Niyonzima Olivier Seif yasinye muri Rayon Sports

fb_img_17196826607895041.jpg

Niyonzima Olivier Seif wari uri mu biganiro na Rayon Sports yongeye kuyigarukamo nyuma y’imyaka igera kuri itanu ayivuyemo. Seif yagarutse muri iyi kipe aho yahise asinya amasezerano y鈥檜mwaka umwe ushobora kongerwa bitewe n’umusaruro yatanga. Bitangazwa ko uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati yasinye aya masezerano kuri Miliyoni 14 z’amafaranga y’u Rwanda. Sefu yari amaze imyaka […]

Perezida Kagame azataha ku mugaragaro Stade Amahoro

fb_img_17196778530062851.jpg

Perezida Paul Kagame azataha ku mugaragaro Stade Amahoro ku wa Mbere, tariki ya 1 Nyakanga nk’uko byemejwe na Minisiteri ya Siporo. Ibi byatangajwe mu itangazo iyi Minisitiri yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Kamena 2024. Umukuru w’Igihugu azanakurikirana umukino uzahuza APR FC na Police FC kuri uwo munsi, guhera […]

Dr. Habineza aremeza ko urugwiro yakiranwa n’abaturage rumuha icyizere cyo gutsinda amatora

Umunsi wa munani wo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije (Democratic Green Party) yari ku Kabaya mu karere ka Ngororero, ahabimburiye ahandi mu ntara y’uburengerazuba, nyuma y’iminsi 7 yibanda mu mujyi wa Kigali, intara y’amajyepfo n’iy’uburasirazuba. Aha hose avuga ko urugwiro yakiranwa n’abaturage rumuha icyizere cyo gutsinda aya matora n’abadepite […]

Nangaa yahamagariye abanye-Congo gufatanya na AFC bakirukanaTshisekedi

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo, Corneille Nangaa, yasabye abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’ingabo z’iki gihugu guhuza imbaraga n’ihuriro ayoboye bakirukana ku butegetsi Perezida F茅lix Antoine Tshisekedi. Nangaa yabisabiye mu ijambo yagejeje ku banye-Congo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Kamena 2024. Ni ijambo yavuze mbere y’umunsi umwe ngo Repubulika Iharanira […]

Kagame yongeye kuburira abafite umugambi wo gushaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Chairman w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame yageze kuri Site ya Kagano mu Karere ka Nyamasheke ahari hateraniye abaturage baje kumva imigabo n’imigambi by’ibikorwa azabagezaho natorerwa kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Abitabiriye iyi gahunda bari bafite morali yo hejuru, amabendera n鈥檌myambaro biri mu mabara y鈥檌birango by鈥橴muryango FPR Inkotanyi, n鈥檌ndirimbo zivuga ibigwi n鈥檌byiza Paul […]

Muhanga: Haravugwa umugabo wishe urubozo umugore ahita atoroka

. Mudugudu wa Musenyi, Akagari ka Gasagara, Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga , haravugwa amakuru y’umugabo wishe umugore we amukase ijosi ahita atoroka. Aya mahano yabaye kuri uyu wa Gatanu taliki 28 Kamena 2024. Bamwe mu baturage bavuga ko mbere y鈥檜ko umugabo amukata ijosi umugore we hari ibindi bikorwa bibi yabanje kumukorera. Ngo […]

Kamonyi-Nyarubaka: BRD na ZOE Foundation binjiye mu kibazo cy’abangavu baterwa inda

zoe_4.png

Kuri uyu wa 27 Kamena 2024 mu Karere ka Kamonyi,Umurenge wa Nyarubaka,Akagari ka Kigusa mu mudugudu wa Rugarama,umuryango ZOE Foundation ku bufatanye na BRD Banki nyarwanda itsura Amajyambere, bahaye inyigisho ku buzima bw鈥檌myororokere no kwirinda inda zidateganyijwe abanyeshuri biga kuri GS St Albert Nyarubaka. ZOE Foundation ni umuryango utegamiye kuri Leta ufasha abangavu batewe inda […]

APR FC igiye kwipima na Simba SC

Ikipe ya APR FC na Simba Sports Club yo muri Tanzania, zigiye guhurira mu mukino wa gicuti uteganyijwe mu kwezi kwa Kanama. Ni umukino uteganyijwe ku wa 3 Kanama, ubwo Simba izaba yizihiza ibirori by’umunsi mukuru wayihariwe uzwi nka Simba Day. Uzabera kuri Stade yitiriwe Benjamin Mkapa i Dar Es Salaam. Byitezwe ko uyu mukino […]

Kwalifikacje obywateli w kontekscie wyksztalcenia

img { width: 750px; } iframe.movie { width: 750px; height: 450px; } Kwalifikacje obywateli w 艣wietle wykszta艂cenia Analizuj膮c kompetencje spo艂ecze艅stwa, nale偶y zwr贸ci膰 uwag臋 na korelacj臋 mi臋dzy poziomem nauki a mo偶liwo艣ciami zawodowymi. Aby zwi臋kszy膰 szanse na rynku pracy, osoby powinny inwestowa膰 w rozw贸j osobisty oraz kszta艂cenie w obszarach, kt贸re s膮 w stanie odpowiedzie膰 na potrzeby wsp贸艂czesnego […]

Kwalifikacje obywateli w kontekscie wyksztalcenia

img { width: 750px; } iframe.movie { width: 750px; height: 450px; } Kwalifikacje obywateli w 艣wietle wykszta艂cenia Analizuj膮c kompetencje spo艂ecze艅stwa, nale偶y zwr贸ci膰 uwag臋 na korelacj臋 mi臋dzy poziomem nauki a mo偶liwo艣ciami zawodowymi. Aby zwi臋kszy膰 szanse na rynku pracy, osoby powinny inwestowa膰 w rozw贸j osobisty oraz kszta艂cenie w obszarach, kt贸re s膮 w stanie odpowiedzie膰 na potrzeby wsp贸艂czesnego […]

Amb. Bazivamo yakiriwe kwa Capitaine Ibrahim Traor茅

Ambasaderi Bazivamo Christophe yakiriwe na Perezida Capitaine Ibrahim Traor茅 wa Burkina Faso, amushyikiriza impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda i Ouagadougou. Ku wa Gatanu ni bwo Bazivamo yakiriwe na Traor茅, amushyikiriza ziriya mpapuro nk’uko Ambasade y’u Rwanda muri Nigeria yabitangaje. Bazivamo asanzwe ari na Ambasaderi w’u Rwanda i Abuja muri Nigeria, ari na ho afite icyicaro. […]

Ubuhinde: Umubare w’abahitanwa n’inzoga zitemewe warazamutse

Ku wa kane, igipolisi cy鈥橴buhinde cyavuze ko umubare w鈥檃bantu bahitanwa n’inzoga zitemewe zangije umujyi uherereye mu majyepfo y’Ubuhinde mu cyumweru gishize wageze kuri 63. Abantu babarirwa mu magana bapfa buri mwaka mu Buhinde bazize inzoga zakorewe mu nganda zitemewe zikora inzoga. Inzoga zakorewe mu ruganda ruherereye muri leta ya Tamil Nadu ni zimwe mu zahitanye […]

Uganda: Uwadoderaga Lucky Dube yogoshewe muri gereza umusatsi yateretse imyaka 17

Latif Madoi, wadoze imyenda y’ibyamamare nka nyakwigendera Lucky Dube wamamaye mu njyana ya reggae muri Afurika y’Epfo, ari mu gahinda nyuma yo kogoshwa umusatsi we uzwi nka dreadlocks . Ntabwo yigeze ahamwa n’icyaha icyo aricyo cyose ariko abayobozi ba gereza bakomeje gutsimbarara ku kumwogosha izi dreadlocks yari amaze imyaka 17 yitaho. Ku wa mbere yarekuwe […]

Utagira aho aba yatoye amafaranga arayasubiza akubirwa “karijana”

HadjerAl-Ali, umugabo w’imyaka 33 utagira aho aba, yatoye ikotomoni (Porte-monnaie: agafuka gato abagabo bakunda kubikamo amafaranga) n’ibyangombwa muri gari ya moshi I Amsterdam irimo amayero 2000 ayishyikiriza polisi .Ibi bikimara kumenyekana hahise hakorwa ubukangurambaga binyuze kuri murandasi hahita hakusanywa amayero arenga 34000 mu rwego rwo kumuremera. Nk’uko Hadjer Al-Ali ,yabyitangarije ubwe ,yavuzeko igikorwa yakoze cyahinduye […]

M23 yigaruriye Kanyabayonga

Umutwe wa M23 ku wa Gatanu wigaruriye umujyi wa Kanyabayonga wo muri Teritwari ya Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’ukwezi uhanganye mu mirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu ma saa 15:00 z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu ni bwo M23 yinjiye muri uyu mujyi, nyuma y’amasaha menshi […]

97% by鈥檜buso bw鈥檜 Rwanda bwagejejwemo umuyoboro mugari wa interineti ya 4g

Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo igaragaza ko ubuso bungana na 97% bw’u Rwanda bumaze kugezwamo umuyoboro mugari wa inerineti ya 4g. Byagarutsweho na Minisitiri Paula uyobora iyo minisiteri, ubwo yari mu nama mpuzamahanga ku iterambere ry鈥檌si ( World Economic Forum) iri kubera i Delhi mu Buhinde. Yavuze ko kandi u Rwanda ari kimwe mu bihugu bicye […]

Uburusiya bwaburiye Amerika ko bashobora kugirana intambara yeruye

Uburusiya bwaburiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko hashobora kuba intambara hagati yabo yeruye nyuma y’uko Amerika igurukije utudege tutagira abapirote hejuru y’inyanja y’umukara. Ni nyuma y’uko hari hashize igihe gito Uburusiya buvuze ko Washington iherutse kugaba igitero mu ntara ya Crimea. Ukraine yagabye iherutse kugaba igitero ku cyambu cya Sevastopol cyigaruriwe n鈥橴burusiya cyateye leta […]

Hakim Sahabo arifuzwa na Leicester City yo mu Bwongereza

Umukinnyi w’umunyarwanda Hakim Sahabo akinira Standard de Liege yo mu Bubiligi arifuzwa na Leicester City yo muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Bwongereza ‘Premier League.’ Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Kamena 2024 nibwo ikinyamakuru cyo mu Bubiligi cyitwa L’Avenir cyavuze ko ikipe ya Leicester City itari yatanga ubusabe bwayo mu buryo bweruye ko […]