Rwanda_jenoside: Ifoto rusange y’ubutabera ku bahungiye mu mahanga

Mu kwezi gushize kwa Kamena 2023, igihugu cya Malawi cyohereje mu Rwanda Niyonagira Theoneste ukekwaho icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Nyuma y’imyaka 29, uretse abafatwa, hari n’imanza zikiburanishwa n’izindi zitegerejwe hano mu Rwanda no mu mahanga. Jenoside ni icyaha mpuzamahanga kidasaza, kandi ubutabera bugira ukuboko kurekure. Ifoto y’ibimaze gukorwa iratanga icyizere. Ku bantu […]

Abagenzi 300 baheze hagati mu kiyaga cya Kivu

Abagenzi bagera kuri 300 bari mu bwato bwitwa ‘Emmanuel 3’ baheze rwagati mu kiyaga cya Kivu, ku ruhande ruherera muri Repubulika ya demukarasi ya Congo bitewe na moteri yabwo itari gukora. Umwe muri aba bagenzi yatangaje ko ubu bwato bwavaga mu mujyi wa Bukavu bwerekeza i Goma bwagize iki kibazo ku gicamunsi cyo kuri uyu […]

Le président Denis Sassou Nguesso en visite au Rwanda

Le président de la République du Congo (Congo-Brazzaville), Denis Sassou Nguesso, est arrivé au Rwanda ce vendredi 21 juillet, o๠il devrait s’adresser à  une session conjointe du Parlement dans l’après-midi, entre autres activités, a appris The New Times . La présidence de la République du Congo a publié sur sa page Twitter qu’à  l’invitation […]

Umuraperi Ama G The Black arokotse urupfu

Umuhanzi Hakizimana Amani uzwi nka Ama G The Black nyuma yo kumara iminsi ataboneka mu bitangazamakuru yasobanuye ko yari yarabuze kubera impamvu z’uburwayi. Uyu mugabo mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru , yavuze ko nyuma yo kumurika Album ye yise “Ibishingwe” yahise ajya mu bikorwa bitandukanye by’umuziki ariko nyuma aza kurwara nyuma y’uko ngo ariye ibiryo bihumanye. […]

Ngira isoni iyo ndi imbere y’abakobwa benshi – Visi Perezida wa Kenya

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yahishuye ko ubusanzwe agira isoni iyo ari imbere y’abakobwa benshi . Kuri uyu wa Gatanu, ibi Gachagua yabivugiye ku ishuri Our Lady of Consolata Mugoiri Girls High School, riherereye ahitwa Kiharu mu Ntara ya Murang’a. Yavuze ko ataza kuvuga byinshi kubera abakobwa bose bamurebaga. Gachagua ati: “Ndi muri situation […]

APR FC yatumiye abafana bayo kujya kuyireba ikora imyitozo

APR FC kuri uyu wa Gatanu yararikiye abafana bayo kujya kureba imyitozo iri butangire kuri iki gicamunsi. Ni imyitozo iri bubere kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo guhera saa kumi n’imwe. APR FC mu butumwa yanyujije kuri Twitter yayo yavuze ko “abifuza kureba iyi myitozo baratumiwe.” Imyitozo y’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu byitezwe ko igaragaramo abakinnyi […]

Perezida wa Congo ari mu Rwanda

Perezida Denis Sassou N’guesso wa Repubulika ya Congo-Brazzaville yamaze kugera i Kigali, aho kuri uyu wa Gatanu yatangiye uruzinduko rw’akazi. Ni uruzinduko rugomba kumara iminsi itatu nk’uko Perezidansi y’u Rwanda yabitangaje kuri Twitter. Perezida wa Congo ubwo yageraga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame ari na we […]

Kenya:Indaya zariye karungu zishyiriraho ibiciro bishya kubera izamurwa ry’imisoro

Indaya zo mu Ntara ya Tana yatangaje ko zizongera ibiciro bya serivisi zabo guhera muri Kanama. Ubwiyongere buterwa n’izamuka ry’ubuzima bwo mu gihugu, bikaba byaragoraga indaya kwibeshaho. Umuyobozi w’itsinda ry’indaya muri iyo ntara yatangarije ikinyamakuru Taifa Leo ko igiciro cy’udukingirizo, ibiryo, n’amazi byose byiyongereye mu mezi ashize,kandi n’abafite amahoteri nabo bazamuye ibiciro byibyumba, ibyo bikaba […]

The FARDC organize a dissuasive march on Saturday in Kinshasa and Lubumbashi

The FARDC announce the organization of a dissuasion march for this Saturday, July 22 in the city-province of Kinshasa . Major General and commander of Republican Guard/FARDC, Gabi Kiriza Ephraim indicates, in his telegram, that the march in which six thousand five hundred (6500) soldiers will participate, will have as a meeting point the place […]

Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy’u Rwanda

Umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, umupfumu cyangwa Muganga Rutangarwamaboko, aribaza niba Gatabazi Jean Marie Vianney ari bwo yamenya icyerekezo cy’u Rwanda n’igihe amaze mu myanya itandukanye muri Leta. Ibi yabivuze mu busesenguzi yakoze aganisha ku birori by’iyimikwa ry’Umutware w’Abakono byabereye i Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023 n’ubutumwa bwa Gatabazi bushimira Perezida Paul Kagame […]

Yasabye umushinjacyaha gusoma Charles Onana mbere yo kumubaza iby’imvugo zibasira Abatutsi ashinjwa

Depite Justin Bitakwira wari watumijwe n’ubushinjacyaha ngo yisobanure ku mvugo zibiba inzango n’amacakubiri zibasira ubwoko bw’Abatutsi amaze iminsi yumvikana avuga mu mbwirwaruhame n’ibiganiro mu itangazamakuru, kuri uyu wa Kane yanze kugira byinshi atangariza umushinjacyaha amubwira ko ntacyo bavugana atarasoma igitabo Holocauste au Congo cya Charles Onana, avuga ko ibyo yavuze ari ho yabikuye . Nyuma […]

Masisi: Bwa mbere hatangajwe abaguye mu mirwano ya M23 na Wazalendo ku mpande zombi

Ku nshuro ya mbere kuva intambara hagati ya M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yubura, hatangajwe umubare w’abarwanyi ba M23 biciwe mu mirwano no ku ruhande rw’inyeshyamba za Wazalendo zifatanyije na leta . Nk’uko bitangazwa n’urubuga TazamaRDC, ngo imirwano yabereye kuri uyu wa Kane ushize, itariki 20 Nyakanga, ku dusozi twa Kavumu […]

EU yageneye abakomando ba RDC inkunga ingana na Frw miliyari 26

Akanama k’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) kuri uyu wa 20 Nyakanga 2023 kemeye guha ingabo zo mu mutwe kabuhariwe wa Repubulika ya demukarasi ya Congo inkunga ifite agaciro ka miliyoni 20 z’amayero (zibarirwa muri Frw miliyari 26). Aka kanama kasobanuye ko iyi nkunga izashyirwa mu bikorwa n’u Bubiligi. Kati: “Uyu munsi Akanama kemeje ubufasha bwa miliyoni […]

RIB iraburira umuntu umaze igihe yigishiriza imibonano mpuzabitsina mu ruhame

Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry, yaburiye umuntu umaze igihe yigisha ibijyanye n’imibonano mpuzabitsinda ku rubuga rwa YouTube ko ashobora gutabwa muri yombi. Dr Murangira yasobanuye uko hari abakomeje gukoresha imbuga nkoranyambaga ibikorwa bigize ibyaha. Ati: “Hari bamwe bagenda bazikoresha ibikorwa bigize ibyaha, hari n’abagenda bigana iby’ahandi, bakabizana mu Rwanda, kuko amategeko agenda igihugu […]

Uwahoze ari umutoza wa APR FC na Rayon Sports yapfuye

Umukongomani Andy-Magloire Mfutila wigeze gutoza amakipe arimo APR FC na Rayon Sports ya hano mu Rwanda, yitabye Imana. Amakuru aturuka muri Congo aravuga ko Mfutila yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga azize uburwayi. Urupfu rwe rwemejwe n’ikipe ya La Jeunesse Sportive Groupe Bazano iri mu makipe atandukanye yatoje. Andy […]

Umuyobozi wa CIA aremeza ko Putin arimo gushakira ibirungo umuyobozi wa Wagner

Umuyobozi wa CIA aravuga ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, arimo kugerageza kugura igihe mu gihe arimo kwiga uko yakwihorera kuri Yevgeny Prighozin . Prigozhin ni umuyobozi w’ikigo cy’abacanshuro cya Wagner wayoboye imyivumbagatanyo y’abarwanyi be mu Burusiya mu kwezi gushize. Umuyobozi wa CIA, William Burns, yatangaje ko iyo myivumbagatanyo yerekanye intege nke zikomeye muri sisitemu […]

Kivu y’Amajyepfo: Inkongi y’umuriro yishe abantu 3 ikongora inzu zisaga 100

Inkongi y’umuriro yibasiye agace ka Lugushwa, gaherereye muri Teritwari ya Mwanga, muri Kivu y’Amajyepfo kuwa Kabiri ushize, itariki 18 Nyakanga, ihitana abantu batatu inasenya inzu zisaga 100 . Nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane ushize n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo, ACP, byavuganye na Mubirimbo Birimu, Perezida wa sosiyete sivile yaho, ngo icyateje iyi nkongi ntikirasobanuka neza. […]