyi b’uyu mutwe […]

Icyo Uwilingiyimana yasubije Ngeze wamubwiye ko Twagiramungu yanze ko aba umushomeri

Mu kiganiro Uwilingiyimana Agathe wari Minisitiri w’Intebe muri guverinoma y’u Rwanda, yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 31 Ukuboza 1993, Ngeze Hassan wayoboraga Kangura yamubwiye ko Faustin Twagiramungu wari umuyobozi w’ishyaka MDR yamugiriye impuhwe ngo ataba umushomeri. Haburaga amasaha make ngo guverinoma y’inzibacyuho yari yemejwe n’amasezerano ya Arusha hagati ya Leta na FPR Inkotanyi itangira gukora, ariko […]

Imran Khan wari Minisitiri w’Intebe wa Pakistan yegujwe ku mirimo ye

Kuri iki Cyumweru, Imran Khan yirukanwe ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe wa Pakisitani nyuma y’uko inteko ishinga amategeko imutereye icyizere na nyuma y’ibyumweru byinshi by’imvururu za politiki. Kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Mata, hazatorwa Minisitiri w’Intebe mushya, aho Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’Abayisilamu muri Pakisitani-N (PML-N), Shehbaz Sharif, byanze bikunze ashobora gutorwa kugira ngo ayobore igihugu […]

RDC: Inyeshyamba za M23 zigaruriye ibindi bice birimo Gasiza, Bugusa na Basare

Imirwano yasubukuwe ku wa Kabiri hagati y’umutwe wa M23 na FARDC yarakomeje kuri uyu wa Gatandatu nko mu birometero cumi na bitanu uvuye mu Mujyi wa Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ingabo za leta ziragerageza kwigarurira uturere twigaruriwe n’inyeshyamba mu gihe zikomeza gufata utundi. Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyageragezaga kwirukana inyeshyamba […]

Tariki ya 10 Mata 1994: Ubwicanyi bwarakomeje muri Rushashi, Ngororero, muri Kiliziya ya Gahanga n’ahandi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma y‘abicanyi yayoborwaga na minisitiri w’intebe Jean Kambanda Kuvana abantu mu Rwanda […]

Ntiturwanya FARDC ahubwo ni yo iturwanya_Col. Makanika

Colonel Michel Rukunda uzwi nka Makanika yashinje ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, kuba inyuma y’ubwicanyi bumaze igihe kinini bukorerwa ubwoko bw’Abanyamulenge muri teritwari ya Uvira. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Gakondo TV & Radio ivugira Abanyamulenge cyagiye hanze kuri uyu wa 9 Mata 2022, Col. Makanika yagize ati: “Ntabwo twebwe twigeze tugira […]

Boris Johnson yasanze Perezida Zelensky i Kyiv bitunguranye

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yasuye mu buryo butunguranye Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky mu murwa mukuru i Kyiv, amusezeranya ubundi bufasha bw’intwaro n’amafaranga mu gihe ingabo z’igihugu cye zihanganye n’iz’u Burusiya. PM Johnson wageze i Kyiv kuri uyu wa 9 Mata 2022, yagize mu biro bya Perezida Zelensky baraganira, anatembera umujyi, aho yaganiriye […]