Amafoto: Perezida Kagame yitabiriye inama ya NEF muri Senegal

Sangiza iyi nkuru

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yasesekaye mu gihugu cya Senegal aho agomba kwitabira inama y’ihuriro izwi nka Next Einstein Forum (NEF) iteganyijwe kuri uyu wa kabiri tariki 08 Werurwe 2016.

CdAWga_WAAAr97m
Perezida Kagame yakirwa na mugenzi we wa Senegal, Macky Sall

Iyi nama biteganyijwe ko yitabirwa n’abantu barenga 7,000 bavuye mu bihugu 80 harimo 54 bya Afurika.

Perezida Paul Kagame ni umwe mu bagomba gutanga ibiganiro muri iyi nama, kimwe na mugenzi we wa Senegal, Macky Sall, ndetse nab a minisitiri bafite uburezi mu nshingano zabo bo muri Maroc, Cameroon, Ethiopia, Nigeria n’abandi bayobozi b’ibigo bikomeye mu bijyanye n’ubumenyi.

CdAWg3AW8AADA7b

Hatagize igihinduka biteganyijwe ko perezida Kagame azava muri Senegal yerekeza mu gihugu cya Guinea kuri uyu wa 10 Werurwe, aho azaba agiye gukomeza umubano usanzwe hagati y’ibihugu byombi by’umwihariko mu bijyanye no guteza imbere ubukungu.

25598060475_66345ed56c_z

Andi mafoto:

CdAWgs7W4AAAwjY

25230520369_b8ce89f197_z

24971424463_f320fab2fc_z

24971359533_d771c40b41_z

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Amafoto: Village Urugwiro

Dennis Ns./Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *