Rusizi: Umugore n’umukobwa we w’imyaka 21 bishwe n’inkuba

Nyirabageni Domitille w’imyaka 51 n’umukobwa we Abayisenga Jeannine wa 21, bo mu mudugudu wa Karambo, akagari ka Gasheke, umurenge wa Bushenge, mu karere ka Nyamasheke, bakubitiwe n’inkuba mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi bahita bapfa, uruhinja rw’amezi 4 bari bafite rurarokoka. Amakuru Bwiza.com yahawe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Nkanka, Ntivuguruzwa Gervais, avuga ko […]
Undi muhanzi wo muri Afurika y’Epfo yapfuye
Nyuma y’urupfu rwa AKA na Costa Titch, bombi bo muri Afurika y’Epfo, undi muhanzi w’icyamamare mu njyana ya Jazz, Gloria Bosman yapfuye, afite imyaka 50. Impamvu y’urupfu ntiramenyekana. Aya makuru yamenyekanye nyuma y’itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuryango uharanira uburenganzira ku muziki muri Afurika y’Epfo (SAMRO) yari asanzwe akoreramo, uvuga ko uyu muhanzi yasize umurage urambye ndetse […]
Poland yatangaje ko igiye guha Ukraine indege za MiG-29
Perezida wa Poland, Andrzej Duda, yatangaje ko igihugu cye kizaha Ukraine indege z’intambara za MiG-29 izifashisha mu rugamba ihanganyemo n’u Burusiya. Nk’uko ikinyamakuru DW cy’Abadage kibivuga, Perezida Duda ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru mu mujyi wa Warsaw kuri uyu wa 16 Werurwe 2023 yagize ati: “Mu minsi iri imbere, niba nibuka neza, tuzohereza indege enye […]
Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe
Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yavuze imyato Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi uheruka kwitaba Imana, anizeza umuryango we ko RDF izawuba hafi. Ku itariki ya 06 Werurwe ni bwo Gen Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda yitabye Imana aguye i Brussels mu Bubiligi, aho yari amaze igihe gito arwariye. Kuri […]
Tani za Uranium zilitoweka kwenye tovuti ya Libya
Wakala wa Kimataifa wa Nishati ya Atomiki (IAEA) umetangaza kuwa wakaguzi wake wamegundua kuwa takriban tani 2.5 za urani asilia zimetoweka kwenye eneo la Libya . Mkurugenzi Mkuu wa IAEA, Rafael Grossi alisema katika taarifa yake kwamba wakaguzi wa Shirika hilo Jumanne “waligundua kuwa ngoma 10 zenye takriban tani 2.5 za urani asilia katika mfumo […]
Rutahizamu wa PSV yatangaje ko ashobora kuzahitamo gukinira Amavubi
Rutahizamu Johan Bakayoko w’Ikipe ya PSV Eindhoven yo mu cyiciro cya mbere mu Buholandi, yatangaje u Rwanda mu bihugu yumva ashobora kuzahitamo gukinira. Bakayoko w’imyaka 19 y’amavuko, nyina umubyara ni Umunyarwandakazi mu gihe se ari umunya-CĂ´te d’Ivoire. Uyu musore ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi, asanzwe akina nka rutahizamu w’imbere ku ruhande rw’iburyo (kuri numĂ©ro 7). Mu […]
Libya: Toni 2,5 z’ubutare bwa uranium bukorwamo intwaro za kirimbuzi zaburiwe irengero
Kuva mu 2003 ni bwo Libya yahagaritse gahunda yayo yo gukora intwaro za kirimbuzi. Nyamara, Ikigo mpuzamahanga gishinzwe kugenzura ingufu za kirimbuzi (IAEA) cyatangaje kuri uyu wa Gatatu ushize ko toni 2,5 z’ubutare bwa Uranium zaburiye muri Libya, gisobanura ko kigiye kubikoraho iperereza . Mu ruzinduko rwabaye ku wa Kabiri, abagenzuzi bo mu Muryango w’Abibumbye […]
USA yemeje ko u Burusiya bwarashe ‘drone’ yayo
Minisiteri y’ingabo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yasohoye videwo yerekana ko ‘drone’ y’iki gihugu yarashwe n’indege y’intambara y’Abarusiya mu nyanja y’umukara bitangonganye nk’uko u Burusiya bwabitangaje. Videwo y’amasegonga 42 Minisiteri y’ingabo muri USA yashyize hanze kuri uyu wa 16 Werurwe 2023, igaragaza buri kimwe cyabaye. Iyi Minisiteri kandi yashyize hanze n’andi mafoto menshi yerekana ko […]
Lt. Gen. Constant Ndima rehabilitated as commander of military operations in North Kivu
The Chief of Staff of the Armed Forces of the Democratic Republic of Congo, Lieutenant-General Christian Tshiwewe Songesa notified Wednesday, March 15, the military governor of North Kivu, Lieutenant-General Constant Ndima, of his rehabilitation as commander of military operations in this province, in accordance with the provisions of the state of siege . “I inform […]
U Burundi bwohereje izindi ngabo muri RDC

U Burundi bwohereje icyiciro cya gatatu cy’ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) kugira ngo zifashe izazibanjirije kugenzura ibice byari byarafashwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23 muri teritwari ya Masisi. Ibiro by’umutwe w’ingabo zo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba ukorera mu burasirazuba bwa RDC, EACRF, byatangaje ko iki cyiciro cy’abasirikare b’u Burundi […]
Le 73e Congrès de la FIFA: Infantino réélu pour un nouveau mandat de quatre ans

Le prĂ©sident de la FIFA, Gianni Infantino, a Ă©tĂ© réélu pour un nouveau mandat de quatre ans Ă la tĂŞte de l’instance dirigeante du football mondial lors d’une Ă©lection tenue Ă Kigali . Près de 2 000 dĂ©lĂ©guĂ©s, dont les plus hauts dirigeants du football de l’instance dirigeante du football mondial (FIFA), se rĂ©unissent Ă […]
Umuhango wo kwibuka umuraperi Costa Titch ugiye gusubikwa
Umuryango w’umuraperi wo muri Afurika y’Epfo, Costa Titch uherutse kugwa ku rubyiniro agahita apfa watangarije abakunzi be ko umuhango wo kumwibuka ugiye gusubikwa. Mu itangazo abagize umuryango wa Costa Titch bashyize ku mbuga nkoranyambaga, batangaje ko bababajwe no kumenyesha abamukundaga ko igikorwa cyo ku mwibuka kizasubikwa kubera ubusabe bwa bamwe bifuza kucyitabira. Uyu muryango uti […]
Gianni Infantino yahishuye uruhare rw’u Rwanda mu itorya rye nka Perezida wa FIFA
Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yahishuye ko u Rwanda ruri mu bamuhaye ubufasha bukomeye mu gutuma atorerwa kuyobora iriya nzu iyobora umupira w’Isi, nyuma yo kumuremamo icyizere. Gianni Infantino yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Werurwe, ubwo yari mu muhango wo gutangiza Inteko Rusange ya 73 ya FIFA iri […]
Gen. Kainerugaba yatangaje ku mugaragaro ko azahatana mu matora yo mu 2026
Gen. Muhoozi Kainerugaba yamaganye igisekuru cy’abayobozi , se, Yoweri Museveni na se wabo, Gen Salim Saleh babarizwamo, avuga ko gikomeje kwiganza mu buyobozi kurusha urubyiruko ubwo yongeraga kugaragaza inyota afitiye ubutegetsi . Uyu musirikare mukuru wa UPDF w’imyaka 48 usanzwe ari n’umujyanama wa perezida mu bikorwa bidasanzwe, yatangaje ko yategereje bihagije igihe cye cyo kuyobora […]
Perezida Kagame ahangayikishijwe n’uko abakinnyi b’Abanyafurika baterwa imineke
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ahangayikishijwe n’uburyo abakinnyi b’umupira w’amaguru bo muri Afurika bakinira mu bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi, bakorerwa ivangura, bagaterwa imineke. Ni ikibazo Umukuru w’Igihugu yavugiye mu Nteko Rusange y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, iri kubera i Kigali kuri uyu wa 16 Werurwe 2023. Perezida Kagame yavuze ko politiki mbi iri […]
Inkubi y’umuyaga yiswe Freddy imaze guhitana abasaga 300 mu gihe Mozambique ikomeje kubara
Umubare w’abantu bamaze gupfa bazize inkubi y’umuyaga yiswe Freddy umaze kurenga abantu 300 mu gihe kubara imirambo bikomeje kwiyongera, abayobozi bo muri Mozambike bo bakaba bihaye iminsi itari mike kugira ngo basuzume urugero rw’ibyangiritse ndetse n’abapfuye . Iyi nkubi y’umuyaga ikabije yanyuze muri Afurika y’amajyepfo muri weekend ku nshuro ya kabiri nyuma y’inshuro ya mbere […]
Uwayoboye HRW abona ubuzima bwa Putin buzarangirira muri gereza
Kenneth Roth wayoboye umuryango HRW uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu kuva mu mwaka w’1993 kugeza mu 2022 abona ubuzima bwa Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, bushobora kuzangirira muri gereza. Ni nyuma y’aho abari mu buyobozi n’abahoze mu buyobozi bw’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, batangarije ko u Burusiya bushobora gutangira gukurikiranwa kubera intambara bwashoje kuri Ukraine muri Gashyantare 2022. […]
Perezida wa FIFA asanga Kagame akwiye umwanya muri 11 babanza mu Amavubi
Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, Gianni Infantino, yatangaje ko yatunguwe n’impano ya ruhago Perezida Paul Kagame afite; mu buryo busa no gutebya avuga ko abona akwiriye umwanya mu kipe y’igihugu ‘Amavubi’. Kagame na Infantino kuri uyu wa Gatatu bari bahuriye mu mukino w’irushanwa rito ryari ryateguwe na FIFA, urangira ikipe y’u Rwanda yakinagamo Umukuru […]
Lt Gen Constant Ndima yasubijwe inshingano zerekeye FARDC yari yarambuwe
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Gen Constant Ndima Kongba, yasubijwe inshingano zo kuyobora ibikorwa bya gisirikare muri iyi ntara nyuma y’igihe yarazambuwe. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Werurwe ni bwo Lt Gen Ndima yasubijwe muri ziriya nshingano n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Lt Gen Christian Tshiwewe Songesa. […]
BAL 2023: REG BBC yakatishije itike y’imikino ya nyuma

Nshobozwa yafashije REG BBC ihagarariye u Rwanda gutsinda AS Dounes yo muri SĂ©nĂ©gal amanota 69 kuri 55 mu mikino y’irushanwa Nyafurika muri Basketball iri kubera i Dakar muri SĂ©nĂ©gal, ihita inakatisha itike y’imikino ya nyuma izabera mu Rwanda. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Werurwe, mbere gato y’umukino wahuje REG BBC […]
UCL: Real Madrid yongeye gutoneka Liverpool, Napoli ikomeza kwitwara neza

Real Madrid yongeye gusubira Liverpool iyitsinda igitego 1-0 bituma ikomeza muri ÂĽ cy’irangiza mu mikino ya UEFA Champions League, mu gihe Napoli yo mu Butaliyani na yo yasezereye Eintrancht Frankfurt yo mu Budage. Real Madrid yari yakiriye Liverpool kuri Estadio Santiago BernabĂ©u mu mu mukino wo kwishyura waje ukurikira uwo Real yabatsindiyemo iwabo ibitego 5-2 […]