Gen Sadiba Koulibaly yahishuye icyatumye Col Doumbouya yirukana intasi nkuru ya Guinée

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Guinée-Conakry, Gen Sadiba Koulibaly, yasobanuye impamvu Col Mamadi Doumbouya uboye kiriya gihugu mu buryo bw’inzibacyuho aheruka kwirukana abarimo uwari ukuriye ubutasi bwa gisirikare. Mu mpera z’ukwezi kwa Mata ni bwo Colonel Doumbouya yirukanye ku mirimo Lt Col Ismael Keita wari ukuriye ubutasi bwa gisirikare. Icyo gihe ntihatangajwe amakosa uyu musirikare yari […]

Ibipfunsi byavugije ubuhuha hagati y’abadiplomate b’Uburusiya na Ukraine

image_2023-05-06_080456174.png

Muri Turukiya ku kicaro cy’inteko ishingamategeko y’ibihugu bikora ku nyanja y’Umukara , bihuriye mu muryango PABSEC ifite ikicaro, habereye imirwano yashyamiranyije abadiporomate b’Ububurusiya ndetse naba Ukraine. Ni inama yari yahuje ibihugu bihuriye muri uwo muryango hagamijwe kwiga ku iterambere ry’ubukungu bihuza ibyo bihugu kuri uyu wa kane. Ibyari inama byaje gutungurana bihinduka imirwano njyarugamba, aho […]

Zari yashimagije Shakib amurutisha abandi bagabo bose bamurongoye

image_2023-05-06_061045826.png

Zari Hassan yashimagije Shakib Lutaya uherutse kumwambika impeta nyuma y’uko bari bamaze hafi imyaka ibiri bari mu rukundo. Zari yarutishije uyu Shakib abandi bagabo yabanye nabo , kuko ngo we yakoze ibyo batamukoreye birimo kumwambika impeta , nk’ikimetso cy’urukundo amufitiye.Ibi rero ngo bimusunikira kukumukunda kuruta abandi. Umwe muri abo ngo uyu Shakib aruta, ni Ivan […]

Umwami Charles III w’u Bwongereza yimikiwe imbere y’abarimo Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 06 Gicurasi, yitabiriye umuhango wo kwimika umwami Charles III w’u Bwongereza. Ni umuhango wabereye ahitwa Westminster Abbey i Londres. Umwami Charles III wambitswe ikamba ry’ubwami na Musenyeri wa Canterbury, Justin Welby; yimikanwe n’umwamikazi w’u Bwongereza, Camilla. Umwami Charles III nyuma yo kwimikwa yarahiriye kuyoborana abaturage “ubutabera […]

Leta yagaragaje isomo u Rwanda rwigiye ku biza biherutse guhitana abantu 131

Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Kayisire Marie Solange

Mu ntangiro z’uko kwezi kwa Gicurasi 2023, nibwo hamenyekanye amakuru y’abantu bahitanywe n’ibiza by’imvura byibasiye tumwe mu turere two mu ntara y’Amajyepfo, Amajyaruguru ndetse n’uburengerazuba. Ni amakuru y’incamugongo kuko imibare y’abantu babuze ubuzima yagiye imenyekana ihereye ku bantu 52 ariko uko amasaha yagiye azamuka kugeza ubu ikaba ibarirwa muri 131 ariko umwe akaba akomeje gushakishwa […]

Zabyaye amahari hagati y’u Burusiya n’abacanshuro ba Wagner

Umutwe w’abacancuro wa Wagner watangiye gusubiranamo na Leta y’u Burusiya ushinja kudaha abarwanyi bawo boherejwe mu ntambara yo muri Ukraine intwaro zihagije. Wagner imaze igihe ifasha Ingabo z’u Burusiya mu ntambara zimaze umwaka n’amezi atatu zirwanama n’iza Ukraine. Umuyobozi wa Wagner, Yevgeny Prigozhin, ku wa Gatanu yatangaje ko bitarenze tariki 10 Gicurasi azakura abarwanyi be […]

Abadashyigikiye ubwami mu Bwongereza batangiye kwigaragambya

Hari abadashaka ingoma ya cyami mu Bwongereza

Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo umwami Chales wa III arahire ku mugaragaro, abadashyigikiye ubwami batangiye kwigaragambya. Ni umuhango wari utegerejwe n’abatari bacye, aho abaturage benshi batangiye gukikiza imihanda umwami ari bunyuremo ajya mu rusengero i Westminster Abbey aho ari burahirire. Abadashyigikiye ubwami nawe bariraye ku ibaba aho bafite ibirango bigaragaza ko batabyishimiye.Ni […]

Ne-Yo asaba kuba se w’abana yabyaranye n’umugore wamusenyeye

Crystal Renay Williams wari umugore wa Ne-Yo

Umuhanzi Ne-Yo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika arasaba kuba Se w’abana be 2 bato yabyaranye n’umugore wabaye imbarutse yo gutandukana n’uwo bari barashakanye. Ne-Yo yasabye ubutabera ko bwamuhesha uburenganzira akagira ububasha bwo kurera abana be yabyaranye na Sade. Abana Nyeyo yabyaranye na Sade ni Braiden na Brixton, ariko akaba yarababyaye abanaga n’uwahoze ari […]

Kambogo Ildephonse wari Meya wa Rubavu yegujwe

Inama njyanama y’akarere ka Rubavu yafashe icyemezo cyo kweguza Kambogo Ildephonse wari umaze umwaka n’igice ari Umuyobozi w’akarere ka Rubavu. Amakuru yizewe BWIZA yamenye ni uko njyanama ya Rubavu yateranye saa tanu z’ijoro ryakeye; mbere yo gufata icyemezo cyo kweguza Meya Kambogo mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu. Uwahaye amakuru iki gitangazamakuru yavuze ko […]

Rayon Sports na APR FC zaba zashoye imari muri Musanze FC ngo ihagame Kiyovu Sports

Abakinnyi b’Ikipe ya Musanze FC biravugwa ko bamaze gushyirirwaho akayabo ka Frw 600,000 kugira ngo bateshe amanota Kiyovu Sports. Kuri iki Cyumweru ni bwo Musanze FC izakira Kiyovu Sports kuri Stade Ubworoherane, mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona. Ni umukino utegerejwe na benshi yaba abakunzi ba Musanze FC, aba Kiyovu Sports, Rayon Sports na […]

Leon Goretzka yashinje Haaland kwicisha abakinnyi ba Bayern Mà¼nich imisuzi

Leon Goretzka ukinira ikipe ya Bayern Mà¼nich yo mu Budage, yashinje rutahizamu Erling Haaland wa Manchester City kwifashisha imisuzi nk’intwaro yo gutuma bagenzi be batamufata mu kibuga. Uyu mukinnyi wo hagati mu kibuga yashinje uriya rutahizamu w’umunya-Norvège kugaragaza iriya myitwarire mu mikino ya ¼ cy’irangiza cya UEFA Champions league Man City yasezereyemo Bayern Mà¼nich ku […]

Kivu y’Amajyepfo: Abarenga 200 bishwe n’imyuzure, abakabakaba 100 baburirwa irengero

Abantu babarirwa muri 200 bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bitabye Imana, nyuma y’imyuzure yatewe n’imvura idasanzwe iheruka kwibasira intara ya Kivu y’Amajyepfo. Ni amakuru yemejwe na Guverineri w’iyi ntara, Théo Ngwabidje. Imvura idasanzwe yaguye ku wa Kane tariki ya 04 Gicurasi muri Teritwari ya Kalehe ho muri Kivu y’Amajyepfo, yatumye imigezi […]