Karongi: Abagituye ahashegeshwe n’ibiza baratabaza ubuyobozi

Hari imiryango ibiri yo mu karere ka Karongi itabaza Ubuyobozi, nyuma y’uko bwimuye abaturanyi babo bagasigara ahashegeshwe n’ibiza byibasiriye aka karere muri Gicurasi 2023. Iyi ni imiryango ya Mutabazi Stefano nuwa Mbarushimana Israel yose ituye mu murenge wa Bwishyura, akagari ka Gasura ho mu mudugudu wa Gatoki. Mu kiganiro na BWIZA,abagize iyi miryango n’abaturanyi babo, […]
VIDEO – Rulindo: Ikirombe kigwiriye abantu 10 bamwe bahita bapfa
Mu karere ka Rulindo,umurenge wa Cyinzuzi mu kagari ka Budakiranya,umudugudu wa Kamatongo ikirombe kigwiriye abantu 10 bane bavamo bajyanywe kwamuganga abandi 6 bakaba bakirimo. Iki kirombe amakuru BWIZA ihabwa n’abantu bari bahari ni uko cyabaridukiye kuri uyu wa 24/6/2024 saa tanu z’amanywa,ariko kugeza magingo aya hakaba hari gushakishwa uko aba 6 bakirimo bahabwa ubutabazi. Benda […]
Dore bimwe mu byo ukwiye kumenya ku byiza byo kurya ibigori byokeje
Ibigori byokeje, ni kimwe mu biribwa bikunzwe haba ku bana n’abakuru kuko usanga kikubiye uburyohe ntagereranywa. Ikigori rero gikubiyemo intungamubiri zihagije. Bimwe mu byo wamenya ku bigori ni ibi bikurikira; 1.Gikungahaye ku ntungamubiri yitwa Folic acid Iyi acide ifitiye akamaro cyane abagore batwite kuko igira uruhare rukomeye mu iremwa ry’ubwonko bw’umwana igihe bamutwite, ndetse ikanongerera […]
Isuzuma rya NATO ryasanze ubwirinzi bw’u Burayi bujegajega
Muri uku kwezi, intambara yo muri Ukraine ndetse n’amatora y’umukuru w’igihugu muri Amerika ni byo byihariye inama ya NATO yabereye i Washington, muri uku kwezi ariko inyuma y’amarido, abapanga mu bijyanye n’igisirikare cy’uyu muryango bibanze ku gusuzuma ikiguzi kinini cyo gukemura ibibazo by’ubwirinzi bw’u Burayi bujegajega. Abayobozi ba NATO bemeje gahunda mu mwaka ushize yo […]
Ingengabihe ya Shampiyona yo mu Rwanda yamenyekanye

Rwanda Premier League itegura shampiyona y’ikiciro cya Mbere mu Rwanda yatangaje ingengabihe ya Shampiyona ya 2024/25 iteganyijwe muri Kanama. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga 2024 nibwo Rwanda Premier League yasohoye iyi ngengabihe. Biteganyijwe ko ku Munsi wa Mbere, Rayon Sports izahura na Marines FC, tariki 17 Kanama, mu gihe […]
Aruna Madjaliwa yongeye kuzengereza Rayon Sports
Umurundi Aruna Madjaliwa ukinira Rayon Sports yongeye kuyizengereza ayitangariza ko atazigera ayikinira itari yamwishyura amafaranga y’imishahara y’amezi umunani imubereyemo. Aruna Madjaliwa atangaza ko kuri ubu yamaze amezi agera ku umunani Rayon Sports itamuhereza imishahara ye. Kubera iyo mpamvu byatumye uyu mukinnyi wagiranye cyane ibibazo na Rayon Sports ahita afata icyemezo cyo kutazayikinira itari yamwishyura. Aya […]
Gen. Makenga, Lt Col Willy Ngoma na Bisimwa mu bo RDC yatangiye kuburanisha
Ubutabera bwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu bwatangiye kuburanisha urubanza buregamo ibyaha bitandukanye abayobozi bakuru ba AFC/M23. Urukiko rwa gisirikare rukorera muri Komine Gombe i Kinshasa ni rwo rwatangiye kubaburanisha. Ubushinjacyaha bubarega ibyaha bitandukanye birimo iby’intambara, kujya mu mutwe wa gisirikare utemewe ndetse n’ubugambanyi bubashinja gukorera mu burasirazuba bwa […]
Ibigo bito by’imari ubu byemerewe kuguriza abantu batakira amafaranga abitswa
Kuri ubu mu Rwanda ibigo by’imari byatangiye guhabwa uburenganzira bwo gutanga inguzanyo ku baturage batakira amafaranga abitswa nk’uko byemezwa na Banki Nkuru y’Igihugu, BNR. Kuva muri Mata umwaka ushize, BNR yashyizeho amabwiriza agenga abatanga serivisi z’imari batakira amafaranga abitswa. aho abantu ku giti cyabo n’ibigo bashobora kuguriza amafaranga abaturage ariko bahawe uburenganzira na BNR ndetse […]
Ruto yatangaje icyiciro cya 2 cy’abaminisitiri bagize Guverinoma nshya ya Kenya
Perezida William Samoei Ruto wa Kenya kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga, yatangaje icyiciro cya kabiri cy’abaminisitiri bagize Guverinoma nshya y’igihugu cye. Mu bo yahaye imyanya harimo John Mbadi wari usanzwe ari Chairman w’ishyaka ODM ritavuga rumwe n’ubutegetsi. Uyu yagizwe Minisitiri w’Imari. Abandi ni Salim Mvurya wagizwe uw’Ubucuruzi, Rebecca Miano wagizwe uw’Ubukerarugendo, Opiyo […]
Sitade Amahoro izakinirwaho shampiyona
Nyuma y’uko ivuguruwe sitade Amahoro yashyizwe mu masitade azakoreshwa muri shampiyona y’ikiciro cya Mbere mu Rwanda iteganyijwe mu kwezi gutaha. Rwanda Premier League itegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, yatangaje ko Stade Amahoro iri mu bibuga bizakinirwaho Shampiyona mu mwaka w’imikino utaha. Kuri ubu hari kubaho ibiganiro byanyuma hagati ya Rwanda Premier League Minisiteri ya Siporo […]
P.M Ngirente yafunguye ku mugaragaro uruganda ruzajya rutunganya toni 50 z’amata y’ifu

Mu Karere ka Nyagatare kuri uyu wa Gatatu hafunguwe uruganda ruzajya rutunganya amata y’ifu aho ruzajya rukora nibura toni 50.Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente niwe wafunguye ku mugaragaro Uruganda rw’Amata rusanwe ari urwa Kompanyi ya Inyange Indutries. Uru ruganda ruzajya rushobora gutunganya ku munsi litiro zirenga ibihumbi 500 z’amata yakamwe, akavamo ibilo ibihumbi 50 by’amata […]
Ethiopia: Abishwe n’inkangu bamaze kuba 229
Umukozi wa leta yavuze ko umubare w’abahitanwe n’inkangu ebyiri mu majyepfo ya Ethiopia wazamutse ugera ku bantu 229 kandi ushobora kwiyongera kurushaho mu gihe gushakisha abarokotse ndetse n’abapfuye byakomeje ku munsi wa gatatu. Ku Cyumweru nijoro, inkangu yashyinguye abantu muri zone ya Gofa yo mu majyepfo ya Ethiopia, hanyuma iya kabiri ifata abandi bari bateraniye […]
Umunsi rukumbi umurwa mukuru wa Amerika ufatwa n’ingabo z’amahanga Capitol igatwikwa
Intambara yo mu 1812 yarwanwe na Amerika hamwe n’abafatanyabikorwa bayo barwanya u Bwongereza n’abafatanyabikorwa babwo muri Amerika ya Ruguru. Yatangiye igihe Amerika yatangizaga intambara ku Bwongereza ku itariki ya 18 Kamena 1812. Nubwo amasezerano y’amahoro yemeranijweho mu Kuboza 1814, intambara ntiyarangiye ku mugaragaro kugeza igihe amasezerano y’amahoro yemezwaga na Kongere ya Amerika ku itariki ya […]
Umubare w’abana b’abakobwa wariyongereye mu bizamini bya Leta- MINEDUC
Uko imyaka igenda ishira n’inako ireme ry’uburezi rigenda rizamuka , aho kuri ubu abana b’abakobwa bagenda biyongera ku ntebe y’ibizamini bya Leta. Ibi bigaragazwa n’imibare ya Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda, aho igaragaza ko abana b’abakobwa baruta ubwinshi abahungu mu bizamini bya Leta by’imyaka mike ishize. Nyuma y’icyorezo cya COVID-19 mu mwaka w’amashuri 2020-2021, ibizamini bya […]
Burundi: Indwara ya Bwaki iravuza ubuhuha
Abashinzwe ubuzima mu ntara ya Kayanza mu majyaruguru y’Uburundi, bavuga ko abana barenga 50% bibasiwe n’indwara ya bwaki muri iyo ntara. Imiryango myinshi ivuga ko idashobora kwihaza mu biribwa mu buryo bw’uzuye. Impamvu ngo n’uko usanga ibintu bihenze ku masoko ndetse no kubona uko bajya guca inshuro birabagora bitewe n’uko ibiciro by’ingendo byazamutse. Ku bijyanye […]
Bahala wagiye ‘mu mishyikirano na M23’ mu mazi abira nyuma yo kwirukanwa na Tshisekedi
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yatangije iperereza kuri Abbé Bahala Okw’Ibale Jean Bosco, kugira ngo hamenyekane intandaro y’imishyikirano byavuzwe ko yagiyemo na M23. Ni amakuru yemejwe na Minisitiri w’Itumanaho akanaba umuvugizi wa Guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya Katembwe, mu kiganiro yaraye agiranye n’abanyamakuru. Ku wa Mbere w’iki cyumweru ni bwo hamenyekanye […]
Abasirikare ba Afurika y’Epfo birukanwe muri RDC kubera ubusambanyi n’ihohotera bagizwe abere
Abasirikare icyenda bo muri Afurika y’Epfo birukanywe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu Kwakira umwaka ushize bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no guhohotera (SEA) bahanaguweho icyaha ariko bahamwa n’icyaha cyo kurenga ku mabwiriza yagengaga ibirindiro (BSOs). Ibi ni ibyavuye mu cyo ubuyobozi bushinzwe itumanaho (DCC) mu Gisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) bwavuze ko ari […]
USA: Polisi yataye muri yombi abagera kuri 200 bamagana uruzinduko rwa Netanyahu

Polisi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yataye muri yombi abantu bagera kuri 200 kubera imyigaragambyo yo kwamagana Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, uri mu ruzinduko muri iki gihugu. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 23 Nyakanga, abantu batari bake bafatiwe ku nyubako ya Kongere ya Amerika bazira imyigaragambyo yo kwamagana ijambo Minisitiri w’intebe […]
Abayobozi bateye inda abakinnyi b’ikipe y’igihugu barakomerewe
Muri Cameroun, Leta yatanfiye iperereza ryimbitse ku bayobozi b’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball, FECAVOLLEY, aho bakurikiranweho gusambanya no gutera inda abakinnyi batanu bakinira Ikipe y’Igihugu y’Abagore mu batarengeje imyaka 16 na 18. Ibi byatangiye ubwo umwe mu bakinnyi bakina mu Ikipe y’Igihugu Nkuru y’Abagore muri Cameroun yanditse ibaruwa ifunguye ashinja abarimo abayobozi ba ririya shyirahamwe rya […]
Uganda: Abagera muri 60 ni bo batawe muri yombi bagerageza kwigaragambya
Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa Kabiri cyataye muri yombi abantu barenga 60 biganjemo urubyiruko bari mu myigaragambyo yo kwamagana ruswa mu nteko ishinga amategeko na leta, basaba ko perezidante wayo, Anita Among yegura. Ku mbuga nkoranyambaga amashusho yerekanye abapolisi bakoresha imbagara mu guta muri yombi abigaragambya bagerageje kwegera ku ngoro y’inteko ishinga amategeko mu […]
UN itewe impungenge n’icyorezo cy’imbasa gishobora kwibasira abanye Gaza
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS, rivuga ko mu Ntara ya Gaza hashobora kwaduka indwara y’imbasa. Iyi ndwara ngo ikaba ishobora guterwa n’umwanda n’amazi adasukuye. OMS ivuga ko ikomeje gukora ubukangurambaga mu gukingira iyi ndwara. Gusa hari impungenge ko abantu batazabona uko bagera mu bice biherereyemo abaganga bitewe n’umutekano mucye urangwa muri bice. Ni […]
Kamala Harris ikusanyabitekerezo rigaragaza ko ari imbere ya Donald Trump
Ibipimo by’ikusanyabitekerezo ryerekeye amatora ateganijwe muri Amerika mu kwezi kwa cumi na kumwe uyu mwaka bigaragaza ko Visi Perezida Kamala Harris ari imbere ya Donald Trump ibice bibiri ku ijana. Iri kusanyabitekerezo ryakozwe n’ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, n’ikigo gikora ubushakashatsi gifite ibiro bikuru i Paris mu Bufaransa kitwa Ipsos. Iri kusanyabitekerezo ryakozwe ku wa Mbere […]