Dore impamvu 5 zishobora gutera umukobwa kutirekura mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Abagore benshi bagira ikibazo cyo kwikomeza cyane mu gikorwa cyâimibonano mpuzabitsina,ibi bikaba intandaro yo kutazana amazi nyamara atari uko atayafite ahubwo ayafite menshi ariko kubera ubwoba no kutiyoroshya ugasanga ntibanyara mu gihe cyo kunyazwa dore ko abagabo benshi aribyo baba bifuza. Impamvu 5 zamutera kwikomeza ni iz: 1:Ubundi umugore ashobora kutirekura kubera ahantu ari gukorera […]
Ishyaka Green Party ngo riri hafi kwigaragambiriza imbere yâinteko
Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda riravuga ko ryitegura gukora imyigaragambyo mu mutuzo ku nteko ishinga amategeko kubera ko leta yâu Rwanda yanze gusubiza ibyifuzo byabo. Ibi ni ibikubiye mu nyandiko yasohowe nyuma yo gukora inama ya bureau Politique yabaye mu mpera zâicyumweru gishize. Iri shyaka rivuga ko ryandikiye inteko ishinga amategeko risaba ko amatora […]
Umumisiyoneri wâimyaka 21 yakatiwe imyaka 40 yâigifungo azira gusambanya abana
Uwahoze ari umumisiyoneri ukomoka muri Oklahoma ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakatiwe nâurukiko rwâiwabo kuri uyu wa Mbere igifungo cyâimyaka 40 azira ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye abana babaga mu kigo cyâimpfubyi yakoragamo mu gihugu cya Kenya. Uyu musore wâimyaka 21 witwa Matthew Lane Durham yashinjwaga gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina abana bâimpfubyi […]
Umugabo yibye amaturo bamucakira ayacikanye
Kingsly ukomoka mu gihugu cya Nigeria mu mujyi wa Lagos yatawe muri yombi aho ashinjwa kwiba amaturo yâaho yasengeraga muri Saint Peterâs Catholic Church. Nkâuko byari bimenyerewe ko muri urwo rusengero habaho misa buri gitondo, ngo uyu musore nawe ku wa kabiri taliki 1 werurwe 2016 nibwo yazindutse yerekekeza kuri urwo rusengero,asangayo abandi bahageze kare […]
Burya ibiti nabyo Bigira igitsina kandi bikenera urukundo
Ibiti bikeneye umutekano, urukundo no kuba mu mahoro. Kandi nkuko Ministeri yâubuhinzi nâubworozi ihora ikangurira abahinzi muri gahunda ya twigire muhinzi, kwita ku bihingwa ku mashyamba no kubidukikije muri rusange nâinshingano ya buri muturarwanda. Ministeri yâubuhinzi nâubworozi, isaba abahinzi borozi guhinga ibiti biteranwa nâibihingwa bigakoreshwa mu kugaburira amatungo, ibiti bifite akandi kamaro ko kuzana umwuka […]
M23 ngo ntizakomeza kurebera ibikomeje kubera muri Kivu leta ntitagira icyo ikora
Abahoze mu mutwe wa M23 baratangaza ko batazakomeza kurebera mu gihe guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kunanirwa kwita ku kibazo cyâumutekano mucye ukomeje kugaragara mu burasirazuba bwa Congo. Ubuyobozi bwa politiki bwa M23 buravuga ko buhangayikishijwe bikomeye nâibibazo byâimibereho na politiki ndetse nâumutekano mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru ngo bikomeje kubangamira amahoro […]
Rutsiro: Abanyeshuri bo muri GS Bwiza bakanguriwe kwirinda ibiyobyabwenge
Kuri uyu wa mebere tariki ya 7 Werurwe nibwo umupolisi ushinzwe imikoranire ya Polisi nâizindi nzego hagamijwe gukumira no kurwanya ibyaha mu Karere ka Rutsiro, Inspector of Police (IP) Jerome Nsabuwera, yagiranye ikiganiro nâabanyeshuri 600 bâUrwunge rwâamashuri rwa Bwiza ruherereye muri ako karere, abaganiriza ku bubi nâingaruka zâibiyobyabwenge kandi abakangurira kubyirinda no kugira uruhare mu […]
Nawe yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina ariko afite igitsina gito cyane- Ugisha inama
Numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina birenze cyane kuko sindabigerageza ariko sindatinyuka.ngira inshuti z’inkumi zishaka kumpa, ariko njye nkatinya pe!nkigira nk’aho mba ntagishaka nyamara nkishaka gusa nkagitinya.nabuze icyo nakora ngo ntnyuke. Ushobora kuba wibaza igituma nkitinya: Mfite igitsina gito (gabo) hahandi mvuga ko nabihiriza inkumi nkaseba, nuko nkavuga nti aho kugirango nsebe bene kariya kageni nabyihorera. […]
U Rwanda ntirukozwa ibyo kuregwa nâabantu ku giti cyabo mu Rukiko Nyafurika
U Rwanda ruherutse gutangaza ko rwikuye mu masezerano yâinyongera yâUrukiko Nyafurika rurengera Uburenganzira bwa Muntu nâabantu ruri I Arusha muri Tanzania. Ayo masezerano yemerera abantu cyangwa imiryango itegamiye kuri leta kuregera uru rukiko nta handi baciye. Icyemezo cya leta yâu Rwanda cyaje habura iminsi micye ngo ubujurire bwa Ingabire Victoire butangire kumvwa, aho byari biteganyijwe […]
Goma: Abaturage batangiye guhunga iruka ry'ikirunga cya Nyiragongo !
Nyuma yâaho amakuru atangiye gukwirakwira mu duce twa Goma nâagace gato ka Rubavu ko ikirunga cya Nyiragongo kiri hafi kongera kuruka, abaturage bâutu duce twombi cyane cyane muri Goma bari kudagadwa bashaka uburyo bahunga. Ku munsi wâejo muri Goma abacuruzi bafunze imiryango abaturage basanzwe nabo bafata inzira bajya guhungira muri Kitshanga iri muri territoire ya […]
Nyabihu: Hatashywe uruganda ruzajya rubyaza umusaruro ibirayi
Minisitiri wâubucuruzi nâinganda, Francois Kanimba ndetse na Minisitiri wâumurimo, Judith Uwizeye, kuri uyu wa Kabiri, tariki 08 Werurwe 2016, bafunguye ku mugaragaro uruganda âIwacuâ ruzajya rubyaza umusaruro ibirayi mu Karere ka Nyabihu mu Burengerazuba bwâu Rwanda. Amafoto  Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter Amafoto:@mifotra Dennis Ns./Bwiza.com
Inguzanyo yatswe nâabayobozi ba ADEPR ishobora gusiga itorero mu kangaratete
-Buri mukiristo agomba kwitanga kugira ngo inguzanyo ya miliyari 3 yishyurwe -Abakiristo ntibaba barasobanuriwe uburyo ayo mafaranga yatswe -Utazabikora bazamuca muri kolari – Batubwira ko tugomba gutanga amafaranga angana na ½ cyâumushahara wacu -Ubundi aya mafaranga kuyatanga ni itegeko ku muyoboke wese wa ADEPR ufite akazi Ibi ni bimwe mu byatangajwe nâabakiristo basengero mu itorero […]
Mu gihe twizihiza Umunsi wâUmugore mu Rwanda dufite byinshi twishimira â Gasinzigwa
Kuri uyu wa Kabiri, tariki 08 Werurwe, Isi yose irizihiza Umunsi Mpuzamahanga wâUmugore, umunsi washyizweho nâUmuryango washyizweho nâUmuryango wâAbibumbye mu 1972. Mu Rwanda naho uyu munsi urizihizwa buri mwaka, aho insanganyamatsiko yâuyu mwaka igira iti: âTwimakaze ihame ryâuburinganire turushaho guteza imbere umugore.â Ni muri urwo rwego minisiteri yâuburinganire nâiterambere ryâumuryango yifurije Abanyarwanda muri rusange Umunsi […]
Uwari umukinnyi wa Football mu makipe yo mu Rwanda asigaye amurika imideli
Uwahoze ari Rutahizamu ukomeye wa Kibuye FC, Zebre FC , Kiyovu na FC Vaajakoski yo muri Finlande Nkunda Papy asigaye amurika imideli aho asigaye atuye muri Finlande, akabifatanya no kwiga ndetse no gukina umupira w’amaguru mu cyiciro cya kabiri. Ubwo yaganiraga na Radio 10, Nkunda wabaye umwe mu bakinnyi batsinze ibitego byinshi ubwo yakiniraga ikipe […]
Amerika yatunguwe no kumva Benjamin Netanyahu adashaka kubonana na Obama
Umuyobozi muri perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere yatangaje ko Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benjamin Netanyahu atacyitabiriye inama yagombaga kumuhuza na perezida Obama, ndetse akanasubika uruzinduko yateganyaga gukorera muri Amerika mu mpera zâuku kwezi. Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ivuga ko Israel ari yo yatanze igitekerezo cyo kubonana […]
Urubanza rwâubujurire rw'abashatse gukora kudeta mu Burundi rwakomeje
Urubanza ruregwamo abantu 28 bashatse guhirika ubutegetsi mu Burundi mu kwezi kwa gatanu umwaka ushize wa 2015 rwaraye rutangiye kuburanishwa ku mugaragaro. Urwo rubanza ubu rugeze mu bujurire urukiko rw âikirenga mu Burundi nirwo rwari rwaruciye mu kwezi kwa mbere uyu mwaka. Ubushinjacyaha mu Burundi bwari bwajuririye ibyemezo byarufatiwemo mbere kuko bwavugaga ko butanyuzwe nâuburyo […]
Amafoto: Perezida Kagame yitabiriye inama ya NEF muri Senegal
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yasesekaye mu gihugu cya Senegal aho agomba kwitabira inama yâihuriro izwi nka Next Einstein Forum (NEF) iteganyijwe kuri uyu wa kabiri tariki 08 Werurwe 2016. Iyi nama biteganyijwe ko yitabirwa nâabantu barenga 7,000 bavuye mu bihugu 80 harimo 54 bya Afurika. Perezida Paul Kagame ni umwe […]
Abiyahuzi ngo bajya mu ijuru bagahembwa abakobwa bâamasugi 72-REBA VIDEO
Mu gihe ku Isi mu mijyi itandukanye havugwa ibikorwa byâubugizi bwanabi ndetse nâubyiyahuzi, ngo bikorwa kugirango umwiyahuzi witurikijeho igisasu (bombe) hagapfa benshi aherako ajya mu ijuru kandi agahembwa abakobwa 72 bâamasugi. Izi nyigisho zivugwa ko ari ubuyobe abasore benshi barazemeye kandi bakabyizera ko bagomba guhembwa abakobwa bâamasugi, maze ngo iyo umusore yumvishe kujya mu ijuru […]
HRW irasaba gushyiraho urukiko rwo kuburanisha ibyaha byakorewe muri Sudani yâEpfo
Human Rights Watch, ishyirahamwe riharanaira uburenganzira bwa muntu, ryasabye Umuryango wâUbumwe bwa Afrika gushyiraho urukiko rugenewe kuburanisha ibyaha bikomeye cyane byakozwe muri Sudani y’Epfo aho iryo shyirahamwe rivuga ko igisirikare cya leta nâabarwanya ubutegetsi bahonyoye bikomeye uburenganzira bwâikiremwamuntu. Kuri uyu wa Mbere Human Rights Watch yatangaje ko hari ibimenyetso byâubwicanyi, gufata abapfasoni ku ngufu no […]
Ubufatanye hagati ya Polisi na Interpol bukomeje gutanga umusaruro
Ubufatanye hagati ya Polisi yâu Rwanda nâizindi nzego yaba imbere mu gihugu ndetse no hanze yacyo ni imwe mu nkingi ituma habaho kurwanya ibyaha ndenga mipaka ndetse nâibyaha bikoresha ikoranabuhanga. Umuyobozi wungirije wâishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibyaha ndengamipaka ndetse nâubutwererane Assistant Commissioner of Police (ACP) Peter Karake yatangaje ko Polisi yâu Rwanda igenda ibona […]