Perezida Kagame yakiriye Oligui Nguema wa Gabon

Kuri uyu wa Kane, itariki 14 Gicurasi 2026, iruhande rw’inama mpuzamahanga y’abayobozi bakuru b’ibigo byo muri Afurika ( Africa CEO Forum), Perezida Paul Kagame yabonanye na Perezida Brice Clotaire Oligui Nguema wa Gabon, uri mu Rwanda aho yitabiriye iyo nama. Aba bayobozi bombi baganiriye ku buryo bwo kurushaho gushimangira ubufatanye bw’ibihugu byombi binyuze mu bufatanye […]

Amabanga y’urugendo rwa Koreya ya Ruguru ku ntwaro kirimbuzi: Uko Pyongyang yanyuze mu bihano ikagera ku gisasu gihangayikishije isi

Mu gihe ibihugu bikomeye by’isi byari bihanganye mu Ntambara y’Ubutita, igihugu cya Koreya ya Ruguru cyatangiye bucece gahunda yatumye nyuma y’imyaka mike kiba kimwe mu bihugu bike bifite intwaro kirimbuzi ku Isi. Uyu munsi, ubutegetsi bwa Pyongyang buyobowe na Kim Jong-un bufite ibisasu kirimbuzi na misile ndende zishobora kugera kure cyane, ibintu byatumye isi ihora […]

Beijing iri kwegera Washington mu bukungu? Isura nyayo y’urugamba rw’ibihangange bibiri

Mu gihe isi ihangayikishijwe n’intambara, ikoranabuhanga n’ubutasi, hari indi ntambara ikomeje kubera inyuma y’amarembo ariko ishobora kuzagena ejo hazaza h’isi: urugamba rw’ubukungu hagati ya Amerika n’Ubushinwa. Imibare ya IMF igaragaza ko ibi bihugu byombi bihagarariye hafi 43% by’umusaruro mbumbe w’isi. Amerika ni yo ikomeje kuza imbere n’ubukungu burenga miliyari ibihumbi 30 z’amadolari, mu gihe Ubushinwa […]

Burundi: Ambasaderi yagwatiriye impapuro z’indege ya Perezida

Ikibazo cy’indege ya Perezida w’u Burundi imaze imyaka igera ku 10 iparitse i Madrid muri Espagne gikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko hamenyekanye amakuru avuga ko inyandiko z’ingenzi zayo zafashwe n’uwahoze ari ambasaderi w’u Burundi muri Afurika y’Iburengerazuba, Cherif Aidara Bocoum, usaba ko abanza kwishyurwa amafaranga avuga ko leta imurimo. Iyo ndege yo mu bwoko […]

Minembwe: Haravugwa ibitero bikaze mu bice bituwe cyane nka Gakenke na Rugezi

Ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa riravugwaho kugaba ibitero bitandukanye byateguriwe hamwe mu bice bituwe cyane muri Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko bitanhazwa na AFC/M23 mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, “Kuri uyu wa Kane, itariki ya 14 Gicurasi 2026, guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo, ingabo z’ihuriro ry’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye ibitero simusiga byibasiye uturere dutuwe cyane […]

Nigeria: Uwahoze ari minisitiri yakatiwe imyaka 75 y’igifungo

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Gicurasi, urukiko rwo muri Nigeria rwakatiye uwahoze ari minisitiri w’ingufu, Saleh Mamman, igifungo cy’imyaka 75 nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kunyereza miliyari 33.8 z’Ama-naira (miliyoni 24.71 $), nk’uko ikigo gishinzwe kurwanya ruswa cy’iki gihugu cyemeza ko ari igihano kidasanzwe ku bayobozi bamunzwe na ruswa kibitangaza. Umucamanza James Omotosho wo […]

Abantu 6 bafashwe bashinjwa kujyana abantu hanze mu buryo bwa magendu

Ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), abantu batandatu (06) batawe muri yombi kuri uyu wa Gatatu ushize bazira gutwara abantu magendu, babizeza kubona amahirwe yo kujya kwiga muri Canada. Abantu batawe muri yombi barafunzwe kugira ngo hakorwe iperereza kandi ukuri kumenyekane ku bijyanye n’iki gikorwa nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara […]

RDC: Ibitero by’ihuriro ry’ubutegetsi byibasiye Kalingi na Bidegu bihitana ubuzima

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 13 Gicurasi 2026, guhera saa moya za mugitondo kugeza nimugoroba, ingabo z’ihuriro ry’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye ibitero by’urugomo byibasiye uturere dutuwe cyane twa Kalingi, Bidegu, ndetse no mu nkengero zaho, bakoresheje ingabo ku butaka, imbunda nini, na drones za kamikaze zo mu bwoko KT-6. Ibi bitero by’ubugizi bwa nabi […]

CAR: Gen Nyakarundi yaganiriye n’Umugaba Mukuru wa FACA

Ku munsi wa gatatu w’uruzinduko rw’akazi muri Repubulika ya Centrafrica, intumwa za RDF ziyobowe n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, kuwa Gatatu zagiranye ibiganiro na GĂ©nĂ©ral d’ArmĂ©e ZĂ©phirin MAMADOU, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika ya Centrafrica (FACA). Ibiganiro byibanze ku kurushaho gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare hagati y’u Rwanda na Repubulika ya […]

Amerika n’u Bushinwa birizeza ko umubano wabyo uzaba mwiza kurusha mbere

Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa kuri uyu wa Gatatu yasabye ko igihugu cye na Amerika biba “abafatanyabikorwa aho kuba abacyeba”, mbere y’uko ibiganiro bikomeye na mugenzi we, Donald Trump bitangira mu murwa mukuru, Beijing. Perezida Donald Trump mu kumusubiza yasobanuye Xi nk’”umuyobozi mwiza cyane” ndetse avuga ko umubano hagati y’ibi bihugu bikomeye cyane ku Isi […]

Col. Kamasa wa Twirwaneho yasimbuye Nzenze mu butasi bwa M23

Amakuru akomeje kugaragara nayo kuba AFC/M23 yakoze impinduka zikomeye mu mikorere y’inzego zawo za gisirikare n’ubuyobozi zasize uhinduye uwari ukuriye urwego rwawo rushinzwe ubutasi. Amakuru ava imbere muri uyu mutwe BWIZA yamenye avuga ko mu cyumweru gishize ari bwo habaye inama ishyiraho abayobozi batandukanye, urwego rw’ubutasi rwari rusanzwe ruyobowe na Colonel John Imani Nzenze rwashyizwe […]

Ba Perezida Kagame na Bola Tinubu baganiriye ku gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare 

Perezida Paul Kagame ku wa Gatatu tariki ya 13 Gicurasi, yakiriye mu biro bye mugenzi we Ahmed Bola Tinubu wa Nigeria, bagirana ibiganiro byibanze ku ngingo zirimo gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare. Perezida Tinubu ari mu bakuru b’ibihugu bari mu Rwanda, aho bitabiriye inama ihuza abayobozi b’ibigo by’ishoramari byo muri Afurika n’abandi bagira uruhare rukomeye […]