Dore impamvu 5 zishobora gutera umukobwa kutirekura mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Abagore benshi bagira ikibazo cyo kwikomeza cyane mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina,ibi bikaba intandaro yo kutazana amazi nyamara atari uko atayafite ahubwo ayafite menshi ariko kubera ubwoba no kutiyoroshya ugasanga ntibanyara mu gihe cyo kunyazwa dore ko abagabo benshi aribyo baba bifuza. Impamvu 5 zamutera kwikomeza ni iz: 1:Ubundi umugore ashobora kutirekura kubera ahantu ari gukorera […]

Ishyaka Green Party ngo riri hafi kwigaragambiriza imbere y’inteko

Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda riravuga ko ryitegura gukora imyigaragambyo mu mutuzo ku nteko ishinga amategeko kubera ko leta y’u Rwanda yanze gusubiza ibyifuzo byabo. Ibi ni ibikubiye mu nyandiko yasohowe nyuma yo gukora inama ya bureau Politique yabaye mu mpera z’icyumweru gishize. Iri shyaka rivuga ko ryandikiye inteko ishinga amategeko risaba ko amatora […]

Umumisiyoneri w’imyaka 21 yakatiwe imyaka 40 y’igifungo azira gusambanya abana

Uwahoze ari umumisiyoneri ukomoka muri Oklahoma ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakatiwe n’urukiko rw’iwabo kuri uyu wa Mbere igifungo cy’imyaka 40 azira ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye abana babaga mu kigo cy’impfubyi yakoragamo mu gihugu cya Kenya. Uyu musore w’imyaka 21 witwa Matthew Lane Durham yashinjwaga gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina abana b’impfubyi […]

Umugabo yibye amaturo bamucakira ayacikanye

Kingsly ukomoka mu gihugu cya Nigeria mu mujyi wa Lagos yatawe muri yombi aho ashinjwa kwiba amaturo y’aho yasengeraga muri Saint Peter’s Catholic Church. Nk’uko byari bimenyerewe ko muri urwo rusengero habaho misa buri gitondo, ngo uyu musore nawe ku wa kabiri taliki 1 werurwe 2016 nibwo yazindutse yerekekeza kuri urwo rusengero,asangayo abandi bahageze kare […]

Burya ibiti nabyo Bigira igitsina kandi bikenera urukundo

Ibiti bikeneye umutekano, urukundo no kuba mu mahoro. Kandi nkuko Ministeri y’ubuhinzi n’ubworozi ihora ikangurira abahinzi muri gahunda ya twigire muhinzi, kwita ku bihingwa ku mashyamba no kubidukikije muri rusange n’inshingano ya buri muturarwanda. Ministeri y’ubuhinzi n’ubworozi, isaba abahinzi borozi guhinga ibiti biteranwa n’ibihingwa bigakoreshwa mu kugaburira amatungo, ibiti bifite akandi kamaro ko kuzana umwuka […]

M23 ngo ntizakomeza kurebera ibikomeje kubera muri Kivu leta ntitagira icyo ikora

Abahoze mu mutwe wa M23 baratangaza ko batazakomeza kurebera mu gihe guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kunanirwa kwita ku kibazo cy’umutekano mucye ukomeje kugaragara mu burasirazuba bwa Congo. Ubuyobozi bwa politiki bwa M23 buravuga ko buhangayikishijwe bikomeye n’ibibazo by’imibereho na politiki ndetse n’umutekano mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ngo bikomeje kubangamira amahoro […]

Rutsiro: Abanyeshuri bo muri GS Bwiza bakanguriwe kwirinda ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa mebere tariki ya 7 Werurwe nibwo umupolisi ushinzwe imikoranire ya Polisi n’izindi nzego hagamijwe gukumira no kurwanya ibyaha mu Karere ka Rutsiro, Inspector of Police (IP) Jerome Nsabuwera, yagiranye ikiganiro n’abanyeshuri 600 b’Urwunge rw’amashuri rwa Bwiza ruherereye muri ako karere, abaganiriza ku bubi n’ingaruka z’ibiyobyabwenge kandi abakangurira kubyirinda no kugira uruhare mu […]

Nawe yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina ariko afite igitsina gito cyane- Ugisha inama

Numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina birenze cyane kuko sindabigerageza ariko sindatinyuka.ngira inshuti z’inkumi zishaka kumpa, ariko njye nkatinya pe!nkigira nk’aho mba ntagishaka nyamara nkishaka gusa nkagitinya.nabuze icyo nakora ngo ntnyuke. Ushobora kuba wibaza igituma nkitinya: Mfite igitsina gito (gabo) hahandi mvuga ko nabihiriza inkumi nkaseba, nuko nkavuga nti aho kugirango nsebe bene kariya kageni nabyihorera. […]

U Rwanda ntirukozwa ibyo kuregwa n’abantu ku giti cyabo mu Rukiko Nyafurika

U Rwanda ruherutse gutangaza ko rwikuye mu masezerano y’inyongera y’Urukiko Nyafurika rurengera Uburenganzira bwa Muntu n’abantu ruri I Arusha muri Tanzania. Ayo masezerano yemerera abantu cyangwa imiryango itegamiye kuri leta kuregera uru rukiko nta handi baciye. Icyemezo cya leta y’u Rwanda cyaje habura iminsi micye ngo ubujurire bwa Ingabire Victoire butangire kumvwa, aho byari biteganyijwe […]

Goma: Abaturage batangiye guhunga iruka ry'ikirunga cya Nyiragongo !

Nyuma y’aho amakuru atangiye gukwirakwira mu duce twa Goma n’agace gato ka Rubavu ko ikirunga cya Nyiragongo kiri hafi kongera kuruka, abaturage b’utu duce twombi cyane cyane muri Goma bari kudagadwa bashaka uburyo bahunga. Ku munsi w’ejo muri Goma abacuruzi bafunze imiryango abaturage basanzwe nabo bafata inzira bajya guhungira muri Kitshanga iri muri territoire ya […]

Nyabihu: Hatashywe uruganda ruzajya rubyaza umusaruro ibirayi

Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Francois Kanimba ndetse na Minisitiri w’umurimo, Judith Uwizeye, kuri uyu wa Kabiri, tariki 08 Werurwe 2016, bafunguye ku mugaragaro uruganda “Iwacu” ruzajya rubyaza umusaruro ibirayi mu Karere ka Nyabihu mu Burengerazuba bw’u Rwanda. Amafoto   Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter Amafoto:@mifotra Dennis Ns./Bwiza.com

Inguzanyo yatswe n’abayobozi ba ADEPR ishobora gusiga itorero mu kangaratete

-Buri mukiristo agomba kwitanga kugira ngo inguzanyo ya miliyari 3 yishyurwe -Abakiristo ntibaba barasobanuriwe uburyo ayo mafaranga yatswe -Utazabikora bazamuca muri kolari – Batubwira ko tugomba gutanga amafaranga angana na ½ cy’umushahara wacu -Ubundi aya mafaranga kuyatanga ni itegeko ku muyoboke wese wa ADEPR ufite akazi Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’abakiristo basengero mu itorero […]

Mu gihe twizihiza Umunsi w’Umugore mu Rwanda dufite byinshi twishimira — Gasinzigwa

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 08 Werurwe, Isi yose irizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore, umunsi washyizweho n’Umuryango washyizweho n’Umuryango w’Abibumbye mu 1972. Mu Rwanda naho uyu munsi urizihizwa buri mwaka, aho insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti: “Twimakaze ihame ry’uburinganire turushaho guteza imbere umugore.” Ni muri urwo rwego minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango yifurije Abanyarwanda muri rusange Umunsi […]

Uwari umukinnyi wa Football mu makipe yo mu Rwanda asigaye amurika imideli

Uwahoze ari Rutahizamu ukomeye wa Kibuye FC, Zebre FC , Kiyovu na FC Vaajakoski yo muri Finlande Nkunda Papy asigaye amurika imideli aho asigaye atuye muri Finlande, akabifatanya no kwiga ndetse no gukina umupira w’amaguru mu cyiciro cya kabiri. Ubwo yaganiraga na Radio 10, Nkunda wabaye umwe mu bakinnyi batsinze ibitego byinshi ubwo yakiniraga ikipe […]

Amerika yatunguwe no kumva Benjamin Netanyahu adashaka kubonana na Obama

Umuyobozi muri perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere yatangaje ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu atacyitabiriye inama yagombaga kumuhuza na perezida Obama, ndetse akanasubika uruzinduko yateganyaga gukorera muri Amerika mu mpera z’uku kwezi. Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ivuga ko Israel ari yo yatanze igitekerezo cyo kubonana […]

Urubanza rw’ubujurire rw'abashatse gukora kudeta mu Burundi rwakomeje

Urubanza ruregwamo abantu 28 bashatse guhirika ubutegetsi mu Burundi mu kwezi kwa gatanu umwaka ushize wa 2015 rwaraye rutangiye kuburanishwa ku mugaragaro. Urwo rubanza ubu rugeze mu bujurire urukiko rw ‘ikirenga mu Burundi nirwo rwari rwaruciye mu kwezi kwa mbere uyu mwaka. Ubushinjacyaha mu Burundi bwari bwajuririye ibyemezo byarufatiwemo mbere kuko bwavugaga ko butanyuzwe n’uburyo […]

Amafoto: Perezida Kagame yitabiriye inama ya NEF muri Senegal

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yasesekaye mu gihugu cya Senegal aho agomba kwitabira inama y’ihuriro izwi nka Next Einstein Forum (NEF) iteganyijwe kuri uyu wa kabiri tariki 08 Werurwe 2016. Iyi nama biteganyijwe ko yitabirwa n’abantu barenga 7,000 bavuye mu bihugu 80 harimo 54 bya Afurika. Perezida Paul Kagame ni umwe […]

Abiyahuzi ngo bajya mu ijuru bagahembwa abakobwa b’amasugi 72-REBA VIDEO

Mu gihe ku Isi mu mijyi itandukanye havugwa ibikorwa by’ubugizi bwanabi ndetse n’ubyiyahuzi, ngo bikorwa kugirango umwiyahuzi witurikijeho igisasu (bombe) hagapfa benshi aherako ajya mu ijuru kandi agahembwa abakobwa 72 b’amasugi. Izi nyigisho zivugwa ko ari ubuyobe abasore benshi barazemeye kandi bakabyizera ko bagomba guhembwa abakobwa b’amasugi, maze ngo iyo umusore yumvishe kujya mu ijuru […]

HRW irasaba gushyiraho urukiko rwo kuburanisha ibyaha byakorewe muri Sudani y’Epfo

Human Rights Watch, ishyirahamwe riharanaira uburenganzira bwa muntu, ryasabye Umuryango w’Ubumwe bwa Afrika gushyiraho urukiko rugenewe kuburanisha ibyaha bikomeye cyane byakozwe muri Sudani y’Epfo aho iryo shyirahamwe rivuga ko igisirikare cya leta n’abarwanya ubutegetsi bahonyoye bikomeye uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Kuri uyu wa Mbere Human Rights Watch yatangaje ko hari ibimenyetso by’ubwicanyi, gufata abapfasoni ku ngufu no […]

Ubufatanye hagati ya Polisi na Interpol bukomeje gutanga umusaruro

Ubufatanye hagati ya Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego yaba imbere mu gihugu ndetse no hanze yacyo ni imwe mu nkingi ituma habaho kurwanya ibyaha ndenga mipaka ndetse n’ibyaha bikoresha ikoranabuhanga. Umuyobozi wungirije w’ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibyaha ndengamipaka ndetse n’ubutwererane Assistant Commissioner of Police (ACP) Peter Karake yatangaje ko Polisi y’u Rwanda igenda ibona […]