Dore impamvu 5 zishobora gutera umukobwa kutirekura mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

Abagore benshi bagira ikibazo cyo kwikomeza cyane mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina,ibi bikaba intandaro yo kutazana amazi nyamara atari uko atayafite ahubwo ayafite menshi ariko kubera ubwoba no kutiyoroshya ugasanga ntibanyara mu gihe cyo kunyazwa dore ko abagabo benshi aribyo baba bifuza.
Impamvu 5 zamutera kwikomeza ni iz:
1:Ubundi umugore ashobora kutirekura kubera ahantu ari gukorera imibonano mpuzabitsina urugero nko mu cyumba kimfunganwa cyangwa se ahantu yumva afite ikibazo ko abantu bamwumva cyangwa se bakamubona bitunguranye,aha umugore ashobora kutanyara n’iyo umugabo yagira ate kuko umubiri we uba usa n’uwikanzemo.
A
2:Ingano y’ igitsina cy’umugabo: nacyo ni kimwe mu bituma abagore benshi batirekura mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ndetse no mu gihe cyo kunyazwa Umugore ashobora kutirekura kuko igihe umugore y’irekuye igitsina cy’umugabo kimushiriramo akagira ububabare bukabije kuko igitsina cy’umugabo gishobora kugera kure kigakubita kunda ibyara kandi hari abagore badakunda igitsina kigerayo ariko hari n’abandi babikunda bitewe n’uburyo baba baryohewe n’imibonano mpuzabitsina.
download
3.Umugabo ukora imibonano atavuga : iyi nayo ishobora kuba impamvu yatera umugore kutirekura mu gihe ari kunyazwa cyangwa ari gukorerwa imibonano mpuzabitsina kuko umugore ashobora kumva ko utaryohewe bityo nawe akagira amarangamutima yo kumva ko ntakintu ari gukora bikaza gutuma umubiri we ufungana n’umwanya ndangagitsina we utamera nkuko bikwiye muri ako kanya muba muri muri icyo gikorwa.
4.Gukoresha imbaraga nyinshi ku mugabo : hari ubwo umugabo akora imibonano mpuzabitsina nkuri guhinga cyangwa kwasa ibiti,ibi nubikora jya umenya ko ushobora gutuma umubiri w’umugore wawe wifunga burundu kuko hari ubwo bimutera ubwoba cyangwa se bigatuma yumva ko ni yirekura akakwiha wese uraza kumwangiza agahitamo gusa n’uwifata ntiyirekure kuko aba yumva uri gukoresha imbaraga nyinshi.
B
Nubwo ariko izi ari impamvu zishobora gutuma umugore atirekura ubundi ni byiza ko umugore yoroshya umubiri we ndetse akanagabanya umugaga mu maguru ye mu gihe cy’imibonanompuzabitsinakukobituma ashimisha mugenzi we bari gukora igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ndetse akanagira ububobere bwinshi muri ako kanya.
Ikindi gishobora gufasha umugore kuza kwirekura bihagije mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ni ukubanza kumuganiriza,umugore uganirijwe mbere y’icyo gikorwa yumva akwisanzuyeho kandi akagutinyuka ntagutinye ibi rero biba byiza mugenzi we amuganirije anamukoraho kuko bituma ashira ubwoba kandi umubiri we ugahita utangira ako kanya kwitegura kuza gukora imibonano mpuzabitsina.
5.Akamenyero gake: Aha twavuga nk’umukobwa w’isugi, biragoye ko umukobwa w’isugi yirekura ku munsi wa mbere, yewe ushobora no kugerageza bikaba inshuro nyinshi zikurikiranya, gusa bigenda biza buhoro buhoro akakumenyera ubundi akazirekura yirekuye.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *