Trump araregwa gushaka kwiba amajwi muri Georgia

Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’abandi bantu 18, bakurikiranweho gushaka kwiba amajwi muri Leta ya Georgia, mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Amerika muri 2020. Ibirego Trump yarezwe ni ibya kane yashyizweho kuva muri 2020 ubwo yatsindwaga na Joe Biden wamusimbuye ku butegetsi, nyuma yo kukutsinda mu matora y’Umukuru […]

Major Willy Ngoma yifatiriye ku gahanga FARDC

Umuvugizi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Major Willy Ngoma, yifatiriye ku gahanga Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), akinnyega agaragaza ko nta bushobozi bwo guhangana n’umutwe avugira gifite. Urubuga Global Firepower rushyira Congo Kinshasa ku mwanya wa munani, mu bihugu bifite Igisirikare gikomeye muri uyu mwaka wa 2023. Ni umwanya cyakora utavugwaho rumwe bijyanye […]

Former NFL player Alex Collins dies at 28

Football star Alex Collins, who played for the Baltimore Ravens and Seattle Seahawks, dies in a motorcycle accident at the of 28. In a tribute, the Seahawks called former running back a “beloved teammate and fan favorite during his two tenures with the team”. Collins was riding his 2004 Suzuki GSX R600K motorcycle in Lauderdale […]

Abongereza 6 bakwirakwije ubutumwa bw’ivangura ku Rwanda batawe muri yombi

Polisi y’u Bwongereza yataye muri yombi batandatu babaye abapolisi nyuma y’aho iperereza rigaragaje ko bakwirakwije mu itsinda rya WhatsApp ubutumwa bw’ivangura buvuga ku Rwanda na Pakistan. Aba ni Peter Booth w’imyaka 66 y’amavuko, akaba yaravuye muri Polisi muri Mata 2001, Robert Lewis w’imyaka 62, wasezerewe mu 2015, Anthony Elsom w’imyaka 67, wasezerewe mu 2012, Alan […]

Rutshuru/Masisi: Imirwano irakomeje hagati ya M23 na Wazalendo

Guhera saa yine n’igice z’igitondo kuri uyu wa Kabiri imirwano yakomeje hagati ya Wazalendo na M23 muri Gurupoma ya Bashali/Kahembe na Busanza muri Teritwari za Masisi ndetse no muri Rutshuru. Agace ka Kabeza ni ko kabaye isibaniro ry’imirwano mishya igikomeje nk’uko amkuru aturuka muri ibyo bice agera ku rubuga TazamaRDC avuga. Muri Rutshuru, biravugwa ko […]

Abasifuzi bibye Wolves itsindwa na Manchester United bahagaritswe

Abasifuzi bayoboye umukino wa shampiyona y’Abongereza Manchester United yaraye itsinzemo Wolverhampton Wonderers, bakuwe mu bazasifura imikino y’umunsi wa kabiri. Manchester United yari yakiriye Wolves i Old Trafford, mu mukino w’umunsi wa mbere wa Premier league watangiye itsinze igitego 1-0. Igitego cyo ku munota wa 76 cya myugariro Raphael Varane ni cyo cyandukanyije impande zombi. Manchester […]

Kinshasa: Umushinjacyaha mukuru yajyanwe mu rukiko nyuma yo guhagarika gushakisha uwahoze akuriye ubutasi

Jean-Claude Muyambo utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yajyanye umushinjacyaha mukuru mu rukiko rw’ubujurire rwa Kinshasa, Robert Kumbu Phanzu, nyuma y’icyemezo cyo guhagarika gushakisha uwahoze ari umuyobozi w’urwego rw’igihugu rw’ubutasi (ANR), Kalev Mutond. Uyu munyapolitiki, Jean-Claude Muyambo yari yatanze ikirego, ku itariki ya 15 Mutarama 2021, ku biro by’ubushinjacyaha bukuru bwa Kinshasa […]

Harmonize yahishuye ko umukobwa wa Kajala ari we washatse ko bakundana mbere ya nyina

unnamed_1_-4.jpg

Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzaniya no mu karere, Harmonize, yahishuye ko mu by’ukuri ari Paula, umukobwa wa Fridah Kajala, wahoze ari umukunzi we, watangiye kumutereta mbere ya nyina. Mu gushyira umucyo ku bimaze iminsi bivugwa ko yaba yarakundanaga na Paula, Harmonize yasobanuye icyemezo cye cyo guceceka kuri ibi avuga ko yabikoze agamijwe kurinda icyubahiro cya Kajala. […]

UN yasohoye raporo nshya idahuza u Rwanda na M23

Umuryango w’Abibumbye (UN) wasohoye raporo nshya ivuga ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, idahuza Leta y’u Rwanda n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Muri iyi raporo y’impapuro 15 Umunyamabanga Mukuru wa UN yashyikirije akanama k’uyu muryango gashinzwe umutekano mu cyumweru gishize, hagaragara uburyo umutwe wa M23 wakoze amakosa atandukanye mu bice […]

RDC: Ubushinjacyaha bwasabiye uwahoze ari visi perezida w’inteko imyaka 3 y’igifungo

Ubushinjacyaha muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwasabiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu depite Jean-Marc Kabund, wahoze ari visi perezida w’inteko ishinga amategeko. Ubu busabe bwatanzwe kuri uyu wa Mbere, itariki ya 14 Kanama n’umushinjacyaha mu iburanisha ryabereye muri Gereza Nkuru ya Makala. Mu birego 12 Kabund yaregwaga, bitatu gusa ni byo ubushinjacyaha bw’Urukiko rw’iremezo bwagumanye […]

Libya yasabye Libani kurekura umuhungu wa Kadhafi uhafungiwe kuva mu 2015

Inzego z’ubutabera za Libya zasabye ku mugaragaro igihugu cya Libani kurekura umwe mu bahungu ba Muammar Kadhafi wahoze ayobora Libya uhafungiwe kubera ubuzima bwe bwifashe nabi. Hannibal Kadhafi afungiwe muri Libani nta cyaha aregwa kuva mu 2015 kandi ubuzima bwe bwarushijeho kumera nabi kuva yatangira kwiyicisha inzara ku itariki ya 3 Kamena, mu rwego rwo […]

Maneko wafashije ingabo z’u Bwongereza muri Afghanistan arasaba kutoherezwa mu Rwanda

Intasi yafashije ingabo z’u Bwongereza n’izindi zo mu muryango NATO zari mu bikorwa byo kurwanya Abatalibani muri Afghanistan mbere y’uko bafata ubutegetsi, irasaba gukurwa ku rutonde rw’abimukira bashobora koherezwa mu Rwanda. Uyu mugabo ikinyamakuru The Independent kitatangarije amazina avuga ko yakusanyirizaga amakuru y’ingenzi ingabo za Afghanistan zari zifatanyije n’iz’u Bwongereza na NATO mu kurwanya Abatalibani, […]

Oda Paccy yavuze make ku ifungwa rya Bamporiki

Umuhanzi Oda Paccy yavuze amagambo make ku ifungwa rya Bamporiki Edouard wabaye Umunyamabanga wa Leta mu yahoze ari Minisiteri y’urubyiruko n’umuco ndetse akaba n’umuyobozi w’itorero ry’igihugu. Bamporiki afungiwe muri gereza ya Nyarugenge nyuma yo gukatirwa igifungo cy’imyaka itanu n’urukiko rukuru muri Mutarama 2023. Paccy nta kintu yigeze avuga kuri uyu munyapolitiki bigeze kugirana ikibazo tariki […]

Kera kabaye rutahizamu wa Rayon Sports wari waraheze mu nzira yageze mu Rwanda

Rayon Sports kera kabaye yamaze kwakira rutahizamu wayo, Eid Mugadam Abakar Mugadam, nyuma y’igihe yarabuze uko yagera mu Rwanda. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri ni bwo uyu munya-Sudani yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe. Akigera i Kigali yakiriwe na bamwe mu bayobozi ba Rayon Sports, barimo Perezida w’abafana bayo, Muhawenimana […]