Rayon Sports yahembye umukinnyi wahize abandi muri Mutarama (Amafoto)

Rayon Sports kuri uyu wa Kane yatanze igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi kwa Mutarama 2023, cyegukanwa na myugariro Mitima Isaac. Ni igihembo uyu myugariro w’Umunyarwanda yegukanye ahigitse Ngendahima Eric ‘Gasongo’, na Nkekwe FĂ©lix bari bagihanganiye, bose bafashije bikomeye iyi kipe. Mitima Isaac atowe nyuma y’icyumweru Rayon Sports isohoye aba bakinnyi bahanganiraga iki gihembo ndetse inasabye abafana bayo […]
Prince Kid na Miss Iradukunda Elsa bahamirije urwo bakundana imbere y’amategeko (Amafoto)

Kuri uyu wa Kane tariki ya 02 Werurwe 2023, Ishimwe DieudonnĂ© wamenyekanye nka Prince Kid yasezeranye imbere y’amategeko na Miss Iradukunda Elsa wabaye nyampinga w’u Rwanda wa 2017. Aba bombi basezeraniye ku biro by’Umurenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane. Ishimwe DieudonnĂ© yamenyekanye cyane kubera Rwanda Inspiration Back […]
Imaramatsiko ku kipe ya 3 ikomeye igiye gukorana n’u Rwanda nyuma ya Arsenal na PSG
Ku wa Gatatu tariki ya 01 Werurwe 2023, Perezida Paul Kagame yabwiye itangazamakuru ko hari indi kipe ya gatatu ikomeye u Rwanda ruri kuganira na yo, ku buryo impande zombi zishobora kugirana imikoranire. Ni nyuma y’uko kuva muri 2018 u Rwanda rukorana n’amakipe ya Arsenal yo mu Bwongereza na Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa mu […]
Nzaba Perezida wa Uganda nyuma ya data – Gen. Muhoozi
Gen. Muhoozi Kainerugaba yemeje ko azaba Perezida wa Uganda nyuma ya se, Yoweri Museveni . “Nzaba Perezida wa Uganda nyuma ya data,” ibi byatangajwe na Gen. Muhoozi abinyujije kuri konti ye ya twitter mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane. Yongeyeho ati “Abo barwanya ukuri bazatenguhwa cyane” Uyu mujyanama mukuru wa Perezida […]
Une enseignante qui a étranglé à mort ses 4 enfants condamnée à la prison à vie
Une femme qui a Ă©tranglĂ© ses quatre enfants Ă Naivasha, au Kenya, il y a deux ans a Ă©tĂ© condamnĂ©e Ă la rĂ©clusion Ă perpĂ©tuitĂ© par la Haute Cour . Beatrice Mwende, qui a Ă©tranglĂ© les mineurs et dormi Ă cĂ´tĂ© de leurs corps sans vie, a Ă©tĂ© condamnĂ©e après avoir plaidĂ© coupable aux quatre […]
Kicukiro: La police déjoue un vol de moto
La police du district de Kicukiro, le mardi 28 fĂ©vrier, a dĂ©jouĂ© la tentative d’un homme de voler une moto . Le suspect a Ă©tĂ© arrĂŞtĂ© peu de temps après que le propriĂ©taire lĂ©gitime a signalĂ© le vol prĂ©sumĂ©, a dĂ©clarĂ© l’inspecteur en chef de la police (CIP) Sylvestre Twajamahoro, porte-parole de la police de […]
Gen. Mujinga yasobanuye iby’ingabo za Kenya zimaze iminsi muri Kisangani
Komanda w’akarere ka 31 k’igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Brig. Gen. ThimothĂ©e Mujinga yasobanuye impamvu abasirikare ba Kenya bamaze iminsi mu mujyi wa Kisangani. Ni nyuma y’igitutu abaturage ndetse na Perezida w’Inteko ishinga amategeko ku rwego rw’intara ya Tshopo bamaze iminsi bashyira kuri Leta ya RDC, bayigaragariza ko batazi impamvu izi ngabo ziri […]
RSF irasaba Leta y’u Burundi gufungura Irangabiye umaze amezi 6 muri gereza
Umuryango w’abanyamakuru ndengamupaka, RSF, urasaba Leta y’u Burundi gufungura umunyamakuru Floriane Irangabiye umaze amezi atandatu afungiwe muri gereza zitandukanye. Irangabiye yatawe muri yombi n’urwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza, SNR, tariki ya 30 Kanama 2022 ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Bujumbura, avuye mu Rwanda. Abamufunze bamubwiraga ko yagambaniye igihugu cye, agakorana “n’imitwe yitwaje intwaro irwanya […]
Igisirikare cy’u Bwongereza cyafashe ubwato burimo intwaro zirimo izirasa ibifaru zerekezaga muri Yemen
Kuri uyu wa Kane, ingabo zirwanira mu mazi z’u Bwongereza zafashe misile zirasa ibafaru ndetse n’ibikoreso byo guteranya za misile za ballistique mu gitero cyagabwe ku bwato buto bwavaga muri Iran bwerekeza muri Yemeni, nk’uko abayobozi babitangaje bemeza ko ibi bikoresho biherutse gufatirwa mu Kigobe cya Oman nk’uko tubikesha France24 . Ifatwa ry’izi ntwaro rie […]
Lionel Messi yageneye bagenzi be batwaranye Igikombe cy’Isi impano ya Terefoni z’akataraboneka
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine, Lionel Messi, yamaze gutumiza terefoni z’akataraboneka 35 zo guha bagenzi be bakinana mu kipe y’igihugu; nk’ishimwe ryo kuba baratwaranye Igikombe cy’Isi cya 2022 cyaberaga muri Qatar. Terefoni Messi yamaze gutumiza ni izo mu bwoko bwa iPhone 14 ziri mu zigezweho zikorwa n’uruganda rwa Apple. Izi zo cyakora cyo zirihariye kuko […]
Angola yemeje ko yavuganye n’ubuyobozi bwa M23
Ubutegetsi bwa Angola bwemeje ko buherutse kuganira n’abayobozi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC). Byemejwe na Perezida wa Angola, JoĂŁo Lourenço mu kiganiro cyigariye yagiranye n’intumwa yihariye ya Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI), LĂgia Anjos kuri uyu wa 1 Werurwe 2023. Anjos yamubajije ati: “Bwana Perezida, mu […]
Visi Perezida wa Kenya yamaganye ubutinganyi, abwita ‘ibishitani’
Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yamaganye yivuye inyuma ibikorwa by’abaryamana bahuje ibitsina bizwi nk’ubutinganyi, abyita ibishitani bikwiye kurwanywa n’abarimo Perezida William Ruto. Ubwo yafunguraga ikigega cy’abagore kuri uyu wa 2 Werurwe 2023, Visi Perezida Gachagua yatangaje ko yatunguwe no kumva urukiko rw’ikirenga rushinja Leta kwanga kwandika imiryango iharanira uburenganzira bw’abaryamana bahuje ibitsina n’abandi, bose […]
Iyo tuvuze Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda ni uguteza urujijo, muri RDC hari Abahutu n’Abatutsi – Patrick Muyaya
Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru wa Repubulikaya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya na Tshibangu Kalala, umwarimu w’uburenganzira bw’imiryango mpuzamahanga n’amategeko mpuzamahanga y’ibidukikije, banze imvugo “Umunyekongo uvuga Ikinyarwanda (Congolais Rwandophone) .” Aba baturage bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda imipaka y’abakoloni yabashyize ku ruhande rwa Leta yigenga ya Congo mu 1885. Byavugiwe mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu, itariki […]
Kinshasa: Urubanza ku iyicwa rya Ambasaderi w’u Butaliyani rwasubitswe kubera abunganizi
Urubanza ku iyicwa rya Ambasaderi w’u Butaliyani wiciwe mu 2021 muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwigijwe inyuma icyumweru kuri uyu wa Gatatu I Kinshasa kubera ko ibura ry’abunganizi bunganira abashinjwa kugira uruhare muri ubu bwicanyi. Iburanisha ryatangijwe rikerewe amasaha abiri. Perezida w’urukiko yahamagaye abaregwa batanu maze ababaza impamvu abunganizi babo badahari nk’uko iyi nkuru […]
Kigali: Abanyerondo baciye ugutwi umuzunguzayi
Abanyerondo baciye ugutwi umuzunguzayi wari uri gukora akazi ke mu buryo butemewe, aho mbere yo kumukora ibyo babanje no kumukubita bashaka kumwambura ibyo yari afite. Ibi byabereye mu murenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge ku isoko rya Nyarugenge, aho abanyerondo baciye umuzunguzayi ugutwi bakoresheje imodoka y’umurenge. Abari aho ibyo biba bavuze ko uyu muzunguzayi […]
Gen. Kainerugaba yahawe uburenganzira bwo gukorera ibirori ku mupaka w’u Rwanda na Uganda
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akaba n’umujyanama we mu bikorwa byihariye by’igisirikare, General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yahawe ubureganzira bwo gutegura no gukorera ibirori ku mupaka w’igihugu cyabo n’u Rwanda. Tariki ya 27 Gashyantare, Gen. Kainerugaba yatangarije abamukurikira kuri Twitter ko afite icyifuzo cy’uko mu rwego rwo kwishimira ifungurwa ry’umupaka wa Gatuna ryabaye […]
Minisitiri w’ingabo w’u Budage aremeza ko budafite igisirikare gifite ubushobozi bwo kurinda igihugu igitero gikomeye
Kuri uyu wa Mbere ushize, Minisitiri w’ingabo w’u Budage, Boris Pistorius, yatangaje ko ingabo z’igihugu zititeguye kurinda igihugu ibitero bikomeye bya gisirikare. Minisitiri yabivuze mu nama yagiranye na bagenzi be bo mu ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (SPD) . Pistorius yagize ati: “Nta ngabo dufite zifite ubushobozi bwo kurengera [igihugu], ni ukuvuga zishobora kukirinda […]
Rwanda inasema iko tayari kujilinda dhidi ya vitisho vya kuvuka mpaka vya DRC
Rwanda imetangaza kuwa haitakubali tena kile ilichokiita kupunguza wasiwasi wake wa kiusalama huku kukiwa na msururu wa ukiukwaji wa anga na mipaka ya nchi kavu na Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) . Katika taarifa, Rwanda ilisema vikosi vyake vya usalama viko tayari “kuchukua hatua kuzuia tishio lolote la kuvuka mpaka, kulingana na ukubwa wake, […]
Colonel Alfred wa M23 aremeza ko FARDC yavumwe kubera gukorana na FDLR
Colonel Alfred uri mu bayobozi bakuru b’umutwe witwaje intwaro wa M23 aremeza ko ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, zavumwe kubera ko zikorana n’umutwe wa FDLR ugizwe n’abarimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda. Uyu musirikare ukomoka muri Kitshanga yatangaje aya magambo tariki ya 28 Gashyantare 2023 ubwo abarwanyi ba M23 bayobowe n’intumwa yihariye […]
Blâmer le Rwanda ne rĂ©soudra pas les problèmes de sĂ©curitĂ© qui affligent l’est de la RD Congo – Kagame
Le prĂ©sident Paul Kagame a dĂ©clarĂ© que les problèmes de sĂ©curitĂ© qui affligent l’est de la RD Congo ne peuvent pas ĂŞtre simplement souhaitĂ©s, mais que des efforts dĂ©libĂ©rĂ©s doivent ĂŞtre dĂ©ployĂ©s pour les rĂ©soudre, ajoutant que blâmer le Rwanda ne les rĂ©soudra en aucune façon non plus . Il s’adressait Ă une confĂ©rence de […]
Madonna ufite imyaka 64 ari mu rukundo n’umusore abyaye

Umunyabigwi mu njyana ya Pop, Madonna ari mu munyenga w’urukundo n’umusore aruasha imyaka 35 usanzwe ari umuteramakofi. Madonna ufite imyaka 64 ari mu rukundo n’umuteramakofi, Josh Popper wabaye umutoza w’umwana we mu nzu y’imyitozo ngororamubiri ya Bredwinner Gym iherereye mu mujyi wa New York nk’uko bitangazwa na Daily Mail. Uyu umuhanzikazi yagaragaye ari kumwe n’uyu […]
Lt Gen Constant Ndima yakemuye ikibazo cyerekeye ‘imyitwarire ya kidayimoni’ M23 yamushinjaga
Ubuyobozi bwa gisirikare bw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuva ku wa Gatatu tariki ya 01 Werurwe bwemeye urujya n’uruza rw’ibicuruzwa hagati y’Umujyi wa Goma n’ibice by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru bigenzurwa n’umutwe wa M23. Ni icyemezo cyafashwe na Guverineri wa gisirikare wa Kivu y’Amajyaruguru, Lt Gen Constant Ndima Kongba, nyuma y’uko ubuzima bw’abatuye Umujyi wa Goma bwari […]
Muhozi Fred yemeje ko Kiyovu yahawe penaliti itari yo

Umukinnyi wa Kiyovu Sports n’ikipe y’igihugu ya Amavubi, Muhozi Fred, yiyemereye ko ikipe ye yahawe penaliti itari yo. Hari mu mukino ubanza wa ? cy’irangiza mu Gikombe cy’Amahoro wabaye ku gicamunsi cy’ejo tariki ya 1 Werurwe 2023, aho Kiyovu Sports yari yakiriye La Jeunesse FC kuri Sitade Muaamena. Muri uwo mukino wari wabereye kuri sitade […]
Perezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rugiye gukorana n’indi kipe ikomeye

Perezida, Paul Kagame yemeje ko mu u Rwanda rugiye gusinyana amasezerano y’imikoranire n’indi kipe ikomeye y’umupira w’amaguru, nyuma ya Arsenal na Paris Saint Germain zisanzwe zikorana n’u Rwanda mu kurumenyekanisha. Ibi Perezida Kagame yabitangarije mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 01 Werurwe 2023, aho yakomoje ku musaruro mwiza wavuye mu mikoranire y’u Rwanda na Arsenal […]