RDF na UPDF mu nama igamije gukumira ibyaha byambukiranya imipaka
Diviziyo ya kabiri n’iya gatanu yo mu ngabo z’u Rwanda (RDF) n’iya kabiri yo mu za Uganda (UPDF), zahuriye mu nama igamije gushimangira ubufatanya bwambukiranya imipaka ndetse no gukumira ibyaha byambukiranya imbibi z’ibihugu byombi. Ni inama yabereye i Mbarara muri Uganda. Intumwa za RDF muri iyi nama zari ziyobowe n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj […]
Menya Neza Uwo Uri We – EP 2
Uwiteka abwira Mose ati:”Jya kwa Farawo umwami wa Egiputa, umubwire akundire Abisirayeli bave mu gihugu cye.” (Kuva 6:10;11) Kugira ngo Mose atinyuke kujya kwa Farao kandi kumuha amabwiriza yo kurekura abisiraheri, n’uko hari ukuntu yari yifitiye icyizere. Icyo cyizere nta handi yarikugikura, cyeretse n’umwanya yari ahagazemo mu bwami bw’Imana. Ntuteze kuzigirira icyizere utazi uwo uriwe, […]
Inama ya Col Bora wahoze ari intasi ya FDLR kuri M23
Colonel Nshimiyimana Augustin wahoze akuriye ubutasi bwo hanze mu mutwe wa FDLR, yasabye umutwe wa M23 gukora ibishoboka byose ukarinda umutekano wo mu duce tw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ugenzura. Colonel Nshimiyimana wamenyekanye nka Bora Manassé yabigarutseho mu kiganiro yahaye BWIZA TV. M23 imaze igihe kirekire igenzura uduce dutandukanye twa Kivu y’Amajyaruguru, by’umwihariko utwa za Teritwari […]
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Netanyahu ashobora kutazatorerwa indi manda
Umubare munini w’Abanya Isiraheli bemeza ko iyi igomba kuba manda ya nyuma ya Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu yaba yicaye ku ntebe y’ubuyobozi. Bavuga ko atagomba kwiyamamaza mu matora ataha, nk’uko ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara na Channel 12 kuri uyu wa gatanu. 69% by’ababajijwe, bavuze ko Netanyahu agomba kwegura mu gihe amatora azakurikiraho bitandukanye na 22% gusa […]
Sudan y’Epfo: Abagera kuri miliyoni 3.3 bategujwe ko bazibasirwa n’imvura yo muri Nzeri n’Ukwakira
Muri iki Cyumweru umwuzure wibasiye abantu 472.000 mu turere 26 two muri Sudani y’Amajyepfo guhera ku ya 29 Kanama, nk’uko ikigo cy’umuryango w’Abibumbye cy’ubutabazi (OCHA) kibitangaza. Hari impungenge kandi z’uko miliyoni 3.3 z’abantu zishobora kwibasirwa mu gihe cy’imvura iteganijwe kugwa hagati ya Nzeri n’Ukwakira. OCHA ivuga ko imyuzure yangije amazu, yangiza imyaka, ihungabanya amashuri na […]
Kirehe: Impunzi y’Umurundi yasanzwe aho yararaga yarapfuye
Impunzi y’Umurundi yitwa Ndayishimiye Lazare yabaga mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe, yasanzwe mu cyumba yabagamo yarapfuye. Umurambo w’uyu musore w’imyaka 25 y’amavuko wari warahungiye i Mahama muri 2015, wabonetse nyuma y’uko bagenzi be babaga hafi y’aho arara bumvise umunuko udasanzwe. Byabaye ngombwa ko bahita batabaza Polisi ndetse n’inzego z’ubuyobozi. Iperereza ry’ibanze ryerekana […]
Bugesera: Umukino wa Karate ukomeje gufasha abana babo gutsinda mu ishuri n’ikinyabupfura
Peace Karate Academy ni Club ya Karate ibarizwamo abana,ikorera mu murenge wa Mayange,Akarere ka Bugesera,Intara y’Iburasirazuba.Ababyeyi bafite abana muri ino Club bakomeje kuvugako kuva abana babo batangira gukina uyu mukino wa Karate byahinduye byinshi mu buzima bw’abana babo. Ubuyobozi bwa Peace Karate Academy bwahamirije BWIZA ko butazatezuka gushyira imbaraga mu gufasha no kuzamura impano z’abato […]
Tshisekedi yirukanye Tshibangu wari intumwa ye yihariye mu bibazo bya RDC n’u Rwanda
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye yirukanye ku mirimo Serge Kabeya Tshibangu wari intumwa ye yihariye ishinzwe gukurikirana ibiganiro bya Nairobi na Luanda. Umuvugizi wa Tshisekedi, Tina Salaam ni we watangaje ko Tshibangu yirukanwe, asimburwa na Sumbu Sita Mambu. Amakuru avuga ko uyu mugabo yaba yirukanwe azira amajwi yafashwe mu […]
Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gishobora kuba cyahagaritswe mu mezi atandatu ari imbere- OMS
Umuyobozi w’Umuryango w’Abibumbye wita ku buzima ku isi (OMS),Tedros Adhanom, avuga ko icyorezo cy’ubushita bw’inkende Mpox gikomeje kwibasira Afurika gishobora kuba cyahagaritswe mu mezi atandatu ari imbere. OMS itangaza ibi ishingiye ku nkingo zizoherezwa muri Afurika. Kugeza ubu zimwe zamaze kuhagera igihugu cya Mbere cyazakiriye akaba aricyo Nigeria aho kugeza ubu imaze kwakira izisaga ibihumbi […]
Colonel Karasira uyobora APR FC muri ba Ofisiye bakuru ba RDF bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru
Colonel Richard Karasira uyobora APR FC, ari mu basirikare bo mu ngabo z’u Rwanda bo ku rwego rwa ba Ofisiye bakuru bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru. Mu ijoro ryacyeye ni bwo Perezida Paul Kagame yashyize mu kiruho cy’izabukuru abasirikare barenga 1,000, hanaba umuhango wo kubasezera mu cyubahiro. Mu bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru harimo batanu bo ku […]
Gasabo: Bane barimo n’umugore batawe muri yombi bazira gukora inzoga zitemewe
Mu Karere ka Gasabo,Umurenge wa Bumbogo,mu Kagari ka Ngara,Umudugudu wa Birembo hafatiwe abantu bane bakoraga bakanacuruza mu baturage inzoga zitujuje ubuziranenge zingana na litiro 3500. Abafashwe ni abagabo batatu n’umugore umwe, bafatiwe mu cyuho bazicururiza mu tubari duherereye muri uyu murenge wa Bumbogo,bakaba barafashwe ku isaha ya saa kumi n’imwe za mu gitondo cyo kuri […]
Abanyamakuru 2 bakomeye basezeye kuri RBA
Anita Pendo na Gerard Mbabazi bakoraga mu myidagaduro mu kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), basezeye nyuma y’imyaka 10 ari abakozi bacyo. Ku wa Gatanu tariki ya 30 Kanama ni bwo bombi basezeye. Anita Pendo wabanje gusezera amakuru avuga ko agomba kwerekeza kuri Kiss FM aho agomba gusimbura Sandrine Isheja Butera uheruka kugirwa Umuyobozi Mukuru wungirije wa […]
Ukraine yategeye Putin ku ruzinduko agiye kugirira muri Mongoliya
Ukraine yasabye Mongoliya guta muri yombi Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin mu ruzinduko rwe azagirira muri iki gihugu mu cyumweru gitaha. Putin ni ubwa Mbere agiye gukorera uruzinduko mu gihugu kinyamuryango cy’u rukiko mpanabyaha ICC kuva yashyirwaho impapuro zimuta muri yombi ari nayo mpamvu Ukraine yasabye ko Iki gihugu cyamuta muri yombi. Urukiko rwa ICC ruvuga […]
PM. Dr Ngirente yagiranye ibiganiro n’itsinda rishinzwe uburezi mu muryango wa OECD
Kuri uyu wa Gatanu taliki 30 Kanama 2024, nibwo Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente yakiriye itsinda ryita ku burezi mu Muryango Mpuzamahanga w’Ubukungu n’iterambere (OECD). Ni ibiganiro byibanze ahanini ku iterambere ry’Uburezi mu Rwanda. Ni itsinda riyobowe na Andreas Schleicher, Umuyobozi ushinzwe uburezi muri uyu muryango wa OECD. Kimwe mubyo baganiriye n’iri tsinda ari ukurebera hamwe […]
Abasirikare 100 b’u Burusiya bari muri Burkina Faso bahamagajwe igitaraganya kubera Ukraine
Uburusiya bwakuye abasirikare bigenga 100 muri Burkinafaso kugira ngo bafashe bagenzi babo mu ntambara yo muri Ukraine. Bari mu basirikare bagera kuri 300 bo muri Brigade ya Bear – isosiyete yigenga y’abasirikare y’Uburusiya. Aba basirikare bageze muri Burkinafaso mu kwezi kwa Gicurasi kugira ngo bashyigikire igisirikare cy’igihugu. Ku muyoboro wacyo wa Telegram, uyu mutwe wavuze […]
P. Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare barenga 1,000 barimo Gen Kazura
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare barenga 1,000 barimo Gen Jean Bosco Kazura wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda. Gen Kazura yabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda hagati y’Ugushyingo 2019 na Kamena 2023. Mbere y’aho yari yaragiye akora indi mirimo irimo kuba Umuyobozi w’Ishuri Rikuru […]