Dore ibizakwereka ko umugore ageze ku rwego rwo gushaka imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

Mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina, ni ngombwa ko hagati y’abagiye gukora igikorwa bategurana, umwe akabanza gufasha mugenzi we kumugeza ku rwego yumva amwiyumvamo cyangwa yumva umubiri witeguye.

Mugabo, dore ibimenyetso bizakwera ko ageze ku rwego abikeneye:

1.Indoro : Umugore ugeze ku rwego rwo kumva ashaka cyane imibonano mpuzabitsina, uzabona ayatangiye guhindura indoor, areba nk’unaniwe cyangwa se agafunga amaso, agatereka amaso,…

2.Kumira amacandwe: Umukobwa wagize ubushake cyane uzasanga akenshe arimo kumira amacandwe buri kanya kandi akayamira ubona atamanuka kuko aba yacitse intege rimwe na rimwe no kuvuga bikaba igorabahizi ijwi ntirisohoke neza wagirango yasinze.

3.Gutukura amaso: Umukobwa ufite ubushake burenze bwo gutera akabariro akenshi amaso ye aratukura kandi akazamo amarira wamureba ukabona yirebesha icyoroshye. (amaso yayateretse)

4.Guta Controle : Iyo umukobwa yafashwe aba yacitse intege ku buryo akenshi icyo umukoresha cyose agikora, ni ukuvuga ngo aho umujyanye ni ho ajya kabone n’ubwo yakabaye ari kubyanga ushobora kumva avuga ati oya ariko ukabona ari kubikora.

5.Ububobere buva mu gitsina : Iyo yagize ubushake bwinshi usanga mu gitsina cye ububobere bwiyongereye ku rwego rwo hejuru ku buryo bigera no ku myenda y’imbere bikaba byagera aho bihinguka n’inyuma.

6.Kukwegera: Umugore iyo agushaka akwikubaho cyane, ashobora kukurambikaho amatako cyangwa akaba yakuryamaho, aha ni naho aba ashaka no kugukuramo imyenda cyangwa akagukorakora ku bice by’ibanga.

NB: Inama nk’izi zigenewe abashakanye cyangwa se abari mu nzira yo kurushinga, rubyiruko mwirinde ubusambanyi kuko bushobora kubicira ejo hanyu heza mutwara inda zitateguwe, kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina nka VIH/SIDA, Imitezi,…

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *