Abasifuzi bahagaritswe nyuma yo kongera iminota 42 ku mukino

oq-sport-preview-90-plus-40_-_2023-03-20t163635_976.jpg

Ishyirahamwe ry’mupira w’amaguru muri Bolivia ryahagaritse abasifuzi batandatu basifuye umukino w’icyiciro cya mbere muri iki gihugu maze bakongeraho iminota irenga 42 nyuma y’iminota 90 isanzwe ikinwa. Ibi byabaye mu mukino ikipe ya Atletico Palmaflor yatsinzemo Blooming FC ibitego 3-2 ku wa Mbere w’icyumweru gishize. Uyu ni umwe mu mikino yakinwe igihe kirekire mu mateka kuko […]

Mali: Umunyamakuru w’Umufaransa wari umaze hafi imyaka ibiri mu maboko y’ibyihebe yarekuwe

Umunyamakuru w’Umufaransa Olivier Dubois wari umaze imyaka ibiri ari mu maboko y’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Isilamu muri Mali yarekuwe kuri uyu wa 20 Werurwe 2023. Inkuru y’irekurwa ry’uyu munyamakuru yemejwe na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron wagize ati: “Olivier Dubois yarekuwe” ndetse n’umuryango w’abanyamakuru batagira umupaka, RSF yagize iti “Amaherezo Olivier Duboi yarekuwe.” Radiyo mpuzamahanga […]

DRC: Islamic State claims responsibility for attack that killed 9 in Lubero

The Islamic State group (Daesh) claimed responsibility on Sunday March 19 for an attack by Ugandan terrorists from the Allied Democratic Forces (ADF) that left at least ten (10) dead in Nguli, a town located in the territory of Lubero, in the North -Kivu. This attack is the first in Lubero territory . “On Saturday, […]

Kenya: Abigaragambya birukankanye Polisi iyabangira ingata

Abanya-Kenya bashyigikiye uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi kuri uyu wa Mbere birukankanye abapolisi mu ntara ya Kisumu, biba ngombwa ko bakizwa n’amaguru. Ni nyuma y’imyigaragambyo ikomeye yaramukiye mu mijyi itandukanye y’igihugu cya Kenya kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Werurwe 2023. Ni imyigaragambyo umunyapolitiki Raila Odinga ukuriye ihuriro Azimio la Umoja ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa […]

Wachina tisa wauawa katika shambulizi Afrika ya Kati

Wachina tisa waliuawa katika eneo la uchimbaji madini katika Jamhuri ya Afrika ya Kati, shambulio lililolaaniwa na Rais wa China Xi Jinping ambaye alitoa wito Jumatatu “kuwaadhibu vikali” wahalifu . Shambulio hilo lilitokea Jumapili mwendo wa saa 5 asubuhi kwa saa za huko (0400 GMT) katika eneo la Bambari, katikati mwa nchi hiyo ya Kiafrika, […]

Abashinwa icyenda biciwe muri Centrafrica

Abashinwa icyenda biciwe ahacukurwa amabuye y’agaciro muri Repubulika ya Centrafrica, mu gihe cy’intambara y’abenegihugu, igitero cyamaganwe na Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, wasabye kuri uyu wa Mbere “guhana bikomeye” abakoze ubu bwicanyi . Iki gitero cyabaye ahagana saa kumi n’imwe kuri iki Cyumweru mu Karere ka Bambari. Umuyobozi w’akarere, Abel Matchipata, yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa […]

U Rwanda ntirwagarutse muri raporo y’uko ibihugu bihagaze mu byishimo

Ikigo gishamikiye ku Muryango w’Abibumbye giharanira iterambere rirambye, UNSDSN, ntabwo cyongeye gushyira u Rwanda muri raporo igaragaza uko ibihugu bihagaze mu byishimo. Raporo ya 2020-2022 SDSN (Sustainable Development Solutions Network) yashyize ahagaragara kuri uyu wa 20 Werurwe 2023 yakorewe ku bihugu 137, rukaba ruyobowe na Finland imaze imyaka myinshi iza imbere. Ibihugu byo mu karere […]

Igihugu cya mbere cyemeje ko cyiteguye guta muri yombi Putin ushakishwa na ICC

Igihugu cy’u Budage cyatangaje ko cyiteguye guta muri yombi Perezida Vladimir Putin, mu gihe uyu mukuru w’Igihugu cy’u Burusiya yaba akandagiye ku butaka bwacyo. Ni amakuru yemejwe na Minisitiri w’u Butabera w’u Budage, Marco Buschmann mu kiganiro aheruka kugirana n’ikinyamakuru Bild kiri mu bikomeye byandikira mu Budage. Yagize ati: “Putin naramuka yinjiye ku butaka bw’u […]

Rusizi/ Rasano: Bagenda ibilometero birenga 50 bashaka serivisi zijyanye na SIDA

Bwa mbere, abayobozi bifatanije n'abaturage ba Rasano na Murwa kwizihiza umunsi mpuzamahaga wo kuzirikana ububi bwa SIDA

Abaturage b’utugari twa Rasano na Murwa mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi, cyane cyane urubyiruko, bavuga ko nta byinshi bazi ku byerekeranye n’agakoko gatera SIDA, kuko aho batuye nta serivisi zabyo bahabona, kuzibona bibasaba urugendo rw’ibilometero birenga 50 bajya, banava ku kigo nderabuzima cya Bweyeye ziboneka, bagahitamo kubyihorera. Iki ngo ni ikibazo gikomeye […]

Indege z’intambara z’u Bwongereza n’iz’u Budage zitambitse iz’u Burusiya hafi ya Estonia

cfef15c1-85cd-4d72-805bd538055d1812-unclassified_ascr_eeei_tu-134_1.png.jpg

Indege y’indwanyi y’u Bwongereza yo mu bwoko bwa Typhoon n’indi y’Igisirikare cy’u Budage mu mpera z’icyumweru gishize zahagurukijwe igitaraganya ku birindo bya gisirikare bya Ă„mari muri Estonia zigiye guhagarika indege itwara abagenzi yari iherekejwe n’indege z’indwanyi z’u Burusiya . Mu rwego rwo gukomeza kurinda umutekano mu kirere muri aka karere, indege zombi za NATO zahagurukijwe […]

Senateri Muyumba yibasiye Inteko ya RDC yananiwe kwemeza amahanga ko agomba kwamagana u Rwanda

Senateri wo muri demukarasi ya Congo, Ambasaderi Francine Muyumba, yibasiye intumwa zoherejwe mu nama mpuzamahanga y’Inteko zishinga amategeko (IPU) yabereye muri Bahrain, zikananirwa kwemeza amahanga ko agomba kwamagana u Rwanda. Mu mujyi wa Manama tariki ya 12 Werurwe 2023, Prof. AndrĂ© Mbata Mbangu wari uyoboye intumwa z’Inteko ya RDC yasobanuriye abandi bashingamategeko bahagarariye ibihugu byabo […]

Imyigaragambyo ikomeye mu bihugu 6 bya Afurika kuri uyu wa Mbere

Amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi mu bihugu bitandatu bitandukanye bya Afurika, yateguye imyigaragambyo ikomeye iteganyijwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Werurwe 2023. Ni imyigaragambyo iteganyijwe mu bihugu bya Kenya, Afurika y’Epfo, Nigeria, Gambia, Tunisia na SĂ©nĂ©gal. Nko muri Kenya, Opozisiyo yateguye imyigaragambyo igomba kubera mu gihugu hose, mu rwego rwo kwamagana itumbagira ry’ikiguzi cy’imibereho. […]

Kabale: Umupolisikazi yishwe arashwe n’umukunzi we w’umusivili

Abapolisi bo mu Karere ka Kabale mu gihugu cya Uganda barimo gukora iperereza ku rupfu rw’umupolisi w’umugore w’imyaka 23 bivugwa ko yarashwe n’inshuti ye y’umusivili . Nk’uko abapolisi babitangaza, PC Caroline Komuhangi wakoreraga ku ishami ry’igipolisi cya Kabale yiciwe, mu gitondo cyo ku Cyumweru, aho yari atuye mu kigo. Umuvugizi wa polisi mu Karere ka […]

Paris: Louise Mushikiwabo aragirana ibiganiro na Perezida Macron

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Werurwe, Perezida Emmanuel Macron agomba guhura n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa La Francophonie . Nk’uko Perezidansi y’u Bufaransa (ElysĂ©e) yabitangaje, ikiganiro hagati yabo “kiribanda ku ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga ihuriweho na Francophonie nka moteri yo […]

Goma: Abasirikare ba Kenya bikanzwemo abarwanyi ba M23

Abasirikare umunani b’Abanyakenya babarizwa mu mutwe w’ingabo w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EACRF, bamaze umwanya mu maboko y’inzego z’umutekano nyuma yo kwikangwamo abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Werurwe 2023 hasakaye videwo igaragaza aba basirikare batawe muri yombi, aho bari bakikijwe n’abaturage benshi bavugaga ko ari abarwanyi ba M23 […]

Perezida wa Tanzania ntashyigikiye ko ingabo za EAC zirasa M23

Perezida Samia na Ramaphosa ubwo bari i Pretoria muri Afurika y'Epfo

Perezida wa Repubulika yunze ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ntashyigikiye ko umutwe w’ingabo w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba uri mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, uzwi nka EACRF, warasa imitwe yitwaje intwaro. Samia aherutse kugirira uruzinduko muri Afurika y’Epfo, aho yatumiwe na mugenzi we Cyril Ramaphosa mu nama y’ishoramari, bombi baboneraho gushyira imikono […]

Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia yahaye abakinnyi b’Amavubi ubutumwa

frm4lvnxgaa421v.jpg

Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia, Amb. Hope Tumukunde Gasatura yasuye Abakinnyi maze abaha ubutumwa mbere yo guhaguruka muri Ethiopia berekeza i Cotonou muri BĂ©nin. Ubu butumwa Ambasaderi yabutanze kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Werurwe 2023 nyuma yo gusura aba basore bari bamaze gutsindwa na Ethiopia igitego 1-0 mu mukino wa gicuti utegura uwo bafitanye […]

FC Barcelona yatsinze Real Madrid, iyiha gasopo ku gikombe cya La liga

Ikipe ya FC Barcelona yatangiye gukoza imitwe y’intoki ku gikombe cya shampiyona ya Espagne, nyuma yo gutsinda mukeba wayo Real Madrid bagihanganiye ibitego 2-1. Iyi kipe y’umutoza Xavi Hernandez yari yakiriye Real Madrid i Spotify Camp Nou, mu mukino w’umunsi wa 26 wa shampiyona ya Espagne. Ni umukino ibi bigugu byombi byahuriyemo mu gihe Barça […]