Semuhungu arafunzwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafashe Eric Semuhungu, ariko ntirwatangaza ibyo akurikiranyweho kugira ngo iperereza rikomeje ridahungabana. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko koko Semuhungu yamaze gutabwa muri yombi, ariko ko amakuru arambuye azatangazwa nyuma y’uko iperereza ry’ibanze rikorwa. Semuhungu yafashwe ku wa 9 Mata 2026, ubu akaba afungiye kuri sitasiyo […]
Amerika na Iran mu biganiro muri PakistanÂ

Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Iran, zatangiye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru biri kubera mu mujyi wa Islamabad muri Pakistan, bikaba bigamije kugabanya umwuka mubi umaze iminsi wiyongera hagati y’ibi bihugu byombi bisanzwe bihangana. Ibi biganiro byitabiriwe n’abayobozi bakomeye barimo Visi-Perezida wa Amerika JD. Vance ndetse n’umudipolomate wa Iran Abbas Araghchi. […]
Depôche Resto & Bar – Your Perfect Spot in Musanze

DepĂ´che Resto & Bar isn’t just a place you visit — it’s a place you experience. Located in the vibrant heart of Musanze District at YaoundĂ© Trading Center, Depoche offers a perfect blend of great food, refreshing drinks, and a relaxing atmosphere. Whether you’re stopping by for a delicious meal, a night out with friends, […]
Gen. Muhoozi ngo yiteguye kuyobora ingabo 100,000 za UPDF muri IsraelÂ

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye kurikoroza nyuma yo gutangaza ko yiteguye kohereza muri Israel ingabo zibarirwa mu 100,000 zo kurinda kiriya gihugu. Muhoozi mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko ari we ugomba kuba ayoboye ziriya ngabo. Ati: “Niteguye kohereza abasirikare ba Uganda 100,000 muri Israel. Ni njye […]
Burundi: Urukiko rwakatiye umupolisi imyaka 500

Urukiko rw’i Mwaro mu Burundi rwategetse ko umupolisi witwa Osias Irankunda yazafungwa amezi 6,000 (imyaka 500), mu gihe yaba ananiwe kwishyura indishyi z’akababaro za FBU miliyoni 100 rwamuciye. Uyu mupolisi yakatiwe igifungo cya burundu anacibwa iriya ndishyi, nyuma yo guhamywa kugira uruhare mu rupfu rw’uwitwa Nestor Nininahazwe wari uzwi ku izina rya Gasazi. Uyu Gasazi […]
Ambasade ya EU muri Uganda yasabye imbabazi ku butumwa bwayo bupfobya Jenoside yakorewe AbatutsiÂ

Ambasade y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri Uganda, yasabye imbabazi nyuma y’ubutumwa yari yanditse bupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni ubutumwa bujyanye n’igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Ambasaderi wungirije w’uriya muryango, Guillaume Chartrain yitabiriye ku wa Gatanu tariki ya 10 Mata, ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Ggolo muri Uganda. […]