DJ Khaled yatangaje icyo Demi Lovato akeneye kugira ngo ave mu bitaro

Sangiza iyi nkuru

Umuraperi DJ Khaled aravuga ko hari icyizere ko umuririmbyi Demi Lovato azakira akagaruka mu muziki nk’uko bisanzwe ku bw’imbaraga z’urukundo.

DJ Khaled ubwo yari mu mujyi wa Newyork ku wa mbere w’iki cyumweru, yatangarije TMZ ko Lovato bakoranye indirimbo bise “ A wrinkle in Time” hari ikizere ko azakira cyane ko ngo agenda amera neza.

Ati“Azakira kuko Imana niyo nkuru”.

Umuririmbyi Demi Lovato yajyanywe ku bitaro igitaraganya  mu cyumweru gishize nyuma yo gufata ikiyobyabwenge kitatangajwe izina ku kigero cyo hejuru.

dj
DJ Khaled na Demi Lovato

Fred Masengesho Rugira/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *