Umuhanzikazi wo muri Uganda, Sheebah Karungi, afite ibishushanyo ku mubiri we, mu ndimi z’amahanga bita ‘tattoos’ cyangwa se tatiwaji, nkuko bamwe bakunze kubivuga. Ibi nibyo byatumye ashyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga, yambaye ubusa.
Sheebah atangaza ko akunze izi tatiwaje, imwe afite mu mugongo indi ku kaguru, aho agira ati “ubu nkunze cyane tatiwaji zanjye”.
Ikinyamakuru chimpreports cyo muri Uganda, gitangaza ko atari inshuro ya mbere Karungi ashyize ku mbuga nkoranyambaga amafoto ye yambaye ubusa.
Mu kwezi gushize nibwo Komite ishinzwe gucunga no guhangana n’abakwirakwiza ibikorwa by’urukozasoni muri Uganda yikomye imyambarire ye ndetse inavuga ko akwiye gufungwa bitewe no gukora ibihabanye n’umuco wabo.
Karungi ni umukobwa uzwi cyane muri Uganda, yataramiye mu Rwanda mu bihe bitandukanye ndetse anakorana indirimbo na Kitoko Bibarwa bise ‘I Am In Love’ na ‘Binkolela’ yakoranye na The Ben.


Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n’indirimbo bishya




4 Responses
Sheebah Karungi yashatse kwerekana ‘tatiwaji’ yishyira hanze yambaye ubusa- AMAFOTO
Waballe mwana gwe
Ottukubiladdala
Sheebah Karungi yashatse kwerekana ‘tatiwaji’ yishyira hanze yambaye ubusa- AMAFOTO
Waballe mwana gwe
Ottukubiladdala
Sheebah Karungi yashatse kwerekana ‘tatiwaji’ yishyira hanze yambaye ubusa- AMAFOTO
Kyakabii mwana gwe
Sheebah Karungi yashatse kwerekana ‘tatiwaji’ yishyira hanze yambaye ubusa- AMAFOTO
Kyakabii mwana gwe