Rayon Sports Vs Kiyovu Sports: Impumeko iri hagati y’abakeba bombi mbere yo kwesurana

Rayon Sports kuri iki Cyumweru tariki ya 05 Gashyantare irakira Kiyovu Sports, mu mukino w’umunsi wa 18 ugomba kubera kuri Stade RĂ©gional y’i Muhanga. Ni umukino utegerejwe na benshi biganjemo abakunzi b’ariya makipe abiri y’amakeba, ndetse n’ab’andi makipe ahanganiye na yo igikombe cya shampiyona. Imyiteguro y’iyi Derby yaranzwe no gukorera imyitozo mu muhezo ku ruhande […]

Sobanukirwa birambuye akamoro ko kurira mu buzima bwa muntu

Kurira by’umwihariko ku bakuze bifatwa nko kugira umutima woroshye mu gihe bikorewe mu ruhame, ndetse hari ubwo uwo bibayeho afatwa nk’umunyantege nke. Benshi bafata kurira nk’igikorwa cy’abana bakiri bato mu myaka, gusa hari n’ubwo biba ku bantu bakuru bitewe n’impamvu runaka, cyangwa ikintu cyababayeho mu buryo butunguranye. Muri iyi nkuru, tugiye kurebera hamwe bimwe mu […]

Niyo Bosco yaba yashwanye n’abakoresha be bashya

Umuhanzi Niyo Bosco uheruka gutandukana na MI Empire ya IrenĂ© Murindahabi agasinyana amasezerano na Sunday Entertainment, hari amakuru avuga ko yaba yamaze gutandukana n’iyo sosiyete. Bivugwa ko Niyo Bosco na Sunday Entertainment hari ibintu batumvikanye mu masezerano bagiranye, aho abo bombi bahise banzura ko bagombaga kuba bahagaritse imikoranire. Hashize igihe cy’ukwezi kumwe, Niyo Bosco asinyanye […]

Perezida Kagame yaganiriye na Ndayishimiye nyuma y’inama EAC

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, bagiranye ibiganiro nyuma y’inama idasanzwe yabahuje na bagenzi babo bayoboye ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Perezidansi y’u Rwanda n’iy’u Burundi zombi zemeje ko abakuru b’ibihugu byombi baganiriye; gusa ntizatangaza ibikubiye mu biganiro bagiranye. Ibiganiro hagati y’abakuru b’ibihugu byombi byabereye mu biro […]

Everton yisasiye Arsenal, iyigabanyiriza amahirwe ku gikombe cya shampiyona

Ikipe ya Everton yagabanyije amahirwe ya Arsenal yo kwegukana Igikombe cya shampiyona y’Abongereza, nyuma yo kuyitungura ikayitsinda igitego 1-0. Iyi kipe yo mu mujyi wa Liverpool yari yakiriye Arsenal i Goodson Park; mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’Abongereza. Wari umukino wa mbere umutoza Sean Dyche atoje Everton nyuma yo gusimbura Frank Lampard uheruka […]

APR FC yisubije icyubahiro mbere yo kwesurana na Rayon Sports

Ikipe ya APR FC yisubije umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda bigoranye Sunrise FC igitego 1-0. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Sunrise FC kuri Stade ya Nyagatare, mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona. Ni umukino yasabwaga gutsinda ikisubiza umwanya wa mbere, nyuma y’uko ku wa Gatanu yari […]

Ubucuruzi bw’ibigori byokeje n’ibitetse bwaciwe i Bujumbura

Leta y’u Burundi yamaze guca ubucuruzi bw’ibigori byokeje ndetse n’ibitetse bwakorerwaga ku mihanda ndetse no mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Bujumbura. Ni ibikubiye mu itangazo ryasohowe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Bujumbura, GĂ©nĂ©ral de Brigade Jimmy Hatungimana; mu itangazo yasohoye ku wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare 2023. Itangazo rivuga ko “Ubuyobozi bw’Umujyi wa Bujumbura buramenyesha ababa […]

Ntibisanzwe! Yabenze abasore b’ibigango yemera kujya kubana na John utagira amaboko

John Mashariya na Pory Mukani babana nk’umugore n’umugabo, aho inkuru y’urukundo rwabo ibera benshi filime kuko hari abatemera ko aba bakundana kubera ko uriya mugabo afite ubumpuga yavukanye bwo kutagira amaboko. Inkuru y’urukundo rwabo bayitangarije Afrimax TV ikorera kuri YouTube aho yari yabasuye mu rugo rwabo mu gihugu cya Kenya. Ubusazwe John Mashariya yavukanye ubumuga […]

Ifoto y’umunsi: Perezida Kagame yahoberanye na Ndayishimiye w’u Burundi

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Gashyantare 2023, yakiriwe na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi barahoberana. Umukuru w’Igihugu ari i Bujumbura mu Burundi aho yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yiga ku bibazo bya Congo. Ni inama yanitabiriwe n’abandi bakuru b’ibihugu barimo William Samoei […]

Uko Gen. Albert Murasira yavuye muri Ex FAR mbere yo kwisanga muri RDF

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yahishuye uko Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj Gen Albert Murasira yavuye mu ngabo zari iza Ex FAR mbere yo kwinjira muri RPA yaje guhinduka RDF. Gen Kabarebe yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare, ubwo yaganiraga urubyiruko rusaga 600 rwitabiriye ibiganiro bigamije kurwigisha amateka […]

Perezida Paul Kagame ari i Bujumbura mu Burundi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yamaze kugera i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi; aho yitabiriye inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC). Ni inama iza kuyoborwa na Perezida Evariste Ndayishimiye kuri ubu uyoboye uriya muryango, ikaza kwibanda ku bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Perezida Kagame akigera i Bujumbura yari aherekejwe […]

Mbosso yasangiye inyama n’abafana be ku muhanda mbere yo kubataramira

Umuhanzi Mbwana Yusuf Kilungi wamampaye nka Mbosso mu muziki wa Tanzania, yasangiye inyama ahuta n’isupu we n’abafana be bo muri Zanzibar mbere y’uko abataramira mu gitaramo cy’imbaturamugabo. Ku wa Gatanu tariki ya 3 Gashyantare nibwo Mbosso yageze muri Zanzibar, aho ari buze gutaramira kuri uyu wa Gatandatu. Ubwo yageraga muri ibi birwa, yafashe akanya ko kuruhuka […]

Kuki abagabo bafata abagore b’ikibuno kinini nk’abo gukora imibonano mpuzabitsina gusa?

Abenshi babikoramo urwenya, ukumva bavuga ngo ‘abagore bafite ikibuno kinini mu mutwe aba ari hato’. Iyo usesenguye iyo mvuga wumva harimo gutebya cyane, gusa nanone ugasangamo no kwibasira abantu bateye batyo. Ni gake uzabona umugabo ahuye n’umugore ufite ikibuno kinini ntasubize amaso inyuma ngo yihere amaso iyo miterere. Abahanga mu byerekeye imitekerereze bavuga ko abagabo […]

Gen. James Kabarebe yahishuye uko yigeze kurwana n’intare kugeza ayinesheje

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yahishuye uko mu 1982 we na bagenzi be bigeze guhangana n’intare ijoro ryose kugeza bayinesheje. Gen Kabarebe yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare, ubwo yaganiraga urubyiruko rusaga 600 rwitabiriye ibiganiro bigamije kurwigisha amateka yaranze u Rwanda ndetse n’uruhare rufite mu guharanira kubaka ahazaza […]