APR FC yatsinze AS Kigali igera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Intwari

Ikipe ya APR FC yatsinze AS Kigali ibitego 2-0 mu mukino w’igikombe cy’Intwari wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo kuri uyu wa Kabiri. Igice cya mbere cy’umukino cyaranzwe no kwataka kw’impande zombi ariko nta gitego cyabonetse, amakipe yombi anganya 0-0. Igice cya kabiri cyatangiye APR FC isatira cyane, maze ku munota wa 55 ihabwa […]
Abasirikare ba Tanzaniya basenye ibiraro byabahuzaga n’u Burundi muri Giteranyi

Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 28 Mutarama 2025, abasirikari n’abayobozi bo muri Tanzaniya basenye ibiraro bito byahuzaga Tanzaniya n’u Burundi, ku ruhande rwa Komini ya Giteranyi, Intara ya Muyinga. Ibiraro bimaze gusenywa nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Iwacu-Burundi, ni ibyo mu Mudugudu wa Shoza, Zone ya Giteranyi n’umudugudu wa Kabogo, Mukoni na […]
US Secretary of State Marco Rubio commended the leadership of His Majesty King Mohammed VI in advancing regional and global peace and security

In a press release released Monday in Washington following a phone call with the Minister of Foreign Affairs, African Cooperation and Moroccan Expatriates, Nasser Bourita, the US Secretary of State stressed the importance of the US-Moroccan strategic partnership in advancing regional and global peace and security, hailing the leadership of His Majesty the King in […]
Le Secrétaire d’Etat américain, Marco Rubio a salué le leadership de Sa Majesté le Roi Mohammed VI en faveur de la promotion de la paix et de la sécurité régionales et internationales

Dans un communiquĂ© diffusĂ© lundi Ă Washington Ă la suite d’un entretien tĂ©lĂ©phonique avec le Ministre des Affaires Etrangères, de la CoopĂ©ration Africaine et des Marocains RĂ©sidant Ă l’Etranger, Nasser Bourita, le SecrĂ©taire d’Etat US a soulignĂ© l’importance du partenariat stratĂ©gique maroco-amĂ©ricain en faveur de la paix et de la sĂ©curitĂ© rĂ©gionales et internationales, saluant […]
Kinshasa: Ambasade zirimo iy’u Rwanda zagabweho ibitero n’abigaragambya

I Kinshasa mu Murwa Mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, imyigaragambyo kuri uyu wa Kabiri yafashe indi ntera aho Abanyekongo batwitse kandi basahura Ambasade zaho. Ambasade z’amahanga ntizirashobora gutanga amakuru y’umutekano i Kinshasa. Biravugwa ko Ambasade y’u Rwanda yanatwitswe, Uganda, u Bubiligi, u Bufaransa, USA na ambasade zimwe na zimwe z’ibihugu by’Iburengerazuba zigaruriwe i […]
SANDF yavuze ku by’uko ingabo zayo zarwanaga na M23 zaba zayamanitse

Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) cyahakanye ko Ingabo zacyo ziri muri Kivu y’Amajyaruguru zitamanitse amaboko imbere ya M23 barwanaga, ko ahubwo zazamuye ibendera ryera mu rwego rwo kubahiriza agahenge. Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 27 Mutarama, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho agaragaza abasirikare b’abanya-Afurika y’Epfo barwaniraga mu mujyi wa Goma bazamura ibendera […]
Abandi basirikare 4 ba Afurika y’Epfo bishwe barwana na M23

Afurika y’Epfo yemeje ko abandi basirikare bayo bane bapfiriye mu ntambara ikomeje kubera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bituma umubare w’abo imaze gupfusha kuva mu cyumweru gishize ugera kuri 13. Inkuru y’urupfu rw’aba basirikare yemejwe na SABC News, igitangazamakuru cya Leta ya Afurika y’Epfo. Afurika y’Epfo iri mu bihugu bigize umuryango wa […]
Kinshasa: Haramukiye imyigaragambyo ikaze yamagana M23

I Kinshasa muri iki gitondo cyo kuwa Kabiri ubuzima bwahagaze kubera imyigaragambyo yaramukiye mu bice bitandukanye yo kwamagana M23 nyuma y’imirwano yo mu Mujyi wa Goma. Imodoka ziragenda gacye, hamwe n’ubwikorezi rusange n’ibinyabiziga byigenga bisa nk’ibyahagaze ku mihanda minini. Mu duce tumwe na tumwe, hashyizwe bariyeri n’amapine yaka byashyizweho n’urubyiruko, rwitabiriye umuhamagaro wo guhagarika ubuzima […]
Abanyekongo bakomeje guhungira i Rubavu mu gihe amasasu acyumvikana i Goma

Mu gihe urusaku rw’amasasu rukomeje kumvikana mu Mujyi wa Goma, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri mu Karere ka Rubavu, hakiriwe impunzi nyinshi z’Abakongomani, zikomeje guhunga imirwano iri kubera mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Goma no ku kibuga cy’indege hagati y’Umutwe wa M23 n’ihuriro ry’imitwe ifatanya n’Ingabo za Leta ya Congo, FARDC. Izi mpunzi […]
Trump yirukanye abashinjacyaha bamushinjaga mu nkiko

Bitangazwa ko abasaga icumi bakoze ku manza za Donald Trump birukanywe nyuma y’uko Minisiteri w’Ubutabera w’agateganyo, James McHenry avuze ko batabizera mu gushyira mu bikorwa gahunda za Perezida Trump. Mu ibaruwa yandikiwe aba bakozi, McHenry yagize ati: “Kubera uruhare rwanyu mu gukurikirana Perezida Trump, ntabwo ubuyobozi bwabizeye mu gushyira mu bikorwa gahunda zayo.” Ibi byabaye […]
Radja Nainggolan arafunze

Umunyabigwi w’umupira w’amaguru w’Umubiligi, Radja Nainggolan yatawe muri yombi mu iperereza ku bucuruzi bwa cocaine. Nainggolan w’imyaka 36 yafashwe ku wa Mbere mu gitondo hamwe n’abandi bakekwaho uruhare muri ubu bucuruzi, mu mukwabu wakozwe mu bice bitandukanye by’u Bubiligi. Ibiro by’umushinjacyaha i Buruseli byatangaje ko iperereza rirebana no kwinjiza cocaine ivuye muri Amerika y’Amajyepfo ikanyuzwa […]
Dore uko amakipe azesurana mu gikombe cy’Afurika

Mu ijoro ryo ku wa Mbere, tariki ya 27 Mutarama 2025 habaye tombola yo gushyira ibihugu bizakina Igikombe cya Afurika 2025 mu matsinda. Uyu muhango wabereye i Rabat muri Maroc wasize amakipe 24 agabanyijwe mu matsinda atandatu, buri tsinda ririmo amakipe ane. Maroc, izakira iri rushanwa iri mu itsinda rya mbere hamwe na Mali, Zambie […]
50 Cent arashinjwa gukomeretsa umufotozi

Curtis James Jackson III, uzwi cyane ku izina rya 50 Cent yajyanywe mu nkiko n’umufotozi Guadalupe De Los Santos, umushinja kumukomeretsa afatanyije n’itsinda ry’abantu be. Uyu mufotozi yavuze ko ku wa 11 Nzeri 2024 ubwo 50 Cent yari mu bikorwa byo kumenyekanisha igitabo cye The Accomplice: A Novel 50 Cent i Los Angeles, aho yaje […]
Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya

Rutahizamu w’Umunya-GuinĂ©e-Bissau, Adulai JalĂł w’imyaka 20 yageze i Kigali mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28 Mutarama 2025, aho aje gusinyira ikipe ya Rayon Sports. JalĂł wakiniraga Sports Benfica de Bissau yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali ahagana Saa Saba z’ijoro yakirwa n’umujyanama we Karenzi Alex. Uyu mukinnyi yavuze ko intego […]
Rwamagana: Birakekwa ko yarohamishijwe n’ifi yari arimo kuroba muri Muhazi

Umugabo witwa Niyoyita Emmanuel uri mu kigero cy’imyaka 44, yarohamye mu Kiyaga cya Muhazi ubwo yarimo kuroba amafi akoresheje ibikoresho gakondo abaroba mu buryo butemewe bakoresha. Ibi byabereye mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana, ku Cyumweru, Tariki ya 26 Mutarama 2025, ubwo ifi yafatwaga mu mutego uzwi nk’indobani yari yateze mu kiyaga cya […]
Perezida Ramaphosa yavuganye na Kagame kuri telephone nyuma yo gupfusha ingabo i Goma

Perezidansi ya Afurika y’Epfo iratangaza ko mu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Kabiri perezida w’iki gihugu yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Rwanda baganira ku bibera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibinyujije ku rubuga rwa X, Perezidansi ya Afurika y’Epfo yagize iti: “Perezida Cyril Ramaphosa yahamagaye kuri telefoni Perezida Paul Kagame […]
EAPCCO: Haganiriwe ku bufatanye mu kurushaho guhangana n’ibyaha byambukiranya imipaka

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 27 Mutarama 2025, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, yatangije ku mugaragaro inama ya 49 ya Komite Mpuzabikorwa ihoraho y’Umuryango wa EAPCCO (PCC) i Kigali, asaba ko hashyirwa hamwe imbaraga mu gufatanya kurwanya ibihungabanya umutekano n’ituze rusange byugarije akarere. Komite mpuzabikorwa ihoraho ihuriza hamwe abakuriye […]
Iby’ingenzi kuri ‘Iron Dome’ RDF yakoresheje ipfubya ibisasu bya FARDC na FDLR

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mutarama ubwo imirwano ikomeye yarimo ijya mbere hagati i Goma hagati y’inyeshyamba za M23 n’Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC, u Rwanda rwarashweho ibisasu gusa ibyinshi muri byo biraswa n’ingabo zarwo. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko ibi bisasu byarashwe mu karere ka Rubavu […]