Rusizi: Abarokokeye mu murenge wa Gitambi bifuza ko hashyirwa ikimenyetso cy’amateka ya jenoside
Abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bo mu murenge wa Gitambi ho mu karere ka Rusizi, bavuga ko hashyizwe ikimenyetso kigaragaza amateka ya jenoside, byabafasha kugirango ibyahabereye bitazibagirana. Kuba muri uyu murenge nta rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwigeze ruhubakwa ngo biterwa n’uko uyu murenge uhurirwaho n’ibyari amakomini atatu ari yo Bugarama, Nyakabuye na Gishoma, […]
Sheebah Karungi yashatse kwerekana ‘tatiwaji’ yishyira hanze yambaye ubusa- AMAFOTO
Umuhanzikazi wo muri Uganda, Sheebah Karungi, afite ibishushanyo ku mubiri we, mu ndimi z’amahanga bita ‘tattoos’ cyangwa se tatiwaji, nkuko bamwe bakunze kubivuga. Ibi nibyo byatumye ashyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga, yambaye ubusa. Sheebah atangaza ko akunze izi tatiwaje, imwe afite mu mugongo indi ku kaguru, aho agira ati “ubu nkunze cyane tatiwaji zanjye”. […]
Indagu za Nyirabiyoro wapfuye atabwiye Kigeri intsinzi
Kigeli III Ndabarasa amaze kwima ingoma ahayinga mu mwaka wa 1740, igihugu cyahuye n’ibibazo, aho Nkundiye wa Kabega yari yarigometse kubutegetsi maze yigarurira igice cyo ku Ijwi, ndetse no mu Ndorwa hamwe no mu Bunyabungo barigometse ku ngoma ya Kigeli III Ndabarasa. Ni bwo rero Kigeli III Ndabarasa ubwo yiteguraga gutera Ndorwa , Ijwi ndetse n’Ubunyabungo, […]
Burundi: Umwe mu baharanira uburenganzira bwa muntu yakatiwe igifungo cy’ imyaka 32
Germain Rukuki wo mu ishyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi, yakatiwe igifungo cy’imyaka 32 ashinjwa kwifatanya n’abatavuga rumwe na Leta mu kurwanya Perezida Nkurunziza. Rukuki yahamijwe ibyaha byo kujya mu bikorwa by’imyigaragambyo, kugira uruhare mu bwicanyi bw’abashinzwe umutekano ndetse no konona iby’abandi. Rukuki n’ umwunganira mu mategeko nta n’umwe wari witabye urukiko. Amashyirahamwe aharanira […]
Udushya twaranze Makoma yamamaye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana
Amateka ya Ruganzu wari intasi ikomeye n’indwanyi , nyuma yo gupfa akaba afatwa nk’igicucu
Ndoli wiswe Ruganzu wa kabiri amaze kwima ingoma, yari umuhungu wa Ndahiro II Cyamatare waguye ku rugamba yarwanaga na Nsibura umwami w’Ubushi n’Ubuhavu wari warigaruriye igice kinini cy’u Rwanda. Cyamatare kandi ingoma ye yaranzwe n’amakimbirane hagati ye na benewabo banze kumuyoboka, muri bo Juru akaba ariwe wari ku isonga. Icyo gihe nibwo ingoma ngabe yitwaga […]
Amateka y'umunyapolitike w'umutekamutwe wambere kwisi
Perezida Ndadaye Yishwe amaze amezi 3 ayobora u Burundi
Ibyaranze intambara yo ku Rucunshu
Intambwe 10 zagufasha kwitwara neza imbere y'umukobwa mugiye gusomana bwambere
Gusomana ni kimwe mubintu bikunze kuzonga abantu benshi bakundana iyo babigerageje kandi mubyukuri ni ibintu byoroshye ariko ugasanga abantu batabiha gaciro rimwe na rimwe bakabikora nabi bikabaviramo kubengwa byahato nahato Dore bimwe mubyagufasha mu gihe ugiye gusomana n’umukunzi wawe: 1. Ntabwo ugomba gusoma umukunzi wawe gusa ari uko mugiye guhuza igitsina. Gusomana bigomba gukorwa buri […]
Dore ibyo wakorera umugabo wawe akazinukwa abandi bagore
Nubwo ingo nyinshi zikunze gusenyuka biturutse ku makimbirane akenshi usanga ashingiye ku mitungo, iyo imibonano mpuzabitsina idakozwe neza na byo bishobora kuba intandaro yo gushwana hagati y’abashakanye biturutse ku gukekana amababa ndetse rimwe na rimwe bikavamo no gutandukana burundu. Dore inama wakurikiza kugirango urugo rwanyu rudasenyuka biturutse ku mibonano mpuzabitsina itakozwe neza. 1. Ganira n’umugabo […]
Ibyaranze itariki ya 28 Mata 1994, ubwo jenoside yakorerwaga Abatutsi yari ikomeje
Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, hari amwe mu matariki agaruka mu mitwe y’Abanyarwanda kubera ibikorwa by’ubwicanyi n’ibindi byakorwaga muri jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994. Nk’uko Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya jenoside (CNLG) ibicishije ku rukuta rwayo rwa twitter ibitangaza, ngo ku wa 28 Mata 1994, nibwo Abatutsi bari bahungiye […]
Uganda: Abantu babiri bashinjwaga iterabwoba barashwe na polisi barapfa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Mata 2018, ubwo polisi yabyukiraga mu mukwabo mu gace ka Kisenyi karimo umusigiti w’Abasilamu wa Usafi no mu bindi bice bitandukanye by’umujyi wa Kampala, yafashe abantu bashinjwa iterabwoba babiri muri bo baza kuraswa. Mu itangazo umuvugizi wa polisi, Emilian Kayima Yageneye abanyamakuru, yatangaje ko hari […]
Umugabo wanjye aransuzugura, ntaba ashaka ko abantu bamenya ko ndi uwe, kandi twagera mu buriri akanyita cherie- NKORE IKI?
Imyaka 8 ishize mbana n’umugabo, dufitanye umwa w’imyaka 6 ariko igihe cyose ari mu bandi bagabo cyangwa mu muryango ntabwo aba ashaka ko bamenya ko ndi uwe. Afite akazi akorera mu ntara, ataha muri weekend akandeba, bwacya agataha. Ikimbabaza ni uko atifuza ko umuryango umenya, yewe n’umwana twabyaranye ntabwo aba yifuza ko iwabo bamumenya. N’ubwo […]
Tugomba gukora cyane mu gihe turi ku buyobozi, dukora ibizafasha ahazaza h'abaturage bacu- Perezida Kagame
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, arasaba bagenzi be gukora cyane mu gihe bakiri ku buyobozi, umusaruro batanga ukazafasha abaturage mu bihe bizaza. Ubwo yitabiraga umuhango wo gutanga igihembo cyitiriwe Mo Ibrahim gihabwa umuyobozi w’indashyikirwa muri Afurika, wabereye i Kigali ku wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018, nibwo […]
USA: Perezida Trump arihanangiriza ibihugu bishaka gutambamira Amerika kwakira igikombe cy’isi
Perezida wa Amerika Donald Trump yavuze ko ibihugu bishaka kubangamira umugambi wa Amerika wo kwakira imikino y’igikombe cy’isi bishobora guhura n’ingaruka za politiki. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Trump yagize at i’’Amerika yifatanije n’ibihugu bya Canada na Mexico batanga ubusabe bwo kwakira igikombe cy’isi cya 2026 ’’ Yakomeje agira ati’’ Bizaba biteye isoni kubona […]
Kigali/Karongi: Umuhanda si nyabagendwa kubera inkangu yawufunze ku rutare rwa Ndaba
Imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira iryo ku wa Gatandatu itariki ya 28 Mata 2018, yateje inkangu yafunze umuhanda wa kaburimbo, Kigali-Karongi, ahazwi nko ku Rutare rwa Ndaba. Kubera ibi biza, inzego za Leta muri aka karere kimwe na Polisi y’u Rwanda, baramenyesha abakoresha uyu muhanda ko ufunze mu gihe bigikurwaho. […]
Messi yahigitse Ronaldo mu binjije amafaranga menshi 2017/2018-Urutonde
Ikinyamakuru, France Football cyasohoye urutonde rw’abakinnyi w’umupira w’amaguru binjije amafaranga menshi, Lionel Messi aza ku mwanya wa mbere Cristiano Ronaldo yari amazeho imyaka ibiri. Nguru urutonde rugizwe n’abakinnyi 20 binjije akayabo k’amafaranga: Lionel Messi Yari aherutse ku mwanya wa kabiri mu myaka ibiri yashize akurikiye Ronaldo. Ubu yinjije amayero niliyoni zisaga 110,200,000(£ 110.2M) Cristiano Uyu […]
RDC: Hatahuwe ibyobo bihambyemo abantu barenga 260 bishwe mu mezi ane ashize
Ishami rya Loni Rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu ritangaza ko mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hatahuwe ibyobo rusange byahambwemo abantu basaga 260. Nk’uko BBC ibitangaza, ngo abo bantu basaga 260 bishwe kuva mu Ukuboza 2017, abagera kuri 91 muri bo bakaba ari abagore. Iki kinyamakuru gitangaza ko n’inzu zisaga 120 zasahuwe ndetse zikanasenywa […]
Uganda: Bikekwa ko uwagombaga kuzatanga ubuhamya mu rubanza rw’ishimutwa rya Joel Mutabazi yishwe
Urubanza abapolisi bakuru ba Uganda aribo Nixon Agasirwe na Joel Aguma n’abagenzi babo bane baregwamo gushimuta Lt.Joel Mutabazi wahoze arinda Perezida Kagame, rushobora kuzambywa n’ibura ry’umutangabuhamya w’ingenzi, Sgt.Emma Mulindwa uzwi nka Mukombozi bikekwa ko yaba yarishwe. Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda, gitangaza ko uyu mutangabuhamya yaburiwe irengero mu mezi abiri ashize kandi ko ngo bamwe […]