RIB iraburira abakoresha amakarita ya banki (visa cards) mu kwishyura
Nyuma yo kwakira ibirego byinshi by’abantu bakoresha amakarita ya banki akoreshwa mu kwishyura (visa cards) bagaragaza ko babona amafaranga ava kuri konti zabo nta ruhare babigizemo, Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rurakangurira abaturarwanda kwirinda ubujura bw’imibare igaragara kuri aya makarita kuko hari abayiba bakagura ibintu kuri murandasi ba nyir’amakarita batabizi. Iperereza ry’ibanze rigaragaza ko hari […]
Perezida Kagame yavuze impamvu EAC idakwiriye kwishingikiriza inkunga zivuye hanze
Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) idakwiriye kwishingikiriza inkunga zivuye hanze kuko bidindiza imishinga na gahunda z’uyu muryango. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2022 ubwo yagezaga ijambo ku bagize Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba iri kubera mu Rwanda. Yagize ati” EAC ntibona […]
Ibyiza 10 byo gukoresha ubuki ku mikorere y’umubiri no ku buzima muri rusange
Ubuki, ubutunzi bw’umutiba, ni kimwe mu bintu bifitiye umubiri akamaro kenshi. Uko wabukoresha kose inyungu zabwo zirazwi neza mu bijyanye n’ubuzima, ubwiza, n’ibindi . Ubuki bukorwa n’inzuki binyuze mu ndabyo cyngwaa iindi biti, ariko bukagira akamaro kanini mu mikorere y’umubiri wacu n’ubuzima muri rusange. Hariho ubwoko bwinshi bw’ubuki, bwifashishwa mu buvuzi ukurikije ibyo buri wese […]
President Kagame to address EALA members
Rwandan President Kagame Paul is expected to deliver his speech to the members of East African Legislative Assembly on Tuesday, November 1st. EALA members have been in Rwanda since October 23rd. As provided by the law, the President of hosting country must address the EALA members. The meeting is scheduled to end on November 5, […]
Iby’ingenzi ku munsi wahariwe abapfuye wizihizwa cyane muri Mexico
Umunsi w’abapfuye DĂa de Muertos ni umwe mu y’ingenzi yizihizwa cyane muri Mexico, bivugwa ko wabayeho mbere y’uko abaturage bo mu gihugu cya Espagne batangira kwimukira muri iki gihugu kiri ku mugabane wa Amerika. Uyu munsi waje kwivanga n’imwe mu migenzo yo mu idini gatolika yo hambere. Abawizihiza bavuga ko kwibuka abapfuye ari kimwe mu […]
U Burusiya bwaba bushaka gukoresha abahoze muri special forces ya Afghanistan muri Ukraine
Abahoze ari abajenerali batatu ba Afghanistan batangarije Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika, ko abasirikare ba special forces ba Afghanistan barwananye n’ingabo z’Abanyamerika nyuma bagahungira muri Iran nyuma y’uko Amerika ivanyeyo ingabo za yo mu mwaka ushize, ubu barimo guhabwa akazi n’u Burusiya kugira ngo barwane muri Ukraine . Bavuze ko Abarusiya bifuza gukurura ibihumbi by’abahoze ari abakomando […]
Umugabo w’i Ruhango avuga ko amaze amezi 9 mu buhungiro azira kugeza ikibazo cye mu nzego nkuru

Habimana Jean Baptiste ufite urugo mu mudugudu wa Gatengezi, akagari ka Nyamagana, umurenge wa Ruhango mu karere ka Ruhango, avuga ko amaze amezi 9 ahungiye i Kigali azira kugeza ikibazo cye mu nzego nkuru z’ubuyobozi. Ikibazo cye gikomoka ku nzu ye yashatse kuvugurura mu 2018, agakuraho amategura, agashyiraho amabati ndetse akayikorera amasuku nk’uko bigaragara mu […]
Guverineri Gen. Constant Ndima arasanga imyigagambyo ishobora koroshya icengera ry’umwanzi
Guverineri wa gisirikare w Kivu y’Amajyaruguru arahamagarira sosiyete sivile n’imitwe y’abenegihugu kwirinda gutegura imyigaragambyo y’abaturage vuga ko ishobora koroshya icengera ry’abanzi . Mu itangazo ryasomwe n’umuvugizi wa FARDC kuri uyu wa Mbere, Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Constant Ndima Kongba, arahamagarira abaturage kwishyira hamwe inyuma ya FARDC kugira ngo harangizwe icyo yita intambara idafite ishingiro […]
Umuhanzi Davido mu gahinda
Umuhanzi wo muri Nigeria, Davido, ari mu gahinda nyuma y’aho kuwa Mbere yapfushije umuhungu we witwa Ifeanyi yari yabyaranye na Chioma Amakuru avuga ko Ifeanyi yarohamye muri Pisine iwabo ahitwa Banana Island muri Leta ya Lagos, igihe ajyaniwe Kwa muganga, akagerayo yapfuye kuko yatunze gutabarwa. Ifeanyi wavutse mu 2019. Ubwo yarohamaga muri iyi Pisine yahise […]
Uganda: Abantu bitwaje intwaro bishe abapolisi 2 mu gitero kuri station ya polisi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, abantu bitwaje imbunda batamenyekanye bishe umuyobozi mukuru (OC) w’iperereza hamwe n’umupolisi muto, abandi barakomereka mu gitero cyagabwe kuri Station ya Polisi ya Busiika mu karere ka Luweero . Umuyobozi muri aka karere, Richard Bwabye uyoboye komite ishinzwe umutekano y’akarere, yavuze ko abagabye igitero bateye ahagana mu ma saa […]
Perezida Ndayishimiye yohereje Lt Gen. Ntigurirwa i Kinshasa

Perezida w’u Burundi akaba n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Evariste Ndayishimiye, yohereje i Kinshasa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) Lieutenant GĂ©nĂ©ral Ntigurirwa Silas. Perezida Ndayishimiye yahaye Lt Gen. Ntigurirwa ubutumwa bwihariye bwerekeye ku kibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa RDC n’imishyikirano y’i Nairobi, abushyikiriza FĂ©lix Tshisekedi. Ibiro bya Perezida w’u Burundi […]
Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa
Guy Lumumba, umwe mu bahungu ba Minisitiri w’intebe wa mbere wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira, ko amasezerano yose yashyizweho umukono hagati y’igihugu cye n’u Rwanda yahagarikwa ndetse imipaka ihuza ibihugu byombi igafungwa . Yishimiye kandi icyemezo cyafashwe mu masaha 48 ashize n’inama y’igihugu y’ubwirinzi cyo kwirukana […]
Leta iratekereza uko izafasha abaturage badafite uburyo bwo kuhira batabona n’aho bakura ibyo kurya
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), Dr Patrick Karangwa, arizeza ibiribwa abaturage badafite icyizere cyo kuzabona umusaruro, bitewe n’imvura yabuze hamwe na hamwe mu Gihugu . Agace ka Afurika u Rwanda ruherereyemo gakomeje gutaka ibura ry’imvura y’umuhindo w’uyu mwaka, by’umwihariko mu bice bimwe na bimwe by’igihugu abahinzi barimo kugaragaza ko babuze imvura, bigatuma imyaka […]
M23 yasubije uvuga ko FARDC yigaruriye Rutshuru
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Major Willy Ngoma, yakwennye uwatangaje ko ashimira FARDC yabashije kwisubiza Rutshuru. Kuri Twitter, uwitwa Socrate Kushadi hashize amasaha make ashimira FARDC ko “Yabashije kugarura Rutshuru” Maj Ngoma yahise asubiza ibyatangajwe n’uyu Kushadi, mu tumenyetso tw’amaseka menshi. Ati “Hhhhhh”. Kuri ubu Rutshuru yose iragenzurwa na M23 Kandi aba barwanyi baravugwa […]