M23 yirukanwe mu biganiro biri guhuza RDC n’imitwe yitwaje intwaro ikorera ku butaka bwayo
Umutwe wa M23 wirukanwe mu biganiro byamaze gutangira hagati ya Perezidansi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro ikorera ku butaka bwa kiriya gihugu. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo ibi biganiro byatangiye i Nairobi mu gihugu cya Kenya. Perezidansi ya Congo Kinshasa ibinyujije kuri Twitter yayo yatangaje ko mu gihe ibi biganiro […]
U Rwanda nta na rimwe rwigeze rudufasha_Umuvugizi wa M23
Umutwe wa M23 wamaganiye kure amakuru avuga ko waba uterwa inkunga y’ibikoresho n’Igisirikare cy’u Rwanda, uvuga ko nta na rimwe u Rwanda rwigeze ruwuha ubufasha ubwo ari bwo bwose. Ni nyuma y’amakuru yakunze gusakazwa kuva muri 2012 na bamwe mu banyapolitiki b’abanye-Congo ndetse na bamwe mu barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bavuga ko ari rwo rwaba […]
Gicumbi: Umwana w’imyaka 7 yatwawe n’amazi aburirwa irengero
Umwana witwa Uwamutabara Anitha wigaga mu mwaka wa 2 w’amashuri abanza yatwawe n’amazi ari kuva ku ishuri ku mugoroba. Ibi byabereye mu murenge wa Shangasha akagari ka Nyabishambi, umudugudu wa murambo ni mugihe nyakwigendera yari atuye mu murenge wa Byumba, Akagari ka Gacurabwenge Umudugudu wa Rwasama, mu karere ka Gicumbi. Igicumbi News ivuga ko uyu […]
Ibirori by’isabukuru ya Gen Muhoozi byatangiye, u Rwanda rwahagarariwe (Amafoto)

Kuva ku wa Gatanu tariki ya 22 Mata mu bice bitandukanye bya Uganda hatangiye ibirori bibanziriza isabukuru ya Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akanaba imfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Ku Cyumweru tariki ya 24 Mata ni bwo Gen Muhoozi azizihiza isabukuru y’imyaka 48 amaze abonye izuba, ari na […]
Ibyo wamenya kuri Micheal uri mu munyenga w’urukundo na Miss Nishimwe Naomie
Miss Nishimwe Naomie wabaye Nyampunga w’u Rwanda wa 2020, ari mu munyenga w’urukundo n’umusore witwa Micheal Testfay nyuma y’igihe hari benshi bibaza umusore waba yarigaruriye umutima we. N’ubwo Miss Naomie yari amaze iminsi ashyira amafoto ku mbuga nkoranyambaga ari kumwe n’uyu musore, byari bikigoranye kwemeza ko baba bari mu rukundo, gusa bigakomeza kunugwanugwa ko n’ubundi […]
Stade Amavubi ashobora gushakiraho itike ya CAN 2023 yafunzwe by’agateganyo
Ubuyobozi bw’akarere ka Huye bwatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu Tariki ya 23 Mata bwafunze by’agateganyo Stade Mpuzamahanga ya Huye, mu rwego rwo kuyivugurura by’agateganyo. Akarere ka Huye kemeje ko iyi Stade yafunzwe mu itangazo ryashyizweho umukono na Sebutenge Ange usanzwe akayobora. Nta mpamvu yatumye iyi Stade iba ifunzwe yatangajwe. Stade Mpuzamahanga ya Huye […]
RDC yahaye imitwe yitwaje intwaro ikorera ku butaka bwayo amahirwe ya nyuma
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko ibiganiro yemeye kugirana n’imitwe yitwaje intwaro ikorera ku butaka bw’iki gihugu ari amahirwe ya nyuma yayihaye, kugira ngo abarwanyi bayo barambike intwaro hasi. Umuvugizi wungirije wa Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi, Tina Salama, yemeje aya makuru abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Ati: “Amahirwe ya nyuma ku […]
Perezida Zelensky yavuze ko hari ‘ibindi bihugu Uburusiya bugiye gutera’
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yakomoje ku magambo ya komanda w’Umurusiya, wavuze ko Uburusiya bushaka gufata amajyepfo ya Ukraine kuko byatuma bushobora kugera ku karere gaharanira ubwigenge ka Transnistria ko mu gihugu cya Moldova. Zelensky yavuze ko ayo magambo agaragaza ko Uburusiya bushaka gutera ibindi bihugu kandi ko igitero kuri Ukraine cyaba ari intangiriro gusa. […]
Rubavu: Umukongomani yatawe muri yombi ashyiriye urumogi ‘ruharwa’ w’Umunyarwanda mu kurucuruza
Polisi ikorera mu karere ka Rubavu, yafatiye ku mupaka w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo uzwi nka Grande Barrière Umukongomani witwa Amuli-Lwamungu- Goinara, agerageza kwinjiza mu Rwanda urumugi udupfunyika 1,000. Uyu munye-Congo yafatiwe mu murenge wa Gisenyi ku wa Kane Tariki ya 21 Mata, Polisi ikavuga ko urumogi yafatanwe yari aruzaniye uwitwa Manzi […]
Guinée: Kera kabaye Alpha Condé yemerewe kwidegembya
Alpha CondĂ© wahoze ari Perezida wa GuinĂ©e-Conakry yemerewe kwishyira akizana, nyuma y’amezi atandatu ahiritswe ku butegetsi. Tariki ya 05 Nzeri 2021 ni bwo CondĂ© wari umaze imyaka 10 ayobora GuinĂ©e yahiritswe n’abasirikare bo mu mutwe w’Ingabo zidasanzwe bari barangajwe imbere na Col Mamadi Doumbouya kuri ubu uyoboye GuinĂ©e-Conakry mu buryo bw’inzibacyuho. Kuva icyo gihe Alpha […]