Rubavu:Umugabo yiyemerera ko yasambanyije umwana we
Ku itariki ya 18/09/2024, Ubushinjacyaha ku Urwego Rwisumubuye rwa Rubavu, bwaregeye Urukiko Rwibanze rwa Gisenyi umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana we wâimfura ufite imyaka cumi nâitatu (13) bumusabira gufungwa byâagateganyo. Ibyo byabaye ku wa 11/09/2024 ubwo umugabo witwa Mvuyekure ufite imyaka 39 yâamavuko yagiranaga ikibazo nâumugore we akamukubita, umugore akahukanira mu baturanyi akararayo. Uyu […]
Yago agiye kwiyunga na Bruce Melody na Sabin
Umuhanzi akaba nâumunyamakuru Nyarwaya Innocent uzwi ku izina rya âYago Pon Datâ, yatangaje ko yiteguye kwicarana nâabarimo Bruce Melodie na Murungi Sabin avuga ko bamuhemukiye bakarangiza amakimbirane bafitanye. Mu kiganiro cyanyuze kuri âYago Tv Showâ uwitwa Safari ufatwa nkâumujyanama wa Yago, yavuze ko yavuganye na Bruce Melodie na Sabin, bose bakemera ko biteguye kuganira na […]
Musanze: Abataramenyekana bari bahishe amasura batemye umusaza w’imyaka 77
Umusaza witwa Hakizimana Alphonse wo mu murenge wa Muko w’akarere ka Musanze, yasanzwe mu nzu yarakomeretse nyuma yo gutemwa n’abantu bataramenyekana. Ku wa Gatatu tariki ya 18 Nzeri ni bwo uyu musaza yasanzwe mu nzu ye iherereye mu mudugudu wa Kabusunzu ho mu kagari ka Cyivugiza yakomerekejwe. Amakuru atangwa n’inzego z’ubuyobozi zo muri aka gace […]
Ibirwa bya Maurice n’u Rwanda byiyemeje gukaza ubufatanye mu bukerarugendo
Ibirwa bya Maurice n’u Rwanda bigiye gushimangira umubano wâibihugu byombi, byibanda ku guhuza ikirere, ubufatanye mu by’imari nâubukerarugendo. Ibi byatangajwe nyuma yâinama yahuje Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Maurice, Maneesh Gobin, na Ambasaderi mushya wâu Rwanda muri Maurice, Emmanuel Hategeka, ku itariki ya 17 Nzeri 2024. Muri ibyo biganiro, impande zombi zagaragaje ko zishimiye iterambere ryâubufatanye […]
Hezbollah yarashe ibisasu bya missile 140 muri Israel
Hezbollah yarashe ibisasu bya roketi muri Israel uyu mutwe uvuga ko byibasiye ibirindiro by’Ingabo za Isirael (IDF). IDF ivuga ko misile 140 zarashwe muri Israel. Hagati aho Ingabo za Israel zivuga ko zagabye ibitero bishya mu majyepfo ya Libani, ahari ibirindiro bya Hezbollah. Bije nyuma y’uko Israel igabye ibitero byinshi mu kirere mu majyepfo ya […]
Hamenyekanye umubare w’abaguye mu gitero ibyihebe byatwikiyemo indege ya Perezida wa Mali
Inzego z’umutekano muri Mali zatangaje ko abantu barenga 70 ari bo baguye mu gitero ibyihebe biheruka kugaba i Bamako mu murwa mukuru w’iki gihugu. Ku wa kabiri tariki ya 17 Nzeri ni bwo ibyihebe byo mu mutwe wa Jamaâs Nusrat ul-Islam wa al-Muslimin wegamiye kuri Al Qaeda byateye ikigo gitoza abapolisi kabuhariwe nâikibuga cyâindege cyâi […]
Authors have risen up against the saying that “If you want to hide something from an African, put it in a book.”
African authors are standing up to denounce a widely known saying that “If you want to hide something from an African, put it in a book.” This phrase is often used to suggest that people from this continent do not like to read. Some of these writers, including those engaged in media, acknowledge that this […]
RDC: Jean-Pirre Lacroix wa Loni yashishikarije MONUSCO gufatanya na FARDC na SAMDRC

Umunyamabanga Mukuru Wungirije w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro Jean-Pierre Lacroix, ukomeje uruzinduko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa Gatatu, itariki ya 18 Nzeri, yasuye ingabo zinyuranye zâUmuryango wâAbibumbye zifite icyicaro ahitwa Mubambiro, hafi ya SakĂ©, ku birometero 27 mu burengerazuba bw’Umujyi wa Goma, muri Kivu y’Amajyaruguru. Jean-Pierre Lacroix yahumurije abo bashinzwe […]
Gen Mubarakh Muganga yasabye APR FC guhigura umuhigo yahize
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akanaba Perezida w’icyubahiro wa APR FC, Gen Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi b’iyi kipe guhigura umuhigo bahize bagasezerera Pyramids FC. Gen Mubarakh mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, yabwiye abakinnyi ba APR FC ati: “Bakinnyi ba APR FC, mwatweretse ko muri Intare kandi mushoboye. Inama n’intego ni yayindi. Mwarahize natwe […]
Wazalendo bemeranyije ubwiyunge nk’inkingi yo gutsinda M23
Abarwanyi bo mu mitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bibumbiye mu kiswe ‘Wazalendo’ bemeranyije bashyira umukono ku masezerano y’amahoro no kubanirana neza nk’intwaro izabafasha gutsinda umutwe wa M23. Wazalendo ni abarwanyi bahoze mu mitwe yarwanyaga Ubutegetsi bwa Congo ariko nyuma baza kubwiyungaho mu kurwanya umutwe wa M23 nyuma yo […]
Itumbagira ry’ikiguzi cyo gushyingura rihangayikishije bamwe mu Banyakigali
Abanyakigali bamwe bahangayikishijwe n’ikiguzi cyo gushyingura gikomeje gutumbagira biturutse ku guhenda kwâikuguzi cyâimva, isanduku, gukodesha imodoka itwara umurambo nâimihango irimo gukaraba nâindi ijyana no gusezera no gushyingura. Abahanga mu mitekerereze ya muntu bagaragaza ko abashyingura ababo badakwiye gusesagura cyangwa gukoresha nabi umutungo wabo nâuwa nyakwigendera. Bamwe mu baturage bo hirya no hino muri Kigali baganiriye […]
Lourenço yaganiriye na Perezida Kagame, yoherereza Tshisekedi ubutumwa
Perezida Manuel JoĂŁo Conçalves Lourenço wa Angola ku wa Kane yagiranye ikiganiro kirekire cyo kuri telefoni na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, anohereza intumwa ye kwa FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa RDC. Iki kiganiro cyabaye mu rwego rwo gukemura amakimbirane yo mu burasirazuba bwa Congo, gusa nta byinshi Perezidansi ya Angola yigeze igitangazaho. Angola ni […]
EU yemeje ko mukeba wa Maduro ari we Perezida yemera wa Venezuela
Kuri uyu wa Kane, Inteko Ishinga Amategeko yâu Burayi yemeje umwanzuro wemeza ko umuntu utavuga rumwe nâubutegetsi Edmundo Gonzalez Urrutia ari we perezida wemewe wa Venezuela, nyuma yâuko Nicolas Maduro usanzweho avuga ko yatsinze amatora atavugwaho rumwe . Gutora uyu mwanzuro ariko ntibivuze ko ugomba kubahirizwa kandi ngo ntavuze ko buri gihugu kigize umuryango kibibona […]
Umuturage wa Israel arakekwa mu mugambi wa Irani wo gushaka kwica Netanyahu
Kuri uyu wa Kane Igisirikare cya Israel cyavuze ko cyagabye ibitero ku birindiro birindwi byâabarwanyi ba Hezbollah muri Libani, kivuga kandi ko mu kwezi gushize hafashwe umuturage wa Israel ukekwaho kugira uruhare mu mugambi wa Irani wo gushaka guhitana bamwe mu bayobozi bâigihugu. Ubuyobozi buvuga ko uwatawe muri yombi ari umucuruzi ufite abantu akorana na […]
Musanze: Yafatanwe amadolari arenga ibihumbi 17 yari yibye umukoresha we i Kigali
Polisi yâu Rwanda mu Karere ka Musanze yafashe kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Nzeri, umusore wâimyaka 24 yâamavuko, ucyekwaho kwiba shebuja amadolari yâAmerika (US$) 17, 200 nâamafaranga yâu Rwanda (Frw) 2,200 mu Karere ka Gasabo . Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda, mu Ntara yâAmajyaruguru, Superintendent of Police (SP) Jean Bosco Mwiseneza, yavuze ko […]