M23 na Twirwaneho birukanye FDNB na FARDC mu Mikenke 

Ingabo z’ihuriro rya AFC/M23 na MRDP-Twirwaneho, kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Kamena zigaruriye agace ka Mikenke gaherereye mu misozi miremire yo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kukirukanamo ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’iz’u Burundi (FDNB). Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ni bwo Mikenke yasubiye […]

Sabrina wo kuri TikTok yapfuye

Urupfu rutunguranye rwa Musaazi Charles Kalooli, wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Sebina, rwateye agahinda gakomeye abakunzi be, inshuti ndetse n’umuryango we. Sebina, wari ufite imyaka 32 y’amavuko, yari umwe mu bakinnyi bakunzwe cyane kuri TikTok muri Uganda kubera amashusho y’urwenya yakoraga akanyura benshi. Yitabye Imana ku wa 6 Kamena 2026, ibintu byatunguye abantu benshi kuko […]

RDC: Abantu 12 bakize ubwoko bushya bwa Ebola

Abayobozi mu nzego z’ubuvuzi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) batangaje ko abantu 12 bakize ubwoko bushya bwa Ebola buzwi nka Bundibugyo, ariko ko abarwayi 283 bakirimo kwitabwaho mu turere 25 tw’ubuvuzi two mu ntara za Kivu zombi na Ituri. Ibizamini bya laboratwari byagaragaje ko ibipimo 515 ( abantu 515 ) byagaragayemo Ebola kuva […]

Umutingito ukomeye muri Philippines wishe abantu 19

Nibura abantu 19 bamaze kwitaba Imana nyuma y’umutingito ukomeye wari ku gipimo cya 7.8 wibasiye agace kari hafi y’ikirwa cya Mindanao mu majyepfo ya Philippines mu gitondo cyo ku wa Mbere. Uyu mutingito wabaye saa moya n’iminota 37 ku isaha yo muri Philippines, utera impungenge zikomeye ndetse utuma hatangwa impuruza za tsunami mu bihugu birimo […]

Ubushakashatsi bwerekanye ko gusomana ari byiza ku mubiri n’ubwonko

Gusomana ni kimwe mu bimenyetso by’urukundo n’ubusabane hagati y’abantu. Ariko ubushakashatsi butandukanye bwerekana ko, uretse kuba uburyo bwo kugaragaza amarangamutima, gusomana bishobora no kugira akamaro ku buzima bw’umubiri ndetse n’ubw’ubwonko. Abashakashatsi bavuga ko gusomana bishobora gufasha kugabanya stress. Ibi biterwa n’uko igihe abantu basomana umubiri ushobora kurekura umusemburo uzwi nka oxytocin, ukunze kwitwa “umusemburo w’urukundo”. […]

Police FC yasezereye abakinnyi 7 bayobowe na Lague 

Ikipe ya Police FC yatangaje ko yamaze gutandukana n’abakinnyi bayo barindwi barangajwe imbere na rutahizamu Byiringiro Lague. Iyi kipe ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yemeje ko yatandukanye n’abakinnyi barimo Ani Elijah, David Chimezie, Henry Msanga, Richard Kilongozi, Allan Katerega na Lague Byiringiro. Aba biyongeraho umunya-Ghana Issa Yakubu. Police FC yashimiye aba bakinnyi mu gihe […]

RDC: Col. Mambweni wari warakatiwe imyaka 10 y’igifungo yakatiwe urwo gupfa mu bujurire

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwatanze umwanzuro ku rubanza ku iyicwa  ry’impuguke za Loni, Umunyamerika Michael Sharp, na Zaida Catalan, wari ufite ubwenegihugu bwa Suede na Chili. Aba bishwe muri Werurwe 2017 ubwo barimo gukora iperereza ku ihohoterwa ryabereye mu Ntara ya Kasai nyuma y’imyivumbagatanyo y’imitwe yitwara gisirikare ya Kamwina Nsapu, yahagaritswe n’inzego z’umutekano. Uru rubanza […]

Ubufaransa: Kirikou Akili ararembye

Umuhanzi w’Umurundi uzwi cyane mu njyana ya Rap, Kirikou Akili, ari kwitabwaho n’abaganga mu Bufaransa nyuma yo kugira ikibazo cy’uburwayi mu Mujyi wa Lille aho yari amaze iminsi atuye. Amakuru avuga ko yafashwe n’uburwayi bukomeye mu gitondo cyo ku wa 7 Kamena 2026, ahita ajyanwa kwa muganga byihuse mu bitaro bya HĂ´pital Saint-Philibert. Nyuma yo […]

Ibihugu bya Israel na Iran byongeye kurasanaho bwa mbere kuva muri Mata

Igisirikare cya Israel kiravuga ko cyagabye ibitero ku bitero ku bikorwa bya gisirikare mu burengerazuba no hagati muri Iran, nyuma yo kuburira ko bazihorera ku gitero cya mbere cya Iran cyagabwe kuri Israel kuva muri Mata. Nk’uko ibitangazamakuru byinshi bibitangaza, ngo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yabanje gusaba Minisitiri w’Intebe wa […]

Kivu y’Amajyepfo: Ibitero bya FARDC byahitanye abasivili abandi barakomereka

Ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo riravugwaho kugaba ibitero byahitanye abasivili ndetse abandi barakomereka mu bice bitandukanye bigenzurwa na AFC/M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na AFC/M23 rivuga ko, “Ku cyumweru, itariki ya 7 Kamena 2026, hagati ya saa cyenda n’iminota 15 na saa cyenda n’iminota 50 z’umugoroba, […]

Perezida Xi Jinping yakoreye uruzinduko rw’imbonekarimwe muri Korea ya Ruguru

Umuyobozi w’u Bushinwa, Xi Jinping, yageze muri Koreya ya Ruguru, mu ruzinduko rwe rw’imbonekarimwe rwa mbere kuva mu 2019. Uruzinduko rwa Xi rukurikira inama zitandukanye aherutse kugirana na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, i Beijing. Gukuraho intwaro za kirimbuzi, umubano na Amerika n’amakimbirane hagati ya […]