AS Kigali yahaye Marines FC isomo rya ruhago, ifata umwanya wa mbere
Ikipe ya AS Kigali yafashe by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona, nyuma yo kunyagira ikipe ya Marines FC ibitego 3-0. Iyi kipe y’Abanyamujyi yari yakiriye iy’Ingabo zirwanira mu mazi, mu mukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona. Ibitego bya AS Kigali byatsinzwe na Felix Kone ku munota wa 27, Tuyisenge Jacques ku wa 85, […]
Fortunat Biselele wayoze ari umujyanama wa Tshisekedi aravugwaho gutunga pasiporo y’u Rwanda
Fortunat Biselele wari umujyanama wihariye wa Perezida Félix Tshisekedi uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), aravugwaho gutunga pasiporo y’u Rwanda igifite agaciro. Ikinyamakuru Africa Intelligence mu nkuru ya Biselele cyatangaje kuri uyu wa 20 Mutarama 2023, cyavuze ko urwego rushinzwe iperereza rwa RDC ruzwi nka ANR rwaba rwaramufatanye iyi pasiporo. Biselele uzwi nka ‘Bifort’ […]
Abakobwa bakoresheje ikimero cyabo bakaba inshoreke z’abategetsi, bigahindura byinshi mu isi

Abakobwa b’ibizungerezi bakoresheje ubwiza bwabo bakaba inshoreke z’abategetsi bakomeye mu isi,ariko bakabikora bafite inyungu zihariye, bikanahindura byinshi mu mateka y’isi kugeza magingo aya. Kuva kera Umwami cyangwa abandi bayobozi, abaturage babaga bazi abagore babo akenshi ari nabo bajyana mu ruhame. Gusa bamwe mu bategetsi bagiye bagira abandi bagore cyangwa abakobwa bagiranaga umubona w’ibanga ndetse igihe […]
Ibitutsi n’imivumo kuri Apôtre Mutabazi nyuma yo kuvuga ko umunyamakuru Ntwali yasebyaga igihugu

Umuvugabutumwa Apôtre Mutabazi Kabarira Maurice, yatutswe, aravumwa nyuma yo gutangaza ko umunyamakuru Ntwali John Williams uherutse gupfa yasebyaga igihugu. Inkuru y’urupfu rwa Ntwali wari n’impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu yatangajwe na murumuna we Masabo Emmanuel, wasobanuye ko Polisi yamubwiye ko yishwe n’impanuka yabereye kuri Rwandex mu karere ka Kicukiro tariki ya 18 Mutarama, mu masaa munani y’urukerera. […]
Musanze: Akarere kabaye kishyuye make abakora isuku mu mihanda batakambaga
Abaturage basaga 500 bakora isuku mu mihanda itandukanye yo mu karere ka Musanze barishimira ko bahembwe imishahara y’amezi atatu ku mishahara y’amezi atanu bari bamaze bakora badahembwa. Ni nyuma y’inkuru yo ku wa 18 Mutarama 2023 yakozwe na Bwiza itabariza aba baturage bayigannye bayisaba kubakorera ubuvugizi bagahembwa amafaranga y’amezi yari agiye kugera kuri atanu bakora […]
Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina
Mu busanzwe abantu bakunze kwibanda ku bintu umuntu agomba gukora mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina bakirengagiza ko na nyuma yayo hari ibyo bagomba gukora kugira ngo ubuzima burusheho kumera neza. Inzobere mu byerekeye icyo gikorwa zivuga ko hari uburyo bwinshi abantu bakwiye kwitwara nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina. BWIZA yabateguriye burindwi muri bwo. Kujya mu […]
Perezida Macron yateguje amavugurura akomeye mu gisirikare, ashingiye ku bibera muri Ukraine
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yarahiriye kuvugurura igisirikare cy’iki gihugu mu buryo bukomeye kuva mu mwaka w’2024 kugeza mu 2030, ashingiye ku ntambara ikomeje u Burusiya bwashoje kuri Ukraine. Ubwo yari ku birindiro by’ingabo zirwanira mu kirere bya Mont-de-Marsan kuri uyu wa 20 Mutarama 2023, Perezida Macron yatangaje ko u Bufaransa bugomba kugira igisirikare gifite […]
Abafana ba Kiyovu Sports batuye Mukansanga Salima ibitutsi, bamwita ‘indaya’
Abafana ba Kiyovu Sports bise umusifuzi Mukansanga Rhadia Salima ‘umukecuru’ ndetse n’indaya’, nyuma yo kutishimira imisifurire yaranze umukino w’ikipe yabo na Gasogi United. Kuri uyu wa Gatanu ni bwo Kiyovu Sports yaguye miswi na Gasogi United 0-0, mu mukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona. Ni umukino Abayovu bari baje bakaniye, nyuma y’uko Gasogi United yari […]
Kera kabaye Eritrea yakuye ibihumbi by’ingabo zayo muri Ethiopia
Leta ya Eritrea yamaze kuvana muri Ethiopia ingabo yari ihafite, nyuma y’igihe zifatanya n’iza kiriya gihugu mu mirwano zari zimaze imyaka ibiri zihanganyemo n’inyeshyamba za TPLF. Abaturage bo mu ntara ya Tigray batangarije BBC ko kuri ubu abasirikare ba Eritrea barimo bava mu duce bagenzuraga ku bwinshi. Uwabonye ziriya ngabo zitaha wo mu mujyi wa […]
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye kujya gushakira ubwiyunge i Doha
Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko bashobora guhurira i Doha mu rwego rwo gucubya umwuka mubi umaze igihe hagati y’ibihugu byabo, ku buhuza bwa Qatar. Africa Intelligence yatangaje ko abakuru b’ibihugu byombi nta gihindutse bazahurira i Doha ku wa Mbere tariki ya 23 Mutarama […]
U Butaliyani: Juventus yakuweho amanota 15, ihananuka ku mwanya wa 10 muri shampiyona
Ikipe ya Juventus yaraye ikuweho amanota 15 mu yo yari ifite muri shampiyona y’u Butaliyani, bituma ihita ijya ku mwanya wa 10 muri iyi shampiyona. Ni icyemezo cyategetswe n’urukiko rwo mu Butaliyani, nyuma y’iperereza mu by’ubukungu yari imaze igihe ikorwaho n’ubushinjacyaha bw’ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru. Iryo perereza ryagaragaje ko Juventus yakoze nkana amakosa yerekeye kugura no […]