Minisitiri byahwihwiswaga ko afunzwe yagaragaye mu ruhame

Minisitiri wa siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yaragagaye akurikirana umukino wa Basketball muri LycĂŠe de Kigali, nyuma yâamasaha menshi bihwihwiswa ko yatawe muri yombi nâurwego rwâubugenzacyaha, RIB. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, ku mbuga nkoranyambaga haramutse amakuru avugwa ko hari Minisitiri watawe muri yombi ngo âubwo yakiriraga ruswa kuri hotelâ i Remera, […]
Gisozi: Inkongi yâumuriro yafashe agakiriro, abagaturiye barahunga

Mu masaa kumi yâumugoroba wo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, agakiriro ka Gisozi kibasiwe nâinkongi yâumuriro, abagaturiye batangira guhunga kuko hari impungenge zâuko inzu zabo na zo zafatwa. Umunyamakuru wa BWIZA yatumenyesheje ko iyi nkongi yafashe igice cyâibarizo ry’ishyirahamwe APARWA muri aka gakiriro, ahaherera mu mudugudu wa Musezero, bikaba bikekwa ko yakomotse ku bice […]
Mu bakomerekejwe nâibiza biherutse kwibasira u Rwanda , 13 baracyari kwa muganga
Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa byâUbutabazi, itangaza ko ibikorwa byâubutabazi ku bakomerekejwe nâibiza,ugeze kure kuri ubu hakaba hagaragara abantu 13 bakiri kwitabwaho nâabaganga. Iyi Minisiteri igaragaza ko mu bantu 110 bari barakomeretse abageze kuri 97 bakize, naho 13 baracyari kwa muganga, gusa ngo hari nâabari kuvurwa ibindi bibazo bari basanganywe mbere yâibiza. Uretse kwita ku bakomerekejwe nâibiza, […]
Nduhungirehe yasobanuye uko yigeze kurega Prof. Kambanda, USA ikanga kumukurikirana

Ambasaderi wâu Rwanda mu Buholandi wanabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâububanyi nâamahanga, Olivier Nduhungirehe, yasobanuye uko yareze Prof. Charles Kambanda ku wahoze ari Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Peter Vrooman, akanga kumukurikirana. Ni inkuru ishingira ku nama iherutse guhuriza hamwe abahuriye mu ihuriro ryiswe âPlatform for Rwandansâ Common Goodâ barwanya ubutegetsi bwâu […]
Ron Weiss wari umaze icyumweru asimbuwe ku buyobozi bwa REG yasubijweho
Inama yâubutegetsi yâikigo cyâigihugu gishinzwe ingufu, REG, kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023 yasubijeho Ron Weiss ukomoka muri Israel ku buyobozi bukuru bwacyo, nyuma yâicyumweru imusimbuje. Icyemezo cyo gukura kuri uyu mwanya Weiss cyashyizweho umukono na Dr Didacienne Mukanyiligira usanzwe ari Umuyobozi wâinama yâubutegetsi ya REG tariki ya 15 Gicurasi. Weiss yari yasimbujwe byâagateganyo Gakuba […]
âNatangiye gutekereza byinshi bipfuyeâKecapu akimara kumenya ko atwite abana 3

Mukayizere Jalia Nelly, uzwi nka Kecapu, yavuze urugendo rwe mu nzira yo gutwita impanga zâabana batatu, aho yagarutse ku bwoba yagize akimara kumenya kubimenya. Kecapu yavuze ko mugaganga akimara kubimubwira yagize ubwoba yibaza uko azashobora kubitaho ariko ngo nyuma yâamasengesho yakoze ubwoba bwahise bushira. Aganira nâumunyamakuru , yavuze ko yagize ubwoba kwiyumvisha ukuntu umuntu atwita […]
Kenya: Umunyamabanga Uhoraho yeguye nyuma y’icyumweruĂÂ atowe
Esther Ngero wari umaze icyumweru kimwe atorewe ku mwanya w’umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’amagereza muri KenyaĂÂ yeguye. Kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, Perezida William Ruto yemeye ko yabonye ubwegure bwa Esther, abibwiwe na Felix Koskei ushizwe imirimo mu biro by’Umukuru w’Igihugu. Esther yahawe inshingano yo kuba Umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’amagereza tariki ya 16 Gicurasi […]
Rutayisire Jackson wari Team Manager w’Amavubi muri FERWAFA yasimbuwe
Nyuma yâuko hashize iminsi micye Ferwafa idafite umuyobozi wâikipe (Team Manager),wâamavubi, kuri ubu yamaze kumubona aho byatangiye kuvugwa ko uwitwa Kamanzi Emery yaba yasimbuye Rutayisire Jackson waherukaga kwegura. Nâubwo Emery yasimbuye Jackson kuri uyu mwanya wa Team Manager wâAmavubi, amakuru ahari ni uko ari bube kuri uyu mwanya byâagateganye mu gihe hagitegerejwe undi musimbura. Ni […]
Eugène Gasana n’abarwanya Leta y’u Rwanda yihuje na bo mu nama i Washington
Eugène Gasana wahoze ahagarariye u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, yinjiye byeruye mu barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Gasana yabaye Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni hagati ya 2012 na 2016, mbere yo guhamagazwa; gusa bikarangira atagarutse mu Rwanda. Kuva icyo gihe yahise yaka ubuhungiro muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari na ho kugeza […]
Gicumbi:Umusore akurikiranyweho gukubita nyina umuhini akamwica
Mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Kageyo, mu kagari ka Gihembe, mu mudugudu wa Munini. haravugwa urupfu rwâumukecuru wakubiswe umuhini nâumuhungu we agahita apfa. Ni amakuru yamenyekanye ku cyumweru taliki ya 21, Gicurasi 2023, aho umusore witwa Ndikubwimana,wari utuye muri aka karere yakubise nyina umuhini ahita agwaho. Gusa uyu musore wishe nyina avuga bicyekwako […]
IBUKA irifuza ko Ingabire Victoire yamburwa imwe mu mitungo

Umuryango IBUKA uharanira inyungu zâabarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 urifuza ko umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire yamburwa imwe mu mitungo yabaruweho. Perezida wâuyu muryango mu karere ka Nyarugenge, Rukemampunzi Jean Claude, yatangarije Imvaho Nshya ko Ingabire Victoire yibarujeho imitungo yâumubyeyi we, Dusabe ThĂŠrèse wahamijwe uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi. Rukemampunzi yagize ati: âNi umumama witwa […]
RIB yagize icyo ivuga ku makuru avuga ko yaba yafunze Minisitiri Munyangaju Mimosa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwanyomoje amakuru yavugaga ko rwaba rwataye muri yombi Minisitiri wa Siporo, Aurore Munyangaju Mimosa, nyuma yo kumufatira mu cyuho yakira ruswa. Kuva mu ijoro ryakeye ku mbuga nkoranyambaga harimo hakwirakwizwa amakuru avuga ko uyu Muminisitiri yaba yafunzwe nyuma yo gufatirwa muri Hilltop Hotel yakira ruswa. Ni amakuru ari kugarukwaho cyane ku […]
Musanze: Umugore arashinja umugabo we kumusuka urusenda mu gitsina
Umugore wâimyaka 37 yâamavuko utuye mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze yitabaje ubuyobozi ngo bukurikirane umugabo we babyaranye gatanu, amushinja kumusuka urusenda mu gitsina. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâumurenge wa Migeshi, Ishimwe Justin, yatangarije Kigali Today ko uyu mugore yamutabaje mu masaa sita yâijoro kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023, amumenyesha ko umugabo amukoreye uru […]
Tshisekedi yasuye mu bitaro abigaragambyaga bagahondagurwa na Polisi ikabagira intere
Perezida FĂŠlix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasuye mu bitaro abaturage bâigihugu cye baheruka guhondagurwa nâabashinzwe umutekano bakabagira intere, babahora kwigaragambya. Ku wa Gatandatu wâicyumweru gishize i Kinshasa mu murwa mukuru wa Congo hari hateganyijwe imyigaragambyo yagombaga gguhuriramo abanyapolitiki batavuga rumwe nâubutegetsi bwa RDC ndetse nâababashyigikiye. Ni imyigaragambyo yari yitabiriwe nâabanyapolitiki […]
CYAMUNARA YâIBICURUZWA BITANDUKANYE BYAFATIWE MURI MAGENDU

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 09 Kamena 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye biherereye mu bubiko rusange Ballore bigaragara ku mugereka wâiri tangazo. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Ballore mu masaha yâakazi hagati yâitariki ya 03 kugeza kuya 08 Kamena 2023. […]